Umuyobozi w’ikipe ya Mukura VS Nizeyimana Olivier wari waratanzwe na Nzamwita Vincent De Gaulle ku rutonde rw’abazaba bagize komite ye niyongera gutorerwa kuyobora FERWAFA yamaze gutangaza ko atakiri mu bazafatanya nawe bitewe n’imirimo myinshi afite.
Nubwo yari ku rutonde ndakuka De Gaulle yari yenda gutanga rw’abazafatanya nawe kwicara ku ntebe ya FERWAFA mu myaka 4 iri imbere, uyu mugabo yamaze kwemeza ko atakibonetse ndetse ko Nzamwita yashaka undi muntu dore ko yari yatanzwe kuri uru (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nizeyimana Olivier yikuye mu mishinga ya De Gaulle
19 July 2017 -
Abaganga ba Baho International Hospital bahanaguweho icyaha cyo kwica umuntu bashinjwaga
16 January 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruheruka kwemeza ko nta bimenyetso simusiga bigaragaza ko habaye uburangare bw’abaganga mu rupfu rwa Kamanzi Ngwinondebe Chantal.
Kamanzi wari ufite imyaka 54 yaganye ibitaro bya Baho International Hospital ku wa 7 Nzeri 2021, afite agapira ku nkondo y’umura kamufashaga kuringaniza urubyaro yifuza kugakuramo, apfa nyuma y’igihe gito agakuwemo.
Ku wa 26 Ukwakira 2021 nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha urubanza rwaregwagamo (…) -
Peter Sagan ashyigikiye ubusabe bw’u Rwanda bwo kuzakira shampiyona y’isi yo gusiganwa ku magare muri 2025
17 September 2019, by Dusingizimana RemyUmwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu gusiganwa ku magare,Peter Sagan ukomoka mu gihugu cya Slovakia,yatangaje ko ashyigikiye ko u Rwanda rwahabwa amahirwe yo kwakira shampiyona y’isi ya 2025 ruhanganyemo n’igihugu cya Morocco.
-
Niyonzima Olivier Sefu yahishuye igihe azakorera ubukwe n’umukunzi we
11 March 2020, by Dusingizimana RemyUmukinnyi wo hagati mu ikipe ya APR FC,Niyonzima Olivier uzwi nka Sefu yavuze ko nyuma yo gutera ivi ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2020 agasaba umukunzi we Mushambokazi Belyse,uyu mwaka utazasiga akiri ingaragu.
-
Abishyura umusoro ku mutungo itariki ntarengwa yegereje, MD Group ibakorera igenagaciro ryihuse
29 January 2020, by UbwanditsiAbakeneye servisi z’igenagaciro (Expertise/property valuation) bose mu Rwanda zifashishwa mu kwishyura imisoro baributswa ko tariki ntarengwa yo kuba bishyuye umusoro ku mitungo itimukanwa ari 29/2/2020; Multi Design Group Ltd company imaze kubaka izina mu gutanga iyi service y’igenagaciro n’izindi nyinshi zitandukanye mu buryo bwiza kandi bwihuse ikaba yibutsa abacyeneye gukoresha igenagaciro bose kubagana bagahabwa serivise nziza, yihuse kandi inoze.
-
Tdu Rda: Eyob Metkel yegukanye agace ka 6, Icyizere kuri Areruya
18 November 2017• Eyob Metkel niwe wegukanye agace ka 6 ka Tour du Rwanda
• Eyob Metkel yegukanye agace ku nshuro ya kabiri nyuma yo gutsindira I Nyamata
• Eyob Metkel yakoze amateka y’umukinnyi umaze gutwara uduce twinshi muri Tour du Rwanda
• Areruya Joseph abonye amahirwe menshi yo kwegukana Tour du Rwanda 2017 -
Amafoto13 asekeje yashyizwe hanze mu bihe bitandukanye ya Barafinda
25 July 2017, by Martin MunezeroBarafinda Sekikubo Fred ni umugabo w’imyaka 47 wamenyekanye ubwo yajyanaga ibyangombwa bye muri Komisiyo y’amatora avuga ko ashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu matora azaba muri Kanama 2017.
Barafinda wemeza ko yigeze kugezwa mu bitaro by’abarwayi bo mu mutwe by’i Ndera akomeje kwamamara hirya no hino aho benshi usanga bamuhimbiye amagambo asekeje nkaya Joriji Baneti.
Ku mbuga nkoranyambaga zirimo Facebook, Whatsapp, Instagram usanga abantu iyo babonye akantu (…) -
Kwemererwa guhinga urumogi mu Rwanda bizaba bisaba iki? Itegeko ryasohotse
29 June 2021, by KAREGEYA Jean Baptiste OmarItegeko riteganya ibisabwa kubahirizwa ahahingwa n’ahatunganyirizwa urumogi bimwe mu byo riteganya ni uko hagomba kugira inzitiro ebyiri, irondo rigakoreramo hagati.
Iteka rya Minisitiri no 003/Moh/2021 ryo kuwa 25 Kamena 2021 rigena ibisabwa ku buhinzi n’imitunganyirize y’urumogi n’ibirukomokaho. Mu ngingo yaryo ya 15 kugeza kuya 18, bavuga ku mutekano w’ahakorwerwa ibijyanye n’urumogi, ko hagomba kuba inzitito ebyiri, kandi irondo rigakorerwa hagati ya zombi.
Amabwiriza ajyanye no (…) -
Musanze: Abayobozi bagaragaye bari gukubita abaturage babaziza kutambara agapfukamunwa bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo yabo
15 May 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwatangaje ko bwahagaritse ku mirimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyuve, gitifu w’akagari ka Kabeza n’aba DASSO babiri bagaragaye mu mashusho bari gukubita abaturage babaziza kutambara agapfukamunwa.
-
Meya Mbabazi n’ abari bamwungirije beguriye rimwe
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Mbabazi Francois Xavier n’abamwungirije babiri beguye ku mirimo yabo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 7 Werurwe 2018.
Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango, Gasasira Rutagengwa Jérôme, yatangaje ko aba bayobozi bose beguye nyuma y’uko bahejwe mu Nama Njyanama y’Akarere yateranye uyu munsi, bazira kuba hari amakosa menshi yabagaragayeho mu ikorwa ry’imishinga itandukanye.
Twangirimana Epimaque niwe wari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe (…)
Umuryango.rw
Abaganga ba Baho International Hospital bahanaguweho icyaha cyo kwica umuntu bashinjwaga
Kwemererwa guhinga urumogi mu Rwanda bizaba bisaba iki? Itegeko ryasohotse