Multi Design Group Ltd ni imwe mubaterankunga bashya bari muri iri rushanwa rya Miss Rwanda 2020. Ikaba ari sosiyete imaze imyaka 10 ikorera mu Rwanda itanga serivisi nyinshi zinyuranye zirimo kugena agaciro k’imitungo itimukanwa; gucunga imitungo itimukanwa; guhuza abagura, abagurisha, abakodesha inzu n’ibibanza; muri Kamena 2019 yafunguje isoko rusange kuri internet www.mdgrou.com
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MissRwanda 2020: Multi Design Group Lt izahemba igisonga cya Mbere inahe itike y’indege ya Dubai Miss Rwanda 2020
21 December 2019, by Ubwanditsi -
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (...) -
Abaguze UTC ya Rujugiro bati ‘mu bucuruzi iyo washoye neza ntuhomba’
3 November 2017, by Nsanzimana ErnestKigali Investment Company (KIC), yaguze mu cyamunara inzu Union Trading Center yari iya Rujugiro Ayabatwa Tribert yatangaje byinshi kuri iyi nzu birimo no kuba niyo bayimusubiza Rujugiro batahomba.
Ukwezi n’ icyumweru birashize UTC itejwe cyamunara. Iyi nzu yagurishijwe kugira ngo hishyurwe umwenda nyirayo yari abereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro RRA.
Yagurishijwe nyuma y’ igihe gito ibiciro by’ ubukode ku bibanza byayo by’ ubucuruzi byikubye kane.
Umuvugizi wa KIC Rudasingwa (...) -
Nyagatare: Impanuka ya Ritco ikomerekeyemo abantu 26 bagiye kwamamaza -AMAFOTO
22 July 2017, by Iyamuremye JanvierMu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Nyakanga 2017, i Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba bw’u Rwanda Imodoka itwara abagenzi ya sosiyete ya RITCO, yakoze impanuka hakomereka abantu 26 ku bw’amahirwe ntihagira uwo ihitana.
Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu Muhanda, CIP Kabanda Emmanuel, avuga ko abantu batandatu aribo bayikomerekeyemo bikomeye abagera kuri 20 bakomereka mu buryo bworoheje .
CIP Kabanda yatangaje ko nta bantu (...) -
Rusizi: Umugabo ushinjwa kuroga abaturanyi yasabye inka kugira ngo arogore abo yaroze bose
11 March 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa IYARWEMA Godfrey wo mu kagari ka Kamatita ,mu murenge wa Gihundwe ho mu karere ka Rusizi afungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe aho ashinjwa n’abaturanyi be kubarogera abana.
-
Mu byaranze tariki 19 Nyakanga, mu Rwanda hashyizweho guverinoma ya mbere nyuma ya jenoside
19 July 2017, by Renzaho FerdinandIbyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 165 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze guhurirana no ku wa Gatatu inshuro 56. Bimwe mu bintu mu byaranze uyu munsi mu mateka 1553: Lady Jane Grey wahimbwe akabyiniriro ka The Nine Days’ Queen, umuntu agenekereje yabyita umwamikazi mu minsi icyenda, yasimbuwe n’umwamikazi (...) -
20 bahataniraga kuba MissRwanda2018 batangiye umushinga ubahuje [AMAFOTO]
13 August 2018, by Nsanzimana ErnestAbakobwa 20 bahataniraga kuba MissRwanda2018 batangiye umushinga ubahuje wo gutanga umusanzu wabo mu kubaka imibereho myiza n’iterambere mu gihugu, bahereye mu karere ka Bugesera mu gikorwa cyo kurwanya imirire mibi.
-
Umubiligi wavugiraga Diane Rwigara yasabye imbabazi
5 September 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma y’uko Polisi y’u Rwanda igaragaje ko umuryango wa Rwigara barimo Diane Rwigara, Anne Rwigara n’umubyeyi wabo Adeline Rwigara badafunze; bamwe mu bavugiraga uyu muryango barimo n’umubiligi batangiye gusaba imbabazi.
Ubwo hatangiraga gucicikana ko Diane Rwigara afunze bamwe bifashishije imbuga nkoranyambaga na mpuzabantu basaba Leta y’u Rwanda gufungura uyu mukobwa wahimbye ikinyoma kigakwira muri rubanda.
Bamwe batangiye kuvuga banandika ko ibiri gukorerwa uyu muryango biri guhuzwa n’uko (...) -
Minisitiri Kaboneka ategetse ko Perezida w’ amakusanyirizo y’ ibirayi atabwa muri yombi
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu umwe mu ba minisitiri batatu bateraniye I Musanze mu nama igamije gushakira umuti ibibazo biri mu makusanyirizo y’ ibirayi yatetse ko Perezida w’ amakusanyirizo y’ ibirayi I Musanze atabwa muri yombi polisi ihita ibikora.
Uwatawe muri yombi yitwa Serucagu akaba yatawe muri yombi kubera ko amakusanyirizo y’ ibirayi ahenda abaturage.
Mbere y’uko atabwa muri yombi, Serucagu yabanje kubwira imbaga y’abahinzi barenga 500 hamwe n’abamisitiri ko amafaranga (...) -
U Rwanda rwabonye aho rusabwa gushyira imbaraga ngo rugere ku ntera y’ ibihugu byateye imbere
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki y’ isi yerekanye inzira u Rwanda rugomba kunyuramo kugira ngo rugere ku cyerekezo 2050.
0 | ... | 2030 | 2040 | 2050 | 2060 | 2070 | 2080 | 2090 | 2100 | 2110 | ... | 2480