Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Madamu Louise Mushikiwabo yongeye kwibutsa no kwihanangiriza abanyamahanga bashaka kwivanga muri Politiki y’U Rwanda.
Bwana Keneth Roth , umuyobozi w’Ishyirahamwe rihaharanira uburenganzira bwa muntu ku isi, Human Right Watch ukunze kuvuga cyane ku Rwanda yongeye kwandika agaragaza uko abona amatora yo mu Rwanda.
Human Right Watch ifite icyicaro muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika i New York . Mu minsi ishize u Rwanda rwahagaritse imikoranire (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mushikiwabo yasabiye umuyobozi wa Human Right Wacth kuvurirwa I Ndera
4 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Ange Kagame yasabwe aranakobwa[AMAFOTO]
28 December 2018, by Ubwanditsi 1Ange Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida Paul Kagame amakuru ikinyamakuru UMURYANGO yamenye nuko uyu munsi tariki 28 Ukuboza yasabwe akanakobwa n’umusore bakundana witwa Bertrand Ndengeyingoma mu muhango wabereye mu rugo rwa Perezida Kagame mu karere ka Rwamagana, Umurenge wa Muhazi Akagari ka Ntebe mu mudugudu w’Urugwiro watumiwemo abo mu miryango yombi n’inshuti .
-
Polisi y’igihugu yataye muri yombi abantu 25 bari bagiye mu ntara y’amajyaruguru bavuye mu mujyi wa Kigali
7 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 07 Gicurasi 2020,Polisi y’Igihugu yerekanye abantu 25 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus bakora ingendo zambukiranya Intara kandi bitemewe.
-
Kenya:Raila Odinga yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
10 October 2017, by Iyamuremye JanvierRaila Odinga wari uhagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, NASA yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yagombaga kuzasubirwamo kuwa 26 Ukwakira 2017.
Ibi bije nyuma y’aho Perezida Uhuru Kenyata abivugiye Mombasa ko yakiriye neza icyifuzo cya Raila Odinga cyo gukuramo kanditatire ye "Niba abo duhanganye badashaka amatora aciye mu mucyo bagomba kuva mu nzira kugirango igihugu gikomeze gutera imbere."
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Ukwakira, Odinga yatangaje ko n’uwo (…) -
‘Ugeze I Kigali aba agomba guhumeka Kigali akaririmba indirimbo Kigali iririmba’ Patricie Muhongerwa
9 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ umugi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ abaturage yavuze ko umuntu wese ugeze I Kigali agomba guhumeka Kigali akarimba indirimbo Kigali iririmba ariyo ‘isuku n’ umutekano’, nyuma asubiza abibaza niba koko Kigali ifite isuku.
-
Eboue washatse no kwiyahura kubera ubukene yabonye akazi
26 December 2017, by Nsanzimana ErnestEmmanuel Eboue wabaye umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Arsenal na Garatasaray ndetse no mu ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yamaze kwemererwa akazi mu ikipe ya Garatasaray nyuma y’ibibazo aherutse gutangaza ko arimo. Uyu mugabo w’imyaka 34 yagize ibyago bikomeye ubwo urukiko rwategekaga ko myinshi mu mitungo yakoreye irimo n’amazu ihabwa umugore we Aurelie bafitanye abana 3, byatumye asigara iheruheru ku buryo atashoboraga kubona amafaranga yo kugura imashini ifura,kwishyura umukozi no gutega (…)
-
Minisitiri Mushikiwabo yakiriwe na Perezida Essebsi wa Tunisie
8 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Tunisie Béji Caïd Essebsi, kuri uyu wa Gatanu yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, wari muri icyo gihugu mu gushaka abamushyigikira, aho ari guhatanira kuba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
Gitifu w’ umurenge ushinjwa gusuzugura ingabo yasabye imbabazi
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestAnaclet Niyonsaba
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge kibilizi wo mu karere ka Nyamagabe , Colonnel Theodomir Bahizi yamuvuzeho agasuzuguro arabyemera anabisabira imbabazi. Minisitiri w’ Ubutegetsi bw’ igihugu Francis Kaboneka ambyumvise ati "Abayobozi bitwara nabi ntibakwiye kurwazwa"
-
Imodoka yavaga mu mugi yerekeza Nyabugogo yataye umuhanda igonga abantu 7 Shoferi wayo aburirwa irengero
11 January 2019, by Martin MunezeroPolisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe wo mu muhanda yavuze ko imodoka yo mu bwoko bwa Land Cruser yaraye itaye umuhanda ikagonga abantu 7 umwe akitaba Imana.
-
Intambara y’ Ubucuruzi Amerika yashoje ku Rwanda, u Rwanda rumaze iminsi rwitegura kuyirwana
1 August 2018, by Nsanzimana ErnestLeta zunze ubumwe za Amerika yashyize mu bikorwa icyemezo yarafashe cyuko bimwe mu bicuruzwa u Rwanda rwohereza muri Amerika bitazongera kuvanirwaho amahoro binyuze mu masezerano y’ubucuruzi hagati ya Afurika na Amerika azwi nka AGOA.
Umuryango.rw