Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Gicurasi 2020, mu cyuzi cyifashishwa n’uruganda rwa kadahokwa mu gutanga amazi mu mujyi wa Huye hiyahuriyemo undi muntu, abahaturiye bavuga ko abaye uwa 6 ugipfiriyemo kuva cyashyirwa muri ako gace.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Huye: Umuntu wa 6 yaburiye ubuzima mu rugomero rwa Kadahokwa bitera impungenge abaturage
12 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Umuhanda Perezida Kagame yaduhaye uturutira izahabu zose zibaho – Meya Kamali
28 August 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Nyamasheke Kamali Aimé Fabien avuga ko bishimira umuhanda wa kabulimbo bahawe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akemeza ko ubarutira izahabu zose zibaho.
Uyu muyobozi yabitangarije abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 28 Kanama 2017.
Akarere ka Nyamasheke ni akarere gatuwe n’ abaturage 412 718 nk’ uko imibare iheruka kubigaragaza.
Mu byo abagatuye bishimira harimo kuba Nyamasheke ifite ikirere gihora gihehehereye bitewe n’ uko ikora kuri parike ya Nyungwe no (…) -
Abari bakuriye gereza ya Nyarugenge barakekwaho kwiba umwongereza uhafungiye
16 March 2021, by Dusingizimana RemyInyandiko y’urukiko ivuga ko uwari ukuriye gereza ya Nyarugenge iri i Mageregere muri Kigali n’umwungirije, bafunzwe baregwa kwiba umwe mu bayifungiyemo ufite ubwenegihugu bw’Ubwongereza.
-
Diane Rwigara, Uwo bavukana na Nyina Wabo baramara iminsi 5 mu bugenzacyaha
24 September 2017, by Iyamuremye JanvierUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Theos Badege , yabwiye Radiyo Ijwi ry’Amerika ko batatu bo mu muryango wa Assinapol Rwigara batawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu bakaba bafungiwe kuri Polisi ya Remera mu mugi wa Kigali.
Ni nyuma yuko hari hagiye gushira ukwezi, abo muri uyu muryango bitaba mu bugenzacyaha ariko bakarekurwa.
Abatawe muri yombi ni Diane Rwigara ,Anne Rwigara murumuna we ndetse n’umubyeyi w’aba bombi , Adeline Rwigara .
Umuvugizi wa Polise y’u Rwanda (…) -
Ntabwo tubaza Umunyarwanda idini kugira ngo tumugeze ku iterambere-P.Kagame
19 July 2017, by Iyamuremye JanvierMu ijambo Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yagejeje ku baturage benshi bakoraniye mu Karere ka Bugesera aho yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza avuye I Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge yavuze ko n’andi mashyaka azigira umwanya wo gusobanura ibikorwa byo kwiyamamaza.
Yagize ati “Nagira ngo mvuge ko n’abandi bayobozi b’amashyaka ya politiki bazabona umwanya wo kuvuga ibi bikorwa turimo n’ukuntu tubibayemo. Abayobozi b’amashyaka umunani dufatanyije bose bazabona umwanya bagire icyo (…) -
“Njyanye ibintu byinshi byiza nzajya nibukira kuri iki gihugu” Lamin Manneh wari uhagarariye Loni mu Rwanda
4 June 2017, by Nsanzimana ErnestLamin Manneh wari uhagarariye amashami y’ Umuryango w’ Abibumbye mu Rwanda uherutse guhindurirwa imirimo yavuze uko yabonye u Rwanda mu myaka ine n’ igice yari ahamaze yongeraho ko ajyanye byinshi byiza azajya arwibukiraho
Lamin Maneh yageze mu Rwanda mu myaka ine n’ igice ishize avuye muri Congo Brazzaville aho yari afite inshingano nk’izo yari afite mu Rwanda.
Mu minsi ishize Lamin yazamuwe mu ntera, agiye guhagararira Ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere (UNDP) ku (…) -
Huye: Umwalimu mu mashuli abanza yafatiwe mu cyuho amaze kwiba itoroshi na telefoni mu nzu y’abandi
23 December 2017, by UbwanditsiKiwanuka Marc, umwalimu mu ishuli ribanza rya Gishamvu arakewaho kwiba itoroshi ndetse na telefoni byari bicometse mu nzu y’uwitwa Habineza Joseph nyuma y’aho ku mugoroba wo muri iri joro ryakeye uyu mwalimu bamuguye gitumo ari mu nzu y’uyu Habineza Joseph utuye mu Murenge wa Tumba akagali ka Mpare Umudugudu wa Kigarama.
Amakuru dukesha abaturanye na Habineza ni uko mwalimu Kiwanuka ashobora kuba yarageze mu nzu ya Habineza anyuze hejuru y’urugo nyuma bakamugwa gitumo amaze gufata (…) -
Annie umunyarwandakazi wirukanwe igitaraganya muri Uganda yahishuye inzira itoroshye yanyuzemo n’uburyo yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda
5 February 2019, by Martin MunezeroUmunyarwandakazi Annie Tabura wakoreraga MTN-Uganda akaba aherutse kwirukanwa nabi muri iki gihugu ashinjwa imigambi yo guhungabanya umutekano wa Uganda, yahishuye inzira yanyuzemo n’uko byamugendekeye kugeza yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda.
-
Uganda: Uwashinjwaga kuba maneko w’u Rwanda yagarutse adakandagira
22 December 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Ukuboza 2017 nibwo umunyarwanda Gatsinzi Fidele yagarutse mu Rwanda nyuma yo kumara iminsi 12 afungiye mu gihugu cya Uganda aho yakorewe iyicarubozo.
Gatsinzi yafashwe n’inzego z’iperereza za Uganda (CMI), zimushinja kuba maneko w’u Rwanda, yagarutse mu gihugu cy’u Rwanda atabasha gukandagira neza agendera mu kagare byose bikaba byaratewe n’iyicarubozo yakorewe n’inzego z’umutekano za Uganda.
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru yatangaje ko yagiye mu gihugu (…) -
Antoinette Niyongira arakwereka uko wakwikorera imitobe y’imbuto ituma unanuka vuba utagombye kwiyicisha inzara (Video)
15 September 2020, by UbwanditsiHari uburyo wavanga imboga n’imbuto ugakora imitobe iryoshye, ikagufasha gutwika ibinure mu buryo bwihuse kandi ukanakuramo intungamubiri ukeneye.
Buri muntu ashobora kwita ku mubiri we awuha intungamubiri ukeneye. Hari juices zagufasha gutwika ibinure mu mubiri kandi zikawongerera intungamubiri. Antoinette Niyongira arakwereka uburyo wakora juices zakunanura vuba kandi ziryoshye.
Muri iyi video iri hasi urareba uburyo wavanga imboga n’imbuto ugakora imitobe iryoshye, ikagufasha (…)
Umuryango.rw
Huye: Umuntu wa 6 yaburiye ubuzima mu rugomero rwa Kadahokwa bitera impungenge abaturage
Antoinette Niyongira arakwereka uko wakwikorera imitobe y’imbuto ituma unanuka vuba utagombye kwiyicisha inzara (Video)