By Peter Auf der Heyde
When Lionel Messi announced in the first week of September that he would – after all – remain with Barcelona for the forthcoming season, a collective sigh of relief could be heard all over Spain. Messi, of course, is not just any player.
A six-time Ballon d’Or winner, the Argentine forward is arguably the greatest player the world has ever seen, or certainly ranks amongst the best. It is thus not surprising that when he wrote a letter to Barcelona requesting a (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Watch LaLiga on StarTimes - Messi stays as La Liga kicks off
7 September 2020, by Ubwanditsi -
Minisante yahumurije abanyarwanda batewe ubwoba na Ebola imeze nabi Uganda
24 September 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, yatangaje ko bari gukora ibishoboboka byose ngo indwara ya Ebola itinjira mu Rwanda.
Ebola ikomeje guca ibintu mu karere ka Mubende mu Majyaruguru ya Uganda, aho abantu 11 bayanduye imaze kubica ndetse hari ubwoba ko umubare w’ubwandu n’impfu ukomeza kwiyongera.
Agace kagaragayemo Ebola gateye impungenge u Rwanda kubera ko kabamo Abanyarwanda benshi bagenda bagaruka ndetse Minisiteri (…) -
Hari inzu nziza igurishwa iri Karuruma hafi n’Akagera Motors, hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com
11 February 2020, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza ya etage igeretse rimwe iherereye mu Karere ka Gasabo ikaba iri haruguru ya Akagera Motor i Karuruma.
-
Uwatanze amakuru kuri magendu n’ ibiyobyabwenge azajya ahabwa 10%
4 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbayobozi b’ intara y’ amajyaruguru n’ ab’ inzego zishinzwe umutekano bafashe umwanzuro wo guha umuturage watanze amakuru ku bucuruzi butemewe buzwi nka magendu no ku bucuruzi bw’ ibiyobyabwenge 10% by’ agaciro by’ ibyafashwe.
Uyu ni umwe mu myanzuro 20 abayobozi bavuzwe haruguru bafatiye mu nama yabaye tariki 3 Ugushyingo 2017.
Gicumbi na Burera nitwo turere dukunze kurangwamo ubucuruzi bwa magendu n’ ibiyobyabwenge. Ahanini biterwa n’ utu turere dukora ku gihugu cya Uganda ari naho ibi (…) -
Perezida Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi yo kurwanya ruswa
7 September 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Nzeri 2020,nibwo mu Rwanda hatangijwe umwaka w’ubucamanza wa 2020-2021, aho Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi ikomeye mu kurwanya ruswa kandi ntibabe inkomoko yayo.
-
Imyanzuro 6 ikomeye yafatiwe mu nama ya 3 yiga ku masezerano ya Angola
15 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 nibwo I Kigali hateraniye inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinyiwe I Luanda muri Angola yiga ku kugarura umubano hagati y’ibihugu byombi.
-
Perezida Museveni agiye kugaruka mu Rwanda nyuma y’imyaka isaga 5 atahagera
20 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda,agiye kongera gusura u Rwanda nyuma y’imyaka hafi itanu atagera ku butaka bw’u Rwanda kubera agatotsi kaje mu mubano w’ibihugu byombi.
Muri iki Cyumweru,Perezida Museveni ategerejwe mu murwa mukuru w’u Rwanda,Kigali,aho azitabira inama y’abayobozi ba Commonwealth, CHOGM, 2022.
Ibinyamakuru byegereye Leta ya Uganda bivuga ko ibiro bya Perezida Museveni byamaze kohereza i Kigali abaza gutegura urugendo rwe.
Perezida Museveni yaherukaga mu (…) -
Polisi yatangaje amavugurura mashya igiye kuzana mu gukorera Perimi
22 November 2022, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kuzana amavugurura menshi azatuma gukorera ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga yaba ibya burundu n’iby’agateganyo byihuta.
Ibi bije nyuma y’aho abanyarwanda benshi bemeje ko ubu kwiyandikisha gukorera icyangombwa cya burundu cyo gutwara ibinyabiziga bitacyoroha.
Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera John Bosco, yatangaje ko nta gihe kizwi kwiyandikisha bizakorerwa (…) -
Perezida Kagame yahishuye ko hari abashaka kuvangira uburyo bwashyizweho mu gukemura ikibazo cya RDC
13 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yongeye gushimangira ko uburyo bwashyizweho na EAC mu nama zabereye Angola,Nairobi n’ahandi zakemura ikibazo ariko hari imbaraga ziri guturuka ahandi zishobora kuzambya ibintu.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 13 ubwo yatangaga ikiganiro ku bitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku mutekano w’Isi (Global Security Forum), iri kubera i Doha muri Qatar.
Yavuze ko hari imbaraga ziri kuva hanze zishaka kuvangira ingamba ibihugu byo mu karere byafashe ngo ikibazo gikemuke. (…) -
Intambara y’ Ubucuruzi Amerika yashoje ku Rwanda, u Rwanda rumaze iminsi rwitegura kuyirwana
1 August 2018, by Nsanzimana ErnestLeta zunze ubumwe za Amerika yashyize mu bikorwa icyemezo yarafashe cyuko bimwe mu bicuruzwa u Rwanda rwohereza muri Amerika bitazongera kuvanirwaho amahoro binyuze mu masezerano y’ubucuruzi hagati ya Afurika na Amerika azwi nka AGOA.
Umuryango.rw
Watch LaLiga on StarTimes - Messi stays as La Liga kicks off
Minisante yahumurije abanyarwanda batewe ubwoba na Ebola imeze nabi Uganda
Hari inzu nziza igurishwa iri Karuruma hafi n’Akagera Motors, hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com
Perezida Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi yo kurwanya ruswa
Perezida Museveni agiye kugaruka mu Rwanda nyuma y’imyaka isaga 5 atahagera
Polisi yatangaje amavugurura mashya igiye kuzana mu gukorera Perimi
Perezida Kagame yahishuye ko hari abashaka kuvangira uburyo bwashyizweho mu gukemura ikibazo cya RDC