Minisitiri w’Ingabo Gen James Kabarebe yabwiye Abanyarwarubavu ko abafite ingengabitekerezo ya Jenoside ntacyo yabagezeho kuko abanyarwanda bamaze kumenya ububi bwayo, asaba Abanyarubavu bafite benewabo mu nyeshyamba za FDLR zirimo abavuye mu Rwanda bakoze jenoside kwitandukanya nabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gen. Kabarebe yasabye Abanyarubavukwitandukanya n’ ibitekerezo bya benewabo bari FDLR
1 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
‘U Rwanda ntabwo turi ingunguru hari ikiturimo’ Perezida Kagame
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze u Rwanda atari ingunguru zirimo ubusa birangwa n’ urusaku gusa ko ahubwo rufite indangagaciro ziranga abaturage barwo.
-
Imashini zo mu ruganda rwa Rwigara zatejwe cyamunara kuri miliyari 1 na miliyoni 700
18 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 18 Kamena 2018, umuhesha w’ inkiko w’ umwuga yagurishije imashini zikora itabi zo mu ruganda Primier Tobacco Company Ltd rw’ umuryango wa Rwigara zigurwa n’ Ikigo cyitwa MM & RGD Company Ltd gihagarariwe na Olivier Udahemuka kuri miliyari imwe na miliyoni 797 Frw.
-
Ukekwaho kwica Dr Dusabe wari umuganga muri KFH yatawe muri yombi
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestAmbasade y’ u Rwanda muri Afurika y’ Epfo yatangaje ko Polisi yo muri Afurika y’Epfo yataye muri yombi umwe mu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Dr Dusabe Raymond, Umunyarwanda rukumbi wari ufite ubuhanga mu kuvura kanseri ifata imyanya myibarukiro y’umugore.
Mu gitondo cyo kuwa Mbere nibwo umurambo wa Dr Dusabe wari mu biruhuko mu Mujyi wa Cape Town wasanzwe mu nzu yari acumbitsemo, umaze gushenguka bigaragara ko yari amaze igihe yishwe atewe ibyuma.
Ambasaderi w’u Rwanda muri (…) -
Nyabihu: Polisi yafatiye mu tubari abantu 50, bamwe bashaka kuyirwanya
22 December 2020, by Dusingizimana RemyMu mpera z’iki cyumweru tariki ya 19 na 20 Ukuboza, Polisi ikorera mu Karere ka Nyabihu mu murenge wa Jenda ifatanije n’abayobozi mu nzego z’ibanze, bafatiye mu tubari tubiri abantu 50 barimo kunywa inzoga. Bamwe muri aba bantu bafatiwe mu Murenge wa Jenda mu tugari twa Nyirakigugu n’Akagari ka Kabatezi bagerageje kurwanya abapolisi.
-
Perezida Kagame yahishuye ko hari abagambanira u Rwanda ngo rwamburwe inkunga
3 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko hari abasaba ko u Rwanda ruhagarikirwa inkunga kuko hari imyanzuro rwafashe ndetse avuga ko Abanyarwanda badakwiye gukora nk’abandi mu buryo busanzwe kuko bafite ibibazo bitandukanye n’ibyabo
Ibi Perezida Kagame yabitangarije mu nama Nkuru y’Umuryango wa FPR Inkotanyi yahuriranye n’isabukuru yayo y’imyaka 35, kuri iki Cyumweru, tariki ya 2 Mata 2023.
Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda bakwiriye gukora mu buryo budasanzwe ku buryo n’ugushakamo ikibazo (…) -
’Ndaza kubamerera nabi’ Perezida Kagame atangiza umwiherero wa 15
26 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul yagereranyije kurangiza inshingano umuyobozi aba yahawe no kurwana urugamba, yongera kugaya abayobozi bakora mu nzego zimwe badakorana, anabaza niba ingabo zarwana urugamba zidakorana.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze atangiza umwiherero wa 15 w’ abayobozi bakuru b’ igihugu urimo kubera I Gabiro mu karere Gatsibo.
Yagize ati “Abantu 100 gusa bagiye ku rugamba, ariko buri umwe akikorera ibyo yishakiye , usigara inyuma umwanzi abari imbere urwo (…) -
U Rwanda rwatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye mu Isi G7
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu 12 byatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye kurusha ibindi mu isi G7 izabera I Quebec muri Canada kuva ku wa Gatanu, ivuga ku kubungabunga inyanja.
-
Abadepite bagiye guhagarira u Rwanda muri EALA bamenyekanye
19 May 2017, by Nsanzimana ErnestAba nibo badepite 9 bagiye guhagararira u Rwanda muri EALA
Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Gicurasi 2017, Inteko Inshinga Amategeko y’u Rwanda yatoye Fatuma Ndangiza, Francine Rutazana nk’abadepite bashya bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA), ndetse bane mu bakandida bari basanzwemo bongera gutorwa.
Abadepite bahagararira igihugu muri EALA bagomba kuba 9, itegeko rikagena ko Umuryango FPR Inkotanyi n’Imitwe ya politiki yishyize hamwe (…) -
Coronavirus ikekwa muri Arsenal yatumye umukino wayo na Manchester City usubikwa
11 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu taliki ya 11 Werurwe 2020 nibwo hari hateganyijwe umukino w’ikirarane wagombaga guhuza Manchester City na Arsenal ku kibuga Etihad,ariko wasubitswe kubera ko mu ikipe ya Arsenal hakekwamo Coronavirus.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahishuye ko hari abagambanira u Rwanda ngo rwamburwe inkunga