Ubuyobozi bwa Rayon Sports bumaze gushyira hanze amabaruwa yemeza ko bwamaze gutandukana n’abakinnyi babo bakomeye barimo Niyonzima Olivier uzwi nka Seif na Manzi Thierry,nyuma yo kurangiza amasezerano bagasaba kwigendera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rayon Sports yamaze gusezerera Niyonzima Olivier Sefu na Manzi Thierry
17 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Nyaruguru: Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko abagabye igitero baturutse mu Burundi
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijoro ryakeye ryo ku itariki 01 Nyakanga 2018 mu gihe cya saa 23H30 abagizi ba nabi bitwaje intwaro bateye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyabimata, Akagari ka Ruhinga mu mudugudu wa Cyamuzi.
-
Rubavu: 7 bikekwa ko ari FDLR baguye mu gitero bagabye ku ngabo z’ u Rwanda
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestAbarwanyi, Ubuyobozi bw’ Akarere ka Rubavu bukeka ko ari abo mu mutwe wa FDLR bagabye igitero mu murenge wa Busasamana bakomeretsa Umunyarwanda umwe, abarwanyi babo 7 bahasiga ubuzima.
-
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira gushyira amagare ahabugenewe abayakeneye bayakoreshe mu ngendo
26 May 2021, by Dusingizimana RemyMu Mujyi wa Kigali hagiye gushyirwaho ahantu hatandukanye hazajya haba hari amagare ku buryo umuntu ukeneye kujya mu gace runaka azajya arifata akaritwara akarisiga ahantu habugenewe.
-
Christine Mukabunani ntabwo ari ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida-depite
30 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Umutwe wa Politiki utavugarumwe n’ ubutegetsi PS Imberakuri, Madamu Christine Mukabunani ntabwo ari ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida-depite bemerewe kwiyamamaza mu matora y’ amadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka ariko ngo agiye kwihutira gukemura akabazo katumye adashyirwa ku rutonde rw’ abakandida.
Ishyaka PS Imberakuri ryatanze urutonde ruriho abantu 65, muri bo abo komisiyo y’ amatora yemeje ko bujuje ibisabwa byose ni abantu 42.
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora (…) -
Perezida Kagame na Madamu we batoye abadepite [AMAFOTO]
2 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame kuri iki Cyumweru tariki 2 Nzeli 2018 bitabiriye amatora y’ abadepite.
-
Rubavu: Akarere kiyemeje guhangana n’abiyise abuzukuru ba shitani bazwiho urugomo rukabije
29 November 2021Abasore n’abana bazwi ku izina ry’abuzukuru ba shitani bamaze imyaka myinshi bazengereza abaturage bakabambura ibyo bafite ndetse bakanabakomeretsa bahagurukiwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu kiyemeje kubaca burundu.
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwavuze ko bwamaze gufata ingamba zo guhangana n’aba bagizi ba nabi burundu ngo kuko bakomeje gukorera urugomo abatuye aka karere ndetse n’abagasura.
Hari bamwe mu banyamakuru bakorewe urugomo nabo bitwa abuzukuru ba shitani barimo (…) -
Perezida Museveni yavuze ko yishimiye kwakira Kagame
25 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye uruzinduko rw’ akazi rw’umunsi muri Uganda yakirwa na mugenzi we Museveni wavuze ko anejejwe no kwakira Kagame
Mu butumwa Museveni yashyizwe kuri Twitter yagize ati "Nejejwe no kwakira Nyakubwa Paul Kagame muri Uganda mu ruzinduko rw’ akazi rw’ umunsi umwe. Turagirana ibiganiro bifitiye umumaro impande zombi."
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Werurwe 2018 nibwo Perezida Museveni yakiriye Kagame mu biro bye Entebbe.
Amakuru yari yemejwe n’ (…) -
Batatu mubifuzaga kuba abadepite muri 2013, ubu ni ba Minisitiri undi ni Guverineri
14 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe mu Rwanda hitegurwa amatora y’ umukuru w’ igihugu azakurikirwa n’ amatora y’ abadepite mu nteko ishinga amategeko, batatu mu bifuzaga kuba abadepite mu matora yabaye muri 2013 magingo aya babaye ba Minisitiri undi umwe yabaye guverineri.
Mu mwaka wa 2013 nibwo mu Rwanda haheruka kuba amatora y’ abagize inteko ishinga amategeko (Abadepite).
Iyo urebye ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandika bifuzaga kwiyamamariza umwanya w’ ubudepite mu nteko ishinga amategeko ubonamo batatu (…) -
Barafinda na Mpayimana baracyafite iminsi 14 yo gutanga ibyangombwa muri NEC
23 June 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora iravuga ko abatanze ibyagombwa bituzuye bafite iminsi 14 yo kubyuzuza.
Komisiyo y’ amatora itangaje ibi mu gihe ku ngengabihe y’ amatora y’ umukuru w’ igihugu ateganyijwe muri Kanama 2017 biteganyijwe ko none ku wa Gatanu 23 ari wo munsi wa nyuma wo kwakira kandidatire z’ abifuza kuziyamamariza kuyobora u Rwanda.
Uyu munsi ugeze hari abatanze ibyangombwa bisabwa uwifuza kwiyamamariza umwanya w’ umukuru w’ igihugu bituzuye. Abo ni Barafinda Ssekikubo Fred (…)
Umuryango.rw
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira gushyira amagare ahabugenewe abayakeneye bayakoreshe mu ngendo
Rubavu: Akarere kiyemeje guhangana n’abiyise abuzukuru ba shitani bazwiho urugomo rukabije