Mu itangazo ryaturutse muri Misiteri y’Ubutabera iravuga ko kuri uyu wa 14/9/2018 Inama y’abaminisitiri yemeje irekurwa ry’abanyururu 2,140 nyuma y’uko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Mu barekuwe kandi hakaba aharimo na Victoire Ingabire Umuhoza ndetse na Kizito Mihigo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yahaye imbabazi Kizito Mihigo na Victoire Ingabire Umuhoza
14 September 2018, by Ubwanditsi -
Musanze: Wa muganga ukekwaho kwica Iradukunda biravugwa ko yabitewe n’ubwoba bw’inda yamuteye
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKuwa 02 Ugushyingo 2020 nibwo mu karere ka Musanze hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’amayobera rwa Iradukunda w’imyaka 17, wasanzwe mu murima w’ibishyimbo, nta mwambaro n’umwe yambaye, ahubwo aziritswe imigozi mu ijosi, amaguru n’amaboko.
-
Kigali: Abasirikare baregwa gufata abagore ku ngufu bahakanye ibyo baregwa mu rukiko
11 May 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa gisirikare mu Rwanda rwatangiye kuburanisha ku gufunga cyangwa gufungura by’agateganyo abasirikare batanu n’umusiviri umwe baregwa ibyaha birimo gufata abagore ku ngufu, abaregwa bose bahakanye ibyo baregwa.
-
Abakorera Siporo hanze y’ingo zabo bagiriwe inama na Polisi
3 April 2020, by Martin MunezeroPolisi y’u Rwanda iributsa abaturarwanda ko nta muntu wemerewe gusohoka mu rugo yitwaje ko arimo gukora siporo. Abashaka gukora siporo baragirwa inama yo kuyikorera mu rugo badasohotse hanze.
-
Man U yahawe penaliti umukino warangiye, Chelsea ibona inota rimwe ku kaburembe
26 September 2020, by Dusingizimana RemyKu munsi wa 3 wa Shampiyona habaye ibitangaza bitari bisanzwe aho umusifuzi witwa Chris Kavanagh yahaye Manchester United penaliti nyuma yo gusoza umukino mu gihe Chelsea yo yishyuye ibitego 3 West Bromo yari yayitsinze mu minota 27 y’igice cya mbere.
-
“Sobanukirwa aho kunesha kwawe guturuka”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
24 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
U Rwanda rwataye muri yombi impunzi 33 z’ Abarundi bakekwaho kugandisha bagenzi babo
29 March 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda kuri uyu wa 28 Werurwe 2018 yataye muri yombi impunzi 33 z’ Abarundi bakekwaho kugandisha impunzi bagenzi babo bababuza kwankira imfashanyo zitangwa n’ Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku Mpunzi UNHCR.
Byabaye nyuma y’ uko abayobozi baturutse muri Minisiteri y’ Ibiza no gucyura Impunzi MIDMAR, n’ abaturutse muri Minisiteri y’ Ubuzima na UNHCR kuri uyu wa Gatatu basuye izi mpunzi bagakora igenzura mu karere ka Bugesera n’ aka Rusizi
Polisi y’ u Rwanda yatangaje (…) -
Manchester United ifite umusozi muremure cyane wo kuzamuka muri Europa League yerekanwa na STARTIMES
16 March 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya AC Milan iri kwitegura guhangana n’ikigugu gikomeye muri Premier League,Manchester United mu mukino wo kwishyura wa 1/16 cya Europa League cyane ko mu mukino ubanza wabereye kuri Old Trafford,iyi kipe yo mu Butaliyani yagoye United banganya igitego 1-1.
-
Umuganda: Perezida Kagame yasabye ko ibikorwa bitagenewe mu gishanga byimurwa vuba [AMAFOTO]
24 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye abaturage bafite ibikorwa mu bishanga atariho byagenewe kuba ko babihakura vuba mu rwego rwo kurushaho kubungabunga urusobe rw’ ibinyabuzima.
Ubu butumwa Perezida Kagame yabutangiye I Nyandugu mu karere ka Kicukiro aho yifatanyije n’ abaturage mu muganda wo gutunganya igishanga cya Nyandugu kigiye kugirwa pariki y’ ubukerarugendo.
Yagize ati “Gutunganya ibishanga tugomba kubyitaho kuko bijyana no kuzuzanya k’urusobe rw’ibinyabuzima. Abafite (…) -
Gasabo: Mu murenge wa Gatsata hongeye gutoragurwa umurambo w’umugore utazwi
8 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmurambo w’umugore utaramenyekana imyirondoro watoraguwe mu karere ka Gasabo, umurenge wa Gatsata akagari ka Karuruma mu mudugudu wa Rogoro hatoraguwe
Umuryango.rw
Man U yahawe penaliti umukino warangiye, Chelsea ibona inota rimwe ku kaburembe