Hoteli y’ akarere ka “Burera Beach resort” imaze umwaka yaruzuye ariko ntiratangira gukorerwamo. Abatuye hafi y’ aho iyi hoteli yubatswe bibaza icyabuze ngo iyi hoteli itangire ikorerwemo.
Aba baturage barimo abakoze mu mirimo yo kubaka iyi hoteli batangarije Umuryango ko hashize umwaka imirimo yo kuyubaka yararangiye. Ngo amafaranga yose bahakoreye barayahembwe gusa ngo ntibazi icyabuze ko itangire ikore.
Umufundi witwa Turikunkiko Phenias ati “Twarategereje ngo turebe ko batangira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Hoteli y’ akarere ka Burera yaruzuye none imaze umwaka idakorerwamo [AMAFOTO]
4 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Leta y‘ u Rwanda yamaganye ibivugwa ako yasinyanye na Israel amasezerano mu ibanga
23 January 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yateye utwatsi amakuru yakwirakwiye mu binyamamakuru avuga ko Leta y’ u Rwanda yasinyanye na Israel amaserano mu ibanga areba abimukira bagomba bo muri Afurika.
Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Mutarama 2018 nibwo iyo nkuru y’ uko u Rwanda rwasinyanye na Israel amasezerano areba abimukira bagomba kuza muri Afurika by’ umwihariko Uganda n’ u Rwanda yakwirakwijwe mu binyamamakuru.
Ikinyamakuru Haaretz cyatangaje ko urwego rushinzwe abimukira rwatangiye kumenyesha abari (…) -
Huye: Gusana Umujyi, Itongo rya Gicanda, Ingoro ya Muvoma, Mukura, byinshi mu kiganiro na Meya (Video)
3 February 2019, by UbwanditsiHari hashize imyaka igera kuri ine ubuyobozi bw’Akarere bufashe icyemezo cyo gufunga zimwe mu nyubako z’ubucuruzi z’igice kitari gito cy’Umujyi ngo ba nyirayo bubake amazu agezweho. Gusa, benshi mu ba nyiri izi nyubako ntibasannye bituma igice kitari gito cy’Umujyi gisa n’igihundutse amatongo.
-
Abize muri UR bagiye gusabwa kuyifasha kubaho
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestDr Rose Gasibirege, Umuyobozi ushinzwe guhuza Kaminuza y’u Rwanda n’abayizemo
Nyuma y’ uko ingengo y’ imari Leta igenera Kaminuza y’ u Rwanda , UR igabanyutse kugera kuri 50%, iyi kaminuza igiye gutangiza ubukangurambaga kugira ngo abantu bose bayizemo babashe kuyitera inkunga ibashe kugera ku nshingano zayo.
Ingengo y’ imari ya Kaminuza y’ u Rwanda yavuye kuri miliyari 26 mu mwaka wa 2013 igera kuri miliyari 13 mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2015-2016.
Dr Rose Gasibirege, Umuyobozi (…) -
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye kuri uyu wa Kabiri
5 December 2017, by Nsanzimana ErnestNone kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama y’abaminisitiri idasanzwe:
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 08 Ugushyingo 2017, imaze kuyikorera ubugororangingo.
Inama y’Abaminisitiri yagejejweho aho imyiteguro y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igeze.
3.Inama y’Abaminisitiri yemeje:
a) Ishyirwaho ry’Ikigo (…) -
Uko bimwe mu bigo bya Leta bikomeye byagiye bivanwa mu mujyi wa Kigali bikimurirwa mu ntara
31 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ibikorwa remezo, Gatete Claver, yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri taliki ya 30 Nyakanga 2019 ko bagiye kwimura bimwe mu bigo bya Leta bitandukanye kugira ngo bifashe indi mijyi n’uturere gutera imbere ndetse bifashe muri gahunda yo kunoza serivisi.
-
Isesengura:“ Tap&Go” inyungu ku bashoramari, igihombo ku bakozi ?
9 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEImyaka ikabakaba ibiri irashize mu Rwanda hinjijwe ikoranabuhanga mu kwishyura ingendo mu modoka rusange mu mujyi wa Kigali ryiswe “Tap and go”aho abagenda muri izi modoka basigaye bishyura bakoresheje amakarita bakoza ku tumashini twabugenewe bityo bakishyura urugendo rwose ntawe uyakiriye mu ntoki.
Isosiyete yitwa AC Group ikora ubucuruzi bw’aya makarita y’ikoranabuhanga yifuza no kongera umubare w’abakoresha aya makarita kugera kuri 60% muri muri uyu mwaka wa 2018 irishimira izamuka (…) -
KU KUBONEZA URUBYARO: ‘Amadini yo mu Rwanda ari hejuru y’ itegeko nshinga?’ Hon Mukama
22 December 2017, by Nsanzimana ErnestVisi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yasabye urwego rw’ igihugu rw’ imiyoborere RGB gutegurira itorero abanyamadini kuko ngo banga gahunda zo kuboneza urubyaro batari hejuru y’ itegeko nshinga kandi banahabwa ku ngengo y’ imari ya Leta.
Hon. Mukama Abbas yabivugiye mu nteko Ishinga Amategeko, ahabereye inama nyunguranabitekerezo y’ihuriro ry’Abagize Inteko Ishinga Amategeko baharanira iterambere ry’Abaturage n’izindi nzego, hagamije kurebera hamwe (…) -
Perezida Kagame yitabiriye isozwa ry’ imyitozo ikomatanyije y’ ingabo z’ u Rwanda [AMAFOTO]
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda, Paul Kagame akaba n’ Umugaba w’ Ikirenga w’ Ingabo z’ u Rwanda kuri uyu wa 11 Ukuboza 2018, yitabiriye umuhango wo gusoza ikiciro cya nyuma y’ imyitozo y’ ingabo z’ u Rwanda.
-
Inama y’abakuru b’ibihugu ya EAC igiye guterana ku nshuro ya 21 yiga ku ngingo nyinshi zirimo na RDC
26 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021 hazaba inama izahuza abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba iziga ku bintu byinshi birimo no gusuzuma ubusabe bw’igihugu cya RDC bwo kwinjira muri uyu muryango.
Umuryango.rw