Aba nibo badepite 9 bagiye guhagararira u Rwanda muri EALA
Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Gicurasi 2017, Inteko Inshinga Amategeko y’u Rwanda yatoye Fatuma Ndangiza, Francine Rutazana nk’abadepite bashya bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA), ndetse bane mu bakandida bari basanzwemo bongera gutorwa.
Abadepite bahagararira igihugu muri EALA bagomba kuba 9, itegeko rikagena ko Umuryango FPR Inkotanyi n’Imitwe ya politiki yishyize hamwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abadepite bagiye guhagarira u Rwanda muri EALA bamenyekanye
19 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Coronavirus ikekwa muri Arsenal yatumye umukino wayo na Manchester City usubikwa
11 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu taliki ya 11 Werurwe 2020 nibwo hari hateganyijwe umukino w’ikirarane wagombaga guhuza Manchester City na Arsenal ku kibuga Etihad,ariko wasubitswe kubera ko mu ikipe ya Arsenal hakekwamo Coronavirus.
-
Abakekwaho kwiba BK ya Buhanda bakanica umukozi wayo barafashwe
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda ikorera mu ntara y’ amagepfo yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwica umukozi wa banki ya Kigali ishami rya Buhanda mu karere ka Ruhango bakaniba amafaranga ataramenyekana umubare.
Umuyobozi wa polisi mu ntara y’amagepfo ACP Gilbert Rwampungu Gumira yatangarije UMURYANGO ko polisi yataye muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwiba iyi banki no kwica umukozi wayo.
ACP Gumira yavuze ko muri barindwi bafashwe umwe ariwe utarashyikirizwa (…) -
‘Abagore benshi mu buyobozi ntibukuraho uruhare rw’ abagabo’ Perezida Kagame
19 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kongera umubare w’abagore mu nzego zifata ibyemezo ari inyungu ku bandi bagore, kuko bigira uruhare mu gucyemura ibibazo bahura nabo muri rusange ariko n’ uruhare rw’ abagabo rugomba gukomeza kugaragara.
-
Diane Rwigara yashyikirije NEC ibyangombwa yaburaga avuga ko afite icyizere cyo kuzagaragara ku rutonde ndakuka
6 July 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Shima Rwigara kuri uyu wa Gatatu tariki 5 Nyakanga yagejeje kuri Komisiyo y’ igihugu y’ amatora ibyangombwa atari yujuje bitagatuma atagaragara kuri lisiti y’ agateganyo y’ abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.
Diane Rwigara ni umwe muri bane batanze ibyangombwa byo kuziyamamariza kuyobora u Rwanda nk’ abakandida bigenga. Muri aba bane nta n’ umwe wagaragaraye ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida. Uru rutonde NEC yarutangaje tariki 27 Kamena.
Komisiyo y’ amatora (…) -
Nyaruguru: Undi Agronome yafashwe yanyereje imbuto n’ifumbire by’abaturage
18 May 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buravuga ko umuyobozi ushinzwe ubuhinzi mu murenge wa Nyabimata witwa Bikorimana Gilbert na we yafatanywe imifuka 15 y’imbuto y’ibirayi,na 12 y’ifumbire byari bigenewe abaturage,aho uyu Agronome yabikije ku muturage ngo bazagabane.
-
Mohammed Morsi wahiritswe ku butegetsi bwa Misiri yapfiriye mu rukiko
17 June 2019, by Dusingizimana RemyUwahoze ayobora Misiri akaza guhirikwa ku butegetsi mu mwaka wa 2013, Mohamed Morsi, yitabye imana ari mu rukiko kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena 2019.
-
Perezida Kagame yageze muri Angola aho araganirira na Museveni n’abandi baperezida bo mu karere[AMAFOTO]
12 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kugera mu mujyi wa Luanda muri Angola aho yitabiriye inama yatumiwemo na mugenzi we João Lourenço uyobora iki gihugu kugira ngo we n’abandi baperezida bo mu karere barebere hamwe uburyo bwo kugarura amahoro muri Kongo no kurwanya imitwe yitwaje intwaro ibarizwa muri kariya gace.
-
Imodoka nini zabujijwe gukoresha umuhanda Kigali- Gicumbi-Gatuna
15 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko abatwara imodoka bakwirinda guca mu muhanda Kigali – Gicumbi – Gatuna kuko inkangu yawangije ahubwo bagakoresha umuhanga Kigali – Kayonza – Kagitumba kuko wo umeze neza.
-
Akarere ka Nyaruguru kabaye aka mbere mu kwesa imihigo mu gihe Rusizi yabaye iya nyuma
30 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri Uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye imihigo y’abayobozi b’Uturere ndetse hanatangazwa uko uturere twitwaye mu kwezi imihigo muri 2019-2020.
Umuryango.rw