Abarundi 7, Umunyekongo umwe n’ Umunya Uganda umwe bahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda kuri Uyu wa Mbere tariki 12 Kamena 2017.
Uyu muhango wabereye mu karere ka Kicukiro, abahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda ni 9 muri 11 bari babusabye, abandi ntabwo babonetse mu muhango wo kurahira.
Abahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda ni abanyamahanga bashakanye n’ Abanyarwanda hanyuma bifuza kugira ubwenegihugu bw’ u Rwanda.
Abahawe ubunyarwanda bishimiye ko binyuze mu mategeko bahawe uburenganzira bwo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abanyamahanga 9 biganjemo Abarundi bahawe Ubunyarwanda
12 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ubaka ruswa muge mumutubwira tumumerere nabi – Perezida Kagame
4 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko serivise z’ uburezi, amavuriro , amashanyarazi, amazi n’ ibindi ari uburenganzira bwabo bityo ko nta wukwiye kubaka ruswa ngo abahe izi serivise akabiryozwa ngo uzayibaka bazamugaragaze Leta ibimuryoze.
-
Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?
19 July 2020, by Joseph HakuzwumuremyiUmwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18
Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe.
Mu mwaka ukurikiyeho (2001) yatangiye inzira yo gushinga ishyaka yise PDR Ubuyanja bigaragara ko yari agambiriye kuziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2003, ari nayo yagombaga kurangiza inzibacyuho yari yaratangiye muri Nyakanga 1994 ubwo FPR Inkotanyi yageraga ku butegetsi. -
Mukaruliza wagizwe ambasaderi muri Zambia yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Mozambique
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestAmbasaderi Monique Mukaruliza wahoze ari umuyobozi w’ umugi wa Kigali yashyikirije Perezida wa Mozambique impapuro zimwemerera guhararira u Rwanda muri iki gihugu.
Bibaye nyuma y’ amezi arenga 10 uyu mugore wa 5 wayoboye umugi wa Kigali agizwe ambasaderi w’ u Rwanda muri Zambia.
Tugenekereze mu Kinyarwanda ubutumwa Mukaruliza yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter yagize ati “Nejejwe no gushyikiriza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ya Mozambique Filipe Jacinto Nyusi, impapuro zinyemerera (…) -
Rucagu yemeza ko Perezida Kagame azagira amajwi 99% mu matora ateganyijwe muri uku kwa munani
12 July 2017, by Nsanzimana ErnestRucagu Boniface wambaye ishati y’ umweru, hagati Perezida Kagame na Minisitiri w’ ibikorwaremezo James Musoni
Umuyobozi mukuru w’ itorero ry’ igihugu Boniface Rucagu avuga ko umukandida aha amahirwe yo kuzatorerwa kuyobora u Rwanda ari Paul Kagame akavuga ko abona azagira amajwi 99%.
Ibi Rucagu yabitangaje mu kiganiro kihariye yahaye Umuryango kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Nyakanga 2017, habura umunsi umwe gusa ngo abakandida ku mwanya wa Perezida batangire kwiyamamaza.
Rucagu yavuze (…) -
Paul Kagame kwiyamamariza Musanze na Rubavu byasubitswe
25 July 2017, by UbwanditsiUmukandida wa FPR inkontanyi Paul Kagame ntabwo ari bwiyamamarize mu turere twa Musanze na Rubavu nk’ uko byari biteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Nyakanga ahubwo iyo gahunda yimuriwe ku wa Gatatu tariki 26 Nyakanga.
Aya makuru yemejwe na Minisitiri w’ umuco na siporo Uwacu Julienne ushinzwe ibikorwa byo kwamamaza umukandida Paul Kagame.
Impamvu yateye iyi mpinduka ntabwo iramenyekana gusa hari amakuru avuga ko uyu munsi nabwo wagizwe ikiruhuko.
Ibi bibaye mu gihe no kuri uyu wa (…) -
Ibyo abanyapolitiki b’i Burundi bavuze ku magambo ya Benjamin Mkapa
15 June 2017, by Ferdinand DukundimanaGaston Sindimwo/Visi Perezida w’u Burundi
Ntawe udutegeka, Mkapa nta na kimwe yagezeho, ahubwo Mkapa arimo araha urwaho Perezida Nkurunziza,…. Aya ni amwe mu magambo Abanyapolitiki n’abagendera hafi politiki y’u Burundi batangaje nyuma y’uko Benjamin Mkapa avugiye ko u Burundi bumeze nk’umunyeshuri utumva.
Gaston Sindimwo, “Nta n’umwe uzategeka u Burundi icyo bukora”
Avuga ku magambo yatangajwe n’uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya Benjamin Mkapa, Visi Perezida w’u Burundi Gaston (…) -
Mugisha yegukanye agace ka 3, Areruya yambara umwambaro w’umuhondo muri Tour de l’Espoir
3 February 2018, by Dusingizimana RemyAgace ka kane ka Tour de l’Espoir kahiriye bikomeye abasore b’abanyarwanda kuko Mugisha Samuel ariwe wakegukanye mu gihe Areruya Joseph yahise yambara umwenda w’umuhondo.
Nyuma yo gufashanya bakegukana Tour du Rwanda ya 2017 ubwo bakiniraga Dimension Data, Mugisha Samuel na Areruya Joseph bongeye kwerekana ko umwaka bamaze bakinira iyi kipe atari imfabusa kuko muri Tour de l’Espoir y’abatarengeje imyaka 23 aba basore bigaranzuye bagenzi babo babasha kwegukana agace ka 3.
Aba basore (…) -
Huye: Umuntu wa 6 yaburiye ubuzima mu rugomero rwa Kadahokwa bitera impungenge abaturage
12 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Gicurasi 2020, mu cyuzi cyifashishwa n’uruganda rwa kadahokwa mu gutanga amazi mu mujyi wa Huye hiyahuriyemo undi muntu, abahaturiye bavuga ko abaye uwa 6 ugipfiriyemo kuva cyashyirwa muri ako gace.
-
Nyarugenge: Abafatanyabikorwa bakusanyije miliyoni zirenga 128 yo kubakira abatishoboye
13 December 2019, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuwa gatatu taliki 11/12/2019 ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Karere ka Nyarugenge bakusanyije Miliyoni zirenga 128 zo gutera inkunga Akarere mu gikorwa cyo gushakira amacumbi abatishoboye mu mirenge inyuranye igize Akarere ka Nyarugenge.
Jean de Dieu Serugendo ushinzwe itangazamakuru mu Karere ka Nyarugenge yabwiye Umuryango ko Ubuyobozi bw’Akarere bwari bwatumyeho abagize iri huriro ry’abikorera ngo bushimire abarigize ku bikorwa basanzwe bafatanya n’Akarere kandi (…)
Umuryango.rw
Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?
Huye: Umuntu wa 6 yaburiye ubuzima mu rugomero rwa Kadahokwa bitera impungenge abaturage