Aba nibo badepite 9 bagiye guhagararira u Rwanda muri EALA
Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Gicurasi 2017, Inteko Inshinga Amategeko y’u Rwanda yatoye Fatuma Ndangiza, Francine Rutazana nk’abadepite bashya bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA), ndetse bane mu bakandida bari basanzwemo bongera gutorwa.
Abadepite bahagararira igihugu muri EALA bagomba kuba 9, itegeko rikagena ko Umuryango FPR Inkotanyi n’Imitwe ya politiki yishyize hamwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abadepite bagiye guhagarira u Rwanda muri EALA bamenyekanye
19 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Musanze: Abayobozi b’utugari 31 batinye umuvuduko w’iterambere ry’akarere baregura
25 February 2020, by Dusingizimana RemyMu karere ka Musanze haravugwa inkuru y’abayobozi 31 b’utugari dutandukanye n’ababungirije bashinzwe ubukungu n’iterambere ry’abaturage beretswe umuvuduko w’iterambere ry’akarere babona batajyana nawo bahitamo kwegura ku mirimo yabo.
-
Umujyi wa Kigali ugiye kongerwamo imodoka 300 zitwara abagenzi
27 February 2023, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yavuze ko mu mezi 3 ari imbere,Mu mujyi wa Kigali hazongerwa imodoka zitwara abagenzi 300.
Mu nama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 18,umwe mu batanze ibitekerezo yabajije impamvu Perezida Kagame yatanze umurongo ku kibazo cyo gutwara abantu n’ibintu ariko kugeza n’ubu abantu bakaba bagitegereza imodoka amasaha menshi.
Madamu Uwase yagize ati "Icyo navuga cyakozwe nuko turi hafi kugura imodoka ziyongera ku zindi zihari.Ese (…) -
Mohammed Morsi wahiritswe ku butegetsi bwa Misiri yapfiriye mu rukiko
17 June 2019, by Dusingizimana RemyUwahoze ayobora Misiri akaza guhirikwa ku butegetsi mu mwaka wa 2013, Mohamed Morsi, yitabye imana ari mu rukiko kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena 2019.
-
‘Abagore benshi mu buyobozi ntibukuraho uruhare rw’ abagabo’ Perezida Kagame
19 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kongera umubare w’abagore mu nzego zifata ibyemezo ari inyungu ku bandi bagore, kuko bigira uruhare mu gucyemura ibibazo bahura nabo muri rusange ariko n’ uruhare rw’ abagabo rugomba gukomeza kugaragara.
-
Nyaruguru: Undi Agronome yafashwe yanyereje imbuto n’ifumbire by’abaturage
18 May 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buravuga ko umuyobozi ushinzwe ubuhinzi mu murenge wa Nyabimata witwa Bikorimana Gilbert na we yafatanywe imifuka 15 y’imbuto y’ibirayi,na 12 y’ifumbire byari bigenewe abaturage,aho uyu Agronome yabikije ku muturage ngo bazagabane.
-
Impunzi z’ Abanyekongo zateye amabuye abapolisi b’ u Rwanda
2 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko abapolisi bacunze umutekano mu nkambi ya Kiziba yo mu karere ka Karongi u Rwanda rucumbikiyemo impunzi zaturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo impunzi zabateye amabuye n’ ibyuma.
-
Perezida Kagame yageze muri Angola aho araganirira na Museveni n’abandi baperezida bo mu karere[AMAFOTO]
12 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kugera mu mujyi wa Luanda muri Angola aho yitabiriye inama yatumiwemo na mugenzi we João Lourenço uyobora iki gihugu kugira ngo we n’abandi baperezida bo mu karere barebere hamwe uburyo bwo kugarura amahoro muri Kongo no kurwanya imitwe yitwaje intwaro ibarizwa muri kariya gace.
-
Imodoka nini zabujijwe gukoresha umuhanda Kigali- Gicumbi-Gatuna
15 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko abatwara imodoka bakwirinda guca mu muhanda Kigali – Gicumbi – Gatuna kuko inkangu yawangije ahubwo bagakoresha umuhanga Kigali – Kayonza – Kagitumba kuko wo umeze neza.
-
Abantu 4 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda abandi 110 barayandura
25 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gashyantare 2021,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 4 bishwe na COVID-19 mu Rwanda, batuma abamaze gupfa bahitanwe nayo bagera kuri 258.
Umuryango.rw
Umujyi wa Kigali ugiye kongerwamo imodoka 300 zitwara abagenzi
Abantu 4 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda abandi 110 barayandura