Kuwa 23 Gashyantare 2021 nibwo amatora yo gushaka Umukobwa uhiga Abandi Ubwiza, Ubwenge ndetse n’Umuco yatangiye kumugaragaro. ku ikubitiro Ingabire Esther Ayobora Urutonde byagateganyo, Mugihe Umunyana Divine we Aruherekeje Byagateganyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
INGABIRE Esther Ayoboye abandi 36 muri Missrwanda 2021-VIDEO
24 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENT -
Musanze: Abayobozi bagaragaye bari gukubita abaturage babaziza kutambara agapfukamunwa bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo yabo
15 May 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwatangaje ko bwahagaritse ku mirimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyuve, gitifu w’akagari ka Kabeza n’aba DASSO babiri bagaragaye mu mashusho bari gukubita abaturage babaziza kutambara agapfukamunwa.
-
Musanze: Umugore w’uwahoze ari Visi Meya yatakambiye perezida Kagame ko umugabo we ashobora kumwica nafungurwa
14 January 2020, by Dusingizimana RemyUmugore witwa Kamariza Olive wa Ndabereye Augustin wahoze ari Visi Meya wa Musanze ushinzwe iterambere ry’ubukungu yandikiye Nyakubahwa perezida Kagame na madamu we Jeannette Kagame yishinganisha aho yavuze ko uyu mugabo we ufunzwe azira kumuhohotera ashobora gufungurwa akamwica.
-
Buri Muminisitiri yahawe akarere agomba kubera imboni
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard buri karere mu turere 30 tugize u Rwanda yagahaye Minisitiri ugomba gukurikirana ibikorwa byako akanagafasha kwesa imihigo.
-
Abakandida H.E Kagame, Dr Habineza na Mpayimana bazahurira mu kiganiro kuri televiziyo
14 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu cy’ itangazamakuru RBA, Arthur Assimwe yatangaje ko Abakandida batatu bahatanira umwanya wa perezida wa Repubulika, aribo Paul Kagame uhagarariye RPF-Inkotanyi, Frank Habineza uhagarariye ishyaka ‘Democratic Green Party of Rwanda’, n’Umukandida wigenga Philippe Mpayimana bazahurira mu kiganiro kuri televiziyo.
Amakuru avuga ko iki kiganiro kizaba mu cyumweru cya kabiri cyo kwiyamamaza bitagira kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2017 bikazasozwa tariki 3 (…) -
Nyabihu: Abaturage basabye meya mushya kubakemurira ikibazo cy’ ubucukuzi bw’ umucanga cyasizwe n’ abo yasimbuye
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ umurenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu Mukandayisenga Antoinette uherutse gutorerwa kuyobora aka karere yabasuye bamusaba ko abakemurira ikibazo cy’ amanyanga ari mu bucukuzi bw’ umucanga.
-
Gitifu w’Umurenge yatunguye abantu kubera kurara mu ihema ngo yegere abaturage
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma yo kumva impanuro z’ umukuru w’ igihugu asaba abayobozi kuva mu biro bakegera abaturage bakumva ibibazo byabo, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo Mupenzi Leon Pierre yahisemo gushaka ihema ryimukanwa ubu arimo guca ingando kuri buri kagari akazenguruka urugo ku rundi yumva ibibazo by’ abaturage.
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, Gasana Richard, yatangarije Igihe dukesha iyi nkuru ko nyuma ko bakimara kumva impanuro za (…) -
Ishyaka rya Democratic Green Party ririfuza ko umubare w’abadepite wakongerwa hakanavugururwa uko amatora y’inzego z’ibanze akorwa
22 May 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida bigenga kuko itegeko rikurikizwa ari iryo mu mwaka wa 2003 kandi ubu abaturage bariyongereye.
-
Kwa Rwigara banditse bavuga ko ise yishwe na Leta, ngo hari Jenoside imbere aha, Adeline ngo ni ikihebe
16 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 16 Ukwakira 2017 Diane Rwigara,Anne Rwiagara n’ umubyeyi wabo ,Adeline Rwigara ku nshuro ya gatanu bongeye kugezwa imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Kuri uyu munsi wo kuwa mbere igipolisi cyongereye ingufu bigaragara cyateye ibirindiro mu marembo yombi yinjira mu rukiko umuntu wese winjira kikamusaka cyarangiza kikamwaka ibyangombwa bye bakandika imyirondoro.
Saa mbili n’igice bari bagejejwe mu cyumba cy’iburanisha. Kuri iyi nshuro (…) -
Umukobwa wigaga mu cyaho ari KIE bamusanze mu nzu yabagamo yimanitse mu mugozi
12 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmwana w’ umukobwa witwa Bayavuge Jacqueline wigaga mu cyahoze ari KIE, ubu akaba ari Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ uburezi bamusanze mu nzu yakodeshaga yapfuye yimanitse mu mugozi birakekwa ko yihahuye.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Kimironko Karamuzi Godfrey yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017 aribwo bamenye ko uyu mukobwa wari ufite imyaka 21 y’ amavuko yiyahuye.
Yagize ati “Ejo saa sita nibwo umuyobozi w’ umudugudu yabwiye (…)
Umuryango.rw