Umuyobozi w’ akarere ka Rubavu Simanenye Jeremie n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru batawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda bakekwaho kubangamira bamwe mu biyamamariza kuyobora u Rwanda.
ACP Théos Badege amaze kubwira itangazamakuru ko Sinamenye Jérémie avugwaho kwangisha abaturage bamwe mu bakandida.
Badege avuga ko Meya wa Rubavu n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busanze muri Nyaruguru bagiye babuza abaturage kujya aho bamwe mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Meya wa Rubavu na gitifu w’ umurenge batawe muri yombi
21 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
“Simbuze aho kujya nyuma y’ iyi bizinesi” Perezida Kagame
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko atabuze aho kujya igihe azaba atakiri Perezida w’ u Rwanda anakomoza ku ishusho y’ u Rwanda yifuza ubwo azaba atakiri ku butegetsi.
Mu kiganiro Perezida Kagame yahaye abanyamakuru kuri uyu wa 22 Kamena, nyuma yo gushyikiriza komisiyo y’ igihugu y’ amatora ibyangombwa bisabwa uwifuza kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere, umunyamakuru yamubajije u Rwanda yifuza ubwo azaba atakiri ku butegetsi abanza kumubwira ko atabuze aho kujya (…) -
NISR yagaragaje ukuntu ibiciro byatumbagiye cyane mu Rwanda
11 June 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi Gicurasi uyu mwaka, muri rusange ibiciro byakomeje kuzamuka muri uko kwezi kuko byiyongereyeho 14,8% ugereranyije n’ibiciro byo mu byo mu kwezi kwa Gicurasi umwaka ushize.
Bimwe mu byatumye ibiciro byiyongera muri Gicurasi 2022 nk’uko bitangazwa n’iki kigo, ni ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye, ibiciro by’inzu, amazi, amashanyarazi, gaz n’ibindi bicanwa.
Ugereranyije ibiciro byo Mu mijyi (…) -
Ubuhamya bwa Munyakazi wavuye Iwawa
2 August 2017, by Renzaho FerdinandUbuhambya bw’uwavuye Iwawa amazeyo umwaka n’amezi 2, uvuga ko kujya mu bigare bibi bituma wishora mu biyobyabwenge umukwabo ukaba wagufata ukajyanwa Iwawa, ariko ngo iyo bagezeyo ntabwo bakubitwa ahubwo barigishwa.
Iwawa, ni agace kari mu kiyaga cya Kivu hazwi cyane nk’ahajyanwa abantu baba bananiranye, bakagororwa bagasubira ku murongo, nyamara benshi wumva bahatinya ariko ngo abagezeyo barigishwa bakavayo bahindutse.
Munyakazi Emmanuel, utuye mu mudugudu wa Kivuruga, akagari ka (…) -
Meya Habitegeko yasabye Visi meya mushya kudaterwa ubwoba na Tour du Rwanda
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru Habitegeko Francois yagiriye inama Gashema Janvier watorwe kuba Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu kutikanga ikiswe ‘Tour Du Rwanda’ akanirinda abashobora kumuca intege kuko ngo akazi yatorewe gakoreka ariko gashoboka kuko ngo nawe yagashoboye kandi yarakinjiranyemo ubwoba.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bagiye kubaka ikigo kita ku ngangi
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu guteza imbere ubukeragendo Perezida Paul Kagame yahuye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bari mu Rwanda mu biruhuko no kureba aho Ellen azubaka ikigo kihariye cyo kwita ku ngagi ku bufatanye na Dian Fossey Gorilla Fund.
-
‘Nimutugirira icyizere tukajya mu nteko ntimuzicuza ’ Dr Habineza
28 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) Dr Frank Habineza yaseseranyije abanyabugesera ko nibabagirira icyizere batazabyiza.
-
U Rwanda rurimo kuvugurura itegeko rigenga insengero, hari abasanga Leta ikwiye kumviriza ivugirwamo
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’ igihugu rw’ Imiyoborere RGB rufite mu nshingano amadini n’ imitwe ya politiki mu Rwanda rwatangaje ko itegeko rirebana n’ amadini ririmo kuvugururwa.
Ni mu gihe hashize igihe gito mu Rwanda hatangiye gahunda yo gufunga insengero zitujuje ibisabwa birimo inzu yo gusengerwamo itabangamiye abaturarwanda , parikingi y’ imodoka n’ ibikorwaremezo nkenerwa mu kubungabunga isuku nk’ umwiherero n’ ibindi.
Mu kiganiro cyatambutse kuri Radiyo flash none tariki 7 Werurwe 2018 , kivuga (…) -
RDC yarekuye abasirikare b’u Rwanda 2 yashinjwe gushimuta
11 June 2022, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko abasirikare babiri b’u Rwanda bari barashimuswe n’ingabo za RDC zifatanyije na FDLR, bagaruwe mu Rwanda.
Mu itangazo RDF yashyize hanze uyu munsi,yagize iti "Nyuma y’ishimutwa ry’abasirikare babiri ba RDF bari ku irondo ku mupaka w’u Rwanda na DRC ku ya 23 Gicurasi 2022, ndetse n’ibiganiro bya dipolomasi byakurikiyeho hagati y’abakuru b’ibihugu bya Angola, DRC n’u Rwanda, RDF yishimiye gutangaza ko ubu abo basirikare bombi babagarutse mu Rwanda (…) -
Abakandida H.E Kagame, Dr Habineza na Mpayimana bazahurira mu kiganiro kuri televiziyo
14 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu cy’ itangazamakuru RBA, Arthur Assimwe yatangaje ko Abakandida batatu bahatanira umwanya wa perezida wa Repubulika, aribo Paul Kagame uhagarariye RPF-Inkotanyi, Frank Habineza uhagarariye ishyaka ‘Democratic Green Party of Rwanda’, n’Umukandida wigenga Philippe Mpayimana bazahurira mu kiganiro kuri televiziyo.
Amakuru avuga ko iki kiganiro kizaba mu cyumweru cya kabiri cyo kwiyamamaza bitagira kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2017 bikazasozwa tariki 3 (…)
Umuryango.rw
NISR yagaragaje ukuntu ibiciro byatumbagiye cyane mu Rwanda
Ubuhamya bwa Munyakazi wavuye Iwawa
RDC yarekuye abasirikare b’u Rwanda 2 yashinjwe gushimuta