Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere yavuze ko kuri ubu u Rwanda ari urw’ Abanyarwanda bose yongeraho ko ntawe rubona nk’ umwanzi haba imbere mu gihugu ndetse no hanze yacyo.
Umukuru w’ u Rwanda akaba n’ umugaba mukuru w’ ikirenga yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 nyuma yo kurahira.
Ingingo y’ 102 mu itegeko nshinga ry’ u Rwanda ivuga ibijyanye no kurahira k’umukuru w’ igihugu iyi ngingo ivuga ko Perezida w’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Uyu munsi ntawe u Rwanda rubona nk’ umwanzi” Perezida Kagame
18 August 2017, by Nsanzimana Ernest -
Stella Ford Mugabo wahoze ari Minisitiri yahawe inshingano nshya
27 November 2018, by Nsanzimana ErnestMadamu Stella Ford Mugabo, wahoze ari Minisitiri ushinzwe imirimo y’Inama y’Abaminisitiri yagizwe Umuyobozi w’ Ikirenga w’ Ishyirahamwe Nyarwanda rigamije Iterambere Rirambye, RISD.
-
Startimes igiye gutangira kwerekana filimi yo muri Kenya nziza cyane
29 December 2020, by Dusingizimana RemySosiyete ya StarTimes iramenyesha abakiliya bayo ko igiye gutangira kubashyira igorora aho igiye kubereka filimi yo muri Kenya yitwa “Sincerely Daisy”izerekanwa guhera kuwa 02 Mutarama 2020.
-
Ellen ufite ikiganiro gikunzwe na benshi ku isi azerekana (Live) umuhango wo gufungura ikigo cye mu Rwanda[AMAFOTO]
25 May 2019, by Martin MunezeroEllen DeGeneres uherutse gusura u Rwanda aho yagiye kubaka ikigo kigamije kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, abicishije mu kiganiro cye The Ellen Show gica kuri Televisiyo ya NBC yavuze ko azerekana imbona nkubone umuhango gufungura ku mugaragaro ikigo kizajya gifasha mu bikorwa byo kubungabunga Ingagi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga.
-
Umugenzuzi w’ imari ya Leta yakemanze uko miliyari zirenga 100 zinjizwa na Minisante na Mineduc zicungwa
30 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmugenzuzi w’ imari ya Leta Obadiah Biraro yavuze ko Minisiteri y’ Ubuzima na Minisiteri y’ uburezi bakora ibikorwa byinjiza amafaranga agera kuri miliyari 107 ku mwaka. Ngo umwaka ushira aya mafaranga yaracunzwe mu buryo buteye amakenga nyamara Leta ikabongera indi ngengo y’ imari.
-
Dr Frank Habineza na Mpayimana baratumiwe mu muhango w’ irahira rya Perezida Kagame
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestMpayimana Filipe na Dr Frank Habineza batumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 kuri sitade Amahoro I Remera.
Aba bombi bari abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4. Muri ayo matora Perezida Paul Kagame wari uhagarariye ishyaka FPR nibwe yatahukanye intsinzi arusha cyane aba bakandida babiri.
Dr Frank Habineza wari uhagariye ishyaka riharanira Demukarasi no (…) -
Mpayimana ngo ishyaka rye niryemerwa rizakemura ikibazo cy’ Abanyarwanda bajya hanze bakigira intagondwa
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki Mpayimana Philippe uherutse gushinga ishyaka rya politiki rihanira Iterambere ry’ Abanyarwanda PPR yavuze ko iri shyaka niryandikwa kimwe mu byo rizakemura ari ikibazo cy’ Abanyarwanda bagera hanze bakigira intagondwa.
-
Mama Catherine Nduwamariya washinze umuryango w’ababikira wita ku bana b’imfubyi n’abafite ubumuga yitabye Imana(AMAFOTO)
5 July 2017, by Martin MunezeroMama Catherine Nduwamariya, Umubikira w’Umusomusiyo washinze umuryango ushingiye ku idini Gatolika witwa “ Inshuti z’abakene” , uzwi mu Rwanda ku bikorwa byo kwita ku mfubyi n’abafite ubumuga ahantu hatandukanye, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Nyakanga 2017.
Umuyobozi w’uyu muryango “Inshuti z’abakene”, Nikuze Dative, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko uyu mubikira washinze umuryango babamo mu 1986 yitabye Imana mu ma saa mbili n’igice z’igitondo. Mama (…) -
Meya wa Rubavu uheruka kweguzwa ku mirimo yasabye Imbazi
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKambogo Ildephonse wari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Rubavu uheruka kweguzwa Njyanama y’Akarere azira kutuzuza inshingano ze ahanini zijyanye no kurengera abaturage yasabye imbabazi nyuma yo kwemera ibyo yakoze.
Ku ya 6 Gicurasi nibwo inama idasanzwe y’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yafashe iki cyemezo cyo kweguza Kambogo Ildephonse ku mirimo ye , nyuma imicungire y’ibi biza byasenyeye abaturage ndetse abandi bikabavutsa ubuzima.
Kambogo Ildephonse kuri ubu (…) -
Green Party yabwiye Abanyarwanda ko itazasenya ahubwo izubaka
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije ritavugarumwe n’ ubutegetsi mu Rwanda ryahumurije Abanyarwanda ribabwira ko nubwo ari ishyaka ritavugarumwe n’ ubutegetsi icyo riharanira ari urukundo, ihumure, no kubaka.
Umuryango.rw
Meya wa Rubavu uheruka kweguzwa ku mirimo yasabye Imbazi