Gihana Théogène uhagarariye Organisation pour le Soutien des Rescapés du Génocide de Mayaga (OSRGM)
Ubwo abarokotse bo mu gace k’Amayaga bibukaga ku nshuro ya 23 imiryango yabo yatikiriye muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bongeye gusaba Leta ko yabafasha impunzi z’abarundi bari mu Rwanda muri 1994 bakagira uruhare muri jenoside yarangira bagasubira iwabo nabo bakurikiranwa ubwicanyi basize bakoze bakaburyozwa.
Abarokotse bo mu miryango yari ituye mu cyahoze ari Komini Ntyazo na (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyanza: Abarokotse bo mu Mayaga bongeye gusaba Leta ko yabafasha Abarundi bakoze jenoside bakabiryozwa
23 May 2017 -
Nsengiyumva warasiwe hanze ya gereya ya Mpanga bamusanganye icyuma
29 January 2018, by Nsanzimana ErnestAmaze kuraswa akagwa hasi umugororwa Nsengiyumva Jotham wari ufungiye muri gereza ya Mpanga yo mu karere ka Nyanza bamusanganye icyuma.
Ibi ni ibitangazwa n’ urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS. Uyu mugororwa yari yarakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’ ibyaha byo kurema umutwe w’ abagizi ba nabi, kugambanira igihugu, no gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’ amategeko.
Nk’ uko Umuvugizi w’ urwego rw’ amagereza mu Rwanda CIP Sengabo yabitangarije (…) -
Abapolisi 481 birukanwe mu kazi kubera imyitwarire idahwitse
17 December 2021, by Dusingizimana RemyInama Nkuru ya Polisi y’Igihugu, yafashe icyemezo cyo kwirukana burundu mu kazi abapolisi 481 kubera amakosa n’ibyaha bihabanye n’imyitwarire y’umwuga iranga igipolisi cy’u Rwanda,aya makosa akaba arimo ruswa,ubusinzi no gutoroka mu kazi.
Uyu munsi tariki ya 17 Ukuboza 2021,nibwo Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Gasana Alfred, ari kumwe na IGP Dan Munyuza, bayoboye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro inama nkuru ya polisi iteraniye ku cyicaro gikuru, Kacyiru.
Inama nkuru ya polisi nirwo (…) -
Ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
17 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEIsura u Rwanda rufite ubu mu ruhando mpuzamahanga itandukanye n’iyo rwahoranye kandi iraba nziza umunsi ku wundi nyuma ya jonoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Ese ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
[Kanda hano wumve icyo abasesenguzi bagaragaza. -
Ni gute wahangana n’ibibazo urimo-Igice cya 2 – Rev./ Ev. Eustache Nibintije
17 May 2019Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yo ku 12 Nzeri 2017
12 September 2017, by Iyamuremye JanvierNone kuwa kabiri, tariki ya 12 Nzeri 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye ishimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika icyizere yagiriye ikipe nshya ya Guverinoma, by’umwihariko yifuriza ikaze n’imirimo myiza ba Minisitiri n’Abanyamabanga ba Leta binjiye muri Guverinoma bwa mbere. Abagize Guverinoma bamwijeje kuzakora ibishoboka byose kugira ngo buzuze uko bikwiye inshingano (…) -
Bidasubirwaho Paul Kagame niwe uzahagararira ishyaka FPR mu matora
17 June 2017, by Nsanzimana ErnestKongere y’ ishyaka FPR inkontanyi kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, yemeje ko Paul Kagame ariwe uzarihagarira mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri Kanama.
Mu bagombaga gutora uko ari 1930, 1929 bose batoye Paul Kagame. Habonetse impfabusa imwe.
Inama nkuru y’Umuryango FPR-Inkotanyi yabereye ku kicaro gishya cy’uwo muryango kiri i Rusororo mu mujyi wa Kigali, cyatashywe kuri uwo munsi.
Amatora y’umukandida uzahagararira FPR-Inkotanyi mu matora ya (…) -
Madame Ingabire Marie Immacule yavuze uburyo mu kigo cy’igihugu gishinzwe uburezi ’REB’ wagira ngo bahahambye umusazi
21 January 2019, by Martin MunezeroMadame Marie Immaculée Ingabire uyobora umuyobozi wa Transparency International Rwanda yatangaje ko mu kigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB wagira ngo bahahambye umusazi kubera akavuyo n’imihindagurikiye ya gahunda y’uburezi ihora muri iki kigo.
-
UNICEF yiyemeje gufatanya n’u Rwanda mu gufasha abana gukomeza kwiga muri ibi bihe bya COVID -19
15 April 2020, by Dusingizimana RemyIshami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana,UNICEF,ryatangaje ko rizakomeza gukorana na Leta y’u Rwanda muri gahunda zitandukanye zirimo gufasha abana gukomeza kwiga muri ibi bihe amashuri afunze kubera koronavirusi no gukomeza gukangurira abaturage kugira isuku mu rwego rwo gukomeza kurwanya icyo cyorezo.
-
The Ben ushinjwa kwitukuza yashatse umuganga umufasha kongera kwirabura[AMAFOTO]
17 April 2018, by Martin MunezeroThe Ben umaze iminsi ashyirwa mu majwi ko yakoresheje amavuta adasanzwe mu guhindura uruhu nyuma yo kugera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagiye mu 2010, yatangiye gushaka uburyo bwamufasha kongera kwirabura.
Uyu muhanzi yavuye mu Rwanda mu 2010 ajya kuba muri Amerika, yagiye ari umusore w’igikara kinoze ariko ubwo yagarukaga mu Ukuboza 2016 agitunguka ku Kibuga cy’indege benshi batunguwe no kubona asigaye afite inzobe ibengerana. Nubwo hari amagambo yacicikanye ku mbuga (…)
Umuryango.rw
Abapolisi 481 birukanwe mu kazi kubera imyitwarire idahwitse