Leta y’ u Burundi yatangaje ko hari umutage w’ Umurundi wabuze ubwo yari agiye kureba imitego yo mu mazi yari yateze hafi y’ ahumvikaniye urusaku rw’ amasasu mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi.
Ahagana mu ma saa tatu z’ umugoroba wo ku wa Kabiri tariki 20 Kamena nibwo mu murenge wa Bugarama uhana imbibi n’ igihugu cy’ u Burundi humvikanye urusaku rw’ amasasu yahitanye umugore w’ imyaka 52, abandi umunani bagakomereka.
Kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’ igipolisi cy’ u Burundi cy’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Burundi burashinja u Rwanda gushimuta umuturage wabwo
22 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Green Party ifite intego yo gutsindira 20% by’ imyanya y’ abadepite
9 June 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharahira Demukarasi no kurengera Ibidukikije DGPR ryatangaje ko rikomeje imyiteguro y’ amatora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka ndetse ko rifite intego yo gutsindira 20% by’imyanya izahatanirwa mu Inteko
-
U Rwanda rwatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye mu Isi G7
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu 12 byatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye kurusha ibindi mu isi G7 izabera I Quebec muri Canada kuva ku wa Gatanu, ivuga ku kubungabunga inyanja.
-
Abaminisitiri batatu b’u Rwanda berekeje ku mipaka y’u Rwanda na RDC mu bugenzuzi bugamije gukumira Ebola
5 August 2019, by Dusingizimana RemyAbaminisitiri 3 b’ u Rwanda barimo uw’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, uw’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase n’uw’ibikorwa by’ubutabazi Germaine Kamayirese bazindukiye mu karere ka Rubavu mu gikorwa cy’ubugenzuzi bwo kureba uko gahunda yo gukumira Ebola ihagaze.
-
Ange Kagame yavuze ko Se ari intwari ikomeye anamwifuriza umunsi mukuru mwiza w’ abapapa
17 June 2018, by Nsanzimana ErnestAnge Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje urukundo rukomeye akunda se, anamwifuriza umunsi mukuru mwiza w’ abapapa.
Abinyujije ku rubuga rwa twitter Ange Kagame yagize ati “Umunsi mwiza w’ abapapa ku ntwari yacu y’ ukuri ikomeye. Ndagukunda papa”
Ubu butumwa bwa Ange Kagame bwaherekejwe n’ umutima n’ akamenyetso ko guca bugufi ndetse n’ amafoto ya kera ya Perezida Kagame yishimanye n’ abana be mu bihe bitandukanye.
Happy Father’s Day to our real life (…) -
Abaganga 2 bo mu bitaro bya Masaka barwaniye mu kazi umwe arakomereka
7 December 2020, by Dusingizimana RemyMu bitaro by’I Masaka biherereye mu kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka wo mu karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’abaganga 2 bakozanyijeho mu ijoro ryo kuri uyu wa 06, rishyira uwa 07 Ukuboza, 2020 biviramo umwe gukomereka ariko ntawahasize ubuzima mu gahanga.
-
Banki y’Isi yahaye u Rwanda miliyari 46 zo kurwanya imirire mibi
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestBanki y’Isi yasinyanye n’ u Rwanda amasezerano y’ inkunga ingana na miliyari 46Frw azifashishwa mu bikorwa byo kurwanya indwara yo kugwingira mu bana bari munsi y’imyaka itanu.
Aya mafaranga azakoreshwa mu turere 13 turi imbere mu kugira abana bagaragaza ukugwingira gukabije, nk’uko byemeranyijweho ubwo hasinywaga aya masezerano kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018.
Icyegeranyo cyasohotse mu buzima bw’abaturage mu Rwanda muri 2015 (EICV), cyagaragaje ko 41,5% by’abana bari munsi (…) -
Guverineri Gatabazi yasabye ko icyemezo cyafashwe n’ibitaro bya Ruhengeri kigateza impaka ndende cyakurwaho
2 January 2020, by Dusingizimana RemyGuverineri w’intara y’Amajyaruguru,Gatabazi JMV,yavuze ko icyemezo giherutse gufatwa n’ibitaro bya Ruhengeri cy’uko umurwayi wese azajya ahabwa serivisi yifuza aruko yishyuye amafaranga y’ingwate gikwiriye gukurwaho.
-
Mu mezi 6, u Rwanda rwahombye miliyari 204 n’ abaturage barenga 200 kubera ibiza
15 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ibiza no gucyura impunzi Midimar, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka ibiza byahombeje igihugu arenga miliyari 204 Frw, mu gihe byahitanye abaturage 234 kugeza mu Ukwakira 2018.
-
‘Abagore barya ruswa gake’ Jeannette Kagame
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko ibigo bifite abagore benshi mu nzego zifatirwamo ibyemezo birangwamo ruswa nkeya, nyamara ngo iyo ruswa itanzwe abagore nibo bagerwaho n’ ingaruka cyane.
Umuryango.rw
Guverineri Gatabazi yasabye ko icyemezo cyafashwe n’ibitaro bya Ruhengeri kigateza impaka ndende cyakurwaho