Habineza Jean Paul , umusore urangije Kaminuza wari muri 16 bari baramenyeshe ko baziyamamaza yatunguranye ageze kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora akavuga ko abisubitse atagihataniye umwanya mu Nteko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umuhanzi Simple A washakaga kuba umukandida wigenga mu matora y’ Abadepite yisubiyeho
12 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
“Tubwira urubyiruko ko ari abayobozi b’ejo, none se nk’ubu ba meya ni bangahe?: Meya wa Nyaruguru
12 May 2019, by UbwanditsiHabitegeko Francois, Meya w’Akarere ka Nyaruguru avuga ko hari igihe abayobozi baganiriza urubyiruko bakarubwira amagambo atagira icyo arufasha mu gukangukira umurimo, kuwitabira no kutagira uwo banena.
-
Nyarugenge: Muri ruhurura ya Mpazi hatoraguwe umurambo w’ umusore bivugwa ko yari amaze ibyumweru bitatu afunze
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMuri ruhurura ya Mpazi, mu kagari ka Kora, mu murenge wa Gitega hatoraguwe umurambo w’ umusore uri mu kigero cy’ imyaka 23 y’ amavuko, polisi ihita itangira iperereza kugira ngo hamenyekane icyaba kihishe inyuma y’ uru rupfu.
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda mu mujyi wa Kigali, SP Emmanuel Hitayezu yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko saa kumi n’ ebyiri z’ igitondo aribwo polisi y’ u Rwanda yamenyeshejwe ko hari umurambo w’ umusore uzwi ku Izina rya Jimmy uri muri Mpazi.
SP Hitayezu (…) -
Mu mafoto na Video: Reba uko byari byifashe mu irushanwa ry’ ibigeragezo 2017
19 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tari 18 Kamena 2017, I Masaka mu karere ka Kicukiro habereye irushanwa ry’ ibigeragezo “Waka Warrior Race 2017, abarushanwa baca mu bigeragezo birimo kunyura mu byondo , n’ indi mitego itandukanye.
Abarushanwa bashobora kurushana mu matsinda cyangwa umuntu akarushanwa ku giti cye.
Abitabiriye iryo rushanwa banyuze mu bigeragezo birimo imitego kuburyo hari aho bageraga bakanyura mu byondo bakabyivurugutamo, bakurira ibintu bimeze nk’urukuta, bakanyura munsi ya senyenge, (…) -
‘Umwaka ushize umusaruro w’ ubuhinzi wariyongereye kurusha uwawubanjirije’ Dr Ngirente
3 April 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yagaragarizaga inteko ishinga amategeko uko umusaruro w’ ubuhinzi uhagaze n’ ingamba guverinoma ifite mu guteza imbere ubuhinzi n’ ubworozi mu myaka iri imbere yavuze ko umusaruro w’ ubuhinzi umwaka ushize wa 2017 wiyongereho 7% mugihe mu mwaka wa 2016 wari wiyongereho 4% anagaragaza ingamba guverinoma ifite ngo uyu musaruro uzakomeze kwiyongerera anavuga Umubare w’ Abanyarwanda batunzwe n’ ubuhinzi.
Minisitiri w’ intebe yavuze ko (…) -
Chelsea FC yahagamye Real Madrid yahabwaga amahirwe
27 April 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya Chelsea yakoze ibyo benshi batatekerezaga mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wabereye ku kibuga cya Alfredo di Stefano ubwo yahanganyirizaga na Real Madrid igitego 1-1.
-
Mushikiwabo natorerwa kuyobora Francophonie aregura ku buminisitiri amazeho imyaka 10
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestUyu munsi tariki 12 Ukwakira 2018 nibwo mu gihugu cya Armenia hateganyijwe amatora y’ Umunyamabanga w’ Umuryango uhuza ibihungu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Francophonie. Abakandida ni babiri Louise Mushikiwabo n’ umunya- Canada usanzwe awuyobora Michaelle Jean.
-
Patriots yakoze ibitangaza byari bimenyerewe mu makipe akina NBA
22 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Patriots yatunguranye yigaranzura REG BBC yari yarayitsinze imikino 3-1 ,irayishyura ndetse iza kuyitsinda uwa 4 wayiheshejemo igikombe cya shampiyona ya Basketball mu Rwanda.
-
Musanze: Uwarokotse Jenoside yatemewe ibigori n’insina n’abagizi ba nabi bataramenyekana
12 April 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Jacques Nzeyimana wo mu mudugudu wa Giramahoro mu kagari ka Bukinanyana, mu Murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze yasanze abantu bataramenyekana batemye insina ze barandura n’ibigori bihinze ku itongo iwabo bamusigiye nyuma yo kwicwa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
America yashyigikiye amatora ya Kenya, ivuga ko gutangaza uwatsinze ari intabwe ikomeye
16 August 2022, by Joseph IradukundaAmbasade y’Amerika muri Kenya yashimye Abanya-Kenya ku kuntu batoye mu mahoro, ishishikariza impande zose gukorana mu gucyemura mu mahoro impungenge izo ari zo zose zisigaye.
Umuryango.rw
Musanze: Uwarokotse Jenoside yatemewe ibigori n’insina n’abagizi ba nabi bataramenyekana
America yashyigikiye amatora ya Kenya, ivuga ko gutangaza uwatsinze ari intabwe ikomeye