Perezida w’ u Rwanda na mugenzi we wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni baganiriye mu bibazo byo mu karere kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2018
Baganiriye ubwo bari I Addis Abeba muri Ethiopia ahari kubera inama ku bucuruzi n’ishorama
Iyi nama ya ‘Transform:Africa Business and Investment Forum” ikaba ari inama yigaga ku bucuruzi n’ishoramari muri Afurika, Inama Perezida Kagame yatanzemo ikiganiro akongera kugaruka ku mikoranire hagati y’abikorera ku giti cyabo na Leta mu kuzamura (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na Museveni
30 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yashimye uko Zambia yamwakiriye n’ uko yakiriye Abanyarwanda bariyo [AMAFOTO]
19 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 19 yatangiye uruzinduko rw’ iminsi ibiri agira mu gihugu cya Zambia, yashimye mugenzi we wa Zambia, Edgar Chagwa Lungu uburyo igihugu cye cyakiriye Abanyarwanda batuyeyo anashima uburyo mu muri icyo gihugu bamwakiriye mu muco wabo.
Umukuru w’ u Rwanda yavuze ko u Rwanda rufite impunzi nyinshi mu bihugu by’ amahanga bitewe n’ amateka mabi yaranze u Rwanda avuga ko Umunyarwanda uri muri Zambia amarembo yo gutaha mu rwamubyaye afunguye.
Nkuko (…) -
U Bwongereza: Abiyahuzi bagongesheje abantu imodoka abakomeretse bicishwa icyuma
4 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu mugi wa Londres mu gihugu cy’ u Bwongereza igitero cy’ abiyahuzi cyahitanye abantu 7 abandi bagera kuri 30 barakomereka, polisi ihita irasa batatu mu bakekwaho kugira uruhare muri icyo gitero barapfa.
Polisi y’ u Bwongereza yatangaje ko abiyahuzi bashoye imodoka mu kivunge cy’ abantu, barangiza bagateragura ibyuma abakomeretse.
Iki gitero kibabye nyuma y’ ibyumweru bibiri gusa mu mujyi wa Manchester nawo wo mu gihugu cy’ u Bwongereza hagabwe igitero cy’ abiyahuzi kigahitana abagera (…) -
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Edgar Lungu [AMAFOTO]
21 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Gashyantare 2018 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Zambia, Edgar Lungu watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda
Zambia n’ u Rwanda bifitanye umubano mwiza. Perezida Lungu yaherukaga mu Rwanda mu gihe cy’irahira rya Perezida Kagame tariki 28 Kanama 2017. Ni mu gihe kandi nawe yakoreye uruzinduko rw’ akazi muri Zambia tariki 19 Kamena 2017. Icyo gihe abakuru b’ ibihugu byombi basangiye ku meza, ku munsi wa kabiri asura akarere ka Kafue karimo (…) -
Abaturage bo mu karere ka Musanze basabye Leta ikintu gikomeye nyuma y’igitero cy’abagizi ba nabi cyahitanye abantu 14
7 October 2019, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu karere ka Musanze bavuze ko bafite ubwoba bwinshi ndetse bifuza ko ingabo z’igihugu zakaza umutekano,nyuma y’aho inyeshyamba zivuga ko ari iza FDLR ziteye mu karere ka Musanze zikica abaturage 14 zigakomeretsa abagera kuri 18.
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Bamwe mu bateye Kitabi bishwe, abashimuswe baratabarwa. Bimwe mu bindi utamenye byabereye muri iki gitero
18 December 2018, by UbwanditsiLt Col Innocent Munyengango yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda zakurikiye abaheruka kugaba igitero ku Kitabi ku mugoroba wo kuwa gatandatu ushize zikicamo batatu abasigaye bakambuka Nyungwe bagahungira i Burundi.
-
Ibiro by’ akarere ka Nyamasheke byakupiwe umuriro w’ amashanyarazi
31 August 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu gishinzwe ingufu REG cyakupiye akarere ka Nyamasheke umuriro w’ amashanyarazi kubera umwenda akarere katishuye iki kigo.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ya EAC u Rwanda rurahererwamo ubuyobozi
1 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inamay’abakuru b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe kuri uyu Gatanu tariki ya 1 Gashyantare,bikuraho ibihuha byavugwaga ko atazayitabira kubera ko u Rwanda rurizihiza umunsi w’intwari.
-
‘Ibirenge n’ intoki byacu byashyizwe mu muriro ntitwasibangana’ Perezida Kagame
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe yavuze ko Afurika yanyuze mu bibazo bikomeye ariko ntigire icyo iba asaba urubyiruko rw’ uyu mugabane tukagamburuzwa n’ ibibazo.
Umuryango.rw