Urwego rw’ igihugu rw’ Imiyoborere RGB rufite mu nshingano amadini n’ imitwe ya politiki mu Rwanda rwatangaje ko itegeko rirebana n’ amadini ririmo kuvugururwa.
Ni mu gihe hashize igihe gito mu Rwanda hatangiye gahunda yo gufunga insengero zitujuje ibisabwa birimo inzu yo gusengerwamo itabangamiye abaturarwanda , parikingi y’ imodoka n’ ibikorwaremezo nkenerwa mu kubungabunga isuku nk’ umwiherero n’ ibindi.
Mu kiganiro cyatambutse kuri Radiyo flash none tariki 7 Werurwe 2018 , kivuga (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda rurimo kuvugurura itegeko rigenga insengero, hari abasanga Leta ikwiye kumviriza ivugirwamo
7 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
"....Tuzatuma hari umuntu urara amajoro adasinziriye"-Perezida Kagame avuga ku kujya RDC
30 November 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa gatatu, ari mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yakira indahiro z’abminisitiri bashya, mu buryo butari buherutse Perezida Kagame yafashe isaha imwe avuga ku kibazo cy’umutekano mucye mu burasirazuba bwa DR Congo,anasubiza ibyo bamwe bashinja u Rwanda.
Mu ijambo rye yahakanye ko u Rwanda rwateye Congo ariko avuga ko “hari impamvu zatujyanayo” akomoza ku bisasu byarashwe mu majyaruguru y’u Rwanda mu mezi ashize, n’ibitero bya FDLR mu 2019.
Yavuze ko yasabye mugenzi we wa (…) -
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Nigeria nyuma yo kuva kuri Gabon [AMAFOTO]
11 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yasuye igihugu cya Nigeria mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, nyuma yo gusoza urwo yagiriraga muri Gabon aho yanabonanye na Perezida Ali Bongo.
-
Rubavu: Amazu arenga 900 yatakaje ubushobozi bwo guturwamo kubera imvura idasanzwe
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestAmazu 926 yo mu mirenge ya Nyundo, Rugerero na Kanama mu karere ka Rubavu mu ntara y’ iburengerazuba yatakaje ubushobozi bwo guturwamo nyuma y’ uko 26 asenywe no kuzura k’ umugezi wasebera andi akuzuramo naho andi 900 akuzuramo amazi ubuyobozi bugategeka ba nyirayo kuyavamo by’ agateganyo.
Ubu abaturage bamwe bahuye n’ibi biza bacumbikiwe n’abaturanyi babo, Icyakora guverineri w’intara y’iburengerazuba Munyantwari Alfonse yavuzeko kuri uyu wa Mbere aribwo bari butangire guha ubufasha (…) -
Perezida Kagame yavuze byinshi ku buzima bwe na Gen.Rwigema n’uburyo yakoresheje yambutsa igikapu cye cy’ingenzi i Addis Abeba
10 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yageze ku rugamba aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yigaga. Si kenshi cyane abantu bakunda kugaruka kuri iyi nzira ya Perezida Kagame yaranzwe n’ibizazane bikomeye.
Mu biganiro Perezida Kagame yagiranye n’Umwanditsi Mukuru wa Jeune Afrique, François Soudan ndetse uyu mugabo akaza kubyandikaho igitabo yise ‘Conversations With The President of Rwanda’, yahishuye ibizazane bitandukanye yahuye nabyo muri uru rugendo.
Ku ipaji ya 37 y’iki gitabo, François Soudan (…) -
Burundi: Abakandida 10 barimo umugore umwe bamaze kwinjira mu rugamba rwo gusimbura Nkurunziza ku butegetsi
3 February 2020, by Dusingizimana RemyMuri weekend ishize amashyaka atatu yatangaje abakandida bayo mu matora ya perezida w’u Burundi ateganyijwe mu kwezi kwa gatanu, abakandida bose hamwe bamaze kuba 10.
-
RIB yataye muri yombi abakekwaho kwica umunyeshuli wo muri kaminuza yahoze ari KIST
12 September 2019, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwamaze guta muri yombi abantu 2 bakekwaho kwica umukobwa witwa Sandrine Imanishimwe w’imyaka 21 y’amavuko ,wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (UR-CST) .
-
Nyagatare: Umukandida Frank Habineza yahinduriwe aho yagombaga kwiyamamariza abura abantu
17 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije yahinduriwe n’ inzego z’ ibanze site yagombaga kwiyamamariza, aho bamujyanye agezeyo abura abantu.
Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga nibwo byari biteganyijwe ko Umukandida wa DGPR, Dr Frank Habineza yiyamamariza mu karere Nyagatare mu masaha ya mu gitondo hanyuma ikigoroba akiyamamariza mu karere ka Gatsibo twombi two mu ntara y’ uburasirazuba.
Amakuru agera ku Umuryango aravuga ko kwiyamamariza mu (…) -
“Tubuze umuyobozi n’ umukozi mwiza” Perezida Kagame avuga ku rupfu rwa Depite Mukayisenga [AMAFOTO]
14 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’Umuryango wa Depite Mukayisenga Françoise witabye Imana ku Cyumweru tariki 11 Kamena azize uburwayi avuga ko u Rwanda rubuze umukozi mwiza.
Kuri uyu wa Gatatu 14 Kamena mu Nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda habereye umugango wo gusezera mu cyubahiro Nyakwigendera Depite Mukayisenga witabye Imana yari amaze imyaka 14 akora mu nteko ishinga amategeko.
Mu butumwa bwasomwe na Minisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienne, Perezida Kagame yavuze (…) -
Abagore: Ngo 30% yabo irimo kubateza imbere ivuyeho ubu yaba igiye kare
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestAbagore bo mu karere ha Huye n’ aka Gisagara baravuga ko kuba Leta y’ u Rwanda yarabageneye imyanya 30% mu nzego zifatirwamo ibyemezo bibafitiye akamaro. Barasaba abadepite batoye kuzahanira ko u Rwanda ruguma ku isoga mu guha agaciro umugore. Meya Sebutege asanga 30% y’ abagore ikwiye kugumaho kuko bayikwiriye.
Umuryango.rw
"....Tuzatuma hari umuntu urara amajoro adasinziriye"-Perezida Kagame avuga ku kujya RDC
Perezida Kagame yavuze byinshi ku buzima bwe na Gen.Rwigema n’uburyo yakoresheje yambutsa igikapu cye cy’ingenzi i Addis Abeba