Harerimana Frederic wari umaze imyaka ibiri n’ igice ari Umuyobozi w’ Akarere ka Rusizi weguye arasaba uzamusimbura kuzita ku mutekano no kwegera abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Impumeko ya Harerimana, Meya wa Rusizi weguye n’ icyo asaba uzamusimbura
13 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yagaragaje abantu bamuteye impungenge kurusha abandi
3 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko atewe impungenge n’abashora imari mu Rwanda bahora bamubaza niba aziyamamaza ndetse avuga ko ibyo bituma yiyumvamo ko guhora atorwa ari icyaha.
Perezida Kagame yavuze ko afite amabaruwa y’aba bantu bahora bamubaza ibi ndetse igihe kimwe azayashyira hanze.
Ati “Mu minsi ishize itari iya kera,muzi ibi twirirwa dushakisha abantu bose uko bazana ishoramari hano,ibintu byinshi,byinshi ku isi hose.
Mfite amabaruwa,igihe nikigera nzayabasomera n’abayanditse.Umuntu (…) -
Niba umuturanyi ashaka guhungabanya ubusugire bwacu ....ntidushobora kubyemera"-Perezida Kagame
26 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutazemerera u Burundi gukomeza guhungabanya umutekano warwo bubinyujije mu mitwe yitwaje intwaro icumbitse ku butaka bwarwo.
-
Seburikoko ntiyiteguye kujyana mu Nkiko abavuze ko Yapfuye
8 June 2019, by Martin MunezeroKuwa Mbere w’iki cyumweru nibwo hasakaye inkuru y’igihuha ivuga ko Niyitegeka Gratien, wamenyekanye nka Seburikoko , Papa Sava yitabye Imana azize impanuka ndetse ko umurambo we ukaba warahise ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bya Kanombe.
-
Hatangajwe irengero ry’umusizi Bahati Innocent ukekwaho gukorana n’abanzi b’u Rwanda
16 February 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, (RIB) Dr.Murangira B. Thierry yatangaje ko hagikorwa iperereza ku irengero ry’umusizi Innocent Bahati, umaze umwaka urenga ashakishwa n’abagize umuryango we ndetse n’inshuti ze.
RIB yavuze ko amakuru yizewe ari uko uyu yaba yararengeye muri Uganda.
Dr Murangira B. Thierry yagiranye ikiganiro naTaarifa.rw, avuga ko Bahati bikekwa ko yabuze tariki 07 Gashyantare, 2021 ubwo yari yagiye i Nyanza.
Taliki 09, Gashyantare, 2021 nibwo uwitwa Joseph (…) -
Mpayimana Philippe wari umenyerewe nk’ umukandida wigenga yashinze ishyaka rya Politiki
4 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’ umukandida ku mwanya wa Perezida w’ u Rwanda ntatsinde, akiyamamariza ari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ntatsinde yashyinze ishyaka rya politiki avuga ko riharanira iterambere ry’ Abanyarwanda.
-
Kigali:Polisi yafashe Umu masayi wazunguzaga inkweto imushyize muri pandagali inanirwa kugenda
19 January 2019, by Martin MunezeroMu gihe abandi bazunguzayi baciwe mu muhanda ariko iyo ugiye hirya no hino mu mujyi wa kigali usanga abazunguzayi b’abamasayi bambaye imyenda y’ihariye bacuruza inkweto zifunguye ndetse n’imikandara abantu benshi bibaza impamvu bo badafatwa.
-
Cyamunara y’imashini zikora itabi zo mu ruganda rwo kwa Rwigara yasubitswe
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestCyamunara y’imashini zikoreshwa mu gutunganya itabi ry’uruganda ‘Premier Tobacco Company Ltd (PTC)’, rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, yari iteganyijwe kuri uyu wa Mbere yasubitswe ny’uma y’uko uyu muryango wanze agaciro kari kahawe izo mashini.
-
Abasenateri bagaragarije Dr Ngirente ukuntu imibare y’ amazi itekinitse
25 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard yitabye abasenateri kuri uyu wa 25 Ukwakira 2018 abagezaho ibisobanuro ku kibazo cy’ amazi meza ataragera ku baturage n’ ingamba zihari,nabo bamubwira ko imibare ivuga ko u Rwanda rugeze kuri 84% atari ukuri.
-
Rwamagana: Abantu bane barashwe barapfa bakekwagaho kwiba Mazutu y’Abashinwa
21 January 2020, by Dusingizimana RemyAbantu bane bataramenyekana amazina barashwe nijoro n’abasirikare b’u Rwanda bari mu bikorwa byo gucunga umutekano mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana mu rukerera rwo kuwa 20 Muratama uyu mwaka.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagaragaje abantu bamuteye impungenge kurusha abandi
Hatangajwe irengero ry’umusizi Bahati Innocent ukekwaho gukorana n’abanzi b’u Rwanda