Aba nibo badepite 9 bagiye guhagararira u Rwanda muri EALA
Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Gicurasi 2017, Inteko Inshinga Amategeko y’u Rwanda yatoye Fatuma Ndangiza, Francine Rutazana nk’abadepite bashya bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA), ndetse bane mu bakandida bari basanzwemo bongera gutorwa.
Abadepite bahagararira igihugu muri EALA bagomba kuba 9, itegeko rikagena ko Umuryango FPR Inkotanyi n’Imitwe ya politiki yishyize hamwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abadepite bagiye guhagarira u Rwanda muri EALA bamenyekanye
19 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Inteko Rusange yahaye igihe ntarengwa MINICOM cyo gucyemura ibibazo by’amotari
9 June 2022, by Rebecca UFITAMAHOROInteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yateranye ku wa Gatatu taliki ya 8 Kamena 2022, yasabye Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) gukemura ibibazo bikigaragara mu matsinda y’abamotari, kandi bigakorwa mu gihe kitarenze amezi atatu.
-
Umukozi w’Inteko Ishinga Amategeko wari ukurikiranyweho gufata ku ngufu Umurundikazi yakatiwe imyaka 10
23 December 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa Mbere rwakatiye Mushingwamana Evode wari umukozi mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, igifungo cy’imyaka icumi n’amande y’amafaranga miliyoni.
-
Rusizi: Umugabo akurikiranyweho gutema umukobwa we amuziza kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimara
27 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmugabo wo mu murenge wa Bugarama Akagari ka Nyange ari mu maboko ya polisi nyuma yo gutema umukobwa we w’ imyaka 15 amuketseho kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimaramo.
Nk’ uko umuvugizi wa Polisi mu ntara y’ uburengera IP Eulade Gakwaya yabitangarije Ikinyamakuru UMURYANGO byabaye saa mbili z’ ijoro kuri uyu wa Kabili tariki 26 Ukuboza 2017.
Yagize ati “Mu gihe cya saa mbili n’ igice hari umugabo ukekwaho kuba yakomerekeje umwana we w’ umukobwa, umwana yatwawe kwa muganga umugabo (…) -
COVID-19:U Rwanda rwashyizwe mu bihugu 14 byizewe abaturage babyo bemerewe kwinjira i Burayi
30 June 2020, by Dusingizimana RemyUmuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watangaje ibihugu 14 uvuga ko abaturage babyo "badateje akaga" bemerewe kwinjira i Burayi kuva tariki 01 z’ukwezi kwa karindwi, nubwo hakiri icyorezo cya Covid-19, Abanyarwanda bari mu bemerewe, Amerika, Brazil n’Ubushinwa ntibemerewe.
-
’Drone zatumye u Rwanda rwubaka izina’ Minisitiri Gashumba
25 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko nyuma gato y’ uko u Rwanda rutangiye kugeza amaraso mu bitaro 19 hakoreshejwe indege zitagira abapilote drone rwavuzwe cyane rukubaka izina.
-
Ko abaturage b’Amerika n’Uburayi basabwe kwitondera gusura u Rwanda bivuze iki?
26 April 2019, by UbwanditsiLeta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ubudage, Ubufaransa, Ubwongereza, Australia, Canada na bimwe mu bihugu by’I Burayi byaburiye abaturage babyo gusura u Rwanda bigengesereye cyane cyane igice cya Nyungwe, ku mipaka na Kongo, ku mupaka n’Ubuganda n’Uburundi.
-
Uganda Airlines igiye gutangira gukorera ingendo mu Rwanda nyuma y’isinywa ry’amasezerano yo muri Angola
21 September 2019, by Dusingizimana RemyKompanyi y’indege ya Uganda Airlines itangiye vuba yiyemeje gutangira gukorera ingendo mu Rwanda nyuma y’aho umubano mubi wari hagati y’ibihugu byombi ugiye gusimburwa n’uwa kivandimwe.
-
Nyanza: Umugabo yakubiswe ibuye ahita apfa nyuma yo gushaka gusambanya umugore wa mukuru we
9 June 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Habyarimana Evariste w’imyaka 44 y’amavuko, yahuriye n’uruva gusenya mu rugo rwa mukuru we Kalisa Callixte w’imyaka 50 mu masaha y’igicuku cyo kuri uyu wa Gatandatu, ubwo yari agiye gucura umugore we ahakubitirwa ibuye mu cyico ahita apfa.
-
Kwibuka 25: RIB yasabye abaturarwanda kwitwararika ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibifitanye isano nayo
4 April 2019, by UbwanditsiMu butumwa Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwageneye abaturarwanda mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe abatutsi rwasabye ko abantu bose bakwitwararika ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo ndetse rwibutsa ko ibi byaha bihanwa n’amategeko.
Umuryango.rw
Inteko Rusange yahaye igihe ntarengwa MINICOM cyo gucyemura ibibazo by’amotari
COVID-19:U Rwanda rwashyizwe mu bihugu 14 byizewe abaturage babyo bemerewe kwinjira i Burayi
’Drone zatumye u Rwanda rwubaka izina’ Minisitiri Gashumba