Rutahizamu Musa Esnu usanzwe ukinira ikipe ya Rayon Sports, ntiyagaragaye mu mukino wa gcuti wahuje Rayon Sports na AS Muhanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Musa Esnu, rutahizamu wa Rayon Sport yapfushize Sekuru
28 March 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Dr Frank Habineza ngo natorwa azorohereza abazunguzayi gukora
2 August 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza avuga ko natorwa azaharanira ko ubucuruzi buciriritse bujya mbere akavuga ko n’ abacururiza mu mihanda bazwi kw’ izina ry’ abazunguzayi bazashakirwa ibibaranga bagakomeza gukora.
Ni mu gihe umugi wa Kigali ushyize imbere gahunda yo gukura abazunguzayi mu mihanda uvuga ko bateza akajagari n’ umutekano muke.
Dr Habineza ibyo kureka abazunguzayi bagakomeza bagakora yabitangaje tariki 31 Nyakanga ubwo (…) -
RURA yemeje ko NEC idafite uburenganzira bwo kubuza abaturage gukoresha imbugankoranyambaga
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo ngenzura mikorere (RURA) cyatangaje ko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) nta burenganzira ifite bwo kugenzura cyangwa kubuza abaturage gukoresha imbuga nkoranyamabaga
Ni mu gihe komisiyo y’ amatora yari yatangaje ko izahagarika imbuga nkoranyambaga z’ abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe kuri Kanama 2017 niramuka ibonye ko izo mbuga zirimo gukoreshwa mu buryo bubangamiye imigendekere myiza y’ amatora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri (…) -
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Edgar Lungu [AMAFOTO]
21 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Gashyantare 2018 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Zambia, Edgar Lungu watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda
Zambia n’ u Rwanda bifitanye umubano mwiza. Perezida Lungu yaherukaga mu Rwanda mu gihe cy’irahira rya Perezida Kagame tariki 28 Kanama 2017. Ni mu gihe kandi nawe yakoreye uruzinduko rw’ akazi muri Zambia tariki 19 Kamena 2017. Icyo gihe abakuru b’ ibihugu byombi basangiye ku meza, ku munsi wa kabiri asura akarere ka Kafue karimo (…) -
Ba bakobwa bafunzwe bazira gukomeretsa bikabije mugenzi wabo bagabanyirijwe imyaka y’igifungo
9 November 2020, by Dusingizimana RemyAbakobwa batandatu ari bo, Nkamiro Zaina, Umulisa Gisèle, Umuhoza Connie, Umuhoza Rosine, Umutoni Hadidja, Uwimana Zainabu, n’umuhungu umwe bareganwa witwa Kamanzi Cyiza Cardinal baherukaga gukatirwa igifungo cy’imyaka 25 bashinjwa icyaha cy’ubwinjiracyaha bw’ubwicanyi bagabanyirijwe igihano kiba imyaka 15.
-
Minisitiri w’intebe Murekezi arasaba abashinzwe amagereza kuzuza inshingano zabo
15 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yatangije inama ya kane y’ihuriro nyafurika ry’inzego z’amagereza, asaba abayitabiriye kurushaho kuzuza inshingano zabo kinyamwuga no kubyaza umusaruro uru rwego rw’amagereza.
Iyi nama u Rwanda rwakiriye ku nshuro ya mbere yitabiriwe n’abayobozi b’amagereza bo mu bihugu bya Afurika, inzobere mu kwita ku bagororwa, abagize imiryango itegamiye kuri leta na Sosiyete Sivile.
Ubwo yayitangizaga ku mugaragaro, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Anastase (…) -
MIFOTRA yivuguruje yemeza ko umunsi w’ irahira rya Perezida tariki 18 Kanama 2017 ari ikiruhuko
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ abakozi ba Leta n’ Umurimo Mifotra yavuruje amakuru yari yatanze avuga ko ku munsi w’ irahira rya Perezida Kagame tariki 18 Kanama 2017 akazi gakomeza uko bisanzwe ishyira ahagaragara itangazo ryemeza ko ari umunsi w’ ikiruhuko.
Ibi byatangajwe nyuma y’ aho Minisitiri Uwizeye Judith uyobora MIFOTRA yari yatangarije RBA ko kuri uyu wa 18 Kanama 2017, Abanyarwanda batumiwe mu muhango w’ irahira rya Perezida Kagame barajya kuri sitade Amahoro iRemera ahabera umuhango w’ irahira (…) -
Kigali: Abadepite b’ Afurika bashyizeho igihembo bitiriye Kofi Annan
2 November 2018, by Nsanzimana ErnestAbadepite bagize Inteko Nyafurika basoje imirimo biyemeje gukaza amategeko arwanya ruswa n’ icuruzwa ry’ abantu banashyezeho igihembo bitiriye Kofi Annan kizajya gihabwa Perezida w’ indashyikirwa.
-
Mushikiwabo yaganiriye na Perezida wa Nigeria bakomoza no ku kibazo cy’abimukira
10 January 2018, by Iyamuremye JanvierMinistre w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, Mme Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa kabiri yagiranye ibiganiro na perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari, aho yari amushyiriye ubutumwa bwa mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.
Ibyo biganiro byibanze ku mubano w’ibihugu byombi, ibibazo birimo n’icy’abimukira bari muri Libya aho perezida Buhari yizeje ko yafashe umwanzuro wo kwakira abanyanijeriya 5037 bari mu bimukira baheze muri icyo gihugu. (…) -
Rwanda Day yagombaga kubera mu Budage yasubitswe bitunguranye
14 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko Rwanda Day yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, yasubitswe kubera impamvu zitunguranye.
Umuryango.rw
Musa Esnu, rutahizamu wa Rayon Sport yapfushize Sekuru