Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi we, Paul Kagame w’u Rwanda.
Mu bandi banyacyubahiro bari ku kibuga cy’indege barimo: Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, hamwe n’abandi baminisitiri barimo uw’Ibikorwaremezo, James Musoni, Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuganga, Jean Philbert Nsengimana.
Perezida (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida wa Misiri yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi-AMAFOTO
15 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Inyubako Nshya y’Ubucuruzi SANGWA Plaza iri Kicukiro Centre iratangira gukorerwamo mu minsi ya vuba, abashaka gukoreramo bahawe karibu
4 June 2020, by UbwanditsiIfoto igaragaza uko inyubako izaba imeze
SANGWA Plaza ni inyubako y’amagorofa atatu nshyashya y’ubucuruzi izaba igezweho iri kubakwa Kicukiro, ni imwe mu nyubako izatuma hiyongera ibyumba by’aho gukorera ibikorwa by’ubucuruzi kandi ku biciro byiza mu Umujyi wa Kigali.
SANGWA Plaza iri kubakwa ku Kicukiro Centre mu Mujyi wa Kigali, ahateganye n’amarembo ya ‘IPRC-Kigali’ mu murenge wa Kicukiro, umudugudu wa Kicukiro ku muhanda KK 15 RD. Iri ku muhanda munini nyabagendwa uva Sonatube ujya (…) -
AS Kigali yaguze umukinnyi wakinnye muri Afurika y’epfo (amafoto)
12 July 2017Ikipe ya AS Kigali ikomeje kugaragaza ubushake bwo kugura abakinnyi bakomeye ku munsi w’ejo taliki ya 11 Nyakanga yaguze undi rutahizamu w’Umugandewitwa Frank Kalanda wakinnye mu makipe akomeye yo mu bagande nka Vipers na Uganda Revenue Authority ndetse aca muri Afurika y’epfo mu ikipe y free States Stars ndetse yakiniye ikipe y’igihugu ya Uganda Cranes.
Iyi kipe yakaniye gutwara igikombe cya shampiyona umwaka utaha ikomeje kwibikaho abakinnyi bakomeye aho kugeza magingo aya imaze (…) -
Indirimbo “Dusohoze ikivi” yahuriweho na The Ben, Masamba, Mecky, Tonzi, Phiona, Didier, Bahati na Aaron Nitunga yasohotse
27 April 2019, by UbwanditsiIndirimbo “Dusohoze ikivi” yahuriyeho n’abahanzi The Ben, Masamba, Mecky, Tonzi, Phiona, Didier, Bahati na Aaron Nitunga yasohotse aho buri wese afitemo ubutumwa bujyane no kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ndetse no gushimangira inzira yo kwiyubaka igihugu cyateye.
-
Uganda: Abakozi bo mu rugo rwa Minisitiri batawe muri yombi kubera urupfu rw’abana be 2 basanzwe muri Pisine
15 May 2019, by Dusingizimana RemyKuwa mbere w’iki Cyumweru nibwo abana b’impanga ba Minisitiri Ronald Kibuule ushinzwe amazi muri Uganda basanzwe muri pisine bapfuye,byatumye abakozi 4 bo mu rugo bareraga aba bana bahita batabwa muri yombi.
-
Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ ifatizo ahari kubakwa ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera
9 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 09 Kanama 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yafunguye kumugaragaro imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera giherereye mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko ari umushinga w’ingirakamaro cyane ku gihugu yongera ko umushinga wategerejwe igihe kinini kugira ngo urangire neza. Iki kibuga giherereye ku musozi wa Karera mu mu kagari ka Karera Umurenge wa Ririma.
Perezida Kagame yavuze ko ashimishijwe no gushyira ibuye ry’ ifatizo kuri uyu (…) -
Impunzi eshanu z’ Abanyekongo zapfiriye mu myigaragambyo mu Rwanda
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestIgikorwa cyo guhoshya imyigaragambyo y’ impunzi z’ Abanyekongo yari imaze iminsi ibera mu karere ka Karongi cyaguyemo impunzi eshanu hakomereka impunzi 20 n’ abapolisi 7, impunzi 15 zitabwa muri yombi.
Iyi myigaragambyo yatangiye ku wa Kabiri w’ iki cyumweru tariki 20 ubwo impunzi zibarirwa hagati ya 500 na 1000 zasohokaga mu nkambi ya Kiziba zivuga ko zisuye iwabo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyamara zikerekeza ku biro by’ ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNCHR (…) -
Dr Munyakazi yavuze ko n’uwateka ibuye rigatota atasinya umwanzuro w’urukiko
23 May 2017, by UbwanditsiDr. Leopord Munyakazi ufuginze gukekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 mu cyahoze ari Komini Kayenzi. Foto: Umusekei
Icyemezo cyo gutesha agaciro igikorwa cyo kwikoma umucamanza mu rubanza rwa Dr Munyakazi uregwa Ibyaha bya Genocide kije gishimangira ko uyu uregwa wari wasabye ko Adolphe UDAHEMUKA, umucamanza uburanisha urunza rwe yarwirukanwamo nta shingiro gifite kandi ko agomba kugumana n’Umucamanza wamuburanishaga.
Umucamanza yasomeye Dr Leopold MUNYAKAZI (…) -
Perezida Kagame yashimye Nyirarukundo avuga ko agiye kumerera nabi inzego zamutereranye
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimiye Umunyarwandakazi usiganwa ku maguru Salome Nyirarukundo witwaye neza mu masiganwa yabereye muri Maroc, nyuma yo gutereranwa na Minisiteri ifite siporo mu nshingano avuga ko agiye kumerera nabi izi nzego.
Hari mu kiganiro yagiranye n’ intore zigera ku 2000 zirimo intore z’ abanyamakuru (Impamyabigwi), intore z’ Abahanzi n’ abanyabugeni (Imparirwakubarusha ) n’ intore z’ abo mu rwego rw’ imikino (Indatabigwi) kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Gicurasi (…) -
Madame Ingabire Marie Immaculée kugeza ubu ntarabona ababaye ba Miss akarusho bazanye mu iterambere ry’igihugu agasanga nta musaruro wa miss Rwanda
23 January 2019, by Martin MunezeroUmuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée asanga nta musaruro miss Rwanda agira mu iterambere ry’igihugu.
Umuryango.rw