Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisante: Iyari Labophar yahoze ikora imiti 32, ubu ikora ibiri gusa, hari n’igihe yiyambajwe nk’uburuhukiro
2 July 2020, by Ubwanditsi
Dr. Binagwaho, wasize afunze uruganda rw’imiti rw’icyari Labophar bwo yayoboraga Minisante//Photo: Newtimes
Icyari Laboratwari y’igihugu ya pharmacie muri 2013 cyari kigeze ku rwego rwo gukora imiti 32 yifashishwa cyane mu mavuriro yo mu Rwanda ubu gisigaye gikora imiti 2 gusa nyuma yo gufungwa abakozi bacyo n’imirimo cyakoraga igahurizwa hamwe n’icyahoze ari Camerwa, ikigo cy’igihugu cyatumizaga imiti hanze.
-
Perezida Kagame na Madamu we batoye abadepite [AMAFOTO]
2 September 2018, by Nsanzimana Ernest
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame kuri iki Cyumweru tariki 2 Nzeli 2018 bitabiriye amatora y’ abadepite.
-
Depite Mukabagwiza yasabye ko mu Rwanda umwana yajya ahabwa indangamuntu akivuka
2 May 2018, by Nsanzimana Ernest
Bamwe mu badepite basabye ko umwana w’ Umunyarwanda yajya ahabwa indangamuntu akivuka kugira ngo byorohereze ababyeyi b’ abana mu ngendo zigana hanze y’ u Rwanda.
-
Perezida Kagame yakiriye mu musangiro mugenzi we wa Misiri- VIDEWO
16 August 2017, by Iyamuremye Janvier
Perezida Kagame ari kumwe n’abandi banyacyubahiro bo mu Rwanda , bakiriye mugenzi wa Misiri, Abdel Fattah El Sisi n’abamuherekeje, mu musangiro wabereye muri Kigali Convention Center.
Perezida Sisi yahishuye ko mugenzi we Paul Kagame ari umugabo ukoresha imbaraga ze zose mu guharanira iterambere ry’u Rwanda n’abanyarwanda, ahishura ko ibikorwa by’abanyarwanda ari ishuri ku Banya-Misiri.
Uyu musangiro wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nyuma yaho ku munsi w’ejo Perezida wa Misiri (…)
-
Diane Rwigara na nyina hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki bagasomerwa
5 December 2018, by Nsanzimana Ernest
Kuri uyu wa 6 Ukuboza 2018 nibwo biteganijwe ko urukiko rukuru rusoma imyanzuro y’ urubanza ruregwamo Diane Rwigara na nyina Adeline Mukangemanyi Rwigara.
-
Karongi: Umwarimu arashinja Gitifu na DASSO kumukubita bakamumena ubugabo
22 April 2020, by Dusingizimana Remy
Umwarimu wigisha mu ishuri ryisumbuye mu Karere ka Karongi yatangaje ko yakubiswe na Gitifu w’Umurenge wa Gishari afatanyije na DASSO, bari bamaze umwanya banywa inzoga mu kabari birangira bamumenye ubugabo.
-
Abaminisitiri b’ ingabo muri EASF bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku mutekano
26 July 2018, by Nsanzimana Ernest
Igisirikare cy’ u Rwanda cyatangaje Abaminisitiri b’ ingabo mu bihugu 10 byo muri Afurika y’ iburasirazuba bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku mutekano n’ amahoro.
-
Meya Habitegeko yasabye Visi meya mushya kudaterwa ubwoba na Tour du Rwanda
2 July 2018, by Nsanzimana Ernest
Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru Habitegeko Francois yagiriye inama Gashema Janvier watorwe kuba Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu kutikanga ikiswe ‘Tour Du Rwanda’ akanirinda abashobora kumuca intege kuko ngo akazi yatorewe gakoreka ariko gashoboka kuko ngo nawe yagashoboye kandi yarakinjiranyemo ubwoba.
-
MINISANTE yasubije mu kazi umuforomo wahaye umurwaza amaraso ngo age kuyipimishiriza I Kigali
29 July 2018, by Nsanzimana Ernest
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha ku kigo cy’Igihugu gipima amaraso kiri i Kigali.
-
Perezida Kagame yabwiye ijambo rikomeye abamwifurije isabukuru nziza
24 October 2018, by Nsanzimana Ernest
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango wa Afurika yunze ubumwe ejo tariki 23 Ukwakira yari umunsi ukomeye kuri we umunsi w’ amavuko.