Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yamaganye amakuru yavugaga ko yifuza gusezera muri Rayon Sports aboneraho kwemeza ko umutoza Lomami Marcel wari umutoza ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi yasimbura Katauti akaba umutoza wungirije by’agateganyo mbere yo kuzafata umwanzuro nyuma ya CHAN.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda Karekezi Olivier yabeshyuje amakuru yiriwe mu bitangazamakuru ku munsi w’ejo ko yifuza kwegura mu ikipe ya Rayon Sports kubera ukuntu ubuyobozi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Karekezi yabeshyuje ibyo gusezera muri Rayon Sports anatangaza umutoza yifuza ko asimbura Katauti
19 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Kigali:Polisi yafashe Umu masayi wazunguzaga inkweto imushyize muri pandagali inanirwa kugenda
19 January 2019, by Martin MunezeroMu gihe abandi bazunguzayi baciwe mu muhanda ariko iyo ugiye hirya no hino mu mujyi wa kigali usanga abazunguzayi b’abamasayi bambaye imyenda y’ihariye bacuruza inkweto zifunguye ndetse n’imikandara abantu benshi bibaza impamvu bo badafatwa.
-
Minisitiri w’Intebe yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo biri muri WASAC
9 November 2021, by Dusingizimana RemyInteko rusange y’umutwe w’abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba Minisiteri y’Intebe kuvugurura imikorere n’imiterere y’ikigo cya WASAC bitarenze amezi 6 kubera ibibazo biri mu miyoborere ,imicungire n’imikoreshereze by’imari ya Leta bimeze igihe bikivugwamo.
Nkuko babitangaje mu butumwa banyujije kuri Twitter,abadepite basabye "Minisitiri w’Intebe kuvugurura bitarenze amezi 6 imiterere n’imikorere ya WASAC hagamijwe gukemura ibibazo by’imiyoborere, imicungire n’imikoreshereze y’imari (…) -
“U Burundi turi mu nzira yo gushaka uko twumvikana”-Perezida Kagame
2 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko umubano w’u Rwanda n’u Burundi iru kugana mu nzira nziza kubera ko buri ruhande rufite ubushake gusa avuga ko uruhande rwa Uganda ataramenya umuzi w’ikibazo rufitanye n’u Rwanda.
-
Centrafrique: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe ibirindiro by’inyeshyamba za François Bozizé
25 February 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’intebe wa Centrafrique yavuze ko ingabo z’iki gihugu zafashe umujyi wa Bossangoa mu burengerezuba, ahari ibirindiro by’uwahoze ari Perezida François Bozizé.
-
U Rwanda rwabonye aho rusabwa gushyira imbaraga ngo rugere ku ntera y’ ibihugu byateye imbere
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki y’ isi yerekanye inzira u Rwanda rugomba kunyuramo kugira ngo rugere ku cyerekezo 2050.
-
Kwinjira kwa Jamaica mu bahatanira kuyobora Commonwealth bivuze iki ku myiteguro yayo mu Rwanda
11 April 2022, by Joseph IradukundaIgihugu cya Jamaica cyatangaje ko Minisitiri wacyo w’ububanyi n’amahanga azahatanira umwanya w’ubunyamabanga bukuru bw’umuryango Commonwealth uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza.
-
Wlly Nyamitwe ati "Raporo ya UN ntizavuga ko u Rwanda rwica impunzi z’Abarundi, rukabajugunya mu mihanda"
7 June 2017, by Ferdinand DukundimanaUmuvugizi wa Leta y’u Burundi akaba n’umujyanama mukuru wa Perezida Nkurunziza, Willy Nyamitwe, yatangaje ko ntakidasanzwe Leta yiteze kuri iyi nama, ndetse ngo na raporo izagaragazwa ntizavuka ku byaha bishinjwa u Rwanda byo gutoza impunzi igisirikari no kwica bamwe bakajugunywa mu mihanda.
Kuwa 14 na 15 Kamena, umuryango w’Abibumbye uteganya gukora inama izibanda ku burenganzira bwa muntu, inama izabera i Geneve mu Busuwisi.
Nikoyagize Anschaire, umwe mu baharanira uburenganzira bwa (…) -
MIFOTRA yivuguruje yemeza ko umunsi w’ irahira rya Perezida tariki 18 Kanama 2017 ari ikiruhuko
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ abakozi ba Leta n’ Umurimo Mifotra yavuruje amakuru yari yatanze avuga ko ku munsi w’ irahira rya Perezida Kagame tariki 18 Kanama 2017 akazi gakomeza uko bisanzwe ishyira ahagaragara itangazo ryemeza ko ari umunsi w’ ikiruhuko.
Ibi byatangajwe nyuma y’ aho Minisitiri Uwizeye Judith uyobora MIFOTRA yari yatangarije RBA ko kuri uyu wa 18 Kanama 2017, Abanyarwanda batumiwe mu muhango w’ irahira rya Perezida Kagame barajya kuri sitade Amahoro iRemera ahabera umuhango w’ irahira (…) -
Umuntu uzakubwira ngo genda ukomeze ubyare uzamubwire aze agufashe kurera abo bana- Minisitiri Dr Gashumba
14 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba yasabye ababyeyi ku byara abo bashoboye kurera kuko kubyara abana benshi bituma batakaza itoto anabasaba kwima amatwi ababashishikariza kubyara abana benshi kuko bigira ingaruka ku muryango.
Umuryango.rw
Minisitiri w’Intebe yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo biri muri WASAC
Kwinjira kwa Jamaica mu bahatanira kuyobora Commonwealth bivuze iki ku myiteguro yayo mu Rwanda
Umuntu uzakubwira ngo genda ukomeze ubyare uzamubwire aze agufashe kurera abo bana- Minisitiri Dr Gashumba