Kambogo Ildephonse wari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Rubavu uheruka kweguzwa Njyanama y’Akarere azira kutuzuza inshingano ze ahanini zijyanye no kurengera abaturage yasabye imbabazi nyuma yo kwemera ibyo yakoze.
Ku ya 6 Gicurasi nibwo inama idasanzwe y’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yafashe iki cyemezo cyo kweguza Kambogo Ildephonse ku mirimo ye , nyuma imicungire y’ibi biza byasenyeye abaturage ndetse abandi bikabavutsa ubuzima.
Kambogo Ildephonse kuri ubu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Meya wa Rubavu uheruka kweguzwa ku mirimo yasabye Imbazi
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHORO -
Dr Isaac Munyakazi yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 FRW kubera ibyaha bya ruswa
16 October 2020, by Dusingizimana RemyDr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha yari afite mu nyungu ze bwite.
-
Umudepite uherutse kuvugwaho ubusinzi bukabije yeguye
14 November 2022, by Dusingizimana RemyUmudepite witwa Gamariel Mbonimana, uherutse kuvugwaho na Perezida Kagame ko yafashwe atwaye imodoka yasinze, yamaze gushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko ibaruwa y’ubwegure bwe.
Umudepite Perezida Kagame yavuze ko yafashwe na Polisi inshuro 6 yasinze ni Bwana Gamariel Mbonimana wo muri Parti Libéral (PL).
Aganira na RBA, Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko ibaruwa uyu mudepite yanditse yavuze ko yeguye ku mpamvu ze bwite.
Iki kinyamakuru cyatangaje ko (…) -
Menya ibintu bine byafashije Rayon sports gutwara igikombe cya shampiyona y’ uyu mwaka hakiri kare
20 May 2017Magingo aya ikipe ya Rayon Sports yamaze kwizera mu buryo budashikikanywaho ko igikombe cya shampiyona y’ u Rwanda uyu mwaka ari icyayo. Dore ibintu bine byafashije Rayon Sports kuba igiye gutwara iki gikombe.
1.Abakinnyi bakomeye kandi bamenyeranye
Kuba ikipe ya Rayon Sports yarashoboye kugumana abakinnyi benshi mubo yari ifite ubwo yatwaraga igikombe cy’amahoro ni imwe mu mpamvu zikomeye zatumye iyi kipe izwi nka gikundiro ibasha gutwara igikombe shampiyona y’uyu mwaka itararangira. (…) -
Umugore wahataniraga kuba Umudepite mu Rwanda yapfuye
21 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe hasigaye iminsi 14 ngo mu Rwanda habe amatora y’ abadepite umugore witwa Dusabinema Consolée wiyamamarizaga kuba Umudepite ahagarariye icyiciro cy’abagore yitabye Imana mu ijoro ryakeye azize uburwayi.
-
Murenzi Abdallah yatumije inama yo guhosha amakimbirane ari muri Rayon Sports
23 July 2017Amakuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports na mayor w’akarere ka Nyanza Murenzi Abdallah na Mugenzi we Hadji basanzwe ari abafana bakomeye b’ikipe ya Rayon Sports, kuri uyu munsi taliki ya 23 Nyakanga batumije inama irahuriramo abagize ubuyobozi bwa Rayon sports FC, Boad n’umuryango mu rwego rwo guhosha amakimbirane yavutse hagati y’izi nzego zose nyuma yo gutangaza isinya ry’umutoza Olivier Karekezi.
Ikibazo cyo kutavuga rumwe kw’izi nzego (…) -
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abagize Inteko ishinga Amategeko( Amafoto)
19 September 2018, by Nsanzimana ErnestAbadepite 80 baherutse gutorerwa kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, bararahirira gutangira imirimo yabo mu muhango uyoborwa na Perezida wa Repubulika.
-
Bayingana Aimable yagize icyo avuga ku nsinzi ya Areruya Joseph
14 June 2017Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Bayingana Aimable yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gutsinda k’umusore Areruya Joseph mu isiganwa rya Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka 23 ubwo yatwaraga agace ka 5a kavaga Osimo kerekeza Senigallia ku birometero 87 na metero 200.
Bayingana yavuze ko uyu ari umusaruro w’ibyo ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ryakoze ndetse ngo n’intangiriro yo gutsinda ku rwego mpuzamahanga.
Yagize ati “Byadushimishije cyane kuko (…) -
‘Kwibwira ko hari imigabane iruta indi biragenda bishira’ Perezida Kagame
22 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 22 Ukwakira 2018 ubwo yatangizaga imirimo y’ inteko nyafurika ya gatanu. Iyi nteko izamara ibyumweru ibera mu Rwanda. Turabashimira akazi keza mukora.
-
Sugira Ernest yatangaje impamvu yitwara neza mu ikipe y’igihugu kurusha muri APR FC
21 October 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Sugira Ernest ukomeje kwigarurira imitima y’abakunzi ba ruhago muri rusange kubera ukuntu akomeje guheka ikipe y’igihugu Amavubi,yavuze ko atisanga neza mu ikipe ya APR FC yari amaze imikino 2 atagaragara muri 18 kandi ari muzima.
Umuryango.rw
Meya wa Rubavu uheruka kweguzwa ku mirimo yasabye Imbazi
Umudepite uherutse kuvugwaho ubusinzi bukabije yeguye