Mwiseneza Josiane yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda n’umusore uzwi ku izina rya Scott bitera benshi urujijo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Menya impamvu yatumye Mwiseneza Josiane yambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mbere irushanwa ritararangira[AMAFOTO]
13 January 2019, by Martin Munezero -
America yashyigikiye amatora ya Kenya, ivuga ko gutangaza uwatsinze ari intabwe ikomeye
16 August 2022, by Joseph IradukundaAmbasade y’Amerika muri Kenya yashimye Abanya-Kenya ku kuntu batoye mu mahoro, ishishikariza impande zose gukorana mu gucyemura mu mahoro impungenge izo ari zo zose zisigaye.
-
Kigali : Perezida Kagame aratanga ikiganiro muri Transform Afurika 2017
10 May 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017 nibwo hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa biteganyijwe ko Perezida Kagame atanga ikiganiro ku nsanganyamatsiko yo kubaka imijyi igezweho muri Afurika no kuyibyaza umusaruro« Harnessing potential of smart cities for Africa. »
Iyo nama iratangira none ikazageza ku wa Gatanu tariki 12, ifite insanganyimatsiko yo guteza imbere imijyi hashigiwe ku isuku n’ ikoranabuhanga n’ ibindi.
Mu nama ya (…) -
Ange Kagame yavuze ko Se ari intwari ikomeye anamwifuriza umunsi mukuru mwiza w’ abapapa
17 June 2018, by Nsanzimana ErnestAnge Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje urukundo rukomeye akunda se, anamwifuriza umunsi mukuru mwiza w’ abapapa.
Abinyujije ku rubuga rwa twitter Ange Kagame yagize ati “Umunsi mwiza w’ abapapa ku ntwari yacu y’ ukuri ikomeye. Ndagukunda papa”
Ubu butumwa bwa Ange Kagame bwaherekejwe n’ umutima n’ akamenyetso ko guca bugufi ndetse n’ amafoto ya kera ya Perezida Kagame yishimanye n’ abana be mu bihe bitandukanye.
Happy Father’s Day to our real life (…) -
Perezida Kagame yasubije Guverineri Gatabazi ku mirimo ye,Kayitesi agirwa guverineri w’Intara y’Amagepfo
7 July 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yasubije Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru na ho Kayitesi Alice agirwa Guverineri w’Intara y’Amajyepfo.
-
Inama idasanzwe y’ abaminisitiri ya tariki 19 Ugushyingo 2018 yahaye benshi akazi hari n’ abasimbujwe
20 November 2018, by UbwanditsiKuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
RIB yataye muri yombi abayobozi 2 bo mu karere ka Nyaruguru barimo Gitifu wako
12 June 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwafunze Ruzima Serge, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Nyaruguru na Nsengiyumva Innocent, ushinzwe ibikorwa rusange muri aka karere kubera ibyaha binyuranye bashinjwa.
-
Kaboneka na Mukeshimana bemeye ko habayeho amapfa bizeza Abanyarwanda ko ntawe uzicwa n’ inzara
24 January 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuhinzi n’ ubworozi Mukeshimana Geraldine na Minisitiri w’ ubutegetsi bw’ Igihugu Francis Kaboneka bemereye abanyamakuru ko hari uduce duto two mu ntara y’ Iburasirazuba twahuye n’ amapfa mu gihembwe cy’ ihinga A, ariko bizeza Abanyarwanda ko nta mu muturage uzicwa n’ inzara kuko ibyo gufashisha abaturage bihari ndetse ngo hari aho byatangiye gutangwa.
Iki kiganiro cyari kigamije kuvuga ku musaruro w’ ubuhinzi witezwe mu gihembwe cy’ ihinga A no gushishikariza abaturage (…) -
MINALOC yakebuye imirenge yaka amafaranga y’ umurengera abifuza gusezerana
4 January 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ubutegetsi bw’ Igihugu yakebuye abayobozi b’ imirenge baka amahoro y’ umurengera abaturage bifuza gusezerana imbere y’ amategeko iyisaba kubahirizwa ibiteganywa n’ iteka rya Perezida.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri Francis Kaboneka ryo ku wa 3 Mutarama 2017 yagize ati “Maze kubona ko hari imirenge isaba abakeneye serivisi yo gushyingiranwa amafaranga arenze ateganywa n’ iteka ryavuzwe haruguru ndasaba gutanga iyo serivisi mwubahiriza (…) -
Perezida w’ Ubushinwa mu ruzinduko rw’ amateka mu Rwanda ruzasiga hasinywe amasezerano 15
22 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Xi Jinping w’Ubushinwa ategerejwe mu Rwanda kuri icyumweru mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Ruzaba arirwo ruzinduko rwa mbere mu mateka, umukuru w’igihugu cy’Ubushinwa azaba agiriye mu gihugu cy’u Rwanda.
Mu kiganiro n’Ijwi ry’Amerika umunyamabanga wa leta muri Ministeri y’ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yavuze ko muri urwo ruzinduko ibihugu byombi bizashyira umukono ku masezerano agera kuri 15 yo guteza imbere ubutwererane n’ishoramari hagati y’u Rwanda (…)
Umuryango.rw
America yashyigikiye amatora ya Kenya, ivuga ko gutangaza uwatsinze ari intabwe ikomeye
Perezida Kagame yasubije Guverineri Gatabazi ku mirimo ye,Kayitesi agirwa guverineri w’Intara y’Amagepfo