Umugabo witwa Niyonzima Salomon w’imyaka 27 wo mu karere ka Rubavu, uherutse kugaragara mu mashusho ari gukubitwa n’umugabo umwe abandi bamufashe amaguru n’amaboko bamuziza kwiba igitoki yapfuye azize uru rugomo yakorewe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rubavu: Wa mugabo wagaragaye ari gukubitwa kubera ko yibye igitoki yapfuye
29 March 2020, by Dusingizimana Remy -
Rayon Sports ishyikirijwe igikombe cya shampiyona mu byishimo bikomeye (amafoto)
8 July 2017Ku mukino wa gicuti wahuzaga Rayon Sports na Azam FC wateguwe mu rwego rwo gushyikiriza Rayon Sports igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino urangiye Rayon Sports inyagiye Azam FC 4-2 ibintu byashimishije abafana bayo bikomeye.
Uyu mukino wateguwe kubufatanye bwa AZAM TV isanzwe ari umuterakunga mukuru wa shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda, n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA nyuma y’aho shampiyona yarangiye Rayon Sports idahawe igikombe yari (…) -
Sebeya yinjiye muri Petit Seminaire ya Nyundo yangiza byinshi abanyeshuri barimo kwimurwa [AMAFOTO]
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijoro ryo kuri uyu wa 6 rishyira ku wa 7 Gicurasi 2018 umugezi wa Sebeya mu karere ka Rubavu wuzuye winjira mu ishuri rya petit Seminaire yo ku Nyundo wangiza ibikoresho by’ ikigo n’ iby’ abanyeshuri abanyeshuri barimo gushakirwa aho baba bagiye kuba.
-
“Umwana ushobora kumuzanira ibimutunga ariko yabura uburere akangirika – Minisitiri Nyirasafari
1 July 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburinganire n’ iterambere ry’ Umuryango Esperance Nyirasafari yibukije ababyeyi ko inshingano zo gutanga uburere ku mwana zireba ababyeyi bombi, yongeraho ko umwana ashobora guhabwa ibimutunga ariko akangirika bitewe n’ uko yabuze uburere.
Ubu butumwa Minisitiri Nyirasafari yabutanze ubwo yaganiraga n’abagore abagore bahagarariye abandi mu mujyi wa Kigali.
Yagize ati: “Babyeyi, twite ku burere bw’abana bacu, kuko mu byo umwana akenera mu mikurire, igikomeye kuruta ni (…) -
Rwanda: Ignace Nkaka na Nsekanabo Jean Pierre ba FDLR bakatiwe gufungwa imyaka 10
15 December 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rw’urukiko rukuru ruri I Nyanza rwakatiye igifungo cy’imyaka 10 Ignace Nkaka (La Forge Fils Bazeye) wahoze ari umuvugizi w’umutwe wa FDLR hamwe na Lt Col Jean Pierre Nsekanabo (Abega) wari ushinzwe iperereza muri uwo mutwe.
Urukiko rwabahamije icyaha cyo kuba mu ishyirahamwe ry’iterabwoba ruvuga ko bo ubwabo biyemereye kuba mu mutwe wa FDLR n’ubwo mu rubanza bavuze ko batari bazi ko ari umutwe w’iterabwoba.
Mu kwezi kwa 12 mu 2018, aba bagabo bafatiwe ku mupaka wa Bunagana wa (…) -
United Scholars Center (USC) irahurira mu Ntara n’Abifuza kwiga muri Kaminuza zo hanze
6 July 2023, by Ubwanditsi 1Mu buryo ngaruka mwaka United Scholars Center iratangira ibikorwa byayo bizenguruka i Gihugu bizwi nka (Education Fairs) aho baba basonurira ababyeyi n’abana babo ibijyanye n’amahirwe ahari yo kwiga hanze, ariko nako babajaga ibisobaniro byimbitse ku bibazo baba bibaza.
-
FPR igiye kwemeza abo yifuza ko bazayibera abakandida mu matora y’ Abadepite
8 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Nyakanga abanyamuryango b’ ishyaka FPR inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda barenga 2000 bateraniye muri Nama ya Biro Politiki iremerezwamo urutonde ntakuka rw’abakandida mu matora y’Abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018. Hasigaye iminsi ine ngo Komisiyo y’ amatora itangire kwakira kandidatire z’ abifuza kuba abadepite.
-
Impunzi eshanu z’ Abanyekongo zapfiriye mu myigaragambyo mu Rwanda
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestIgikorwa cyo guhoshya imyigaragambyo y’ impunzi z’ Abanyekongo yari imaze iminsi ibera mu karere ka Karongi cyaguyemo impunzi eshanu hakomereka impunzi 20 n’ abapolisi 7, impunzi 15 zitabwa muri yombi.
Iyi myigaragambyo yatangiye ku wa Kabiri w’ iki cyumweru tariki 20 ubwo impunzi zibarirwa hagati ya 500 na 1000 zasohokaga mu nkambi ya Kiziba zivuga ko zisuye iwabo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyamara zikerekeza ku biro by’ ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNCHR (…) -
Perezida Kagame yahishuye ko hari abagambanira u Rwanda ngo rwamburwe inkunga
3 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko hari abasaba ko u Rwanda ruhagarikirwa inkunga kuko hari imyanzuro rwafashe ndetse avuga ko Abanyarwanda badakwiye gukora nk’abandi mu buryo busanzwe kuko bafite ibibazo bitandukanye n’ibyabo
Ibi Perezida Kagame yabitangarije mu nama Nkuru y’Umuryango wa FPR Inkotanyi yahuriranye n’isabukuru yayo y’imyaka 35, kuri iki Cyumweru, tariki ya 2 Mata 2023.
Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda bakwiriye gukora mu buryo budasanzwe ku buryo n’ugushakamo ikibazo (…) -
Past. Mpyisi n’ Inzobere bavuze icyatumye gatanya zikuba inshuro 60 mu myaka 3 ishize
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ni igihugu kiri kwiyubaka byihuse mu mategeko no bukungu, gusa umuvuduko w’ iterambere urajyana n’ umuvuduko w’ ubwiyongere wa za gatanya mu miryango nyarwanda. Pasiteri Mpyisi asanga ari ikibazo gikomeye. Uwimana Jean Pierre uzobereye iby’ imibanire yagaragaje isano bifitanye , naho umuryango utari uwa Leta HI wagaragaje impamvu ikomeye itera gatanya mu Rwanda, Minisiteri y’ Uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango iri gukora ubushakashatsi.
Umuryango.rw
Rubavu: Wa mugabo wagaragaye ari gukubitwa kubera ko yibye igitoki yapfuye
Rwanda: Ignace Nkaka na Nsekanabo Jean Pierre ba FDLR bakatiwe gufungwa imyaka 10
United Scholars Center (USC) irahurira mu Ntara n’Abifuza kwiga muri Kaminuza zo hanze
Perezida Kagame yahishuye ko hari abagambanira u Rwanda ngo rwamburwe inkunga