Mu gukomeza uruhererekane rwa smartphone za itel zizwiho kugira selfie nziza, itel Mobile ubu yashyize ku isoko smartphone ifite ibyiza byinshi kandi iri ku giciro cyiza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Just Selfie! itel S13 niyo smartphone ihendutse ifite camera ya 13MP mu ziri ku isoko!
3 October 2018, by Ubwanditsi -
Uwagurije wa munyamakuru Tuyishimire wa TV1 wahungiye muri Uganda yavuze byose uko byagenze//Video
24 July 2019, by UbwanditsiIshimwe Honore, umunyamakuru wa Radio Ishingiro ivugira I Gicumbi, akaba umwe mubo bivugwa ko Tuyishimire Constantin, umunyamakuru wa TV1 yari arimo umwenda ndetse iyi myenda ikaba ari imwe mu mpamvu zatumye yarahunze igihugu yadutangarije byinshi kuri uyu mwenda bivugwa ko watumye mugenzi we ahungira Uganda.
-
RDC yahawe amezi abiri yo kwisanisha n’ibihugu bya EAC
18 April 2022, by Joseph IradukundaRepuburika iharanira demokarasi ya Congo ifite igihe kinga n’amezi abiri gusa, ngo ibe yateguye ingengo y’imari ingana n’iyi bihugu ybigize umuryango wa afurika y’iburasirazuba EAC ihrutse gusangamo.
-
Rusesabagina n’abo bareganwa bazasomerwa mu kwezi gutaha
22 July 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rw’urukiko rukuru ruburanisha imanza zambukiranya imipaka n’iz’iterabwoba rwashoje urubanza rwitiriwe Paul Rusesabagina icyemezo cy’urukiko kikaba kigomba gutangazwa mu kwezi gutaha.
-
‘Abagore bagize imirimo ikomeye ntiyahabwa agaciro’ Jeannette Kagame
13 November 2018, by Nsanzimana ErnestJeannette Kagame, Umugore wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko imiryango ikwiye kureka gufata abagore nk’abadafite agaciro mu gihe umusanzu wabo mu kubaka umuryango ari ntagereranywa.
-
M23 yazengurutswe n’ingabo zisaga 3000 za RDC n’inyeshyamba mu kirere haturuka indege za MONUSCO
6 June 2022, by Dusingizimana RemyAbasirikare barenga ibihumbi 3000 barimo FARDC ,FDLR,RUD URUNANA na Mai Mai CMC bazengututse ibirindiro bya M23 biri ahitwa Runyoni na Tshanzu mu gihe indege za MONSUCO zatangije intambara yo mu kirere.
Umusirikare mukuru wo mu ngabo za FARDC utashatse ko amazina ye atangazwa muri iki gitondo yabwiye Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko ingabo zabo zatatse ibirindiro by’umwanzi biherereye ku misozi ya Musongati,Tshanzu na Runyoni kandi indege za MONUSCO nazo ziri mu rugamba rwo kumisha (…) -
Nyarugenge: Abana b’abakobwa 21 basambanyijwe mu kwezi k’umwe
4 November 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Polisi y’Igihugu mu karere ka Nyarugenge SP Sano Nkeramugaba, yatangaje ko icyaha cyo gusambanya abana bato cyabaye icyorezo muri aka karere ayoboye kuko mu kwezi gushize k’Ukwakira 2019 abana 21 bo mu karere ka Nyarugenge basambanyijwe.
-
Uwari Gitifu w’Akarere ka Gisagara yasezeye ku kazi
28 September 2017, by Nsanzimana ErnestMvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara yaba yeguye kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera ku Umuryango abyemeza.
Amakuru UMURYANGO wamenye ni uko kuri uyu wa Kane tariki 28 Nzeli 2017, Mvukiyehe Innocent n’umuyobozi w’akarere ka Gisagara bitabiriye inama I Kigali.
Ku murongo wa telefone twagerageje kuvugana n’umuyobozi w’akarere ka Gisagara Rutaburingoga Jérôme ntibyadushokera. Ibi ninako byagenze kuri Mvukiyehe kuko nawe twageregeje kumuvugisha ariko (…) -
Modi yashyikirije abaturage ba Rweru inka yabazaniye muri gahunda ya Gira Inka [VIDEO]
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestNerandra Modi Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde yazanye inka 200 yazanye nk’inkunga kuri gahunda ya Gira Inka yatangijwe na Perezida Kagame, bombi muri iki gitondo bazijyanye mu mudugudu w’ikitegererezo wubatswe Rweru mu karere ka Bugesera bazishyikiriza abo zigenewe.
-
Nyagatare:Abanyerondo 6 b’umwuga bakubiswe bikomeye n’abasinzi bajyanwa mu bitaro banegekaye
6 February 2019, by Martin MunezeroFoto:Internet
Abanyerondo 6 b’ umwuga bo mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Katabagemu mu tugari dutandukanye bajyanywe mu bitaro banegekaye nyuma yo gukubitwa n’ abasinzi bari mu kabari saa sita z’ ijoro.
Umuryango.rw
Just Selfie! itel S13 niyo smartphone ihendutse ifite camera ya 13MP mu ziri ku isoko!
RDC yahawe amezi abiri yo kwisanisha n’ibihugu bya EAC
Rusesabagina n’abo bareganwa bazasomerwa mu kwezi gutaha
M23 yazengurutswe n’ingabo zisaga 3000 za RDC n’inyeshyamba mu kirere haturuka indege za MONUSCO