Kimwe n’ abandi Banyarwanda benshi n’ abanyamahanga, Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda nawe yifashishije urubuga rwa Twitter agaragaza ibyishimo yatewe n’ intsinzi ya Louise Mushikiwabo watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha Igifaransa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Louise Mushikiwabo, ubutumwa yagenewe na Jeannette Kagame ngo bwamukoze ku mutima
13 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Depite Habineza yagiriwe icyizere, Dr Ngabitsinze nawe yasimbuye Hon. Nkusi Juvenal
9 October 2018, by Nsanzimana ErnestInteko Ishinga Amategeko y’ u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 yatoye abayobozi b’ amakomisiyo umudepite wavuye mu ishyaka ritavugarumwe n’ ubutegetsi DGPR agirirwa icyizere na bagenzi be naho umudepite wavuye muri PSD atorerwa kuyobora PAC
-
Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe
24 April 2020, by Dusingizimana RemyNibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya banduye Coronavirus mu bipimo 1,046 byafashwe. Ibi bipimo kandi akaba atari byo byinshi bipimwe umunsi umwe kuva iyi ndwara yagera mu Rwanda.
-
"Ntuteshwe umutwe n’isengesho wasenze ejo ngo ni uko ubona ritinze gusohora": Rev Past Nibintije
14 November 2019, by Ubwanditsi"Ariko rero asabe yizeye ari nta cyo ashidikanya, kuko ushidikanya ameze nk’umuraba wo mu nyanja, ujyanwa n’umuyaga ushushubikanywa": Yakobo 1:6
-
Depite Mukabunani wakiriye neza impinduka hari icyo asaba Minisitiri Sezibera na Shyaka
24 October 2018, by Alphonse BikorimanaUmuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi PS Imberakuri , Depite Christine Mukabunani yashimiye cyane Perezida Kagame, ku mpinduka aherutse gukora muri guverinoma, kuko abona ko zaje mu gihe gikwiye kandi bikenewe. Ashimira cyane ko umubare w’abagore wazamutse ukagera kuri 50 % akanemeza ko Perezida wabikoze areba kure.
-
Perezida Kagame yanyomoje Umunyazimbabwe wavuze ko yamufashije gushyira u Rwanda ku murongo
30 May 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahakanye ibyatangajwe n’umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi mu matora ya Perezida wa Zimbabwe, wavuze ko yamufashije kongera kuzahura ubukungu bw’u Rwanda binyuze mu nama yamugiriye kuri politiki y’ikoranabuhanga avuga ko ntaho amuzi.
-
Kenya: Uhuru Kenyatta yatowe kuri 98%, abamaze gupfa ni bane-AMAFOTO
26 October 2017, by Nsanzimana Ernest– Kenyatta yatowe kuri 98%
– abaguye mu myigaragambyo ni bane
– Abantu barenga imiliyoni 19 nibo bagombaga gutora
– Amatora yitabiriwe na 40%
– Mu gace ka Kitui amatora yakerewe bitewe ni uko bisi yari itwaye ibikoresho by’ itora yakoze impanuka
– Uyoboye Komisiyo ishizwe amatora IEBC, Wafula Chebukati, yavuze ko amatora ashobora kwigezwa imbere haramutse habaye umutekano muke -
Perezida Kagame yasubije Guverineri Gatabazi ku mirimo ye,Kayitesi agirwa guverineri w’Intara y’Amagepfo
7 July 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yasubije Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru na ho Kayitesi Alice agirwa Guverineri w’Intara y’Amajyepfo.
-
Rulindo:Umuntu wari watawe muri yombi akekwaho kwica umudaso yarashwe arapfa
23 July 2019, by Martin MunezeroUmuntu wari watawe muri yombi akekwaho kwica umudaso Deo Nshimiyimana wakoreraga mu murenge wa Cyinzuzi yarashwe arapfa ubwo yageragezaga gutoroka.
-
Nyaruguru: Abahejejwe inyuma n’Amateka batujwe mu mudugudu umwe n’Abarokotse , ariko amazu ntabwo asa (Yavuguruwe)
14 October 2021, by UbwanditsiBamwe mu bagize imiryango y’Abahejwe Inyuma n’Amateka, batujwe mu mudugudu wa Nyambaragasa, Akagali ka Ntwali, Umurenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko batishimiye uburyo amazu yabo yubatse n’ibiti, akaba ahomye n’ibyondo atagira na sima mo imbere mu gihe amazu yatujwemo Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 babana muri uwo mudugudu yubatse n’amatafari ahiye, afite ibikoni byiza ndetse n’ibiraro birimo inka.
Mutabazi, umwe mu miryango y’Abahejwe inyuma n’Amateka (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasubije Guverineri Gatabazi ku mirimo ye,Kayitesi agirwa guverineri w’Intara y’Amagepfo
Nyaruguru: Abahejejwe inyuma n’Amateka batujwe mu mudugudu umwe n’Abarokotse , ariko amazu ntabwo asa (Yavuguruwe)