Abadepite bagize Inteko Nyafurika basoje imirimo biyemeje gukaza amategeko arwanya ruswa n’ icuruzwa ry’ abantu banashyezeho igihembo bitiriye Kofi Annan kizajya gihabwa Perezida w’ indashyikirwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kigali: Abadepite b’ Afurika bashyizeho igihembo bitiriye Kofi Annan
2 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abaganga 2 bo mu bitaro bya Masaka barwaniye mu kazi umwe arakomereka
7 December 2020, by Dusingizimana RemyMu bitaro by’I Masaka biherereye mu kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka wo mu karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’abaganga 2 bakozanyijeho mu ijoro ryo kuri uyu wa 06, rishyira uwa 07 Ukuboza, 2020 biviramo umwe gukomereka ariko ntawahasize ubuzima mu gahanga.
-
Perezida Kagame yihanganishije Brukina Faso ku bw’ igitero cyaguyemo 16
3 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akana n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze Ubumwe Paul Kagame yoherereje Brukina Faso ubutumwa bw’ akababaro nyuma y’ igitero cy’ iterabwoba cyagabwe mu murwa mukuru wa Burukina Faso Ouagadougou kikagwamo 16 barimo umunani mu bagabwe icyo gitero.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije ku rubuga rwa twitter yagize ati “Twihanganishije abaturage ba Brukina Faso batakaje ubuzima uyu munsi mu gitero I Ouagadougou. Mfatanyije n’ umuvandimwe wanjye Perezida Roch Marc (…) -
Rubavu: 7 bikekwa ko ari FDLR baguye mu gitero bagabye ku ngabo z’ u Rwanda
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestAbarwanyi, Ubuyobozi bw’ Akarere ka Rubavu bukeka ko ari abo mu mutwe wa FDLR bagabye igitero mu murenge wa Busasamana bakomeretsa Umunyarwanda umwe, abarwanyi babo 7 bahasiga ubuzima.
-
Abadage baje gusangiza Abanyarwanda tekinike zo gukirigita ifaranga
7 June 2017, by Nsanzimana ErnestI Kigali mu Rwanda hateraniye inama y’ iminsi ibiri ihuje Abadage bakora mu isoko ry’ imari n’ imigabane iwabo n’ abashinzwe iryo soko mu Rwanda.
Ni inama ashinzwe isoko ry’ imari n’ imigabane mu Rwanda bavuga ko bazungukiramo byinshi kubera ko mu gihugu cy’ u Budage isoko ry’ imari n’ imigane ryateye imbere.
Kugira isoko ry’ imari n’ imigabane riteye imbere bivuze ko umuturage ukeneye inguzanyo ayibona mu buryo bumworoheye. Bivuze kandi ko umuturage ukeneye ubwishingizi ubwo aribwo (…) -
Ibi ni bimwe mu byaranze itariki ya 08 Mata 1994,Maj. Gen Paul Kagame atangaza ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Genocide
8 April 2019, by Martin MunezeroKuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Arusha. Ingabo za FPR Inkotanyi zatangije urugamba mu Mujyi wa Kigali, ziyemeza guhagarika Jenoside mu maguru mashya.
-
RURA yemeje ko NEC idafite uburenganzira bwo kubuza abaturage gukoresha imbugankoranyambaga
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo ngenzura mikorere (RURA) cyatangaje ko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) nta burenganzira ifite bwo kugenzura cyangwa kubuza abaturage gukoresha imbuga nkoranyamabaga
Ni mu gihe komisiyo y’ amatora yari yatangaje ko izahagarika imbuga nkoranyambaga z’ abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe kuri Kanama 2017 niramuka ibonye ko izo mbuga zirimo gukoreshwa mu buryo bubangamiye imigendekere myiza y’ amatora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri (…) -
Croix-Rouge y’u Rwanda ishishikajwe nuko abagenerwabikorwa bayo bikemurira ibibazo
29 October 2018, by UbwanditsiCroix-Rouge y’u Rwanda iravuga ko kugira abagenerwabikorwa bafite uruhare mu gusesengura ibibazo bahura nabyo mu buzima ari ingenzi mu iterambere rirambye kuko ngo bituma bahitamo ibikwiye gukorwa bibafitiye akamaro.
-
DASSO yatoraguye miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda ayasubiza nyirayo
27 December 2017, by Nsanzimana ErnestNgoma- Umukozi w’ urwego rw’ akarere rucunga umutekano , DASSO witwa Tuyisenge Fabrice wo mu karere ka Ngoma yatoraguye agakapu karimo amafaranga miliyoni ebyiri y’u Rwanda (2 000 000Frw) ari wenyine, ayashyikiriza ubuyobozi bw’ umurenge Kazo nyirayo agarutse arayamuha.
Kuri uyu wa Gatatu ubwo Hycenthe Mukashyaga yari avuye kubikuza amafaranga kuri SACCO ya kazoo yagiye kwaka service ku biro by’ umurenge ahibagirirwa agakapu karimo 2 000 000.
Uyu mugore utuye mudugudu wa Kibimba akagari (…) -
Umuhanzi Simple A washakaga kuba umukandida wigenga mu matora y’ Abadepite yisubiyeho
12 July 2018, by Nsanzimana ErnestHabineza Jean Paul , umusore urangije Kaminuza wari muri 16 bari baramenyeshe ko baziyamamaza yatunguranye ageze kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora akavuga ko abisubitse atagihataniye umwanya mu Nteko.
Umuryango.rw
Croix-Rouge y’u Rwanda ishishikajwe nuko abagenerwabikorwa bayo bikemurira ibibazo