Nsabimana Callixte “Sankara”, yemereye imbere y’urukiko ibyaha byose ashinjwa n’ubushinjacyaha uko ari 16,asaba imbabazi abanyarwanda n’umukuru w’Igihugu ndetse yemeza ko yitandukanyije na FLN.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nsabimana Callixte “Sankara” yemeye ibyaha byose ashinjwa avuga ko n’inyoni zo mu ishyamba zamushinja
23 May 2019, by Dusingizimana Remy -
Perezida Museveni yavuze ko yishimiye kwakira Kagame
25 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye uruzinduko rw’ akazi rw’umunsi muri Uganda yakirwa na mugenzi we Museveni wavuze ko anejejwe no kwakira Kagame
Mu butumwa Museveni yashyizwe kuri Twitter yagize ati "Nejejwe no kwakira Nyakubwa Paul Kagame muri Uganda mu ruzinduko rw’ akazi rw’ umunsi umwe. Turagirana ibiganiro bifitiye umumaro impande zombi."
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Werurwe 2018 nibwo Perezida Museveni yakiriye Kagame mu biro bye Entebbe.
Amakuru yari yemejwe n’ (…) -
IRAHIRA RYA PEREZIDA: Mu gihe runaka imwe mu mihanda ya Kigali yahariwe abanyacyubahiro bakomeye
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestImyiteguro y’ irahira rya Perezida w’ u Rwanda uherutse gutorwa tariki 3 na 4 Kanama irarimbanyije. Polisi y’ u Rwanda ku ruhande rwayo irizeza umutekano Abanyarwanda n’ abanyamahanga bazitabira umuhango w’ irahira rya Perezida Kagame.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017, nibwo kuri sitade Amahoro I Remera hateganyijwe umuhango w’ irahira rya Perezida Paul Kagame.
Ni umuhango uteganywa n’ ingigo y’ 102 mu itegeko nshinga ry’ u Rwanda. Uyu muhango uba bitarenze iminsi 30 Perezida wa (…) -
Nsabimana Callixte "Sankara"yahaye ubutumwa abo bakoranaga muri FLN bagishaka gutera u Rwanda
26 May 2022, by Dusingizimana RemyNsabimana Callixte uzwi nka Sankara wakatiwe igifungo cy’imyaka 15 kubera ibyaha by’Iterabwoba,yavuze ko yayobotse Leta y’u Rwanda ndetse asaba abo bakoranaga mu mutwe wa FLN guhagarika ibitekerezo byabo byo guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
Mu kiganiro yahaye IGIHE dukesha iyi nkuru,Sankara yasabye Lt. Gen Habimana Hamada uzwi nka Komada, wari umwe mu basirikare bakuru ba FLN na mugenzi we Gen Jeva wayoboraga ingabo za FLN, ko bareka ibyo barimo kuko batazigera batsinda.
Ati “Icyo (…) -
Nyarugenge: Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage arafunze, yari amaze iminsi yitaba RIB
6 March 2019, by UbwanditsiNdayisenga Jean Marie Vianey , Visi Meya Ushinzwe Imibereho Myiza mu Karere ka Nyarugenge / Foto: Igihe
Kuri uyu mugoroba wo kuwa kabili taliki 5/3/2019 Umuryango wamenye amakuru ko RIB yataye muri yombi Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage Ndayisenga Jean Marie Vianey akurikiranweho ibyaha kugeza ubu tutarabasha kumenya.
-
Burera: Visi Meya, Gitifu w’Akarere na Sembagare wahoze ari meya batawe muri yombi
6 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije w’Akarere ka Burera ushinzwe iterambere ry’ubukungu Habumuremyi Evariste n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’aka karere Kamanzi Raymond batawe muri yombi bashyikirizwa urwego rushinzwe ubugenzacyaha.
-
Abana b’abakobwa ibihumbi cumi na birindwi bari hagati y’imyaka 16 na 17 y’amavuko nibo mu Rwanda batewe inda zidateguwe mu mwaka umwe gusa
17 May 2017, by Martin MunezeroKuri uyu wa Kabiri ushize tariki ya 16 Gicurasi 2017 nibwo Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu mwaka wa 2016 abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19 bagera ku 17500 batewe inda zitateguwe ndetse binabaviramo ingaruka zitandukanye harimo no kuva mu ishuri. Minisitiri Nyirasafari Espérance uyobora MIGEPROF
Minisitiri Nyirasafari Espérance uyobora MIGEPROF yavuze ko uyumubare uhangayikishije, hakaba hagiye gukazwa ingamba zizafatirwa (…) -
Meddy yavuze ku nkumi yamugwiriye igihumure, anahishura ibyo atazibagirwa mugitaramo yakoreye i Nyamata
7 September 2017, by Martin MunezeroMu ijoro ryo ku wa 02 Nzeri 2017 umunyabigwi Meddy yataramiye mu Karere ka Bugesera i Nyamata mu gitaramo cya Mutziig Beer Fest 2017 cyabereye kuri Golden Tulip Hotel, umwe mubakobwa bari bitabiriye iki gitaramo yaguye igihumure ararira bishyira cyera akizwa no guhoberana na Meddy.
Amashusho yafashwe ndetse n’amafoto agaragaza iyu mukobwa yambaye ingofero y’umutuku ndetse n’imyenda yiganjemo ibara ry’umutuku. Yariraga cyane avuga ko ‘adashaka y’uko Meddy amusiga’ abajijwe impamvu (…) -
Imiryango 11 yavuye ku izima yemera kwimuka Kangondo yerekeza Busanza
13 September 2022, by Dusingizimana RemyImiryango 11 igizwe n’abaturage 74 bari batuye mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro i Nyarutarama bafashe icyemezo cyo kwimukira mu mudugudu w’icyitegererezo wa Busanza. Ni nyuma yo kuganirizwa ndetse bakajya no kureba inzu bubakiwe.
Aba baturage bavuga ko nyuma yo kwirebera izi nzu bubakiwe,basanze ari nziza ndetse zinafite ibikorwaremezo byose ku buryo hatandukanye kure n’aho bari batuye.
Imiryango imwe ituye mu duce twa Kangondo na Kibiraro i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali ivuga ko (…) -
Bishop Rugagi yatangije televiziyo ahabwa miliyoni zirenga 3
18 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmushumba w’ itorero Abacunguwe umaze kwamamara mu Rwanda kubera gukoreshwa n’ Imana ibitangaza kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2017 yatangije televiziyo ya mbere y’ ivugabutumwa mu Rwanda ahabwa 3 400 000 y’ amanyarwanda.
Aya mafaranga yitanzwe n’ abakirisitu biganjemo abapasiteri n’ aba bishop bo mu madini atandukanye bari bitabiriye igiterane cyo gutangiza ku mugaragaro TV7 miracles channel y’ itorero Redeemed gospel Church.
Apôtre Munezero Alice Mignone uyobora Women Foundation Ministries (…)
Umuryango.rw
Nsabimana Callixte "Sankara"yahaye ubutumwa abo bakoranaga muri FLN bagishaka gutera u Rwanda
Imiryango 11 yavuye ku izima yemera kwimuka Kangondo yerekeza Busanza