Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru mu bihembo bihembo, byari bibaye ku nshuro ya gatandatu.
Mu bandi bashakaga iki gihembo barimo Perezida wa Ghana, Nana Addo Dankwa Akuffo Addo, Tony Elumelu Umushoramari wo muri Nigeria, John Pombe Magufuli Perezida wa Tanzaniya, Umuyobozi Mukuru wa Shanduka Group, Cyril Ramaphosa na Oladipo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
2017, Perezida Kagame niwe wabaye Umunyafurika w’umwaka
7 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi
11 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo Kenyatta.
-
Hari amafoto amaze gusibwa! Umubano wa Platini P n’umugore we ukomeje guteza urujijo
2 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROIby’urukundo rw’umuhanzi Platini P n’umugore we bikomeje guteza urujisho ,ni nyuma y’uko hasakaye amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko aba bombi umubano wabo wajemo agatotsi , Bivugwa ko Platini amenye ko umwana yabyaranye na Olivia atari uwe.
Gusa nubwo nta n’umwe uragira icyo avuga, Olivia ari kugaragaza ibimenyetso bitandukanye birimo kuba hari amwe mu mafoto ye yasibye n’ahatangirwa ubutumwa akaba yamaze kuhafunga.
Usibye ibyo kandi uyu mugore wakurikiranaga Platini wenyine kuri (…) -
Ibi ni ibyemezo bigera kuri 22 byafatiwe mu nama y’abaperezida b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ’EAC’[AMAFOTO]
2 February 2019, by Martin MunezeroItangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’ Afurika y’Uburasirazuba (EAC) rivuga ko inama ya ba Perezida yabereye i Arusha yabaye mu ituze kandi mu buvandimwe, iyi nama ya 20 yafatiwemo ibyemezo 22.
-
Urubuga www.mdgrou.com rworohereje abagura n’abagurisha amazu n’ibibanza, nta kwirirwa wiruka imisozi
4 September 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ni sosiyete y’ubucuruzi isanzwe itanga serivisi zitandukanye zirimo kugena agaciro k’imitungo, gucunga imitungo itimukanwa, kugurishiriza no gukodeshereza ba nyir’imitungo, kurangira abagura amazu n’ibibanza, guhuza abagura n’abagurisha amazu n’ibibanza, gukora no gucunga imishinga n’ibindi.
-
Perezida Kagame asanga ‘kutavuga rumwe na Leta bitavuze guhangana’
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko nta buryo bw’imiyoborere buboneye bwabera ibihugu byose, kandi ngo yumva kutavuga rumwe na Leta atari uguhangana.
Ibi Perezida w’ u Rwanda yabivuze ubwo yaganiraga n’abayobozi b’ibitangazamakuru bya Leta muri Africa bari mu nama rusange i Kigali kuva kuwa mbere w’iki cyumweru.
Perezida Kagame ahamya ko ibikora mu bihugu bimwe atari kamara ko byakunda mu bindi bihugu, akemeza ko nta muti uravumburwa wafasha isi gutera imbere icyarimwe.
Yagize ati “Nta buryo na (…) -
Me Evode yagaragaje ko hari ba noteri bakora nk’ inyeshyamba
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Me Evode Uwizeyimana, yavuze ko kugeza uyu munsi hari ba noteri batagira aho bakorera avuga ko usanga bagikora bunyeshyamba.
-
Mu masaha y’ umugoroba umuhanda Kanombe- Kacyiru uraharirwa abashyitsi
22 July 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko guhera saa kumi n’ ebyiri z’ umugoroba umuhanda ujya cyangwa uva ku Kibuga cy’ indege I Kanombe urakoreshwa n’ abashyitsi gusa.
-
Umuyobozi w’ inama y’ubutegetsi ya ADEPR yeguye
4 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga Mukuru wa ADEPR, Rev. Ruzibiza Viateur wemeye ko bakiriye ibaruwa y’ ubwegura bwa Mukaruzage
Aurea Mukaruzage wari umuyobozi w’ inama y’ ubutegetsi y’ itorero Pentekote mu Rwanda ADEPR yeguye kuri uyu mwanya avuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite.
Amakuru yo kwegura k’ uyu muyobozi yatangajwe n’ umwe mu bari bitabiriye umwiherero w’ abayobozi b’ ADEPR wabereye mu karere ka Muhanga, ari naho Mukaruzage yatangarije ko asezeye ku mwanya w’ ubuyobozi yari afite muri ADEPR.
Hari (…) -
‘Igikoresho cy’ itora cyose ubu turakicaranye’ NEC
29 August 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje ko imyiteguro y’ amatora y’ abadepite asigaje iminsi 5 ngo abe igeze kure ndetse ko ibikoresho byose bizakenerwa byamaze kuboneka.
Umuryango.rw
Hari amafoto amaze gusibwa! Umubano wa Platini P n’umugore we ukomeje guteza urujijo
Urubuga www.mdgrou.com rworohereje abagura n’abagurisha amazu n’ibibanza, nta kwirirwa wiruka imisozi