Bharti Airtel yasinye amasezerano na Millicom International Cellular akubiyemo ko Airtel Rwanda Ltd ifata 100% bya Tigo Rwanda Ltd. Tigo yari isanzwe ariyo kompanyi ya kabiri mu bakiriya benshi mu by’itumanaho mu Rwanda.
Ibi byatangajwe ni ikinyamakuru The Economic Times cyo mu Buhinde.
Sunil Bharti Mittal umuyobozi mukuru wa Bharti Airtel yatangaje ko Airtel yafashe ingamba nshya muri Africa zo gukomeza isoko ryayo mu bihugu bike isigayemo ikagera kuri benshi.
Yibukije ko Airtel na (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abakiriya ba Tigo Rwanda bagiye guhita bajya ku murongo wa Airtel
19 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Kigali: Umugabo aravuga ko yamaze iminsi ibiri muri morgue bajya kumushyingura bagasanga ni muzima [VIDEWO]
2 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Munyemana Jean de Dieu utuye I Kinyinya mu mugi wa Kigali yatangarije Umuryango ko yapfuye akamara iminsi ibiri muri morgue, abaje gufata umurambo ngo bage kuwushyingura bagasanga ni muzima.
Uyu mugabo twamusanze mu bitaro bya CHUK aho arimo kwivuriza ivune ikomeye yahuye nayo muri Kanama 2017, ubwo yari atwaye moto. Ni umumotari mu mugi wa Kigali.
Munyemana ni umugabo wubatse ufite abana babiri, ari mu kigero cy’ imyaka 35 y’ amavuko. Aganira n’ Umuryango yagize (…) -
Impanuro Kagame yahaye abasoje Kaminuza y’u Rwanda mu 2016
25 August 2017, by Iyamuremye JanvierMu 2016 Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko abanyeshuli bagera kuri 8500, barahirira “gukoresha ubumenyi n’ubushobozi bafite mu nyungu z’Abaturarwanda no kwirinda gukorera nabi abo bazaba bashinzwe.”
Kuri uyu munsi tariki ya 25 Kamena 2017 nabwo hateganyijwe umuhango nk’uyu wabasoza kaminuza. Perezida Kagame yabwiye aba banyeshuli bari basoje amasomo yabo ‘kwitegura guhangana n’ubushomeri bubategereje’.
Kagame watorowe kongera kuboyora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi, icyo gihe mu (…) -
FERWAFA yatangaje igihe umukino wa Rayon na APR uzasubukurirwa
25 September 2017, by Nsanzimana ErnestIshyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko umukino w’ igikombe cya Super cup uherutse gusubikwa wari wahuje Rayon Sports na APR uzasubukurwa ku wa Gatatu tariki 27 Nzeli kuri Sitade ya Kigali I Nyamirambo
Kuri uyu wa Mbere tariki 25 Nzeli nibwo komisiyo ya FERWAFA yateranye yanzura ko uyu mukino wasubitswe ku wa Gatandatu tariki 23 Nzeli bitewe n’ ikibazo cy’ ibura ry’ umuriro uzasubukurwa Saa kumi ku tariki 27 Nzeli.
Iyi komisiyo yanzuye ko uyu mukino (…) -
Green Party yemeje 55 bazayihagararira mu matora y’ abadepite
23 June 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka ritavuga rumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda Democratic Green Party of Rwanda kuri uyu wa Gatandatu ryakoze kongere yaguye yemerejwemo urutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida bazahagararira iri shyaka mu matora y’ abadepite.
-
#Kwibuka28: Minisiteri ya Siporo yashyizeho amabwiriza agenga ibikorwa by’imikino mu cyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
9 April 2022, by ISHIMWE JANEKu nshuro ya 28 Abanyarwanda n’Isi yose muri rusange baribuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, Ni muri uwo rwego Minisiteri ya Siporo (Minisports) yashyizeho amabwiriza yihariye agomba kugenga ibikorwa by’imikino mu cyumweru cyo Kwibuka Jenocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
-
Rubavu: Akari ku mutima w’ababyeyi babuze abana babo muri 2018 bakabona imirambo yabo kuri uyu wa Mbere
2 November 2021, by Dusingizimana RemyAbana bane babuze icya rimwe tariki 15/09/2018, umubyeyi w’umwe, abaturage, n’abategetsi baremeza ko ari bo babonetse kuwa mbere nijoro mu buvumo buri hafi y’iwabo mu burengerazuba bushyira amajyaruguru.
-
NI GUTE WAHANGANA N’IBIBAZO URIMO-IGICE CYA 3 – Rev. / Ev. Eustache Nibintije
17 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Umunyemari Habumugisha nyiri Goodrich TV uregwa gukubitira umukobwa mu ruhame yarekuwe
23 September 2019, by Dusingizimana RemyUmucamanza w’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge yategetse ko Dr. Francis Habumugisha uregwa gukubita umukobwa witwa Kamali Diane no kwandagaza mugenzi we witwa Mary Magdalene Nzaramba bari mu nama, arekurwa by’agateganyo kubera impamvu zirimo ingwate y’imitungo ye.
-
ZACU TV yatoranyijwe mu mishinga ibiri myiza muri Transform Africa 2019
16 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kane taliki ya 16/05/2019 ZACUTV.COM urubuga rwashinzwe rufite intego zo kwerekana amashusho mugihe umuntu abisabye(Subscription Video on demand) rwashyizwe kumugaragaro mu inama mpuzamahanga ya Transform Africa Summit 2019.
Umuryango.rw
#Kwibuka28: Minisiteri ya Siporo yashyizeho amabwiriza agenga ibikorwa by’imikino mu cyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Rubavu: Akari ku mutima w’ababyeyi babuze abana babo muri 2018 bakabona imirambo yabo kuri uyu wa Mbere