Christmas is never a season only for the adults to rest and enjoy. For the kids, aside from the gifts in socks to be found, the inspiring programmes on TV are even better for them to spend the whole season with.
If your children are more into adventures and fairy tales, on the channel ST KIDS they can access to Boonie Bears: The Adventurers (From Dec. 14th, Mon-Fri 17:00 CAT) and The Guardians of Carcosa S6 (Mon-Fri 18:00 CAT).
The former is about a wonderful and joyful adventure of (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Press Release - Refresh the Christmas Season for children with splendid programmes on StarTimes
14 December 2020, by Ubwanditsi -
Abanyarwanda batuye mu Bubiligi bakiranye ubwuzu Perezida Kagame witabiriye inama muri iki gihugu [AMAFOTO]
18 June 2019, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda benshi batuye mu Bubiligi bakoze urugendo urugendo rugera ku bilometero 10 berekeza ahitwa Tour & Taxis mu Mujyi wa Bruxelles kugira ngo bahe ikaze Perezida Kagame wari witabiriye inama yateguwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yiga ku iterambere izwi nka ‘Journée Européenne du développement’.
-
Uko urugendo rw’Amavubi muri CHAN 2018 ruteguye
2 January 2018, by Nsanzimana ErnestAmavubi yerekeje muri Tuniziya mu mugi wa Sousse ku munsi w’ejo taliki ya 01 Mutarama 2018,mu mwiherero w’iminsi 10 wo kwitegura imikino ya CHAN 2018 izabera muri Maroc kuva taliki ya 12 Mutarama kugeza ku ya 04 Gashyantare 2018.
Amavubi ahanzwe amaso n’abanyarwanda benshi,agiye kwitabira iyi mikino ya CHAN nyuma y’aho yageze mu mikino ya ¼ cy’irangiza mu mikino iheruka kubera mu Rwanda aho yasezerewe na RDC ku bitego 2-1 mu mukino wasabye ko hitabazwa iminota 30 y’inyongera .
Muri (…) -
RUSIZI:Abakekwaho gukubita wa mukobwa wabengewe ku rusengero maze bakamuciraho n’agatimba bari mu mazi abira[AMAFOTO]
31 July 2018, by Martin MunezeroUbuyobozi bw’Akagali ka Kinyaga mu Murenge wa Nkaka mu Karere ka Rusizi burimo gukurikirana abantu bakekwaho gukubita umukobwa witwa Nyandwi Therese wabengewe ku rusengero agahabwa inkwenene na rubanda bakarenzaho no kumukubita ndetse bakamuciraho agatimba yari yambaye agiye gusezerana.
-
Perezida Ali Bongo yagarutse mu Rwanda mu ruzinduko rw’ umunsi umwe
13 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Gabon Ali Bongo Ondimba waherukaga mu Rwanda mu mezi atanu ashize kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gashyantare yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’ umunsi umwe.
Ku isaha ya Saa tanu nibwo Perezida Ali Bongo yageze ku kibuga cy’ indege cya Kigali I Kanombe aho yakiriwe n’ abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo; Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Patrick Nyamvumba n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi, IGP Emmanuel Gasana.
Muri uru ruzinduko rw’ (…) -
Ubunini bwa dosiye busubikishije urubanza rw’abo kwa Rwigara
20 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukwakira 2017 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rw’abo mu muryango wa Rwigara; Dianne Rwigara, Anne Uwamahoro Rwigara na Mukangemanyi Rwigara, byimuriwe ku wa 23 Ukwakira 2017.
Ku mugoroba wo kuwa Gatatu nibwo Urukiko rwasoje kuburanisha urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo ibyaha byo guteza imvururu muri rubanda abo mu muryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara. Diane Nshimiyimana Rwigara Ubushinjacyaha (…) -
Leta y’ u Rwanda yasabye Abaturarwanda kwitondera abiyita abahanuzi
26 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa RGB Anastase Shyaka
Kuri uyu wa 25 Nzeli inkuru ziriwe zivugwa cyane ni Paul Gitwaza avuga ko ariwe muhanuzi ukomeye mu Rwanda no muri Africa, na Rugagi Innocent wasohoye udutabo agurisha kuva ku 10 000 kuzamura akavuga ko ku dutanga akazi, dukiza diabetes, tukanaha abagabo abakobwa bashaka kurongorwa, ikigo cy’igihugu gishinzwe cyahise gishyira ahagaragara itangazo riburira Abanyarwanda ku biyita abahanuzi.
-
Umudugudu wa UWIMANA wahembwe kubera kutagira ibyaha
15 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmudugudu wa UWIMANA wo mu karere ka Kamonyi polisi y’ u Rwanda yawuhaye amazi meza, n’ umuriro w’ amashanyarazi ukomoka ku mirasire y’ izuba inawubahira ibiro byiza kuko wabaye indashyikirwa mukurwanya ibyaha.
-
Prerezida Kagame yavuze isano iri hagati ya Afurika n’ibihugu bya Caraibe.
16 April 2022, by Joseph IradukundaPrerezida Kagame yavuze isano iri hagati ya Afurika n’ibihugu bya Caraibe.
Muru ruzinduko rw’akazi ari kugirira mu gihugu cya Barbados nka kimwe mu bigize ibirwa bya Caraïbes, Umukuru w’u Rwanda Paulo Kagame yavuze ko Afurika ifite byinshi ihuriyeho n’ibi bihugu. -
Ingabire Victoire ngo agiye gusabira imbabazi abarimo na Diane Rwigara
17 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki utavugarumwe n’ Ubutegetsi bw’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Ishyaka FDU inking ritemewe n’ amategeko y’ u Rwanda mu mpera z’ icyumweru gishize yafunguwe ku bw’ imbabazi za Perezida wa Repubulika yavuze yiyumvise amaze kumva ko agiye kurekurwa anavuga ko agiye gukomeza politiki idaharanira kujya mu buyobozi ahubwo isaba ubwisanzure bwa politiki.
Umuryango.rw
Prerezida Kagame yavuze isano iri hagati ya Afurika n’ibihugu bya Caraibe.