Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yongeye kugaragaza indi mpano afite muri Siporo [AMAFOTO]
25 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abagore bo mu nteko y’ u Rwanda biyongereyeho 3% [Urutonde rw’ abadepite bamaze kumenyekana]
5 September 2018, by Nsanzimana ErnestImibare y’ agateganyo y’ ibyavuye mu matora y’ Abadepite yabaye mu minsi itatu ishize irerekana ko muri manda y’ abadepite 2018-2023 bazaba ari 67,5% bavuye kuri 64% muri manda ishojwe.
-
Joe Biden yahishuye akaga gashobora kugwira Amerika mugenzi we Trump niyanga kuva ku buyobozi ku neza
17 November 2020, by Dusingizimana RemyJoe Biden yaburiye ko "abantu bashobora gupfa" niba ubutegetsi bwe bwiteguraga kujyaho bukomeje kubangamirwa na Donald Trump.
-
Perezida Kagame ni umwe bitabiriye irahira rya Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe
26 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame uyoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) yitabiriye irahira rya Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa uherutse gutsinda amatora n’amajwi 50.8%.
-
Tdu Rda: ARERUYA Joseph yegukanye etape ya 3
15 November 2017• Tour du Rwanda yari igeze ku munsi wa 3 aho hakinwaga agace kavaga Rubavu kerekeza I Musanze
• Areruya Joseph niwe wegukanye agace ka 3 kasoreje I Musanze• Simon Pellaud aracyafite umwenda w’umuhondo
-
Iperereza ry’ ibanze ku rupfu rwa Pasiteri Maggie ryagaragaje ko yishwe anizwe
16 September 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko Pasiteri Maggie Mutesi witabye Imana ku Cyumweru tariki 10 Nzeri 2017 yishwe anizwe. Mu bakekwa harimo n’ umugabo wa Nyakwigendera.
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Theos Badege, yabwiye Igihe dukesha iyi nkuru ko iperereza ryerekanye ko Pasiteri Maggie yishwe anizwe.
Yagize ati “iperereza ry’ibanze riragaragaza ko [Pasiteri Maggie Mutesi] yishwe, azira kubura umwuka, anizwe cyangwa hakoreshejwe ikindi kintu’’. ACP (…) -
Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na kompanyi ya RITCO
1 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’umwaka umwe y’imikoranire na kompanyi itwara abagenzi ya RITCO aho abafana bayo bazajya bagura amatike yo kugenda mu modoka z’iyi kompanyi bakoresheje amakarita ya Mk Card bazaba bateye inkunga ikipe yabo.
-
NEC izatanga inyandiko za Diane Rwigara mu nzego zibishinzwe
20 July 2017, by Iyamuremye JanvierKomisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yavuze ko izatanga impapuro z’uwari umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Diane Rwigara mu gihe cyose hagira inzego zibishinzwe zizisaba.
Ubwo hatangazwaga lisiti ntakuka y’abakandida bemerewe kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ku wa 7 Nyakanga 2017, abakandida batatu barimo Paul Kagame, Umukandida wigenda Mpayimana Philipeni na Dr Frank Habineza watanzwe n’ishyaka Democratic Green Party na ho abandi batatu ntibemererwa (…) -
Gacinya ari mu mazi abira nyuma yo gufata umwenda muri Company ya Betting umuryango utabizi
4 September 2017Ikipe ya Rayon Sports yatumije inama y’inteko rusange y’igitaraganya nyuma y’aho biri kuvugwa ko umwe mu bayobozi b’inzibacyuho Gacinya Dennis yaba yarafashe umwenda muri imwe muri kompanyi ya Betting ayemerera ko bazayamamariza mu mwaka w’imikino utaha ibintu yakoze ataganiriye n’abayobozi b’Umuryango. Amakuru agera ku Umuryango aravuga ko iyi nama izaba ku italiki ya 17 Nzeri uyu mwaka uretse iki kibazo iziga ku kibazo cy’imishahara cyatangiye kuba ingorabahizi mu gihe na shampiyona (…)
-
Mu Itorero Inkuru Nziza hongeye kuba ubushyamirane polisi n’ ingabo baratabara
20 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbakirisito bo mu itorero inkuru nziza mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe bashyamiranye na bagenzi babo bapfa abapasiteri, habaho guterana amagambo no gusunikana ingabo z’ u Rwanda na polisi y’ u Rwanda barabihosha.
Umuryango.rw