Mu buryo ngaruka mwaka United Scholars Center iratangira ibikorwa byayo bizenguruka i Gihugu bizwi nka (Education Fairs) aho baba basonurira ababyeyi n’abana babo ibijyanye n’amahirwe ahari yo kwiga hanze, ariko nako babajaga ibisobaniro byimbitse ku bibazo baba bibaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
United Scholars Center (USC) irahurira mu Ntara n’Abifuza kwiga muri Kaminuza zo hanze
6 July 2023, by Ubwanditsi 1 -
Ntimuzemerere na rimwe ababatunga urutoki bababwira uko mwifata-Kagame I Gicumbi
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi iri imbere, yabwiye abaturage bari bateraniye I Gicumbi ko badakwiye kwemerera umuntu wese abatunga agatoki abareka uko bakwiye kwifata.
Yagize ati "ntimuzemerere na rimwe ababatunga urutoki bababwira uko mwifata….byo FPR yaharaniye, abo yatakarije hano ntabwo byapfa ubusa….”
Yanababwiye ko amashuli, amashanyarazi amazi meza ndetse n’ibindi byose abaturage bakeneye biri mu nzira mu myaka iri imbere. Ati “Ibyiza byinshi (…) -
Mu mvugo ya kibyeyi, Minisitiri Munyakazi yifurije intsinzi abatangiye icya Leta gisoza abanza
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Ugushyingo 2018, nibwo abanyeshuri barangije amashuri abanza batangiye ikizami cya Leta, mu mvugo ya kibyeyi Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ ayisumbuye yifurije intsinzi aba banyeshuri.
-
Habineza yatsinzwe amatora atekereza guhita akuramo ake karenge mu gukina politiki
10 August 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza wari mu bahatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi avuga ko yatsinzwe amatora y’umukuru agahita atekereza kuva muri Politiki burundu.
Mu kiganiro na IGIHE, Uyu mugabo washakanye na Kabarira Edith yavuze bimwe mu bikomereye ishyaka rye nyuma yo gutsindwa amatora birimo no kuba batarashobora kwishyura amafaranga y’inguzanyo bafashe kugirango ibikorwa byo (…) -
Nyaruguru: Polisi yafunze Gitifu w’akagari na bagenzi be 2 bafatanyije gukubita umukecuru w’imyaka 95
26 April 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Ngoma mu kagari ka Nyamirama yafashe uwitwa Kayigamba Valens w’ imyaka 35 akaba yari umuyobozi w’akagari ka Nyamirama mu murenge wa Ngoma mu karere ka Nyaruguru na bagenzi be bafatanyije gukubita umukecuru witwa Nyirabititaweho Anastasie w’imyaka 95 n’abakobwa be babiri.
-
Umuvugizi wa FDLR umutwe wiganjemo abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ’Fils Bazeye’ yatawe muri yombi
17 December 2018, by Martin MunezeroUwari Umuvugizi wa FDLR,LaForge Fils Bazeye, umutwe wiganjemo abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yatawe muri yombi n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Meya Habitegeko araburira abaturage bahabwa ifumbire bakayigurisha mu Burundi
17 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Nyaruguru Francois Habitegeko araburira abaturage bahabwa ifumbire binyuze muri gahunda ya nkunganire bakayigurisha n’ abaturage bo mu burundi.
Meya Habitegeko yabikomojeho kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Nzeli, mu muhango wo gutangiza kumugaragaro gahunda yo kubaka ibyumba by’ amashuri bisimbura ibishaje.
Uyu muyobozi yavuze ko hari abaturage ba Nyaruguru bahabwa ifumbure muri gahunda ya nkunganire bakayigurisha mu Burundi. Avuga ko umuturage uzafatwa yagurishije (…) -
Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
18 August 2020, by UbwanditsiUmuturage witwa Pascal Mutumwa, utuye mudugudu wa Sabasengo mu kagari ka Kageyo mu murenge wa wa Mwiri, akarere ka Kayonza, avuga ko ari gukorerwa akarengane n’abakozi bashinzwe ubutaka ku karere ka Kayonza no ku Ntara y’Ibirasirazuba bashaka kumutwarira isambu. Ngo bamubwira ko atari iye kandi ayifitiye ibyangombwa, bityo uyu musaza ngo abona ntawundi wamurengera usibye Umukuru w’Igihugu Perezida Paul Kagame .
Umunyamakuru wa bwiza.com (iyi nkuru itambutse ku Umuryango mu rwego rw’ubumwe (…) -
Nyamasheke: Inzu yagwiriye abantu 4 bari bayirimo 2 bahasiga ubuzima
29 April 2020, by Dusingizimana RemyMuri ibi bihe imvura iri kugwa hirya no hino mu Rwanda yahitanye abantu mu Murenge wa Karambi w’Akarere ka Nyamasheke ubwo inkangu yagwiraga inzu yarimo abantu bane bari bugamye imvura, abana babiri bahita bapfa barimo umwe w’imyaka 7 n’uruhinja rw’amezi abiri.
-
Africa’s StarTimes Network Acquires IMPACT Wrestling Programming, Adding More Than 250 Hours Of Content To The Platform’s Lineup In 2021
18 February 2021, by UbwanditsiThe Agreement Delivers Popular Content to Over 50 Countries Throughout Sub-Saharan Africa
TORONTO (February 16, 2021) – IMPACT Wrestling, a subsidiary of Anthem Sports & Entertainment Inc. and one of the world’s largest professional wrestling organizations, announced today an agreement with electronics and media company StarTimes—bringing more than 250 hours of IMPACT Wrestling content to the platform in 2021. The acquisition extends IMPACT’s reach even further across the globe, (…)
Umuryango.rw
United Scholars Center (USC) irahurira mu Ntara n’Abifuza kwiga muri Kaminuza zo hanze
Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
Nyamasheke: Inzu yagwiriye abantu 4 bari bayirimo 2 bahasiga ubuzima