Ange Belise Ndayisaba yaje ari impunzi ivuye mu Burundi ageze mu Rwanda aza gukundana n’umusore amutera inda. Umusore wamuteye inda yabanje kumwihakana, ibi byatumye Ange ahangayika cyane ariko aza kugira amahirwe abona umuntu umurangira akazi ava i Mahama mu mu ikambi y’impunzi aza i Kigali ni ubwo naho ubuzima butari bumworoheye kandi anatwite.
Nyuma yarabyaye, ubu umwana we w’umuhungu afite imyaka 2. Avuga ko kubona umugabo ufite umwana bigoye cyane kubera ko hari igihe uba ufite ubwoba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
"Kubona umugabo wagukunda akagukundira n’umwana ni ikibazo gikomeye":Ubuhamya bwa Ange Ndayisaba wabyaye atarashaka (Video)
27 May 2020, by Ubwanditsi -
Gasana Janvier ntakiri umuyobozi mukuru wa REB
15 February 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu cy’ Uburezi REB cyahawe umuyobozi mukuru mushya usimbura Dr Gasana Janvier wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya.
Nk’ uko UMURYANGO ubikesha itangazo ry’ inama abaminisitiri yo ku wa 14 Gashyantare 2018, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri REB asimbuza Dr Gasana Janvier yabaye umuyobozi mukuru wa REB muri Gashyantare 2015 asimbuye Dr John Rutayisire.
Dr. NDAYAMBAJE Irenée, niwe wagizwe Umuyobozi Mukuru (Director General) wa REB.
Muri (…) -
Perezida Kagame yasobanuye imiterere y’ ikibazo cy’ umutekano muke I Rusizi atanga ikizere ko kiri hafi gukemuka
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’ umutekano muke kimaze iminsi kigaragara mu karere ka Rusizi gahana imbibi n’ igihugu cy’ u Burundi gifitwemo uruhare n’ abantu bava hanze y’ u Rwanda bagakora n’ Abanyarwanda mu bikorwa byo guhungabanya umutekano atanga ikizere ko kizakemuka vuba.
Umukuru w’ igihugu yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki 22 Kamena nyuma y’ umunsi umwe gusa abantu bitwaje intwaro bagabye igitero mu murenge wa Bugarama (…) -
Uganda: U Rwanda ruhagarariwe na Minisitiri Musoni mu nama y’ abakuru b’ ibihugu bya EAC
22 February 2018, by Nsanzimana ErnestMusoni yahagarariye Perezida Kagame mu mwiherero w’abakuru b’ibihugu bya EAC
None tariki 22 Gashyantare 2018 I Kampala muri Uganda harabera inama y’ abakuru b’ ibihugu bigize Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba iribanda ku kubikorwaremezo mu rwego rw’ ubuzima.
Ni inama igiye kuba ku nshuro ya 19, biteganyijwe ko iraberamo n’ umwiherero w’ abakuru w’ ibihugu bigize uyu muryango uraba ubaye ku nshuro ya 4. Umwiherero wa mbere w’ abakuru b’ ibihugu bigize EAC wabaye muri 2008, uwa kabiri (…) -
Amavubi U15 yatahanye umwanya wa 3 mu mikino ya CECAFA
30 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 15 yatahanye umwanya wa 3 mu mikino ya CECAFA U15 yaberaga mu gihugu cya Eritrea, nyuma yo kunganya n’Uburundi igitego 1-1, ikabutsindira kuri penaliti 4-2.
-
Pro-Femme Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi bwakorewe Muhawenimana Beatrice
30 April 2018, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-Femme Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi bwakorewe umubyeyi witwa Muhaweniman Beatrice wo mu ntara y’Iburasirazuba wishwe n’ umugabo we akamucagaguramo ibice akajya kumujugunya mu rufunzo nyuma y’iminsi ibiri abitse umurambo we mu nzu.
-
Minisiteri y’Uburezi yafunze burundu udushami 2 two muri kaminuza ya ISPG Gitwe
29 January 2019, by Martin MunezeroMinisiteri y’uburezi yanzuye guhagarika itangwa ry’ amasomo mu mashami y’ubuvuzi na Laboratwari muri Kaminuza ISPG ya Gitwe, nyuma gusanga ibyo bayisabye gukosora itarabikosoye.
-
Dr Ngirente yasabye abo bireba kwihutisha ibyumba by’ amashuri birimo kubakwa mu gihugu
29 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yasabye Inzego zose bireba, Abanyarwanda bose n’abafatanyabikorwa mu by’uburezi, kurushaho gufatanya kugira ngo mu ntangiriro z’umwaka w’amashuri utaha, ibyumba byose birimo kubakwa hirya no hino mu gihugu bizabe byaruzuye kandi bizatangire kwigirwamo
-
Barafinda asanga abakandida batatu biyamamaje batararyohereje Abanyarwanda
2 August 2017, by Nsanzimana ErnestBarafinda Sekikubo Fred wari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida ariko ikaba itaremewe aravuga ko abakandida batatu biyamamarije kuyobora u Rwanda bataryohereje Abanyarwanda mu bikorwa bamazemo iminsi byo kwiyamamaza.
Mu kiganiro Barafinda yagiranye n’ Umuryango yavuze ko mu bakandida batatu aribo Dr Habineza Frank wa DGPR, Paul Kagame wa FPR n’ umukandida wigenga Mpayimana Philippe ngo nta numwe wigeze asezeranya Abanyarwanda ikintu gikomeye.
Ati “FPR yakomeje kwivugira biriya (…) -
Rwanda: Umubare ungana n’ uwabarwayi ba SIDA urya biwugoye
27 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango binyuze muri Porogaramu y’Igihugu mbonezamikurire y’Abana bato, yakoze isesengura isanga abanyarwanda 40% ni ukuvuga abagera kuri miliyoni 4 na 800 batihagije mu biribwa naho abangana na 3% ari nawo mubare SIDA iriho mu Rwanda barya bibagoye.
Umuryango.rw