Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne asanga abanyafurika batakwiye kujya gushakira ahandi ibyo Afurika ifite kuko ubukungu bwose Afurika ikeneye ngo itere imbere ibufite.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ubukungu bwose Afurika ikeneye ngo dutere imbere turabufite – Min. Uwacu
24 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
WDA yahawe Umuyobozi Mukuru Mushya usimbura Gasana Jerome
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestPascal Gatabazi yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cya Leta gishinzwe Guteza imbere Ubumenyingiro n’imyigishirize y’imyuga mu Rwanda (WDA). Asimbuye Jerome Gasana wakiyoboye kuva cyashingwa muri 2011.
-
Africa’s StarTimes Network Acquires IMPACT Wrestling Programming, Adding More Than 250 Hours Of Content To The Platform’s Lineup In 2021
18 February 2021, by UbwanditsiThe Agreement Delivers Popular Content to Over 50 Countries Throughout Sub-Saharan Africa
TORONTO (February 16, 2021) – IMPACT Wrestling, a subsidiary of Anthem Sports & Entertainment Inc. and one of the world’s largest professional wrestling organizations, announced today an agreement with electronics and media company StarTimes—bringing more than 250 hours of IMPACT Wrestling content to the platform in 2021. The acquisition extends IMPACT’s reach even further across the globe, (…) -
Nyarugenge: Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko atajya ahabwa umwanya wo kubonana n’abamwunganira
16 April 2021, by UbwanditsiCol Tom Byabagamba w’imyaka 54 kuri uyu wa gatanu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hasubukuwe urubanza rwe aho yajururiye icyemezo cy’urukiko rwibanze rwa Kicukiro.
Urubanza rwa Col Tom Byabagamba rwatangiye kuburanishwa ubujurire hifashishijwe ikoranabuhanga rya Webex. Ubushinjacyaha bwo ku rwego Rwisumbuye bwa Nyarugenge bwaburanye buri mu biro byabwo naho Col Tom Byabagamba n’abamwunganira mu mategeko, Me Paul Ntare na Me Gakunzi Gasore Valery bo baburanye bari kuri gereza Kanombe. (…) -
Bishop Rugagi yikomye abavuga ko imbaraga zikora ibitangaza azikesha impeta aba yambaye
13 July 2017, by Nsanzimana ErnestPasiteri Bishop Innocent Rugagi uyobora itorero ry’ abacunguwe umaze kumenyekana cyane bitewe n’ ibitangaza bikorerwa mu itorero ayoboye yikomye abavuga ko imbaraga akoresha ibitangaza azikomora ku mpeta aba yambaye ku rutoki.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Nyakanga ubwo yari ayoboye amasengesho Bishop Rugagi yakomoje ku bavuga ko imbaraga akoresha ibitangaza ari iz’ imyuka mibi n’ abavuga ko itorero abacunguwe ari iryaduka avuga ko abavuga bazakomeza kuvuga ariko ibitangaza bigakomeza (…) -
Leta y’ u Rwanda yasabye Abaturarwanda kwitondera abiyita abahanuzi
26 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa RGB Anastase Shyaka
Kuri uyu wa 25 Nzeli inkuru ziriwe zivugwa cyane ni Paul Gitwaza avuga ko ariwe muhanuzi ukomeye mu Rwanda no muri Africa, na Rugagi Innocent wasohoye udutabo agurisha kuva ku 10 000 kuzamura akavuga ko ku dutanga akazi, dukiza diabetes, tukanaha abagabo abakobwa bashaka kurongorwa, ikigo cy’igihugu gishinzwe cyahise gishyira ahagaragara itangazo riburira Abanyarwanda ku biyita abahanuzi.
-
Umugore wahataniraga kuba Umudepite mu Rwanda yapfuye
21 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe hasigaye iminsi 14 ngo mu Rwanda habe amatora y’ abadepite umugore witwa Dusabinema Consolée wiyamamarizaga kuba Umudepite ahagarariye icyiciro cy’abagore yitabye Imana mu ijoro ryakeye azize uburwayi.
-
Rayon Sports yasinyishije Umunya Ghana wakinnye mu Butaliyani [AMAFOTO]
13 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ibifashijwemo na MK Card imaze gusinyisha umukinnyi wo hagati ukomoka mu gihugu cya Ghana witwa Olokwei Commodore nyuma yo gushima urwego rwe mu myitozo yari amaze iminsi akorera mu Nzove.
-
#MissRwanda2021:Ibiteye amatsiko ku buzima bwa Ishimwe Sonia,Uburanga n’Imiterere ye[AMAFOTO]
25 February 2021, by Martin MunezeroAbakobwa 37 nibo batoranyijwe mu cyumweru gishize bakuwe mu barenga 400 bari biyandikishije muri iri rushanwa bakanahatana bohereje amashusho,Umukobwa witwa Ishimwe Sonia nawe uri mu batoranyijwe,ni umwe muri 37 batoranyijwe twifuje kubagezaho ibyihariye kuri we mutari mumuziho,ndetse tukazajya tugenda tubagezaho n’iby’abandi.
-
UNHCR yamaganye Ubwongereza bushaka kohereza impunzi mu Rwanda
15 April 2022, by Joseph IradukundaItangazo ry’agashami ka Loni gashinzwe kwita ku mpunzi ku isi UNHCR ryagaragaje impungenge zikome k’umugambi w’Ubwongereza wo guhererekanya impunzi n’abimukira, itegeka ko iki gihugu gihagarika bwangu kwirukana abashaka ubuhungiro no kohereza impunzi mu Rwanda.
Umuryango.rw
UNHCR yamaganye Ubwongereza bushaka kohereza impunzi mu Rwanda