Nyuma y’iminsi 4 hatangiye Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorwe Abatutsi,Urwego rw’igihugu rw’Ibugenzacyaha (RIB) ruravuga ko rumaze kwakira ibirego 33 by’abakekwaho ingengabitekerezo ya Jenoside.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RIB imaze kwakira ibirego birenga 30 bijyanye n’ingengabiterezo ya Jenoside mu minsi 4 gusa
11 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Peter Sagan ashyigikiye ubusabe bw’u Rwanda bwo kuzakira shampiyona y’isi yo gusiganwa ku magare muri 2025
17 September 2019, by Dusingizimana RemyUmwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu gusiganwa ku magare,Peter Sagan ukomoka mu gihugu cya Slovakia,yatangaje ko ashyigikiye ko u Rwanda rwahabwa amahirwe yo kwakira shampiyona y’isi ya 2025 ruhanganyemo n’igihugu cya Morocco.
-
Abanyarwanda ibihumbi 14 baba muri Uganda bagiye kwirukanwa
16 November 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma ya Uganda irimo gutegura umugambi wo kwambura ubuhunzi Abanyarwanda ibihumbi n’ ibihumbi bayirimo nk’ impunzi.
-
Abayobozi bahombeje Leta miliyoni 538 ku myaka ine
18 October 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida PSC Francos Habiyakare
Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta n’ umurimo (PSC) yatangaje ko Leta y’ u Rwanda yahombye 538 712 595 bitewe n’ ibyemezo bitubahirije amategeko abayobozi bagiye bafatira abakozi ba Leta
Perezida w’inama y’abakomiseri muri Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta François Habiyambere, avuga ko iyo komisiyo ifite inshingano zo guhwitura abayobozi kwirinda gufata ibyemezo binyuranyije n’amategeko kuko bigusha Leta mu gihombo.
Yagize ati, ’’Tugomba gukomeza gukora (…) -
Rayon Sports yo turayihotora,mu kuri kw’Imana isumba byose irapfa-KNC perezida wa Gasogi
16 September 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC, yatangaje ko yishimiye ko ku mukino wa mbere wa shampiyona bazandagaza Rayon Sports aho yemeje ko yabonye iri ku rwego rwo hasi mu irushanwa ry’Agaciro nta kabuza bazayirahira.
-
Bamporiki yakomoje ku nzozi za Padiri Nahimana (umupagani) na Twagiramungu bifuje kuyobora u Rwanda
29 July 2017, by Iyamuremye JanvierDepite Bamporiki Edouard yahamirije Paul Kagame ko Abaturage ba Rusizi batari inyuma y’umupadiri wabaye umupagani (Padiri Nahimana) n’umunyapolitiki ushaje (Twagiramungu) baba hanze y’u Rwanda barwanya leta y’u Rwanda.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa 28 Nyakanga 2017 mu gikorwa cyo kwiyamamaza no kwamamaza umukandida wa RPF-Inkotanyi, Kagame Paul. Bamporiki yavuze ko nubwo Nahimana na Twagiramungu bavuka I Rusizi mu cyahoze ari Cyangungu nta n’umwe ubari inyuma nubwo bakomeje kugaragaza ko (…) -
Niyonzima Olivier Sefu yahishuye igihe azakorera ubukwe n’umukunzi we
11 March 2020, by Dusingizimana RemyUmukinnyi wo hagati mu ikipe ya APR FC,Niyonzima Olivier uzwi nka Sefu yavuze ko nyuma yo gutera ivi ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2020 agasaba umukunzi we Mushambokazi Belyse,uyu mwaka utazasiga akiri ingaragu.
-
Mpayimana yakomoje ku kintu yumva kizamugora mu kwiyamamaza
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wigenga wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017 yavuze ko yashimishijwe cyane no kuba ari mu bakandida batatu bemerewe kuziyimamaza yongeraho ubwoba buri mu banyarwanda ariyo mbogamizi ikomeye yumva azahura nayo mu kwiyamamaza.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga nibwo komisiyo y’ amatora yatangaje urutonde ntakuka rw’ abamerewe kwiyimamaza mu matora y’ umukuru w’ igihugu.
Ni urutonde rugaragaraho HE Paul Kagame wa FPR, (…) -
Watch UEFA Europa League on StarTimes: Europa League Final group game for Premier League clubs
7 December 2020, by UbwanditsiHaving done the hard work in the preceding matches, the three Premier League clubs can go into their final Europa League matches on Thursday without pressure. Leicester City, Arsenal and Tottenham Hotspur are already guaranteed a place in the knock-out stage of the competition, with the Gunners having already secured top spot in Group B.
Leicester and Spurs, meanwhile, could follow suit with a win in their final matches. Arsenal, who were beaten 2-0 by Spurs in their league match on (…) -
“Inganda ni umutima w’ igihugu mu iterambere, zihindutse umuyonga twagira igihombo gikomeye” Min. Mukantabana
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri wo kurwanya ibiza no gucyura impunzi Seraphine Mukantabana yasabye abakora mu nganda guhora bari maso bakirinda ibiza, avuga ko inganda ari umutima w’ igihugu mu iterambere bityo ko igihugu cyahomba bikomeye igihe inganda zaba zibasiwe n’ inkongi y’ umuriro.
Ubu butumwa yatanze kuri uyu wa Mbere tariki 5 Kamena 2017, ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bwo kwirinda inkongi z’ umuriro. Ubu bukangurambaga bwatangiriwe I Masoro mu karere ka Gasabo mu gice kahariwe inganda mu mujyi wa (…)
Umuryango.rw