Ubuyobozi bwa Pan African Movement(PAM) bwatangije ibikorwa byabwo muri kaminuza yigisha ibijyanye n’ imiyoborere ‘African Leadership University’ ibarizwamo umuryango ‘kupambana’ wiyemeje gushishikariza Abanyafurika gukunda umugabane wabo.
Ibi bibaye mu gihe isi ihangayikishijwe n’ ikibazo cy’ abimukira bava muri Afurika bajya mu Burayi n’ Amerika bibwira ko ariho hari imibereho myiza binatuma abenshi bapfira mu nyanja. PAM na Kupambana bahuriza kukuba Afurika ntacyo ibuze ahubwo ko kuba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abarimo kuvuguta umuti uzatuma Abanyafurika batongera gupfira mu nyanja bajya I Burayi bahuje amaboko
15 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Sewase wari umaze iminsi 6 agizwe meya wa Gicumbi yaba yeguye
1 June 2018, by Nsanzimana ErnestSewase Jean Claude wari uherutse kugirwa Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi w’ agateganyo biravugwa ko yeguye gusa we aya makuru ntabwo yayahakanye ahubwo yavuze ko aragira icyo atangaza avuye mu nama njyanama iterana uyu munsi.
-
UNICEF yiyemeje gufatanya n’u Rwanda mu gufasha abana gukomeza kwiga muri ibi bihe bya COVID -19
15 April 2020, by Dusingizimana RemyIshami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana,UNICEF,ryatangaje ko rizakomeza gukorana na Leta y’u Rwanda muri gahunda zitandukanye zirimo gufasha abana gukomeza kwiga muri ibi bihe amashuri afunze kubera koronavirusi no gukomeza gukangurira abaturage kugira isuku mu rwego rwo gukomeza kurwanya icyo cyorezo.
-
Abanyarwanda bazabanza gusobanurirwa ibijyanye n’urukingo rwa Covid-19 mbere y’uko baruterwa
21 February 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel,yatangaje ko abanyarwanda bazajya babanza gusobanurirwa ibijyanye n’urukingo rwa Covid-19 mbere y’uko baruterwa n’abaganga babizobereye.
-
Imberakuri na Green Party muri Guverinoma? Mu zihe Minisiteri se? Ese ni ryali? Uko mbibona!
29 July 2019, by UbwanditsiDepite Frank Habineza uyobora Democratic Green Party hamwe na Depite Mukabunani uyobora PS Imberakuli bamaze iminsi basaba ko ibikubiye mu itegeko nshinga mu ngingo ya 10 ivuga ku isaranganya ry’ubutegetsi ndetse n’ingingo ya 62 ivuga ko imitwe ya politiki yatsindiye imyanya mu inteko ishinga amategeko rihabwa n’imyanya muri Guverinoma byakubaihirizwa.
-
Inteko Rusange yahaye igihe ntarengwa MINICOM cyo gucyemura ibibazo by’amotari
9 June 2022, by Rebecca UFITAMAHOROInteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yateranye ku wa Gatatu taliki ya 8 Kamena 2022, yasabye Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) gukemura ibibazo bikigaragara mu matsinda y’abamotari, kandi bigakorwa mu gihe kitarenze amezi atatu.
-
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya mbere)
19 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMuri Bibiliya, mu gitabo cy’Imigani mu gice cya 18 ku murongo wa 22, hasobanura neza uburyo umugabo ubonye umugore mwiza aba agize umugisha utangaje agabiwe n’Imana ishobora byose.
-
Karongi: Uwirinze n’ abana be bane babayeho mu buzima bubabaje nyamara bari bijejwe ubufasha
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestEsperance Uwirinze, umubyeyi w’ abana bane abayeho mu buzima bubi nyamara muri 2015, ubuyobozi bw’ inzego z’ ibanze bwari bwamijeje ko bugiye kumufasha gusohoka muri ubwo buzima bwo kubaho yicira isazi mu jisho.
Icyo gihe muri 2015, babaga mu nzu idasakaye idakingwa, ubuyobozi ubuyobozi bubizeza ko bugiye kwihutira kubimura, ariko nyuma y’igihe gito bagarutse hahandi kuko aho babimuriye bamutereranye ngo yikodeshereze. Ubufasha yahawe ni amabati gusa. Ubuzima ni kwakundi, ndetse yashyizwe (…) -
Inyubako nshya y’ubucuruzi wasanga Kimironko ifite imiryango ikodeshwa ku giciro cyiza
26 August 2019, by UbwanditsiMuri iki gihe ubucuruzi kugira ngo bugende neza n’uko buba buherereye ahantu heza hagendwa cyane, hagendwa na bose kandi horohereza abahagana kuhagera no kuhasanga ibyo bakeneye.
-
’Ibya Kayumba Nyamwasa ntaho bihuriye no gutsura umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo’ Sezibera
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’u Rwanda yatangaje ko yitegura kugirana ibiganiro byo gutsura umubano na Afurika y’Epfo.
Umuryango.rw
Abanyarwanda bazabanza gusobanurirwa ibijyanye n’urukingo rwa Covid-19 mbere y’uko baruterwa
Inteko Rusange yahaye igihe ntarengwa MINICOM cyo gucyemura ibibazo by’amotari
Inyubako nshya y’ubucuruzi wasanga Kimironko ifite imiryango ikodeshwa ku giciro cyiza