Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yeretse intore z’ abanyeshuri biga n’ abize mu mahanga “INDANGAMIRWA” uburyo mu rugamba rwo kubohorwa u Rwanda Inkotanyi zifashishije imbunda yo mu bwoko bwa Kalachnikov cyangwa AK-47 mu kwishakira inzira.
Umukuru w’ igihugu ubwo yasozaga itorero ry’ Indangamirwa kuri uyu wa Kane tariki 13 Nyakanga 2017, yabwiye izi ntore ko mu rugamba rwo kubohora igihugu Inkotanyi zitari zifite ubushobozi bwinshi.
Yavuze kuri ubu uwagerageza kwishakira inzira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yeretse Indangamirwa uburyo Kalachnikov yifashishijwe mu kwishakira inzira
13 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Amavubi yananiwe gukorera Tanzania ibyo yari amaze kumenyereza abafana
14 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi yananiwe gukomeza kwandika amateka yo gutsinda imikino myinshi yikurikiranya kuko yahuye na Tanzania mu mukino wa gicuti rukabura gica.
-
KAMONYI:Gerard yiyiciye umukobwa bari bagiye kurushinga yaramaze no gufata irembo
17 June 2019, by Martin MunezeroMu masaha ya mugitondo cyo kuwa Gatandatu tariki 15 Kamena 2019, nibwo abaturage bo mu mudugudu wa Gihembe, mu kagari ka Buhoro ho mu murenge wa Musambira mu karere ka Kamonyi, babyutse babikirwa urupfu rw’umukobwa witwaga Delphine bivugwa ko yiciwe mu rugo rw’umuvugabutumwa yari yahurijwemo n’umusore witwa Gerard bendaga gukora ubukwe, ndetse ngo yamwishe umunsi bari basigaye ari bonyine ngo banoze iby’ubukwe bwabo byari birimbanyije cyane ko hari haramaze no kubaho imihango yo gufata irembo.
-
Gasabo: Umugabo yitwikiye mu nzu kubera ko iwe bari bagiye kuhateza cyamunara
29 January 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Nzeyimana Vianney utuye mu mudugudu wa Gikingo,akagari ka Bweramvura mu murenge wa Jabana wo mu karere ka Gasabo yitwikiye mu nzu akurwamo atarapfa ubwo umuhesha w’inkiko yazaga guteza cyamunara utwe, nyuma yo gutsindwa mu manza akananirwa kubyakira.
-
Dore ukuri nyako ku bivugwa ko umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda ko wafunzwe[AMAFOTO]
2 March 2019, by Martin MunezeroNyuma y’uko kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Gashyantare 2019 umupaka wa Gatuna wafunzwe, hari amakuru yahise acicikana ko n’uwa Cyanika wafunzwe.
-
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Gitega/ Nyarugenge: Baganuye umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke urabaryohera bagira ngo urimo isukari
3 August 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu mudugudu w’ Amayaga bateraniye ku biro by’ Akagari kabo ka Akabahizi ko mu murenge wa Gitega Akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali basangira umuganura urimo umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke birindwi urabaryohera bagira ngo watekanywe isukari ariko nyir’ ukuwuteka abamara impugenge.
-
UPDATE:FERWAFA yanyomoje amakuru yavugaga ko APR FC yahawe igikombe cya shampiyona 2019-2020
8 May 2020, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangiye inama yo kungurana ibitekerezo n’abanyamuryango bayo ngo barebe uko hafatwa umwanuro mu gihe cya vuba kuri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda.
-
Kimenyi Yves yamenweho imvura y’amafaranga n’abafana bimutera ikiniga [AMAFOTO]
14 September 2019, by Dusingizimana RemyUmunyezamu wa Rayon Sports,Kimenyi Yves waraye ubaye intwari mu mukino wa ½ iyi kipe yasezereyemo Police FC mu gikombe cy’Agaciro,yahawe akayabo k’amafaranga n’abafana ba Rayon Sports uruhago yari yitwaje ruruzura,ibyishimo biramurenga ararira.
-
Ikiganiro kirambuye na Amabilisi Sibomana/ Mu ibonekerwa yabwiwe kudakurikira Guverinoma y’Abatabazi
19 November 2019, by UbwanditsiMu kiganiro Umuryango Tv wagiranye na Amabilisi Sibomana, umugabo w’imyaka 67 wakoze itangazamakuru imyaka 35, yagarutse ku buzima bwa buri munsi bwa Radio Rwanda yakozeho igihe cy’imyaka 33. ibi ni imwe mu by’ingenzi yagiye agarukaho:
"Nagiye gukora ikizamini cyo gukora kuri Radiyo Rwanda kubera gutinya kwigisha mu wa gatandatu. Kubera taille yanjye nto kandi mu wa gatandatu harabaga ibisore natinyaga ko byazajya binsuzugura" Perezida Habyarimana yigeze kuza kuri Radiyo Rwanda aje kureba (…)
Umuryango.rw
Gasabo: Umugabo yitwikiye mu nzu kubera ko iwe bari bagiye kuhateza cyamunara