Abenshi babonye amafoto ndetse n’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga y’umwana muto w’umuhungu ubwiriza ijambo ry’Imana mu buryo budasanzwe ariko hari abo bigora kwemera ko afite imyaka itanu.
Amizero Juge ni umwana ufite impano idasanzwe yo kwigisha ijambo ry’Imana aho yatangiye kubwiriza mu ruhame afite imyaka ibiri n’igice, ndetse tariki ya 13 Gicurasi ubwo yizihizaga isabukuru y’imyaka itanu avutse, yari amaze iminsi mike abonye ubutumire bwo kuzajya kubwiriza muri Australia. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umwana w’umunyarwanda wamamaye kubera impano yo kubwiriza agiye kwerekeza hanze(AMAFOTO+VIDEO)
17 May 2017, by Martin Munezero -
Kamonyi: Abigeze kwangirwa gusezerana umukobwa akagwa muri koma, bagiye gusezerana
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestTariki 22 Kamena uyu mwaka Umuryango twabagejejeho inkuru y’ uwitwa Nsabimana Jean Baptiste wagiye gusezerana imbere y’ amategeko na Nkundubutatu Shalom bigapfa ku munota wa nyuma bitewe n’ uko ise wa Nsabimana yari amaze gutanga amakuru ko abo bageni bafitanye isano ya hafi.
Kuri ubu amakuru yizewe agera ku Umuryango ni uko aba bageni bo mu murenge wa Kayenzi mu karere ka Kamonyi barasezerana imbere y’ amatege kuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeli 2017.
Umuryango ufite kopi y’ ibaruwa (…) -
Kayonza: Umusilikari yasanze ku rugo rwe hamanitse umusaraba wanditseho Kimonyo wapfuye mu kwa kabili
28 March 2019, by UbwanditsiKu urugo rwa SSgt Rubango hari hamanitse umusaraba wanditseho uwitwa Kimonyo ngo wapfuye taliki 18/2/2019
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki 28/3/2019 umusilikali witwa SSgt Benjamin Rubango utuye mu Murenge wa Mukarange, Akagali ka Bwiza Umudugudu wa Amizero yazindutse ahuruza ubuyobozi nyuma yo gusanga ku rugo rwe hamanitse umusaraba bigaragara ko wavanwe ku irimbi ahashyinguwe uwitwa Kimonyo Gerard handitseho ko yavutse mu 1979 agapfa taliki 18/2/2019.
-
Rubavu: Barinubira kubura aho bashyingura ababo
4 November 2021Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu barinubira kubura aho bashyingura ababo bapfuye,bakaba basaba ubuyobozi bw’aka karere kubashakira irimbi ryo gushyinguramo ngo dore ko niryo bifashishaga ryo mu Karundo ryamaze kuzura.
Aba baturage bavuga ko nibikomeza bazajya bajya gushyingura bagatuburura undi muntu wahashyinguwe.
Ibi bihangayikishije abaturage kuko ngo nta rindi rimbi rihari mu yindi mirenge yose usibye iryo mu Karundo ryuzuye.
Umukozi w’akarere ka Rubavu ushinzwe imirimo (…) -
Rwamagana: Umugabo yitwikiye mu nzu n’ umugore we asiga urwandiko[AMAFOTO]
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Munyaneza Seth w’imyaka 43 yohereje abana ku ishuri n’umukozi yifungirana munzu n’umugore we Kayitesi Jeannette w’imyaka 35 arayitwika barashya barakokongoka ,imodoka ya polisi yatabaye izimya inzu ariko isanga bose bamaze gushya bapfuye.
-
Impamvu yateye umunyarwanda Sebuyange w’ imyaka 90 gukora ubukwe n’ umukecuru bamaranye 63 yamenyekanye
23 April 2018, by Nsanzimana ErnestKu Cyumweru tariki 22 Mata 2018 nibwo Umunyarwanda Sebuyange na Nyirabakire bo mu Murenge wa wa Muhondo mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru bakoze ubukwe bw’ amateka basezerana Imana kubana akaramata bamaze imyaka 63 babana. Icyateye uyu musaza gusezerana ngo ni ibyo yabonye mu itabaro aherutse kujyamo.
-
MINEDUC yamaganye ibyo gupima abakobwa mbere y’uko basubira ku ishuri
23 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yabujije ibigo by’amashuri gusaba abanyeshuri b’abakobwa impapuro zerekana ko bipimishije ndetse ko badatwite nyuma y’amezi 7 ashize amashuri yarafunzwe kubera icyorezo cya Covid-19.
-
Imvura yaraye iguye yahitanye abantu barenga 16 ibasanze mu mazu yabo
3 February 2020, by Dusingizimana RemyImvura nyinshi yaraye iguye mu bice bitandukanye by’u Rwanda yahitanye ubuzima bw’abantu barenga 16, isenya n’inzu 15 z’abaturage nk’uko abategetsi babitangaza.
-
Habonetse undi ushaka kuba Perezida w’ u Rwanda avuga ko azaca kugumirwa
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestFred Sekikubo Barafinda kuri uyu wa 12 Kamena 2017, yatunguye abatari bake atanga candidature ye ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu.
Ku isaha ya saa tanu ubwo komisiyo y’ amatora yari imaze kwakira candidature ya Dr Frank Habineza n’ iya Mwenedata Gilbert hari undi mugabo wageze kuri komisiyo y’ amatora aje gutanga kanditature ye.
Sekikubo ubwo yatangaga ibyangombwa hari ibyangombwa atari afite komisiyo y’ amatora imubwira ko afite iminsi itanu yo kuba yatanze ibyo byagombwa.
Sekikubo (…) -
MTN Rwanda yaciwe amande ya miliyari zirenga zirindwi
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyafatiye ibihano ikigo cya MTN Rwanda kizira kutuzuza ibyo cyemeye mu nshingano zacyo gihita gicibwa amande ya miliyari 7 na miliyoni 30 z’Amanyarwanda.
Iki kigo cya MTN gishinjwa kuba cyarashyizeho hanze y’igihugu, muri Uganda, serivisi z’ikoranabuhanga mu itumanaho, zirebererwa na MTN mu karere, kandi binyuranyije n’amabwiriza ya RURA. MTN ngo ibi ikaba yarabikoze itabanje kubiganiraho na RURA kandi yari (…)
Umuryango.rw
Rubavu: Barinubira kubura aho bashyingura ababo
Imvura yaraye iguye yahitanye abantu barenga 16 ibasanze mu mazu yabo