Kuri uyu wa Gatanu tariki indwi Nyakanga biteganyijwe ko Komisiyo y’ igihugu y’ amatora NEC itangaza urutonde rw’ abakandida bemerewe kwiyamamariza umwanya w’ umukuru w’ igihugu mu matora ateganyijwe muri Kanama uyu mwanya wa 2017.
Uru rutonde ntakuka rugiye gutangazwa mu gihe tariki ya 27 Kamena iyi komisiyo yari yatangaje urutonde rw’ agateganyo rwagaragarayeho abakandida babiri gusa muri batandatu batanze kandidatire.
Abagaragaye ku rutonde rw’ agateganyo ni Paul Kagame watanzwe n’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kuri uyu wa gatanu NEC iratangaza urutonde ntakuka rw’ abakandida beremewe kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
7 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Museveni yangiye Abuzukuru be kuza mu Rwanda mu ikipe ya Basketball
10 June 2019, by UbwanditsiMu ikipe ya Uganda y’abakobwa n’abahungu ya Basketball yari igiye kuza mu Rwanda ku munsi w’ejo mu marushanwa ya Basketball y’abatarengeje imyaka 16 igiye kubera mu Rwanda, Abuzukuru batatu ba Perezida Museveni bari muri izi kipe bakuwe ku rutonde ku munota wa nyuma.
Harakekwa umubano mubi uri hagati y’ibihugu byombi muri iyi minsi.
Ibindi kuri aya makuru ni muri iyi nkuru:
Foto: Ikipe ya Uganda ya Basketball U16/Credit: Chimpreports -
RIB yarangije iperereza yakoraga kuri Evode Uwizeyimana washinjwe gukubita umugore
12 February 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko iperereza ku bikekwaho Evode Uwizeyimana uherutse kwegura muri guverinoma ryarangiye.
Kuwa kane w’icyumweru gishize, Bwana Uwizeyimana yashyikirije minisitiri w’intebe kwegura kwe ku mwanya w’umunyamabanga wa leta ushinzwe itegeko nshinga n’andi mategeko.
Hari hashize iminsi micye asabye imbabazi kuri Twitter nyuma yo kunengwa n’uwamubonye asunika agatura hasi umukozi ushinzwe umutekano ku nyubako y’ubucuruzi muri Kigali.
Mu cyumweru (…) -
Peace Cup: Rayon Sports yasubiriye Musanze FC, Sunrise FC ihagama APR FC
10 May 2017, by Martin MunezeroImikino ibanza ya 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro yari yakomeje kuri uyu wa Gatatu, aho Rayon Sports yongeye gutsinda Musanze FC nyuma yo kuyikuraho amanota atatu muri shampiyona, APR FC ihagamwa na Sunrise bagwa miswi ubusa ku busa.
Umukino wa Rayon Sports wabereye kuri Stade Ubworoherane, mu Karere ka Musanze.
Musanze FC yakiniraga imbere y’abafana bayo, niyo yafunguye amazamu ku gitego cyatsinzwe na gitsinzwe na Wai Yeka mu gihe Rayon Sports yaje yishyura. ibifashijwemo na Nsengiyumva (…) -
Nyuma y’umwaka umwe atowe, Meya wa Kamonyi yeguye
20 June 2017, by Ferdinand DukundimanaAmakuru atugezeho none aravuga ko umuyobozi w’akarere ka Kamonyi, bwana Udahemuka Aimable yeguye kuri uyu wa 20 Kamena 2017.
Uyu muyobozi weguye ku mpamvu ze bwite nk’uko ayo makuru abivuga, yeguye nyuma y’umwaka n’amezi ane yari amaze ayobora aka karere kuko yatangiye imirimo tariki ya 26 Gashyantare 2016.
Karuranga Emmanuel uyobora Inama Njyanama y’Akarere ka Kamonyi, yirinze kwemeza aya makuru ngo kuko kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru yari atarabona ibaruwa y’ubwegure bwa Udahemuka (…) -
Perezida Kagame yemeje ko ubutegetsi bwa Joseph Kabila aribwo bwakumiriye Rwandair muri RDC
20 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yatangaje ko Joseph Kabila wamaze imyaka isaga 18 ategeka Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,ariwe wakumiriye Rwandair gukorera ingendo muri iki gihugu.
-
Zimwe mu nshingano Karekezi Olivier yahawe mu gihe azamara atoza Rayon Sports
21 July 2017Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ko Karekezi Olivier ariwe uzasimbura Masudi Djuma nk’umutoza wa Rayon Sports umwaka utaha, mu Kiganiro umuyobozi w’iyi kipe Gacinya Dennis yagiranye na Radio 10 aho yahawe inshingano nyinshi zirimo gutwara ibikombe byose bizakinirwa mu Rwanda mu mwaka w’imikino uri imbere.
Karekezi Olivier wasinye amasezerano y’imyaka 2 muri iyi kipe yahawe inshingano zo gukomereza aho Masudi Djuma yari agejeje ndetse akarushaho cyane ko (…) -
Abaguze UTC ya Rujugiro bati ‘mu bucuruzi iyo washoye neza ntuhomba’
3 November 2017, by Nsanzimana ErnestKigali Investment Company (KIC), yaguze mu cyamunara inzu Union Trading Center yari iya Rujugiro Ayabatwa Tribert yatangaje byinshi kuri iyi nzu birimo no kuba niyo bayimusubiza Rujugiro batahomba.
Ukwezi n’ icyumweru birashize UTC itejwe cyamunara. Iyi nzu yagurishijwe kugira ngo hishyurwe umwenda nyirayo yari abereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro RRA.
Yagurishijwe nyuma y’ igihe gito ibiciro by’ ubukode ku bibanza byayo by’ ubucuruzi byikubye kane.
Umuvugizi wa KIC (…) -
Dr. Mucumbitsi yavuze byinshi kuri Sitoroke, ya ndwara iherutse guhitana DJ Miller, yibasira abagabo kurusha abagore
17 May 2020, by UbwanditsiDr. Joseph Mucumbitsi uvurira kuri Deva Clinic iherereye Nyarutarama yaduhaye ikiganiro kirambuye ku ndwara ya Sitoroke yibasiye abantu muri iki gihe. Iyi ndwara ikaba yica ndetse ikanamugaza. Dr. Mucumbitsi yadufashije gusobanukirwa uburyo yandura, ibimenyetso byayo ndetse n’uko wakwitwara mu gihe wumvise ufite kimwe muri ibyo bimenyetso.
Utabariyemo abo iyi ndwara imugaza, buri mwaka Sitoroke yica abantu batabarika baruta kure abo malariya, igituntu na sida byica byose biteranyije.
Mu (…) -
Karongi: Abantu 18 bishwe n’ umusozi waridutse bashyinguwe Leta ifata mu mugongo abasigaye
8 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Gicurasi 2018 nibwo mu murenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi habaye umuhango wo gushyingura abantu 18 bishwe n’ inkangu y’ umusozi waridutse biturutse ku mvura nyinshi yaguye mu gihugu hose ku Cyumweru.
Umuryango.rw
Dr. Mucumbitsi yavuze byinshi kuri Sitoroke, ya ndwara iherutse guhitana DJ Miller, yibasira abagabo kurusha abagore