Umuyobozi w’Umutwe wa Politiki utavugarumwe n’ ubutegetsi PS Imberakuri, Madamu Christine Mukabunani ntabwo ari ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida-depite bemerewe kwiyamamaza mu matora y’ amadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka ariko ngo agiye kwihutira gukemura akabazo katumye adashyirwa ku rutonde rw’ abakandida.
Ishyaka PS Imberakuri ryatanze urutonde ruriho abantu 65, muri bo abo komisiyo y’ amatora yemeje ko bujuje ibisabwa byose ni abantu 42.
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Christine Mukabunani ntabwo ari ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida-depite
30 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Rusheshangoga Michel yihimuye kuri APR FC yamwirukanye ayitesha amanota
4 October 2019, by Dusingizimana RemyMyugariro mushya wa AS Kigali Rusheshangoga Michel yishyuye APR FC yamwirukanye igitego mu minota y’inyongera bituma inganya uyu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona yayoboye cyane.
-
Mu mvugo ya kibyeyi, Minisitiri Munyakazi yifurije intsinzi abatangiye icya Leta gisoza abanza
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Ugushyingo 2018, nibwo abanyeshuri barangije amashuri abanza batangiye ikizami cya Leta, mu mvugo ya kibyeyi Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ ayisumbuye yifurije intsinzi aba banyeshuri.
-
Abatujwe hafi yagereza ya Huye bizezwa ko izimuka babangamiwe n’umunuko uyiturukamo
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage batujwe hafi ya gereza ya Huye hagendewe ku gishushanyo mbonera cy’umugi wa Huye bakanizezwa ko iyi gereza izimuka baravuga ko babangamiwe n’umunuko w’imyanda ituruka muri iyi gereza.
Abaturage batuye mu mudugudu w’ikitegerezo ahazwi nko ku Karubanda, mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye, bavugako babangamiwe n’umunuko uva muri gereza ya Huye. Uyu munuko ngo wumvikana amasaha yose yaba aya mu gitondo cyangwa nimugoroba.
Bavuga batujwe muri aka gace mu rwego rwo kubahiriza (…) -
Mu mezi ane u Rwanda rwahombye miliyari 5 kubera uburenge
10 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuva mu kwezi kwa Gatanu kwa 2017 kugeza mu kwezi muri Nzeli 2017, u Rwanda rwahombye miliyari 5 bitewe n’ indwara y’ uburenge.
Ubwo iyi ndwara yadukaga mu ntara y’ uburasirazuba inka zo muri iyo ntara zahise zishyirwa mu kato kuburyo nta nka cyangwa ibiyokomokaho byongera kuva muri iyo ntara ngo bigere mu kindi gice cy’ igihugu.
Ibi ngo nibyo byateje u Rwanda igihombo cya miliyoni 10 z’amadorali nk’ uko byatangajwe na Minisitiri w’ ubuhinzi n’ ubworozi Gerardine Mukeshimana.
Yagize (…) -
Ambasaderi Habineza yasobanuye imvano y’ akazina “Joe”
20 July 2017, by Nsanzimana ErnestAmbasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo yasobanuye aho izina Joe benshi bakunda kumwita ryaturutse.
Ambasaderi Habineza avuga ko yavukiye mu karere ka Kamonyi mu ntara y’ amajyepfo, yakuriye mu Kiyovu amashuri abanza ayiga kuri EPA no kuri Saint Famille.
Ayisumbuye yayize I Rubengera mu karere ka Karongi hafi y’ I Kivu.
Agira ati “Nize Latin Scientific ndakomeza , ikiciro gikurikiye cya Section nakize mu Byimana, nyuma nzakwiga ibijyanye na (…) -
Kapiteni wa Rayon Sports Rutanga Eric yagize icyo asaba abakunzi b’iyi Kipe kubakorera mu bihe bibi barimo
7 October 2019, by Martin MunezeroKapiteni wa Rayon Sports, Rutanga Eric yasabye abakunzi ba Rayon Sports gukomezakubashyigikira no kutabatererana mu bihe bibi barimo kunyuramo kuko ari bwo babakeneye cyane kuruta igihe barimo batsinda.
-
Gabon: Umunyamakuru kuri TV y’igihugu yakoze ikosa atangaza ko Perezida Ali Bongo yitabye Imana
11 June 2017, by Ferdinand DukundimanaPerezida Ali Bongo
Ubwo yasomaga amakuru kuri Tereviziyo y’igihugu cya Gabon, umunyamakuru Bi. Wivine Ovandong yakoze ikosa ryo kwibeshya aba avuze ko Perezida Ali Bongo yitabye Imana. Ibi bikaba byamuviriyemo guhita yirukanwa mu kazi.
Asoma amakuru yo kuwa Gatanu, nibwo Wivine yibeshye avuga ko umukuru w’igihugu yapfiriye mu mujyi wa Barcelona muri Esipanye.
Ubusanzwe, ku itariki 8 Kamena, Abanya Gabon bibukaga umubyeyi (Se) wa Perezida Ali Bongo, Omar Bongo, wari umaze imyaka ine (…) -
Perezida wa Congo Brazzaville yashyize umukwe we muri Guverinoma nshya
23 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Congo Perezida wa Congo Brazzaville, Denis Sassou-Nguesso uherutse mu Rwanda, yamaze gushyiraho Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri w’Intebe wari uherutse kwegura mu cyumweru gishize.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Kanama 2017 nibwo Perezida Denis Sassou-Nguesso yashyize Guverinoma nshya nyuma y’uko avuye mu Rwanda mu irahira rya Perezida Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi 2017-2024.
RFI ducyesha iyi nkuru yanditse ko iyi Guverinoma (…) -
Depite Mukabunani wakiriye neza impinduka hari icyo asaba Minisitiri Sezibera na Shyaka
24 October 2018, by Alphonse BikorimanaUmuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi PS Imberakuri , Depite Christine Mukabunani yashimiye cyane Perezida Kagame, ku mpinduka aherutse gukora muri guverinoma, kuko abona ko zaje mu gihe gikwiye kandi bikenewe. Ashimira cyane ko umubare w’abagore wazamutse ukagera kuri 50 % akanemeza ko Perezida wabikoze areba kure.
Umuryango.rw