Bishop Rugagi Innocent ni Umushumba w’Amatorero y’Abacunguwe mu Rwanda. Afite impamyabumenyi (diploma) mu bya tewolojiya yakuye i Nairobi muri Kenya, akaba yitegura kubona iy’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu mpera za Kanama i California.
Ni umugabo wubatse, afite abana batandatu; umuryango we utuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo. Bishop Rugagi Innocent aherutse kwereka abakirisitu be imodoka ihenze na we yahawe n’Imana
Ku biro bye ahari icyicaro cy’Itorero ry’Abacunguwe, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Reba Ikiganiro kirambuye na Bishop Rugagi umaze kwamamara mu gukiza abantu no guhanurira abifuza Range Rover, inzu n’ibindi(VIDEO)
29 May 2017, by Martin Munezero -
Amateka ya Frank Lampard wongeye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea FC
6 April 2023, by Dusingizimana RemyUmwongereza Frank James Lampard agiye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea mu gihe cy’amezi abiri asigaye kugira ngo shampiyona ya 2022/2023 irangire.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 05 Mata 2023 nibwo byatangajwe ko Chelsea iri kuvugana n’umunyabigwi wayo Frank Lampard kugira ngo ayitoza imikino isigaye ya shampiyona.
Uyu munsi tariki ya 06 Mata 2023 nibwo uyu munyabigwi arasinya amasezerano ndetse n’ikipe ikamwerekana ku mugaragaro.
Uyu mutoza waherukaga kwirukanwa na Everton yagaragaye ku (…) -
CAR: UN itewe impungenge n’uko ibintu bishobora kudogera kurushaho nyuma y’igenda ry’ingabo zari mu butumwa bw’amahoro
14 June 2017, by Ferdinand DukundimanaKuri uyu wa Kabiri, Umuryango w’Abibumbye watangaje ko utewe impungenge n’uko ibintu bishobora kongera kudogera mu gihugu cya Repubulika ya Centre Afurika nyuma y’igenda ry’ingabo za Uganda, Sudani y’Epfo n’iza Amerika zari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu.
Umutwe w’iterabwoba uzwi nka Lord’s Resistance Army, uyobowe na Josephy Kony, umaze imyaka 30 ugaba ibitero by’iterabwoba mu duce tunyuranye twa Repubulika ya Centre Africa.
Kuva mu 1987, ubwo Kony yashingaga uyu mutwe, bivugwa (…) -
Col. Ruhunga Jeannot na Kalihangabo bagizwe abayobozi ba Rwanda Investigation Bureau
10 April 2018, by Nsanzimana ErnestIbiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Mata 2018, byagaragaje ko Umukuru w’Igihugu yagize Col. Ruhunga Jeannot Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ (RIB) naho Kalihangabo Isabelle agirwa Umunyamabanga .
Kalihangabo yari asanzwe ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutabera uru rwego rushya ruzaba rubarizwamo.
Itegeko rishyiraho uru rwego risobanura ko rufite inshingano zo gukumira no (…) -
Perezida Kagame yashimiye Arsenal ku munsi we w’amavuko
23 October 2018, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’U Rwanda wizihije isabukuru y’imyaka 61 uyu munsi,yavuze ko yishimiye ko ikipe afana,Arsenal ihagaze neza ndetse yagarutse mu bihe byiza byo gutsinda nyuma y’ uko Arsene Wenger wari umutoza wayo ayisezeyeho umwaka ushize.
-
Diane Rwigara na Mwenedata bashobora gutabwa muri yombi
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki indwi, ubwo Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yashyiraga ahagaragara urutonde ntakurwa rw’ abakandida bigenga yavuze hari Diane Shimwa Rwigara na Mwenedata Gilbert bakoze amakosa mu kwiyamamaza.
Iyi komisiyo yavuze ko ayo makosa agize ibyaha bishobora gutuma bakurikiranwa n’ inkiko bakanafungwa igihe baba bahamye n’ ibyaha. NEC yavuze ko Mwenedata Gilbert na Diane Rwigara basinyije abantu bapfuye.
Yatanze urugero kuwitwa yombayire Enock wo mu Karere ka Gatsibo wari (…) -
Urupfu rw’ umufana wapfuye yagiye kureba aho Impala zicuranga niyo nkomoko y’ umugani “Nta cyabuza Impala gucuranga”
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu bihe bitandukanye byo mu myaka yo ha mbere abantu babiri batakaje ubuzima bagiye kureba aho Impala zicuranga, urupfu rw’ umwe muri bo nirwo rwabaye inkomoko y’ umugani w’ Ikinyarwanda ugira uti “Nta cyabuza Impala gucuranga”
Olukesitere Impala ni itsinda ry’ abacuranzi rikunzwe n’ abatari bake kuva mu myaka irenga 30 ishize.
Mu myaka yo hambere ibitaramo ry’ Impala byaritabirwaga cyane kuburyo hari abantu babiri batakaje ubuzima bagiye kureba aho Impala zicuranga.
Umwe yapfiriye (…) -
Perezida Mnangagwa yatangaje ikintu gikomeye perezida Kagame yasabiye Zimbabwe mu nama ya G7
2 September 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’igihugu cya Zimbabwe Emerson Mnangagwa yabwiye abanyamakuru ko perezida Kagame ari umwe mu bakuru b’ibihugu bifuza ko Zimbabwe ikurirwaho ibihano yafatiwe aho yabisabwe mu nama iherutse guhuza ibihugu 7 bikize ku isi bizwi nka “G7”.
-
Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi Nyarwanda 5 bari gukurura cyane igitsina gabo muri uyu mwaka wa 2017(AMAFOTO)
15 June 2017, by Martin Munezero. Abakobwa beza cyane . Abahanzikazi nyarwanda bahiga abandi mu buranga . Abahanzikazi nyarwanda bakunzwe cyane babikesha uburanga
Ikinyamakuru cy’umuryango.rw twababashije kubakusanyiriza zimwe mu mpamvu nyirizina zitandukanye zishobora gutera umuhanzikazi gukundwa no gukurikiranwa cyane kw’ibikorwa byabo.
Mu bintu bishobora gutuma umuntu akwiyumvamo nk’umuhanzikazi, bisaba kuba ufite ijwi riryoheye amatwi kandi rikabasha kuba ryakurura uryumvise. Nyamara n’ubwo bimeze bityo, ngo biba (…) -
Mu mafoto tambagira umujyi wa Ghent aho Perezida Kagame araganirira n’ Abanyarwanda baba mu Bubiligi
10 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo hateganyijwe igikorwa gihuriza hamwe Abanyarwanda n’ inshuti zabo bakaganira, ni ‘Rwanda Day’ ya mbere igiye kubera mu gihugu cy’ u Bubiligi, irabera mu mujyi wa Kane mwiza muri iki gihugu Ghent mu Cyongereza cyangwa Gand mu Gifaransa.
Uyu mujyi utuwe n’ abasaga ibihumbi 250 uzwiho kuba igicumbi cy’ubucuruzi bw’indabo n’isango kuri ba mukerarugendo baturuka impande zose.
Uyu mujyi utuwe cyane n’abanyemari b’aba ‘Flamand’ amateka (…)
Umuryango.rw
Amateka ya Frank Lampard wongeye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea FC