Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza araburira ko abatekereza guhungabanya umutekano bibeshya, ahubwo ko baza bagafatanya n’abandi gukomeza kuwubungabunga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda bararota ntibazazikabya-IGP Munyuza
16 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Imibonano mpuzabitsina siyo yubaka urugo, ni akantu gato, n’inyamaswa zitagira ubwenge zirayikora/ Past. A Rutayisire
1 April 2019, by UbwanditsiMu kiganiro Pasteur Antoine Rutayisire yahaye Umuryango, yagaye ko haba hari ingo zitandukanwa n’ikibazo cy’imibonano mpuzabitsina aho yemeza ko igitsina ari akantu gatokatagombye gutandukanya abashakanye.
-
Gira Inka igiye kujya ishyirwamubikorwa n’ imiryango itegamiye kuri Leta
11 May 2017, by Nsanzimana ErnestIhuriro rigizwe n’ imiryango itegamiye kuri Leta rigiye guhabwa miliyari y’ amafaranga y’ u Rwanda ngo ibe ariyo ishyira mu bikorwa gahunda ya Girinka.
Kuri uyu wa Kane tariki 11 Gicurasi 2017, nibwo Leta y’ u Rwanda ihagarariwe Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi bashyize umukono ku masezerano yo kwegura imiryango itegamiye kuri Leta ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya Gira Inka.
Ubushakashatsi bwakozwe mu 2016 bugaragazako abanyarwanda 34.6% bavuga ko hari abadahabwa inka muri iyi gahunda (…) -
Akana Alice wahoze arwanya Leta ngo Gitwaza na Minisitiri Busingye batumye ahinduka
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari nziza afata icyemezo cyo gutaha mu Rwanda ubu aravuga ko yishimiye uburyo abayeho kuva yagera mu Rwanda.
-
Pro-Femmes Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi buri kubera mu miryango
18 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmurambo wa Mukeshimana ubwo wari umaze gukurwa mu karima k’ imboga
Impuzamiryango Pro-Femmes Twese Hamwe igizwe n’ imiryango 57 iharanira iterambere ry’ umugore, kwimakaza umuco w’ amahoro no guteza imbere ihame ry’ uburinganire yamaganye urupfu rw’ umugore witwa Mukeshimana Marie Rose wishwe n’ umugabo we Karegeya Alfred akamuhamba mu mbuga agateraho imboga.
Byabereye mu karere ka Gasabo, umurenge wa Remera, akagari ka Nyabisindu, umudugudu w’ Amarembo ya Kabiri ku wa Gatandatu tariki (…) -
Umuganda: Perezida Kagame yasabye ko ibikorwa bitagenewe mu gishanga byimurwa vuba [AMAFOTO]
24 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye abaturage bafite ibikorwa mu bishanga atariho byagenewe kuba ko babihakura vuba mu rwego rwo kurushaho kubungabunga urusobe rw’ ibinyabuzima.
Ubu butumwa Perezida Kagame yabutangiye I Nyandugu mu karere ka Kicukiro aho yifatanyije n’ abaturage mu muganda wo gutunganya igishanga cya Nyandugu kigiye kugirwa pariki y’ ubukerarugendo.
Yagize ati “Gutunganya ibishanga tugomba kubyitaho kuko bijyana no kuzuzanya k’urusobe rw’ibinyabuzima. Abafite (…) -
Perezida Kagame yirukanye Umuvunyi Wungirije ushinzwe kurwanya ruswa atarangije manda
9 March 2020, by UbwanditsiMusangabatware Clement, wari Umuvunyi Mukuru Wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya ruswa Foto/Igihe
Mu itangazo risohotse kuri uyu mugoroba rivuye mu biro bya Misitiri w’Intebe ryavugaga ko Perezida wa Repubulika yashyize mu myanya abayobozi nk’uko itegeko ribimuhera ububasha.
-
Itangazo: StarTimes iramenyesha abakiliya bayo ko izakora amavugurura ku muyoboro wa saterite taliki 09/09/2020
2 September 2020, by UbwanditsiBakiriya bacu,
Mu rwego rwo gukomeza kunoza serivisi tubagezaho, taliki ya 09/09/2020 kuva saa sita z’ijoro kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo hazakorwa amavugururwa ku muyobora wa saterite.
Ibi bizatera ingaruka kuri sinyali (Signal) bityo abadukurikirana bazahura n’imbogamizi ariko ni iby’akanya gato.
Dekoderi ubwazo zizikorera ivugururwa ubundi zisubize ku murongo. Nyuma y’ivugururwa, mukomeje kugira imbogamizi mukureba amashene mwahamagara ku murongo wa StarTimes kuri 078 815 (…) -
Kandida - Perezida Mpayimana ntabwo yabonetse kuri site ebyiri yagombaga kwiyamamarizaho
15 July 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017, ni umunsi wa kabiri wo kwiyamamaza ku bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama.
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe ku isaha ya saa cyenda n’ igice (3:30) z’ umugoroba ntabwo aragera kuri site n’ imwe muri site enye yagombaga kwiyamamarizaho kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Nyakanga.
Kuri gahunda y’ umukandida Mpayimana byari biteganyijwe ko saa mbili za mugitongo yiyamamariza mu murenge (…) -
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya kabiri)
26 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMu gice cya mbere cy’iyi nkuru isobanura ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo, twari twagarutse ku mbaraga z’amagambo yo gushima mu kubaka urukundo rw’abashakanye. Muri iki gice cya kabiri turareba izindi ngingo za ngombwa mu kubaka urukundo n’imibanire myiza hagati y’abashakanye.
Umuryango.rw