Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko abapolisi bacunze umutekano mu nkambi ya Kiziba yo mu karere ka Karongi u Rwanda rucumbikiyemo impunzi zaturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo impunzi zabateye amabuye n’ ibyuma.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Impunzi z’ Abanyekongo zateye amabuye abapolisi b’ u Rwanda
2 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yasobanuye imiterere y’ ikibazo cy’ umutekano muke I Rusizi atanga ikizere ko kiri hafi gukemuka
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’ umutekano muke kimaze iminsi kigaragara mu karere ka Rusizi gahana imbibi n’ igihugu cy’ u Burundi gifitwemo uruhare n’ abantu bava hanze y’ u Rwanda bagakora n’ Abanyarwanda mu bikorwa byo guhungabanya umutekano atanga ikizere ko kizakemuka vuba.
Umukuru w’ igihugu yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki 22 Kamena nyuma y’ umunsi umwe gusa abantu bitwaje intwaro bagabye igitero mu murenge wa Bugarama (…) -
Nyanza: RIB yataye muri yombi Gitifu ukekwaho kunyereza ibikoresho byo kubaka amateme muri VUP
7 December 2019, by Dusingizimana RemyRIB yatangaje ko yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busoro mu Karere ka Nyanza, Muganamfura Sylvestre, ukekwaho kunyereza umutungo wa Leta.
-
"Ntuteshwe umutwe n’isengesho wasenze ejo ngo ni uko ubona ritinze gusohora": Rev Past Nibintije
14 November 2019, by Ubwanditsi"Ariko rero asabe yizeye ari nta cyo ashidikanya, kuko ushidikanya ameze nk’umuraba wo mu nyanja, ujyanwa n’umuyaga ushushubikanywa": Yakobo 1:6
-
Mpayimana yashimiye Paul Kagame watsinze amatora ya Perezida by’ agateganyo
4 August 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wigenga wiyamamarije kuyobora u Rwanda Mpayimana Philippe yashimiye umukandida wa FPR, Paul Kagame watsinze amatora y’ umukuru w’ igihugu nk’ uko imibare y’ agateganyo y’ ibyavuye mu matora ibigaragaza.
Mu ma saha ya saa sita z’ igicuku cyo ku wa Gatanu tariki 04 Kanama buca ari tariki 5 Kanama 2017 nibwo Komisiyo y’ igihugu yatangaje imibare y’ ibyavuye ku matora ku majwi ari ku kigero cya 80 % iyi komisiyo yari imaze kwakira.
Aya majwi yeretse komisiyo y’ amatora ko Paul (…) -
Reba ibintu 10 bitangaje utigeze umenya kuri Meddy harimo no kuba yarigeze gutwika inzu y’iwabo(AMAFOTO)
14 August 2017, by Martin MunezeroNgabo Medard Jobert wihaye akabyiniriro ka Meddy nk’umunyamuziki, yavukiye i Bujumbura mu Burundi, taliki ya 7 Kanama 1989. Ni umuhanzi nyarwanda umaze kubaka izina mu buryo bukomeye mu njyana ya R&B na Pop ndetse na Slow,akaba akorera umuziki we aho yiga muri Leta ya Texas muri Amerika. Meddy wamamaye mu ndirimbo nka ‘Igipimo’, ‘Ungirira ubuntu’, ‘Akaramata’ n’izindi agenda ashyira hanze ni mwene Sindayihebura Alphonse na Cyabukombe Alphonsine,akaba umwana wa kabiri mu muryango w’abana (…)
-
’Abarimu ntabwo bahembwa, biriya ntabwo ari uguhembwa’ PS Imberakuri
15 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka PS Imberakuri ritavuga rumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda riri kwiyamamaza mu matora y’ abadepite, risanga ikibazo gikomereye uburezi ari ireme ry’ uburezi naryo riterwa n’ uko abarimu bahembwa make iri shyaka rigereranya no kudahembwa.
-
Nyamasheke mu myiteguro yo kwimuka mu nzu zakorewemo na komini
1 September 2017, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Nyamasheke kamaze imyaka irenga 10 gakorera mu nzu zahoze zikorerwamo na komine Kagano karitegura kwimukira mu biro bishya bifite agaciro ka miliyari n’ ibihumbi 300.
Ibi biro bishya bizakorerwamo n’ akarere ka Nyamasheke byatangiye kubakwa mu mpera za 2014.
Ku wa Mbere w’ iki cyumweru tariki 28 Kanama 2017, ubwo Umunyamakuru w’ umuryango yasuraga inzu izakorerwamo n’ aka karere yasanze hari abakozi barimo kuhakora imirimo yanyuma (finissage).
Nubwo hari inyubako (…) -
Amagare: U Rwanda rwatwaye imidali ibiri ya zahabu mu mikino nyafurika
13 February 2023, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje gukora amateka mu marushanwa nyafurika yo gusiganwa ku magare kuko mu batarengeje imyaka 23 yatwaye imidali ya zahabu mu bahungu n’abakobwa.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2023,u Rwanda rwatwaye umudali wa zahabu rubifashijwemo na Uhiriwe Byiza Renus mu batarengeje imyaka 23.
Uyu yatsinze umunya Eritrea wamukurikiye ndetse n’umunya Algeria wabaye uwa gatatu.
Ku cyumweru nabwo,Umunyarwandakazi Ingabire Diane (…) -
Ndashaka ko inyigisho duhabwa zijyana n’intego-Perezida Kagame
9 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame yasabye abayobozi batandukanye n’abanyarwanda muri rusange kutigira ubusa ahubwo bakwiriye guharanira ko inyigisho bahabwa zibafasha kugera ku ntego biyemeje.
Umuryango.rw
Amagare: U Rwanda rwatwaye imidali ibiri ya zahabu mu mikino nyafurika