Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho ba Minisitiri n’Abanyamabanga ba Leta mu buryo bukurikira :
I. Abaminisitiri :
1. Madamu UWIZEYE Judith, Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika
2. Bwana GATETE Claver, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi
3. Bwana MUNYESHYAKA Vincent, Minisitiri w’Ubucuruzi n‘Inganda (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abagize guverinoma nshya igizwe n’abagore 13, n’abagabo 18 bamenyekanye
30 August 2017, by Nsanzimana Ernest -
Min Evode Uwizeyimana na Isaac Munyakazi beguye, bashobora no gukurikiranwa mu nkiko
7 February 2020, by NIYIGABA DC CLEMENTKu mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki 6 Gashyantare 2020 nibwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera Ushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga n’andi Mategeko ndetse n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Isaac Munyakazi byatangajwe ko batanze amabaruwa y’ubwegure.
-
BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka
29 June 2021, by UbwanditsiBEFA Language school ni Ikigo kigisha indimi zigera kuri 12 mu buryo bugezweho bufasha abiga kumenya indimi vuba ndetse kikigisha n’amategeko y’ umuhanda kandi nabyo mu buryo bugezweho bunahendutse.
BEFA ni ishuri rya mbere mu Rwanda mu kwigisha indimi kuko dukoresha uburyo bwitwa VIVA akaba ari uburyo bwo kwigisha indimi bugendeye ku mategeko karemano yo kwiga ururimi. Uburyo bwa viva bujya gusa neza n’uburyo twifashishije twiga ururimi rwacu kavukire.
VIVA yavumbuwe na mwarimu witwa (…) -
Bishop Rugagi ngo agiye kuzana indege bidatinze
24 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmushumba w’ itorero Abacunguwe Bishop Innocent Rugagi uherutse guhererwa impano y’ imodoka I Burayi yavuze ko yabajije igiciro cy’ indege ngo nayo azayigure.
Nk’ uko byatangajwe n’ urubuga rw’ itorero abacunguwe ubwo Bishop Rugagi yari mu Bubiligi tariki ya 18/10/2017, kubera ibyishimo n’umunezero Bishop David uyoboye Itorero ryitwa MICA ryo mu mugi wa Brussels yahagaze imbere y’abakristu, ahereza Rugagi urufunguzo rw’imodoka yo mu bwoko bwa Benze Classic c220.
Bishop Rugagi wahawe iyi (…) -
Abacuruzi 9 baciwe amande asaga miliyoni 19 kubera kuzamura ibiciro by’amata ya Inyange
2 November 2021, by Dusingizimana RemyAbacuruzi 9 bo muri Kigali bakorana n’uruganda Inyange mu kugeza amata ku bacuruzi bato bamaze gucibwa amande ya miliyoni 19,5 Frw nyuma y’aho bigaragaye ko bazamuye ibiciro by’amata.
Ni mu bugenzuzi buri gukorwa n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, RICA aho basanze abo bacuruzi bagurishaga amata ku giciro gihanitse, ariko bagatanga inyemeza bwishyu zigaragaza ko batanze ayo mata ku giciro gisanzwe.
Ibi ni nyuma y’uko kuri (…) -
Diane Rwigara na nyina basabiwe gufungwa imyaka 22 no kwishyura amande
7 November 2018, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bushingiye ku ngingo zihana ibyaha baregwa, bwasabye Urukiko kwemeza Adeline Mukangemanyi, n’abantu 5 badahari, icyaha cyo gukurura imvururu muri rubanda, ngo kuko ibyaha aregwa ari impurirane mbonezamugambi, ngo urukiko ruzamuhanishe igihano kiruta ibindi no kongeraho kimwe cya kabiri k’igihano kiruta ibindi, agahanishwa imyaka 22 n’ihazabu ya miliyoni imwe no guhanisha bariya bandi imyaka 15.
Bwasabye kandi ko Diane Rwigara ahamya ibyaha aregwa, agafungwa imyaka 15 ku gukurura imvururu muri rubanda, imyaka irindwi (7) ku nyandiko mpimbano, n’ihazabu ya miliyoni eshatu(3).
-
Huye: Umukozi wo mu rugo yafatanywe igipfunyika cyuzuye urumogi
11 March 2020, by Dusingizimana RemyTariki ya 09 Werurwe 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe Umutoniwase Celine w’imyaka 22, bamufatana ikiyobyabwenge cy’urumogi ubwo yari arushyiriye umucuruzi wo mu mudugudu wa Kigarama, akagari ka Rango mu murenge wa Tumba.
-
IRAHIRA RYA PEREZIDA: Mu gihe runaka imwe mu mihanda ya Kigali yahariwe abanyacyubahiro bakomeye
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestImyiteguro y’ irahira rya Perezida w’ u Rwanda uherutse gutorwa tariki 3 na 4 Kanama irarimbanyije. Polisi y’ u Rwanda ku ruhande rwayo irizeza umutekano Abanyarwanda n’ abanyamahanga bazitabira umuhango w’ irahira rya Perezida Kagame.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017, nibwo kuri sitade Amahoro I Remera hateganyijwe umuhango w’ irahira rya Perezida Paul Kagame.
Ni umuhango uteganywa n’ ingigo y’ 102 mu itegeko nshinga ry’ u Rwanda. Uyu muhango uba bitarenze iminsi 30 Perezida wa (…) -
Umubyeyi wahoze mu buraya yatangaje icyamushenguraga kurusha ibindi aha inama abakiburimo
16 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi w’ abana batatu utuye mu karere ka Rubavu yatangaje ubuzima yabayemo bwatumye yishora mu buraya n’ ukuntu nta kiza yabonyemo agira inama abakibukora.
Uyu mubyeyi yatangarije Umuryango ko yagiye muri uyu mwuga bitewe n’ ubzima bubi yari abayemo nyuma yo gupfusha umugabo bari bafitanye abana batatu.
Yagize ati “Nashatse ndi umwana ndi umunyeshuri. Hanyuma umugabo wanjye aza kwitaba Imana muri 2010,ansigira abana batatu. Nahise mbura uko nasubira iwacu kuko ntavuka inaha mvuka I (…) -
Ifoto ya Anita Pendo igaragaza uburyo Yirya yasekeje abantu batari bake mu bayibonye(AMAFOTO)
18 May 2017, by Martin MunezeroUmunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo yashyize hanze ifoto agaragazamo ngo uburyo yirya ariko yasekeje abantu batari bake bayibonye,aho ndetse bagiye bayivugaho byinshi bigiye bitandukanye. Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo,abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto aho yavuganga ngo uburyo atariwe uzava kuri iyi si atiriye,aho yagize ati “Sinjye uzava kuri iyi si ntiriye diii..hahahahah”.
IYI NIYO FOTO YASKEJE ABANTU Y’UBURYO NGO ANITA (…)
Umuryango.rw
BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka
Abacuruzi 9 baciwe amande asaga miliyoni 19 kubera kuzamura ibiciro by’amata ya Inyange