Abatuye mu kajagari kari mu tugari twa Kangondo I, Kangondo II na Kibiraro I, agace kazwi nka Bannyahe i Nyarutarama mu Karere ka Gasabo bagiye kuhimurwa bajyanywe gutuzwa mu mudugudu ugiye kubakwa mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Busanza.
Uyu mudugudu byitezwe ko uzuzura utwaye miliyari 10 uzaba urimo ibikorwa by’ amajyambere nk’ amashuri n’ isoko ndetse n’ ikibuga cyo kwidagaduriramo.
Kuri uyu wa 31 Werurwe 2018 nibwo ubuyobozi bw’ umugi wa Kigali bwashyize ibuye ry’ ifatizo ahagiye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kigali: Abatuye ‘Bannyahe’ bagiye kuhimurwa bahabwe umudugudu wa miliyari 10
1 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Uzashaka gusenya Rayon Sports nzamumariraho imbaraga mfite zose- Perezida Sadate [Ijambo rirambuye]
23 September 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yatangarije abakunzi b’iyi kipe ko yiteguye guhangana n’umuntu wese ushaka gucamo ikipe ibice no gusenya iyi kipe aherutse gutorerwa kuyobora.
-
‘Abagore barya ruswa gake’ Jeannette Kagame
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko ibigo bifite abagore benshi mu nzego zifatirwamo ibyemezo birangwamo ruswa nkeya, nyamara ngo iyo ruswa itanzwe abagore nibo bagerwaho n’ ingaruka cyane.
-
Uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ryasanishijwe n’Abanyafurika [AMAFOTO]
26 February 2023, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo kurushaho kuzirikana Afurika no gushima abakiriya bayo bo kuri uyu mugabane,uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ririho ibirango bihuje n’imico y’Abanyafurika.
Iri cupa rifite isura cyangwa ibirango bishya byahujwe n’imico y’Abanyafurika kubera amateka iki kinyobwa gifitanye na bo dore ko cyatangiye kwengerwa ku mugabane wa Afurika kuva mu 1965.
Umuyobozi w’uru ruganda Thibault Relecom, akaba umwe mu bagize umuryango wa Michel Relecom, wahanze iki (…) -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Seychelles
13 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuwa Gatandatu w’icyumweru gishize Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rwihariye muri Seychelles, aganira na Perezida Danny Faure uyobora iki gihugu.
-
Ba Ofisiye 618 ba Polisi y’u Rwanda,ba Su-Ofisiye n’Abapolisi Bato 3767 bazamuwe mu ntera
29 January 2019, by Martin MunezeroInama idasanzwe y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere, yemeje iteka rya Perezida rizamura mu ntera ba Ofisiye Bato 618 ba Polisi y’u Rwanda n’Iteka rya Minisitiri rizamura mu ntera ba Su-Ofisiye n’Abapolisi Bato 3767 ba Polisi y’u Rwanda.
-
Minisitiri w’intebe Murekezi arasaba abashinzwe amagereza kuzuza inshingano zabo
15 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yatangije inama ya kane y’ihuriro nyafurika ry’inzego z’amagereza, asaba abayitabiriye kurushaho kuzuza inshingano zabo kinyamwuga no kubyaza umusaruro uru rwego rw’amagereza.
Iyi nama u Rwanda rwakiriye ku nshuro ya mbere yitabiriwe n’abayobozi b’amagereza bo mu bihugu bya Afurika, inzobere mu kwita ku bagororwa, abagize imiryango itegamiye kuri leta na Sosiyete Sivile.
Ubwo yayitangizaga ku mugaragaro, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Anastase (…) -
Kabuga: Ibyo utamenye kuri bya byobo byatawemo abishwe Jenoside
12 July 2018, by Nsanzimana ErnestMu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo muri Centre y’ubucuruzi ya Kabuga ahitwa mu Gahoromani hakomeje kuboneka imibiri myinshi y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Amakuru yatanzwe muri Gacaca n’atangwa n’abaturage agaragaza ko muri 1994 muri Centre ya Kabuga hiciwe Abatutsi benshi baturukaga mu duce tw’Umujyi no mu nkengero zawo nka Ruhanga, Mbandazi, Muyumbu, Ndera, Remera, Kanombe na Masaka, bahungaga bashaka kwerekeza Iburasirazuba, abandi berekeza mu Mujyi. Abo baje biyongera ku Batutsi bari basanzwe batuye i Kabuga. Abatutsi bageraga i Kabuga bakahasanga bariyeri eshanu zikomeye bakahabicira, imibiri yabo igatabwa mu byobo bitandukanye byacukuwe muri Centre ya Kabuga.
-
Ingabo za FARDC zasanganye Lt Gen. Mudacumura Flash Disk n’ibindi bikoresho byuzuyemo amabanga yose y’umutwe wa FDLR
20 September 2019, by Dusingizimana RemyIngabo za Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, FARDC,zasanze flash disk yuzuyeho amabanga menshi mu murambo w’umuyobozi wa FDLR Lt Gen. Mudacumura Sylvestre waguwe gitumo mu ijoro ryo kuwa 18 Nzeri uyu mwaka,akamishwaho amasasu kugeza apfuye.
-
Amagaju FC yasezerewe mu mikino ya Kamarampaka azira kurangara abakinnyi bayo 11 bakandura Covid-19
11 November 2020, by Dusingizimana RemyMu nama yateranye haganirwa ku kibazo cy’Ikipe ya Amagaju FC, yandikiye FERWAFA isaba ko imikino yayo ya Kamarampaka mu gushaka amakipe azamuka mu cyiciro cya mbere, yasubikwa kubera abakinnyi 11 bayo basanzwemo COVID-19,hanzuwe ko iyi kipe ikurwa muri iri rushanwa kubera uburangare bwayo abakinnyi bayo 11 bandura icyorezo cya COVID-19.
Umuryango.rw
Uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ryasanishijwe n’Abanyafurika [AMAFOTO]