Kuri uyu wa 14 Nzeli, I Musanze ku kicaro cy’intara y’Amajyaruguru habereye umuhango w’ihererekanya bubasha ku muyobozi w’intara(Guverineri) mushya Gatabazi Jean Marie Vianney wari usanzwe ari umudepite mu myaka 13 ishize; n’ucyuye igihe kuri uwo mwanya ari we Musabyimana Jean Claude agizwe umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubutaka n’amashyamba.
Musabyimana Jean Claude wari umaze amezi 11 ari umuyobozi w’intara y’Amajyaruguru yasabye abaturage gushyigikira umuyobozi mushya babonye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gatabazi yahawe ububasha n’uwo asimbuye asabwa gukorana neza na bose [AMAFOTO]
14 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
Cyamunara/Huye : Uruganda rw’ ibibiriti rwabuze n’ umwe urugereka
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 11 Nzeli 2018, Maitre Vedaste Habimana, umuhesha w’inkiko w’umwuga yagiye kugurisha mu cyamunara uruganda rw’ibibiriti rwa SORWAL habura umuntu n’ umwe upiganwa. Uru ruganda rubereyemo Leta y’ u Rwanda imyenda y’ imisoro n’ abaturage barukoreraga hari amafaranga batishyuwe.
-
Nyabihu: Abakekwaho kwica umwana na nyina batawe muri yombi
26 November 2018, by Nsanzimana ErnestMukeshimana Forolida n’ umwana we Honoré bari batuye mu murenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu bishwe n’abantu bataramenyekana. Umuyobozi w’ akarere yatangaje ko inzego z’ umutekano zataye muri yombi babiri barimo gukorwaho iperereza.
-
Menya ibyaranze tariki 22 Kamena, umunsi kiliziya yatesheje agaciro ubushakashatsi bwa Galilei
22 June 2017, by Renzaho FerdinandUyu munsi ni tariki ya 22 Kamena, ni umunsi wa 173 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 192 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo kiliziya gatorika yategetswe umushakashatsi mu by’ isanzure Galilei kuvuguruza ibyo yari yatangaje avuga ko Isi izenguruka izuba, gusa nyuma byaje kongera kwemezwa ko ariko kuri.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 22 Kamena mu mateka 168 Mbere y’ivuka rya Yezu: Mu rugamba rwa Pydna: Abaromani bayobowe na (…) -
POROMOSIYO YA PASIKA: TERIMBERE HAMWE NA STARTIMES
25 March 2021, by UbwanditsiNyuma y’uko StarTimes igabanyije ibiciro bya dekoderi ku giciro kitari bwabeho mu Rwanda ku buryo ari muri StarTimes wasanga dekoderi ya make ku isoko ryose. Irongeye kudabagiza abafatabuguzi bayo ndetse n’abifuza kuyigana muri poromosiyo ya pasika yise “TERIMBERE HAMWE NA STARTIMES”; aho mubasha gutsindira bimwe mu bikoresho byagufasha kwiteza imbere.
Ino poromosiyo izatangira tariki 15/03/2021 irangire tariki 08/05/2021 Hakaba harimo Ibihembo byinshi byo gutombora nkaza:
1. Televisiyo (…) -
CCM yibukije Abanyarwanda ko demukarasi atari icupa rya Coca cola umuntu agura uko ashatse
19 June 2017, by Ferdinand DukundimanaPerezida Paul Kagame ageza ijambo ku bari bitabiriye Kongere ya RPF kuwa Gatandatu 17
Ubwo yashimangiraga ko Perezida Kagame yiteguye gutsindira manda ya 3 nk’umukuru w’igihugu, Abdulrahman Kinana, umunyamabanga mukuru wa Chama Cha Mapinduzi "CCM" (ishyaka riri ku butegetsi bwa Tanzaniya) yibukije Abanyarwanda ko bagomba kumva neza umurage w’intwari Julius Nyerere wo guharanira demokarasi nyayo.
Yagize ati “Demokarasi si icupa rya Coca-Cola umuntu ashobora kugurisha aho ashatse. (…) -
Minisitiri Gashumba asanga abantu bose bahagurutse kurandura imirire mibi 100% bitatinda
15 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba aha umwana amata mu irerero ryo muri Nyamagabe
Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yasabye inzego z’ ubuyobozi n’ abaturage guhagurikira rimwe bakarwanya ikibazo cy’ imirire mibi mu bana bato ashimangira ko abantu bose bahagurukiye iki kibazo kurandura imirire mibi byagerwaho 100 ku 100 bidatinze.
Ubu butumwa yabutanze ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’ umubyeyi n’ ubw’ umwana.
Minisiteri y’ ubuzima ivuga mu bikorwa (…) -
FPR itemeje Perezida Kagame nk’umukandida wayo byagenda gute muri PSD yo yamaze kumwemeza?
3 June 2017, by Joseph HakuzwumuremyiVincent Biruta, Perezida wa PSD
Kuri uyu wa gatandatu ishyaka PSD, Ishyaka rivuga ko riharanira demukarasi n’imibereho myiza ya Rubanda ryakoresheje kongere yo kwizihiza imyaka 26 rimaze ndetse no kumvikana ku umukandida uzarihagararira mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe kuri iyi mpeshyi.
Mu buryo budatunguranye ariko buteye kwibazaho mu migendekere yabwo, iri shyaka ryemeje ko umukandida waryo uzarihagararira mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe ku mpeshyi ari (…) -
“NTUKAGAYE IGITABO KUBWO KU KIREBERA INYUMA”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Hatangajwe akayabo gacyenewe mu kubaka ibyangijwe n’Ibiza
7 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi irasaba abagizweho ingaruka n’ibiza bagicumbikiwe muri site zagenwe, kwirinda gusubira mu nzu z’aho ibiza byanyuze kuko igihe icyo ari cyo cyose bahura n’ingorane kuko imvura igihari.
Nyuma y’iminsi 4 mu ntara y’iburengerazuba, iy’amajyaruguru n’igice cy’amajyepfo zihuye n’ibiza byo ku rwego rwo hejuru byasize abagera ku 131 bitabye Imana mu mu masaha 24. Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi Kayisire Marie Solange, ashimangira ko ibintu bitarasubira (…)
Umuryango.rw
Minisitiri Gashumba asanga abantu bose bahagurutse kurandura imirire mibi 100% bitatinda
Hatangajwe akayabo gacyenewe mu kubaka ibyangijwe n’Ibiza