Imiryango 11 igizwe n’abaturage 74 bari batuye mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro i Nyarutarama bafashe icyemezo cyo kwimukira mu mudugudu w’icyitegererezo wa Busanza. Ni nyuma yo kuganirizwa ndetse bakajya no kureba inzu bubakiwe.
Aba baturage bavuga ko nyuma yo kwirebera izi nzu bubakiwe,basanze ari nziza ndetse zinafite ibikorwaremezo byose ku buryo hatandukanye kure n’aho bari batuye.
Imiryango imwe ituye mu duce twa Kangondo na Kibiraro i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali ivuga ko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Imiryango 11 yavuye ku izima yemera kwimuka Kangondo yerekeza Busanza
13 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Ruswa ishingiye ku gitsina iri hejuru mu bigo bya Leta
16 February 2018, by Nsanzimana ErnestMu bagore 100 batse akazi muri Leta 96 babwiye abashakashatsi ba Trensparency International Rwanda ko batswe ruswa ishingiye ku gitsina abanyamategeko bita ‘ishimisha mubiri’.
Biragaragazwa n’ ubushakashatsi uyu muryango urwanya ruswa n’ akarengane wakoze muri 2017 ukaba wabumuritse none tariki 16 Gashyantare 2018.
Ubu bushakashatsi bwakorewe ku bantu 1301 bo mu bigo 120. Abagera kuri 96.3% bavuga ko bumva iki kibazo kivugwa mu nzego za leta.
Amajipo magufi mu kazi ubu bushakashatsi (…) -
REG yongeye guhakanira mu bwenge abahombywa n’ amashanyarazi acikagurika
8 May 2017, by Nsanzimana ErnestImbere y’ abadepite bagize komisiyo y’imari mu nteko ishingamategeko y’ u Rwanda ikigo cy’ igihugu gishinzwe ingufu z’ amashanyarazi REG ku kibazo cyo kuba abashoramari bagwa mu bihombo kubera icikagurika n’ ibura ry’ amashanyarazi, umuyobozi wayo yavuze ko nta byinshi yavuga kuri iki kibazo gusa avuga ko umwaka utaha ibi bizakemuka.
Ubusanzwe byumvikana ko iyo habayeho igihombo uwagiteje asabwa kwishyurwa igihombo cyabayeho ariko kuri REG siko bimeze kuko kwishyura abaturage ibyangijwe n’ (…) -
Ange Kagame na Bertrand bakoreye ukwezi kwa buki ’Honeymoon’ muri pariki ya Nyungwe
21 July 2019, by Martin MunezeroUbwo hari tariki ya 06 /Nyakanga /2019 ku Kimihurura muri IFAK saa yine za mu gitondo, habereye umuhango wo gusezerana imbere y’Imana hagati ya Ange Ingabire KAGAME na NDENGEYINGOMA Bertrand bijyanye n’ukwemera Gatolika, uwo muhango wayobowe na Musenyeri KAMBANDA Antoine.
-
Gicumbi: Meya n’ abari bamwungirije begurijwe rimwe kubera amakosa yagaragajwe na raporo y’ umugenzuzi
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Gicumbi yeguje MUDAHERANWA Juvenal wari Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi na MUHIZI Jules Aimbable wari umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe ubukungu ndetse n’ uwari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ abaturage BENIHIRWE Charlotte.
-
Uburinganire burifuzwa mu buyobozi bushya bwa FERWAFA
14 November 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo ishinzwe gutegura amatora ya Perezida w’ ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda irasaba ko kanditatire y’ urutonde rw’ abifuza kuyobora FERWAFA igomba kuba iriho abagabo n’ abagore kuko ihame ry’ uburinganire bw’ abagabo n’ abagore mu Rwanda ridakwiye gutera imbere mu zindi nzego ngo mu siporo risigare inyuma.
Ibi komisiyo y’ amatora ishinzwe gutegura amatora ya Perezida wa FERWAFA yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Ugushyingo mu kiganiro yahaye abanyamakuru. (…) -
Nyanza: Wa mugabo uheruka kwica umugore we amuziza imitugo yarasiwe muri Gereza
23 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmugabo witwa Ndahayo Jean w’imyaka 43 watawe muri yombi tariki 18 Gicurasi, 2022 akekwaho kwica umugore we bari bagiye kugabana imitungo, yamfiriye muri Kasho nyuma yo kuraswa.
Amakuru dukesha ikinyamakuru UMUSEKE cyahawe n’uwarumuturanyi w’urugo rwa Ndahayo Jean w’imyaka 43 na Nyakwigendera Niyonsaba Helarie w’imyaka 36 ,avuga ko abayobozi bababwiye ko Ndahayo yarwanyije inzego z’umutekano ziramurasa agahita apfa.
Yabwiye Umuseke ati “Yarapfuye, urabariza umuzimu mu bazima. Yapfuye (…) -
“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane.
Ibi Minisitiri Gashumba yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017, ubwo hagaragazwaga aho gushyira mu bikorwa gahunda yo kugabanya umubare w’ abana bagwingira bigeze.
Umugore n’ umugabo batanze ubuhamya muri uyu muhango bagaragaje ko kwita ku mwana no kumurinda kugwingira (…) -
Bugesera: Abarimu barigutanga ibihumbi 9 yo gushyigikira amatora ya Perezida mu Rwanda
21 October 2017, by Iyamuremye JanvierBamwe mu barimu bigisha ku ishuli ribanza rya Kagerero riherereye mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera, baravuga ko ngo ubuyobozi bw’iki kigo bufatanyije n’ubw’Umurenge n’Akarere buri kubasaba amafaranga yo gushyigikira amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda nyamara amatora yarabaye muri Kanama uyu mwaka.
Haba Ubuyobozi bw’ir’ishuri ; ubw’Umurenge n’ubw’Akarere burabihakana gusa Umuyobozi w’Akarere bwo bukavuga ko bagiye gukurikirana icyo kibazo.
Ku ishuli ribanza rya (…) -
Harakekwa akagambane na ruswa mu guteza cyamunara umutungo wa SINAPISI Rwanda
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmwe mu mitungo y’ umuryango ufasha abatishoboye Sinapisi Rwanda watejwe cyamura ngo hishyurwe ideni rya banki. Sinapisi Rwanda igaragaza ko muri iyo cyamunara umutungo wayo wateshejwe agaciro dore ko wagurishijwe miliyoni 24 nyamara umugenagaciro yari yarawuhaye agaciro ka miliyoni 74 akongeraho ko amake uwo mutungo wagurwa ari miliyoni 52.
Ecobank yirinze kugira icyo itangaza kuri iki kibazo gusa Banki nkuru y’ u Rwanda ivuga ko mu kugurishwa imitungo y’ abaturage cyamunara hari igihe (…)
Umuryango.rw
Imiryango 11 yavuye ku izima yemera kwimuka Kangondo yerekeza Busanza
Nyanza: Wa mugabo uheruka kwica umugore we amuziza imitugo yarasiwe muri Gereza
“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba