Umukandida wa FPR inkontanyi Paul Kagame ntabwo ari bwiyamamarize mu turere twa Musanze na Rubavu nk’ uko byari biteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Nyakanga ahubwo iyo gahunda yimuriwe ku wa Gatatu tariki 26 Nyakanga.
Aya makuru yemejwe na Minisitiri w’ umuco na siporo Uwacu Julienne ushinzwe ibikorwa byo kwamamaza umukandida Paul Kagame.
Impamvu yateye iyi mpinduka ntabwo iramenyekana gusa hari amakuru avuga ko uyu munsi nabwo wagizwe ikiruhuko.
Ibi bibaye mu gihe no kuri uyu wa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Paul Kagame kwiyamamariza Musanze na Rubavu byasubitswe
25 July 2017, by Ubwanditsi -
"Mu mezi atatu ari imbere hateganyije imvura iringaniye"Meteo Rwanda
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu cy’ ubumenyi bw’ ikirere Meteo Rwanda cyatangaje ko mu mezi atatu ari imbere hateganyijwe imvura iringaniye, kivuga ko nta biza bikomoka ku mvura nyinshi bizabaho muri aya mezi atangirana na Nzeli kugeza Mu Ukuboza.
Ibi Meteo Rwanda yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeli 2017, mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru.
Twahirwa Anthony ushinzwe iteganyagihe ry’ igihe kirekire n’ igihe kigufi muri Meteo Rwanda yavuze ko impamvu umuhindo y’ uyu mwaka uzagira imvura (…) -
Kicukiro : Umusaza n’ abana be bane babana mu kazu kahoze ari umusarane [AMAFOTO]
26 June 2017, by Nsanzimana ErnestNdaboneye Muzungu, Umusaza uri mu kigero cy’ imyaka 65 aratabaza ubuyobozi kubera ubuzima butaboneye abayemo bwo kuba mu kazu kahoze ari ubwiherero, kurya rimwe na rimwe nabwo agombye gusaba cyangwa agobotswe n’ abaturanyi
Uyu musaza utuye mu mudugudu wa Masaka, Akagari ka Cyimo mu murenge wa Masaka avuga ko umugore we yamutaye kubera ubuzima bubi abayemo.
Akazu atuyemo we n’ abana be bane bagahawe n’ umugiraneza wababonye akabagirira impuhwe.
Ndaboneye yivugira ko iyi nzu abamo yahoze (…) -
Rubavu: Barinubira kubura aho bashyingura ababo
4 November 2021Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu barinubira kubura aho bashyingura ababo bapfuye,bakaba basaba ubuyobozi bw’aka karere kubashakira irimbi ryo gushyinguramo ngo dore ko niryo bifashishaga ryo mu Karundo ryamaze kuzura.
Aba baturage bavuga ko nibikomeza bazajya bajya gushyingura bagatuburura undi muntu wahashyinguwe.
Ibi bihangayikishije abaturage kuko ngo nta rindi rimbi rihari mu yindi mirenge yose usibye iryo mu Karundo ryuzuye.
Umukozi w’akarere ka Rubavu ushinzwe imirimo (…) -
Oliver Karekezi ashobora kuba agiye kwirukanwa muri Rayon Sports
14 February 2018, by Dusingizimana RemyHari amakuru yizewe avuga ko Umubiligi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports wagarutse mu Rwanda nyuma yo kuyivamo asezeye kubera ibibazo atatangarije itangazamakuru mu mwaka wa 2016 ashobora kuba agiye gusimbura Karekezi Olivier utarashimishije abakunzi ba Rayon mu mikino ibiri iheruka.
Uyu mugabo wavuye muri Rayon Sports nyuma y’umukino yatsinzemo Kiyovu Sports igitego 1-0 agasigira ikipe Masudi Djuma wari umwungirije, yagaragaye ku mukino Rayon Sports yakinnye na Musanze FC kuri uyu wa (…) -
Modi yashyikirije abaturage ba Rweru inka yabazaniye muri gahunda ya Gira Inka [VIDEO]
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestNerandra Modi Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde yazanye inka 200 yazanye nk’inkunga kuri gahunda ya Gira Inka yatangijwe na Perezida Kagame, bombi muri iki gitondo bazijyanye mu mudugudu w’ikitegererezo wubatswe Rweru mu karere ka Bugesera bazishyikiriza abo zigenewe.
-
Mpayimana yavuze ko natorwa azaha Abanyarwanda ubwato bujyana ibicuruzwa mu mahanga
27 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza kuyobora u Rwanda yasezeranyije Abanyarwanda ko nibamutora u Rwanda ruzagira ubwato buriho idarapo ry’ u Rwanda bujyana ibicuruzwa mu mahanga.
Ibi Mpayimana yabitangarije mu ntara y’ Iburasirazuba aho yiyamamarije kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2017. Kuri iyi tariki Mpayimana yiyamamarije Kirehe, Ngoma, Kabarondo, na Rwamagana.
Uyu mukandida yabwiye abaturage ko natorwa azateza imbere igihingwa cy’ urutoki abahinzi bakajya bohereza (…) -
Menya igisobanuro cy’umutako w’igiti cya noheri ( ikirugu ) n’ umuntu wagishyize mu nzu ye bwa mbere
25 December 2017, by Nsanzimana ErnestMu bihugu bitandukanye by’isi abantu baritegura umunsi mukuru w’ivuka rya Yesu ( Noheri ) . Biramenyerewe ko mu minsi nkiyi abantu baba bagura ibiti bihenze bagamije kubitaka mu mazu yabo , mu biro ndetse n’ahandi hose hahurirwa n’abantu benshi ariko kandi hari n’ababa badafite amikoro ahagije bahitamo gushaka aho katema ibiti bya sipure kugirango babyifashishe mu kubaka ikurugu ( Christmas Tree ).
Mu kinyejana cya 16 igiti cya sipure gitoshye cyamenyekanye nk’igiti cya Noheli, (…) -
Perezida Kagame nawe yasubije Michaëlle Jean ku rubanza rwa Diane Rwigara
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri iki Cyumweru tariki 11 Ugushyingo 2018, ari I Paris yasubije Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Michaëlle Jean uherutse gutsindwa na Louise Mushikiwabo ko ‘ubutabera bw’ u Rwanda bwigenga’
-
RCS yasobanuye icyatumye bafunga Gereza ya Gasabo
4 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbagororwa bari bafungiye muri gereza ya Gasabo yari iherereye mu murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali bimuriwe muri gereza nshya yubatswe mu murenge wa Mageragere, maze iya Gasabo irafungwa.
Umuvugizi w’ urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS, CIP Sengabo Hellary yavuze ko mu mpamvu zatumye gereza ya Gasabo ishyirwaho ingufuri harimo no kuba yari iri rwagati mu mugi wa Kigali.
Yagize ati “ Iriya Gereza byari muri gahunda ko yimurwa kuko yubatse (…)
Umuryango.rw
Rubavu: Barinubira kubura aho bashyingura ababo