Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yavuze ko abagabye igitero I Nyarugukuru bazamenyekana kaba ari agatsiko kagafatwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ingabo z’ u Rwanda zirizeza abanyarwanda ko abagabye igitero ‘I Nyaruguru bazafatwa’
16 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Mushikiwabo yavuze impamvu agiye kwiyamamariza kuyobora Francophonie kandi u Rwanda rukoresha Icyongereza cyane
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Mme Louise Mushikiwabo yavuze ko kuba agiye kwimamariza kuyobora Umuryango w’ ibihugu bikoresha Igifaransa nta kibazo kirimo n’ ubwo Abanyarwanda benshi bakoresha cyane Icyongereza.
-
Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’ abanyeshuri biga ibijyanye n’ ubushabitsi muri Amerika
26 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2017 yakiriye itsinda ry’ Abanyeshuri biga ibijyanye n’ ubushabitsi muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’ iminsi itatu.
Abo banyeshuri uko ari 30 biga muri Wharton Business School bari mu rugendoshuri rugamije kwiga uko u Rwanda rwiyubatse rukaniteza imbere nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994,
Bashishikajwe no kumenya uburyo bw’ imiyoborere bwakoresheje kugira ngo u Rwanda rubashe (…) -
Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yirukanye abayobozi bane muri RAB barimo na Dr.Gahakwa
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Umuryango wamenye amakuru avuga ko Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yaba yahagaritse ku mirimo abayobozi bane mu Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuhinzi n’ Ubworozi (RAB).
Mu bayobozi bane bahagaritswe harimo na Daphrose Gahakwa wari umuyobozi wungirije w’ iki kigo. Dr. Gahakwa aherutse kuvugwaho gusuzugura abadepite ubwo RAB yagombaga kwitaba abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ umutungo wa Leta (PAC) , (…) -
Gatabazi yahawe ububasha n’uwo asimbuye asabwa gukorana neza na bose [AMAFOTO]
14 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 14 Nzeli, I Musanze ku kicaro cy’intara y’Amajyaruguru habereye umuhango w’ihererekanya bubasha ku muyobozi w’intara(Guverineri) mushya Gatabazi Jean Marie Vianney wari usanzwe ari umudepite mu myaka 13 ishize; n’ucyuye igihe kuri uwo mwanya ari we Musabyimana Jean Claude agizwe umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubutaka n’amashyamba.
Musabyimana Jean Claude wari umaze amezi 11 ari umuyobozi w’intara y’Amajyaruguru yasabye abaturage gushyigikira umuyobozi mushya babonye (…) -
Nizeyimana Olivier yikuye mu mishinga ya De Gaulle
19 July 2017Umuyobozi w’ikipe ya Mukura VS Nizeyimana Olivier wari waratanzwe na Nzamwita Vincent De Gaulle ku rutonde rw’abazaba bagize komite ye niyongera gutorerwa kuyobora FERWAFA yamaze gutangaza ko atakiri mu bazafatanya nawe bitewe n’imirimo myinshi afite.
Nubwo yari ku rutonde ndakuka De Gaulle yari yenda gutanga rw’abazafatanya nawe kwicara ku ntebe ya FERWAFA mu myaka 4 iri imbere, uyu mugabo yamaze kwemeza ko atakibonetse ndetse ko Nzamwita yashaka undi muntu dore ko yari yatanzwe kuri uru (…) -
Kurikira Final ya Europa League kuri StarTimes: Sevilla vs Inter
20 August 2020, by UbwanditsiAbakunzi ba StarTimes bazakurikirana umukino wa nyuma w’igikombe cy’Uburayi, Europa League uzahunza Inter na FC Seville kuri uyu wa gatanu taliki 21/8/2020 saa tatu z’umugoroba. Ni ibirori bidakwiye kuzagucika.
Ikiri kwibazwa ni ukumenya ikipe izegukana iki gikombe hagati ya Sevilla na Inter. Mu mateka ya Sevilla uko yageze ku mukino wa nyuma yatwaye iki gikombe.
FC Seville ntitaratakaza finale na rimwe muri Europa League, imaze kugera ku mukino wa nyuma inshuro 5 kandi izi nshuro (…) -
RIB yatangaje ko wa munyamakuru wa Radio na TV 1 waburiwe irengero ashobora kuba yaragiye muri Uganda
23 July 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi mukuru w’urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda,RIB, Col Jeannot Ruhunga yatangaje ko umunyamakuru wa Radio na TV 1, Constantin Tuyishimire waburiwe irengero kuva kuwa 16 Nyakanga,ashobora kuba yarambutse akigira muri Uganda atabimenyesheje umuryango we.
-
Volleyball:u Rwanda ruratangira rwisobanura na Sudan y’Amajyepfo mu mikino ya Zone V
21 July 2017Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka gatanu izabera kuri Petit Stade I Remera.
Umukino urabimburira iyindi ni urahuza ikipe ya Kenya na Uganda baza gucakirana guhera ku i saa kumi z’umugoroba (4:00pm), mu gihe saa kumi n’ebyiri (6:00pm) ari bwo haraza kuba umuhango wo gufungura ku mugaragaro irushanwa ry’Akarere ka gatanu uraza (…) -
Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga wa Kenya yahawe hafi miliyoni 5 z’ amadorali arazanga
3 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga ku wa Kane tariki 31 Kanama yahawe miliyoni 500 z’ amashilingi ya Kenya arazanga, bukeye atangaza ko ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya biteshwa agaciro hagategurwa andi.
Kenya Commercial Bank (KCB) yatangaje ko aya mashilingi yashyizwe kuri Dr David Maraga n’ umuntu utazwi ahagana 3: 14.
Aya mashilingi ibihumbi 500 ni 4 848 659 mu madorali y’ Amerika ariyo ahwanye na 4,089,686,064 mu mafaranga y’ u Rwanda.
Dr Maraga (…)
Umuryango.rw
Kurikira Final ya Europa League kuri StarTimes: Sevilla vs Inter