Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi umurwanashyaka wa PSD ni umwe mu bantu bagera ku bihumbi 100 bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Paul Kagame mu karere ka Nyaruguru.
Kuri uyu wa Gatandatu ni umunsi wa kabiri wo kwiyamamaza kw’ abakandida Perezida. HE Paul Kagame ariyamamariza mu turere tw’ amajyepfo Gisagara na Nyaruguru.
Umukandida Kagame yamaze kugera mu karere ka Nyaruguru ahateraniye abantu benshi bagera ku bihumbi 100.
Mu bateraniye ku kibuga cyo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyaruguru : Minisitiri w’ intebe Murekezi ukomoka muri PSD ari mubarimo kwamamaza umukandida Kagame [AMAFOTO]
15 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ubufaransa bwegukanye igikombe cy’isi bwaheruka 1998
15 July 2018, by Dusingizimana RemyIbyishimo ni byose ku Bafaransa bari hirya no hino ku isi kuko begukanye igikombe cy’isi ku nshuro ya kabiri mu mateka yabo nyuma yo gutsindira Croatia ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade Luzhniki ibitego 4-2.
-
Rutsiro: RIB yafunze abayobozi 4 b’inzego z’ibanze bazira gukubita no gukomeretsa umukobwa w’imyaka 20
1 May 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwafunze abayobozi 4 b’inzego z’ibanze bo mu Murenge wa Nyabirasi mu Karere ka Rutsiro bakurikiranweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umukobwa w’imyaka 20 bitwaje ububasha bahabwa n’amategeko.
-
Abahoze ari abayobozi ba FDLR bashinjwe uruhare mu bwicanyi bwakorewe abari abakozi ba BRALIRWA n’impunzi z’i Mudende
11 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri,tariki 10 Werurwe mu Rugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rukorera mu Karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, hatangiye iburanisha mu mizi ry’urubanza ruregwamo uwahoze ari umuvugizi wa FDLR, Nkaka Ignace wamenyekanye nka La Forge Fils Bazeye, ndetse n’uwahoze ashinzwe ubutasi muri uyu mutwe, Lt. Col. Nsekanabo Jean Pierre, wamenyekanye nka Abega.
-
Adeline Rwigara ngo abantu 4 si rubanda ahubwo byari ukuganyira inshuti
7 November 2018, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bitabye urukuko ngo bakomeze kuburanishwa nyuma y’ uko barekuwe by’ agateganyo. Saa mbili za mu gitondo bari bageze mu cyumba cy’ iburanisha aho basanze abantu benshi baje gukurikirana uru rubanza.
-
“HAMAGARA ABANTU WIZEYE BAGUFASHE GUKURA IBYO BIBAZO BIRI KU MUTWE WAWE BABITEREKE KU MUTWE WA YESU KRISTO ” ( Igice 1) : Rev./Ev. Eustache Nibintije
18 June 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
ADEPR yabonye umuvugizi mushya, menya abagize komite nyobozi nshya y’ iri torero
30 May 2017, by Martin MunezeroInteko rusange ya ADEPR yateraniye muri Dove Hotel y’iri torero iherereye ku Gisozi, ku murongo nyamukuru w’ibyigwa hakaba harimo gutora abayobozi b’iri torero basimbura abandi bamaze igihe bafunzwe bakurikiranyweho kunyereza amamiliyari y’abayoboke b’iri torero.
Amakuru aturuka mu bantu bafitiwe icyizere bitabiriye amatora aragaragaza ko ubu ADEPR iri kuyoborwa na : 1.Umuvugizi wa ADEPR abaye Karuranga ephrem yari yungirije muntara y’amajyaruguru 2.Vice représentant abaye Karangwa (…) -
Ange Kagame yavuguruje ibyagiye bivugwa ku mukunzi we birimo n’imyaka byavugwaga ko ariyo afite
22 January 2019, by Martin MunezeroNyuma y’umuhango wo gusaba no gukwa Ingabire Ange Kagame umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, uyu mukobwa yavuguruje amwe mu makuru yatangajwe ku mukunzi we nyuma y’uyu muhango.
-
Dore impamvu gitifu wa Ruhango we ategujwe
8 March 2018, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Ruhango ubu kayobowe by’ agateganyo na Nkurunziza Jean Marie washyizweho na Njyanama yako nyuma y’ uko komite nyobozi yegujwe kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018.
Abo njyanama yeguje ni Mbabazi François Xavier wari Umuyobozi w’Akarere; Twagirimana Epimaque wari umuyobozi wungirije Ushinzwe Ubukungu na Kambayire Annonciata wari Umuyobozi Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza.
Perezida wa Njyanama y’ aka karere yatangaje Gasasira Rutagengwa Jérôme ko aba bayobozi begujwe (…) -
Ibyaranze tariki 21 Kamena umunsi wahariwe ibintu bitatu birimo n’ umuziki
21 June 2017, by Renzaho FerdinandTuri Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21 Kamena mu mateka: 217: Ubutegetsi bwa Roma Flaminius yatsinzwe bidasubirwaho na Hannibal Barca mu ntambara yabereye ku kiyaga cya Trasimène.
533: Ingabo z’ubwami bugari bwa Byzantine zitwaje ubwato bw’intambara zahagurutse mu mugi wa Constantinople ziyobowe na Belisarius, zigabye igitero ku ba (…)
Umuryango.rw