Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko ko amateka mabi y’ahahise h’u Rwanda azasibwa no kwiteza imbere, arusaba gukangukira ibyo kwihangira imirimo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Kwihangira imirimo ntabwo bishaka uwabuze akazi kamuha umushahara’-Perezida Kagame (Amafoto)
12 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Kigali: Mu bw’ ububatsi abashyiraho morali bahembwa kurusha abayede
11 August 2017, by Nsanzimana ErnestIyi ni imwe mu nyubako zazamuwe muri Kigali, ifoto yakuwe kuri internet
Abayede n’ abafundi nibo bari bamenyereye kurya ku mafaranga y’ ibikorwa by’ ubwubatsi. Magingo aya hiyongereyeho n’ abashinzwe gutera abandi umurava bifashishije indirimbo; aba bahembwa amafaranga aruta ay’ umuhereza w’ umwubatsi (umuyede).
Morale mu mirimo ikunze gukenerwa cyane iyo abari mu kazi barimo guterura ikintu kiremereye ku buryo bibasaba guhurizahamwe ingufu zabo, yongera gukoreshwa cyane iyo abakozi (…) -
Abahagarariye ibihugu by’Africa muri Kigali barateganya gufatanya n’abanyarwanda gutangiza umuganda mu bihugu bavukamo
30 May 2018, by Nsanzimana Ernestifoto y’ urwibutso nyuma y’ umuganda wo ku wa Gatandatu tariki 26 Gicurasi 2018 witabiriwe n’ abambasaderi 15 n’abagize umuryango uharanira kwibohora nyako kwa Africa wasozaga icyumweru cyahariwe ibikorwa byizihizaga umunsi wo kwibohora nyako kwa Africa wabaye taliki 25 gicurasi 2018
Abagize Pan African Movement(PAM) mu Rwanda bagiye gufatanya n’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda gutangiza umuganda mu biguhugu byose b’ Afurika ikiciro cya mbere kizatangirana n’ ibihugu 15. -
Gicumbi: Gukunda amandazi bituma batwara inda batateguye
24 November 2018Abakobwa bo mu Karere ka Gicumbi bahishuye ko amandazi n’ imyenda igezweho yo kwambara (style) aribyo ntandaro y’ inda zitateganyijwe.
-
Minisitiri Shyaka yashimye gitifu watangije ‘mituweri y’inka’ agahesha u Rwanda igikombe
13 November 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Vincent de Paul ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi ariko igihembo yahawe nk’uhagarariye u Rwanda cyagenewe gahunda yagize ubwo yayoboraga Umurenge wa Nkungu muri ako karere.
-
Mugabo Vianney umaze amezi 3 asezeye mu buyobozi bw’ Umujyi wa Kigali yasimbujwe
29 August 2018, by Nsanzimana ErnestNiyonugabo Joseph niwe Muyobozi mukuru mushya ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali asimbuye Mugabo Vianney uherutse gusezerwa ku mirimo.
-
Uko Minisitiri Mukantabana yasubije Umudepite amubajije impamvu inkuba zikubita I Gatsibo na Karongi ntizikubite I Nyagatare na Ngoma
19 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Imicungire y’Ibiza no gucyura impunzi yabajijwe n’ umudepite wo muri Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu, impamvu inkuba zikubita i Rutsiro ntizikubite i Nyagatare.
Minisitiri Mukantabana Seraphine yasobanuriye abadepite ko hari ubushakashatsi bwakozwe kugira ngo hamenyekane ubwoko bw’imirindankuba byashyirwa mu Karere ka Rutsiro bitewe n’uko kari mu twibasirwa n’inkuba cyane.
Depite Tengera Francesca yasabye ijambo abaza (…) -
‘Ntabwo u Rwanda rwigeze rutora itegeko ryo gukuramo inda’
30 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango utari uwa Leta HDI uharanira ko abaturage bagira ubuzima buzira uvuga ko hari Abanyarwanda bumvise mu Rwanda hari ingingo zemerera umunyarwandakazi gukuramo inda bakagira ngo mu Rwanda hari itegeko ryo gukuramo inda nyamara ngo siko bimeze.
HDI ushima kuba muri 2012, igitabo cy’ amategeko ahana ibyaha mu Rwanda cyaravuguruwe hakongerwamo ko Umunyarwandazi ashobora gukurirwamo inda igihe bibaye ngombwa.
Ingingo ya 166 mu gitabo cy’ amategeko ahana ibyaha mu Rwanda niyo ifite (…) -
Ababyeyi ntibemeranya na MIFOTRA ibuza umwana uri munsi y’imyaka 5 gukora umurimo uwo ari wo wose
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo Kayirangwa Fanfan
Mu gihe hirya no hino mu Rwanda hakomeje kumvikana cy’ abana bato bakoresha imirimo mibi bamwe bagateshwa amashuri, Minisiteri y’ abakozi ba Leta n’ umurimo MIFOTRA yashyize ahagaragara amabwiriza arimo ingingo ivuga ko umwana uri munsi y’ imyaka itanu atenerewe gukora umurimo uwo ari wose.
Ingingo ya 6 aya mabwiriza ya Minisiteri y’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo yo ku wa 11 Ugushyingo 2017, mu kiciro cya mbere kivuga icyo aya (…) -
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa
22 October 2019, by UbwanditsiInshuro nyinshi usanga abantu bakunze kugorwa no kubona aho gutura, inzu zo gukodesha cyangwa ubutaka bwo gukoreraho ibikorwa bitandukanye bitewe no kutamenya aho babariza.
Ikigo cy’Ubucuruzi Multi Design Group Ltd cyashyizemo imbaraga mu gutanga izi serivisi ku bantu bazifuza zerekeranye no kugurisha, gukodesha no gukodeshereza ba nyir’imitungo ndetse no guhuza abagura n’abagurisha inzu n’ibibanza.
Umuryango.rw
Gicumbi: Gukunda amandazi bituma batwara inda batateguye
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa