Dr Frank Habineza, Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka yavuze ko kuba kandidatire ye yemejwe ari insinzi ikomeye ku ishyaka rye kandi ko nk ‘ishyaka babyakiriye neza.
Uyu mukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ni umwe mu bakandida batatu bari ku rutonde ntakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza mu matora ya perezida ya 2017.
Dr Frank Habineza yatangarije Umuryango ko kuba ari kuri uru (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Dr Habineza ngo kuba kandidatire ye yemewe “Ni intsinzi ikomeye kuri Green Party”
8 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Abafite ubumuga barasaba kwibukwa no gufashwa byihariye muri gahunda zigamije kuvana abaturage mu bukene
27 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbafite ubumuga mu Rwanda baravuga ko bafite imbogamizi zo kutagerwaho na gahunda za leta zigamije kuvana abaturage mu bukene zirimo VUP n’inkunga y’ingoboka, bagasaba ko bakwibukwa, ndetse abashoboye gukora muri bo bagahabwa igihembo cyisumbuye ku gihabwa abataramugaye bakorana.
Babigaragaje mu nama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka itegurwa n’Umuryango w’Abanyamakuru baharanira amahoro, Pax Press yabaye ku wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017.
Abafite ubumuga ngo hari abafatwa (…) -
Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na kompanyi ya RITCO
1 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’umwaka umwe y’imikoranire na kompanyi itwara abagenzi ya RITCO aho abafana bayo bazajya bagura amatike yo kugenda mu modoka z’iyi kompanyi bakoresheje amakarita ya Mk Card bazaba bateye inkunga ikipe yabo.
-
‘Ugeze I Kigali aba agomba guhumeka Kigali akaririmba indirimbo Kigali iririmba’ Patricie Muhongerwa
9 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ umugi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ abaturage yavuze ko umuntu wese ugeze I Kigali agomba guhumeka Kigali akarimba indirimbo Kigali iririmba ariyo ‘isuku n’ umutekano’, nyuma asubiza abibaza niba koko Kigali ifite isuku.
-
PL iravuga ko niribona imyanya mu nteko hari ibizahinduka ku byiciro by’ ubudehe
14 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu PL ryatangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza mu murenge wa Base mu karere ka Rulindo yizeje abanyarwanda ko bazabona impinduka muri gahunda y’ ibyiciro by’ ubudehe nibayiha amajwi ikabona imyanya mu nteko.
-
Cyamunara y’imashini zikora itabi zo mu ruganda rwo kwa Rwigara yasubitswe
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestCyamunara y’imashini zikoreshwa mu gutunganya itabi ry’uruganda ‘Premier Tobacco Company Ltd (PTC)’, rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, yari iteganyijwe kuri uyu wa Mbere yasubitswe ny’uma y’uko uyu muryango wanze agaciro kari kahawe izo mashini.
-
’Ibya Kayumba Nyamwasa ntaho bihuriye no gutsura umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo’ Sezibera
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’u Rwanda yatangaje ko yitegura kugirana ibiganiro byo gutsura umubano na Afurika y’Epfo.
-
Perezida Kagame yamaze ubwoba abatinya kujya mu gisirikare ngo batazaraswa
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’ umutoza w’ ikirenga w’ Abanyarwanda yasabye Intore z’ Indangamirwa zifuza kujya mu gisirikare ko amarembo afunguye atinyura abatinya kujya mu gisirikare ngo batarazaswa ababwira ko urupfu ntaho waruhungira.
-
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye impamvu akarere ka Musanze kashyiriweho ingamba zihariye zo kwirinda Covid-19
16 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel yavuze ko ubwo hakorwaga igikorwa cyo gufata ibipimo mu baturage mu buryo bwo gutomboza,mu karere ka Musanze babonye 13% by’abanduye Covid-19 ariyo mpamvu aka karere kashyiriweho ingamba zihariye zirimo no kugera mu rugo saa moya z’umugoroba.
-
Abafana ba Arsenal basabye ko Arteta yakwirukanwa ikipe igahabwa Perezida Kagame wayifurije ibyiza
23 August 2021, by Dusingizimana RemyAbafana ba Arsenal iri mu bihe bibi cyane kuva yabaho,basabye ko umutoza wayo Mikel Arteta yirukanwa hanyuma ikipe igahabwa umukunzi wayo nyakubahwa Perezida Kagame uherutse gusaba ko haba impinduka zituma idakomeza kuba insina ngufi.
Umuryango.rw
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye impamvu akarere ka Musanze kashyiriweho ingamba zihariye zo kwirinda Covid-19
Abafana ba Arsenal basabye ko Arteta yakwirukanwa ikipe igahabwa Perezida Kagame wayifurije ibyiza