Barafinda Ssekikubo Fred umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu ariko utaragaragaye ku rutonde rw’ agateganyo aravuga ko yamaze gutanga ibyangombwa yari yabuze bigatuma atagaragara ku rutonde rw’ agateganyo.
Nk’ uko yabitangarije Umuryango ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 6 Nyakanga ngo ibyangombwa byose yaburaga kuri uyu wa Kane nibwo yarangije kubitanga.
Barafinda avuga ko kuri uyu wa Kane yatanze imikono irenga 600 kugira ngo mu isuzuma rwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Barafinda uvuga ko yazengurutse u Rwanda n’ amaguru ngo yamaze kugeza kuri NEC ibyangombwa byose asabwa
6 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Karongi: Impanuka y’ ikamyo yahitanye batatu ibaye ikamyo ya 3 ihitanye abantu mu mezi 2
18 June 2017, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, mu murenge wa Bwishyura w’ akarere ka Karongi habereye impanuka ikomeye y’ ikamyo ihitana abantu batatu. Ibaye impanuka ya gatatu y’ ikamyo ihitanye ubuzima bw’ abantu kuva muri Mata 2017.
Iyi kamyo yari itwawe na Nkundabagenzi Pascal yarenze umuhanda ikagonga umukingo igwa igaramye, abantu batatu bari bayirimo barimo n’umushoferi bahasiga ubuzima.
Iyi kamyo yari ipakiye ibijumba yavaga mu karere ka Nyamasheke yerekeza mu (…) -
Rujugiro Tribert yatangaje ko azasubirana UTC
26 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatangaje ko afite icyizere ko igihe kizagera agasubirana inzu yahoze ari iye UTC yagurishijwe mu cyamurana ku mpamvu Leta y’ u Rwanda ivuga ko ari ukwishyura umwenda w’ imisoro Rujugiro abereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro (RRA).
Kuri wa Mbere tariki 25 Nzeli 2017 nibwo umuheshwa w’ inkiko yagurishije mu cyamunara inzu yari iya Rujugiro igurwa na Kigali Investment Company.
Uyu muherwe yatangarije Ijwi ry’ Amerika dukesha iyi nkuru ko kuba (…) -
Depite Mukabagwiza yasabye ko mu Rwanda umwana yajya ahabwa indangamuntu akivuka
2 May 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu badepite basabye ko umwana w’ Umunyarwanda yajya ahabwa indangamuntu akivuka kugira ngo byorohereze ababyeyi b’ abana mu ngendo zigana hanze y’ u Rwanda.
-
Ibihumbi 3 bavuye IWAWA barongera baba inzererezi, igisubizo kitezwe kuri Tabara Mubyeyi
12 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu basezerwa mu bigo ngororamuco bagera hanze bamwe bagasubira mu buzererezi no mugukoresha ibiyobyabwenge bitewe n’ uko bakirwa iyo basubiye iwabo. Leta y’ u Rwanda iki kibazo yaragihagurukiye inashyiraho amatsinda yo kugishakira umuti yiswe Tabara Mubyeyi(TAMU).
-
Hon. Mukabalisa yakiriye abadepite bo muri Zambia baje kwigira ku Rwanda
16 May 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 15 Gicurasi 2017, Perezida w’umutwe w’abadepite, MUKABALISA Donatille yagiranye ibiganiro n’itsinda ry’abadepite 7 bo muri Zambia bari mu rugendo shuri hano mu Rwanda.
Aba badepite baje kwigira ku Rwanda ibyerekeranye na gahunda z’ubuzima bw’imyororokere, kuko rwabashije kugera ku ntego z’ikinyagihumbi muri urwo rwego. Abadepite bo muri komisiyo y’ubuzima, iterambere ry’icyaro n’imibereho y’abaturage mu nteko ishinga amategeko ya Zambia baje kwigira ku Rwanda ingamba rwafashe (…) -
Bidasubirwa vuba u Rwanda rugiye kohereza Icyogajuru mu kirere
31 January 2019, by Martin MunezeroNi amakuru yavuzwe cyane mu itangazamakuru yashimangiye ko u Rwanda ruzohereza icyogajuru cyarwo bwite mu usanzure, ubu noneho bidasubirwaho u Rwanda ruzacyohereza muri uyu mwaka wa 2019.
-
Umujyi wa Kigali ugiye kongera ubukangurambaga ku kurwanya itabi
16 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmujyi wa Kigali n’abafatanyabikorwa bawo bavuga ko bagiye kongera ingufu mu bukangurambaga bugamije kurwanya itabi aho abantu bagenda, aho bakorera ndetse n’aho batuye. Umuyobozi w’uyu mujyi wa Kigali Pascal Nyamulinda, avuga ko kunywa itabi ari ikibazo gikomeye gikwiye guhagurukirwa kugirango abaturage bagire ubuzima bwiza.
Nubwo u Rwanda ari kimwe mu bihugu bibuza abantu kunywera itabi mu ruhame, haracyagaragara ababirengaho bakanywera itabi mu ruhame harimo isegereti cyangwa ibyitwa (…) -
Karekezi Olivier avuga ko atazaza gutoza Kiyovu Sports ikirimo umwuka mubi
4 August 2020, by Dusingizimana RemyUmutoza mushya wa Kiyovu Sports,Karekezi Olivier,yatangaje ko nubwo afite itike yo kuza mu Rwanda kuwa 08 Kanama 2020, mu kazi ko gutoza Kiyovu Sports,atazigera aza gutoza iyi kipe kubera ubwumvikane buke buri mu bayobozi b’iyi kipe.
-
Guverinoma: “Ikipe itsinda” yari irangiye mu kibuga babiri mu bayihozemo baragaruka
19 October 2018, by UbwanditsiLouise Mushikiwabo (uherutse gutorerwa kuyobora Francophonie) na Gen James Kabarebe nibo ba Minisitiri bari basigaye mu itsinda ry’abaminisitiri batangiranye manda ya 2 na Perezida Kagame muri 2010
Muri Kanama 2010 nibwo Perezida Paul Kagame yatorewe kongera kuyobora u Rwanda muri manda ya kabiri. Ubwo yarahiraga tariki ya 06 Nzeli 2010 yavuze ko benshi mu bagize Guverinoma bazayigumamo kuko ngo ntawe uhindura “ikipe itsinda”.
Umuryango.rw
Ibihumbi 3 bavuye IWAWA barongera baba inzererezi, igisubizo kitezwe kuri Tabara Mubyeyi
Karekezi Olivier avuga ko atazaza gutoza Kiyovu Sports ikirimo umwuka mubi