Uwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Nubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito Barahira, avuga ko afite ukuri kumurya ahantu agomba gutangaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umusirikare mukuru w’ Ubufaransa yavuze ko ibyo yabonye muri Jenoside yakorewe abatutsi bimubuza gusinzira
21 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Igihingwa cya Cannabis kizwi nk’urumogi kigiye gutangira guhingwa mu Rwanda
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko igihingwa cya cannabis, kizwi mu kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora imiti. Gusa yashimangiye ko bitazaha icyuho abarukoresha nk’ikiyobyabwenge.
-
Senateri Bishagara watowe ahagarariye Intara y’Iburengerazuba yitabye Imana
8 July 2019, by Dusingizimana RemySenateri Bishagara Kagoyire Therese wari uhagarariye Intara y’Uburengerazuba, yitabye Imana kuri uyu Mbere, aguye mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho yari amaze iminsi yivuriza.
-
Senderi International Hit yemeza ko hari ibigwi ahuriyeho na Diamond: Reba Video
6 July 2017, by UbwanditsiSenderi International Hit aka Ingwe y’Umujyi yemeza ko Diamond ari mugenzi we kuko hari ibigwi bahuriyeho!
Ese ibigwi icyamamare Diamond yaba ahuriyeho n’icyamamare Senderi International Hit ni ibihe?
Reba iyi video ushire amatsiko! -
Rwakazina atorewe kuba meya mushya w’ umujyi wa Kigali
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInama Njyanama y’ umujyi wa Kigali itoreye Marie-Chantal Rwakazina w’ imyaka 45 wize ibijyanye n’ ubukungu kuba kuba Umuyobozi w’ umujyi wa Kigali asimbura Pascal Nyamulinda weguye mu kwezi gushize.
-
Perezida Kagame arashimwa ubutitsa n’abo yashyize mu ikipe nshya
31 August 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma y’uko Perezida Kagame atangaje amazina y’abagize Guverinoma nshya afatanyije na Minisitiri w’Intebe mushya wa 11, Dr.Ngirente; abisanzemo bakomeje kumushimira ubutitsa.
Ni ubutumwa bakomeje kunyuza ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter, Bamwe muri aba ni bashya abandi bagiye bahindurirwa imirimo n’ubwo hari abagumishijwe aho bayoboraga.
Dr Diane Gashumba wongeye kugirirwa icyizere akaba, Minisitiri w’Ubuzima yabanje gushyirwa muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, (…) -
Dr Habineza yatanze kandidature ye ku mwanya wa Perezida abura icyangombwa kimwe
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza yatanze ibyangombwa bye bimwemerera guhatanira umwanya w’ umukuru w’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017.
Ku isaha ya saa yine zirengaho iminota mike nibwo Dr Frank Habineza yageze kuri komisiyo y’ amatora aherekejwe n’ abayoboke b’ ishyaka rye Green Party of Rwanda.
Yasanze ategerejwe n’ abatari bake biganjemo n’abanyamakuru.
Dr Frank na bamwe mu bari bamuherekeje bahise bajya mu cyumba cyari cyateguriwe cyakirirwamo kandidare cyane ko yari yamenyesheje (…) -
Abarimo kuvuguta umuti uzatuma Abanyafurika batongera gupfira mu nyanja bajya I Burayi bahuje amaboko
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bwa Pan African Movement(PAM) bwatangije ibikorwa byabwo muri kaminuza yigisha ibijyanye n’ imiyoborere ‘African Leadership University’ ibarizwamo umuryango ‘kupambana’ wiyemeje gushishikariza Abanyafurika gukunda umugabane wabo.
Ibi bibaye mu gihe isi ihangayikishijwe n’ ikibazo cy’ abimukira bava muri Afurika bajya mu Burayi n’ Amerika bibwira ko ariho hari imibereho myiza binatuma abenshi bapfira mu nyanja. PAM na Kupambana bahuriza kukuba Afurika ntacyo ibuze ahubwo ko kuba (…) -
Louise Mushikiwabo atorewe kuyobora OIF ku bwiganze bw’ amajwi
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyarwandakazi Louise MUSHIKIWABO niwe utorewe kuyobora umuryango w’iihugu bikoresha igifaransa kuri uyu wa 12 Ukwakira 2018.
-
Umuhanzikazi Nyarwanda Priscillah mu byishimo bidasanzwe nyuma yo guca agahigo katarakorwa n’abandi bahanzi Nyarwanda
4 June 2017, by Martin MunezeroUmuratwa Priscillah [Princess Priscillah ] umukobwa w’umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Leta zunze ubumwe za Amerika aricinya icyara nyuma yaho indirimbo eshatu yaririmbye zimaze kurebwa incuro zirenga miliyoni imwe kuri youtube. Princess Priscillah nimwe mu bahanzikazi nyarwanda bari imbere mu bafite abakunzi benshi , bagendera ku buryo azi kuririmba ndetse akaba anafite uburanga bumufasha kwigarurira imitima y’abafana benshi.
Uyu muhanzikazi yamenyekanye mu ndirimbo (…)
Umuryango.rw
Igihingwa cya Cannabis kizwi nk’urumogi kigiye gutangira guhingwa mu Rwanda