Mu kiganiro n’itangazamakuru ku buzima bw’igihugu, Minisitiri w’Intebe yavuze ko kuba Leta yiyemeza gukurikirana Umuyobozi wo ku rwego rwa minisitiri ari ikimenyetso nta kuka ko nta kujenjekera uwo yagaragayeho bizigera bibaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri w’intebe yavuze kuri Dosiye ya Bamporiki n’icyo Leta yiteguye gukora kuri ruswa
18 May 2022, by Joseph Iradukunda -
Kenya: Abantu 60 barokotse mu buryo bw’igitangaza impanuka ya Bisi yataye umuhanda yibirindura ku musozi
9 June 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri iki Cyumweru,imodoka ya bisi yavaga Kakamega yerekeza Nairobi yataye umuhanda yibirindura ku musozi ariko kubwa amahirwe abantu 60 bari bayirimo ntawahasize ubuzima.
-
RDC:M23 yigaramye ibirego ishinjwa byo kwica abasivili 60
1 May 2023, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 wahakanye ibirego bikomeje kuvugwa mu bitangazamakuru byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yishe abasivili 60, ivuga ko bidafite ishingiro.
-
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya“Eisenhower Fellowoships” inkomoko y’iterambere ry’u Rwanda nyuma ya jenoside
14 June 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga witwa “Eisenhower Fellowoships” yateraniye i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kamena 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje gutera imbere biterwa n’uko buri munyarwanda akora cyane ndetse nta wifuza gusubira mu mateka mabi yaranze u Rwanda.
-
Amerika: Umusenateri yabwiye bagenzi be ibigwi bya Perezida Kagame
24 January 2018, by Nsanzimana ErnestSenateri Jim Inhofe wo muri Sena ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, yasobanuriye bagenzi be iterambere ry’ u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ uruhare Perezida Kagame yabigizemo kubwe ngo iryo terambere ni igitangaza’.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Mutarama 2018, ubwo Sena ya Amerika yari iteranye, Senateri Inhofe yafashe umwanya asobanurira abandi basenateri ishusho nyayo ku Rwanda, n’uburyo Perezida Kagame yahisemo inzira itarakekwaga na benshi y’ubwiyunge kugira ngo (…) -
Itangazo ry’inama rusange ya Koperative Duture Heza Rwanda (DHR)
7 November 2019, by UbwanditsiUbuyobozi bwa Koperative DUTURE HEZA RWANDA (DHR) bwishimiye gutumira Abanyamuryango bayo bose mu Nama Rusange izabera muri HILLTOP HOTEL ku cyumweru tariki ya 10/11/2019 saa munani za nimugoroba (14h).
Ku murongo w’ibyigwa hateganijwe ingingo imwe gusa: Gutora abagize Komite ziteganijwe mu mategeko shingiro (statuts).
Bikorewe i Kigali, tariki ya 01/11/2019
Ubuyobozi bwa Koperative DUTURE HEZA RWANDA. -
"Akarayifumbwe": Rwa rukingo rwa Kanseri y’umura ngo rwaba rutera abakobwa gushaka gusambana cyane
22 November 2020, by UbwanditsiHari amakuru ko rwa rukingo rwa kanseri y’umura rumaze igihe rugeragerezwa mu Rwanda ku bana b’abakobwa n’abangavu rwaba rubatera ubushake bukomeye bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Iki kikaba gishobora kuba kiri no mu bizamura imibare y’abana b’abakobwa batwita. Ibi byatangajwe n’umunyamakuru Mugabe Robert ubwo yari mu kiganiro Akarayifumbwe. Ikiganiro cyagarukaga kuri raporo ya Sena ku kibazo cy’imibare ikomeje kuzamuka y’abana b’abakobwa.basambanywa ndetse n’abaterwa inda
Nta kintu (…) -
Nyamagabe: Umuntu utaramenyekana yataye umwana w’uruhinja amusigira urwandiko ruvuga ko amukunda
27 September 2019, by Dusingizimana RemyUmuntu utaramenyekana yataye umwana w’amezi 4 mu ishyamba ryo mu mudugudu wa Sumba, Akagari ka Sumba umurenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe, arangije amusigira akandiko gato kanditseho igihe yavukiye ndetse n’amagambo agira ati “’Bayi Bebe ndagukunda”.
-
Mu bakora uburaya 100, haba harimo 46 barwaye SIDA
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi bwagaragaje ko ikigero cy’ Abanyarwanda banduye agakoko gatera SIDA kiri 3% ndetse ko hashize imyaka 10 iki kigero kidahinduka.
Imibare itangwa n’ ikigo cy’ igihugu cy’ ubuzima RBC igaragaza ko ikigero cy’ agakoko gatera SIDA mu bakora uburaya ari 45,5%.
Imibare igaragaza ko abagore ari bo benshi banduye SIDA, ndetse ko mu mugi wa Kigali ariho hagaragara abantu benshi banduye agakoko gatera SIDA.
Muri rusange abagabo banduye agakoko gatera SIDA ni 2,2% mu gihe abagore (…) -
Ubuhamya bwa Munyakazi wavuye Iwawa
2 August 2017, by Renzaho FerdinandUbuhambya bw’uwavuye Iwawa amazeyo umwaka n’amezi 2, uvuga ko kujya mu bigare bibi bituma wishora mu biyobyabwenge umukwabo ukaba wagufata ukajyanwa Iwawa, ariko ngo iyo bagezeyo ntabwo bakubitwa ahubwo barigishwa.
Iwawa, ni agace kari mu kiyaga cya Kivu hazwi cyane nk’ahajyanwa abantu baba bananiranye, bakagororwa bagasubira ku murongo, nyamara benshi wumva bahatinya ariko ngo abagezeyo barigishwa bakavayo bahindutse.
Munyakazi Emmanuel, utuye mu mudugudu wa Kivuruga, akagari ka (…)
Umuryango.rw
Minisitiri w’intebe yavuze kuri Dosiye ya Bamporiki n’icyo Leta yiteguye gukora kuri ruswa
RDC:M23 yigaramye ibirego ishinjwa byo kwica abasivili 60
Itangazo ry’inama rusange ya Koperative Duture Heza Rwanda (DHR)
Ubuhamya bwa Munyakazi wavuye Iwawa