Mu kiganiro Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu yavuze ko ibihano Ibihugu by’Uburayi na Amarika byafatiye Uburusiya byatumye ubu U Rwanda ruri gushakisha ahandi rwakura ingano zavaga mu gihugu cy’Uburusiya ruzivanye muri Tanzaniya.
Ibihugu by’Uburayi na Amerika byafatiye ibihano byo mu rwego rw’ubukugu Uburusiya nyuma y’aho iki gihugu giteye Ukraine.
Uburusuya bwateye Ukaraine mu rwego rwo kuyikumira ngo itinjira mu Muryango wo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Hari gushakwa ahandi ingano zava atari mu Burusiya, havaga 64% by’izo u Rwanda rukenera
16 March 2022, by Ubwanditsi -
Perezida Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego za gisirikare
2 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Paul Kagame, yahinduye bamwe mu bayobozi b’ingabo, aho Maj. Gen. Emmanuel Bayingana yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu kirere.
-
MINISANTE igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwirinda VIH/SIDA
26 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda igiye gutangiza uburyo bwo gufasha Abanyarwanda kutandura virusi itera SIDA bwiyongera ku bwari busanzwe.
-
Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga wa Kenya yahawe hafi miliyoni 5 z’ amadorali arazanga
3 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga ku wa Kane tariki 31 Kanama yahawe miliyoni 500 z’ amashilingi ya Kenya arazanga, bukeye atangaza ko ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya biteshwa agaciro hagategurwa andi.
Kenya Commercial Bank (KCB) yatangaje ko aya mashilingi yashyizwe kuri Dr David Maraga n’ umuntu utazwi ahagana 3: 14.
Aya mashilingi ibihumbi 500 ni 4 848 659 mu madorali y’ Amerika ariyo ahwanye na 4,089,686,064 mu mafaranga y’ u Rwanda.
Dr Maraga (…) -
Kigali: Abamotari bahishuye impamvu bitwikira ijoro bagahenda abagenzi
13 May 2022, by Dusingizimana RemyAbakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bahitamo kudakoresha mubazi mu masaha y’umugoroba kubera ko baba biriwe bazikoresha bagacibwa amafaranga n’ubu batarumva igisobanuro cyayo hanyuma bagashaka uko bayagarurira ku bagenzi mu masaha y’ijoro.
Bamwe mu bakunze gutega moto mu Mujyi wa Kigali, babwiye RADIOTV10 dukesha iyi nkuru ko mu masaha y’umugoroba ibiciro by’ibi binyabiziga biba byikubye kabiri kandi abamotari ntibemere gukoresha mubazi zashyizweho mu (…) -
U Rwanda rwahishuye inyungu iri mu kuba Perezida Kagame yarasuye Jamaica na Barbados
18 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uruzinduko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda amaze Iminsi agirira mu bihugu 2 aribyo Jamica na Barbados , ibiro by’umukuru w’igihugu byatangaje zimwe mu nyungu u Rwanda rufite kuri uru ruzinduko.
-
Bamporiki, RALC na Minisitiri Nyirasafari bagize bavuga ku birori bizakorerwa ubusambanyi [AMAFOTO]
8 November 2018, by Martin MunezeroNyuma y’iminsi mike hadutse inkuru ivuga ku gitaramo cyo gusambana kigiye kubera mu Mujyi wa Kigali, kigatungura abantu benshi, ubu hamaze kwemezwa ko iki gitaramo kitakibaye n’ubwo nta Tangazo rigikumira ryari ryashyirwa ahagaragara.
-
The Ben yashimiwe ubumuntu yagize ubwo yashyiraga ahagaragara abantu 9 akesha kuba uwo ari we (AMAFOTO)
31 May 2017, by Martin MunezeroThe Ben yavuze kuri Dr Jack witabye Imana wamukoreye ibihangano bitandukanye.The Ben yanyuzwe n’akazi yakorewe n’aba Producers barenga umunani.The Ben ngo akazi kakozwe n’aba Producers icyenda kamukoze ku mutima.
Mugisha Benjamin uzwi cyane nka The Ben akaba umuhanzi w’umunyagikundiro usigaye ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko yanyuzwe n’akazi gakomeye yakorewe n’aba Producers [Abatunganya muzika] bo mu Rwanda batumye aba uwo ariwe kugeza ubu.
Uyu muhanzi wari (…) -
Abasirikare bakekwaho kurasa Ntivuguruzwa bagiye kuburanishwa
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 23 Kamena I Gikondo hateganyijwe urubanza ruregwamo abasikare bakurikiranyweho kwica barashe Aimé Ntivuguruzwa Yvan.
Mu ntangiriro za Gicurasi uyu mwaka nibwo abasirikare babiri bivugwa ko bari basinze barashe Ntivuguruzwa amasasu menshi bimuviramo urupfu.
Uru rubanza ruraburanishirizwa mu cyumba cy’ Akagari ka Karugira guhera saa mbili z’ igitondo.
Aimé Kalisa mukuru wa Nyakwigendera aganira n’ Ikinyamakuru Umuryango kuri uyu wa 22 Kamena yashimiye (…) -
Burera: Abatuye mu gace k’amakoro bugarijwe n’umwanda uterwa no kutagira ubwiherero
8 June 2017, by Ferdinand DukundimanaAbaturage b’akarere ka Burera by’umwihariko abatuye hafi y’ikirunga mu gace k’amakoro baravuga ko bugarijwe n’umwanda uterwa n’ubwiherero bwubatswe nabi kubera ubutaka bugufi mu bujyakuzimu.
Nk’uko bitangazwa n’abaturage batuye mu murenge wa Gahunga, ngo usanga ubwiherero bwabo butarengeje metero imwe y’ubujyakuzimu kubera ko iyo bacukura bahura n’urutare rushashe kandi bitakorohera buri wese kurumena.
Uyu ni umuturage wo mu murenge wa Gahunga "Ubwiherero butujuje ubuziranenge dufite (…)
Umuryango.rw
Hari gushakwa ahandi ingano zava atari mu Burusiya, havaga 64% by’izo u Rwanda rukenera
MINISANTE igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwirinda VIH/SIDA
Kigali: Abamotari bahishuye impamvu bitwikira ijoro bagahenda abagenzi
U Rwanda rwahishuye inyungu iri mu kuba Perezida Kagame yarasuye Jamaica na Barbados