Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 , Perezida Abdel Fattah al-Sisi, na Perezida Kagame bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru, aho Perezida Kagame yavuze ko yifatanyije n’Abanyamisiri mu kababaro nyuma y’impanuka ya gari ya moshi yabereye mu Mujyi wa Alexandria kuwa Gatanu w’icyumweru gishize.
Mu butumwa umukuru w’Igihugu yananyujije ku rukuta rwe rwa Twitter buvuga ko afashe mu mugongo abaturage ba Misiri baburiye ababo mu mpanuka ya gari ya moshi yahitanye benshi. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
P.Kagame yifatanyije n’abanyamisiri mu kababaro nyuma y’impanuka ya gari ya moshi
15 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
FEVA basabye ko abihishe inyuma y’ ubucakara muri Libya bashyikirizwa ICC
24 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa DGPR akaba na Perezida wa FEVA, Dr Frank Habineza
Ishyirahamwe ry’ Amashyaka Arengera Ibidukikije muri Afurika, Fédération des Verts d’Afrique (FEVA) ryasabye Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe (AU) gushyikiriza Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC abihishe inyuma y’ ubucakara bwadutse muri Libya.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ubuyobozi bwa FEVA bwashyize ahagaragara kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2017, iri shyirahamwe ryababajwe bikomeye no kubona amafoto y’ Abanyafurika (…) -
COVID-19 yahitanye abandi bantu 2 handura 217 biganjemo abo mu masoko ya Kigali
24 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 2 bahitanwe na Covid-19 barimo uw’imyaka 64 n’uwa 70.Aba bantu biyongereye ku bandi 12 bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 14.
-
Hon. Mukabalisa yakiriye abadepite bo muri Zambia baje kwigira ku Rwanda
16 May 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 15 Gicurasi 2017, Perezida w’umutwe w’abadepite, MUKABALISA Donatille yagiranye ibiganiro n’itsinda ry’abadepite 7 bo muri Zambia bari mu rugendo shuri hano mu Rwanda.
Aba badepite baje kwigira ku Rwanda ibyerekeranye na gahunda z’ubuzima bw’imyororokere, kuko rwabashije kugera ku ntego z’ikinyagihumbi muri urwo rwego. Abadepite bo muri komisiyo y’ubuzima, iterambere ry’icyaro n’imibereho y’abaturage mu nteko ishinga amategeko ya Zambia baje kwigira ku Rwanda ingamba rwafashe (…) -
Mu mafoto na Video: Reba uko byari byifashe mu irushanwa ry’ ibigeragezo 2017
19 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tari 18 Kamena 2017, I Masaka mu karere ka Kicukiro habereye irushanwa ry’ ibigeragezo “Waka Warrior Race 2017, abarushanwa baca mu bigeragezo birimo kunyura mu byondo , n’ indi mitego itandukanye.
Abarushanwa bashobora kurushana mu matsinda cyangwa umuntu akarushanwa ku giti cye.
Abitabiriye iryo rushanwa banyuze mu bigeragezo birimo imitego kuburyo hari aho bageraga bakanyura mu byondo bakabyivurugutamo, bakurira ibintu bimeze nk’urukuta, bakanyura munsi ya senyenge, (…) -
‘Umwaka ushize umusaruro w’ ubuhinzi wariyongereye kurusha uwawubanjirije’ Dr Ngirente
3 April 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yagaragarizaga inteko ishinga amategeko uko umusaruro w’ ubuhinzi uhagaze n’ ingamba guverinoma ifite mu guteza imbere ubuhinzi n’ ubworozi mu myaka iri imbere yavuze ko umusaruro w’ ubuhinzi umwaka ushize wa 2017 wiyongereho 7% mugihe mu mwaka wa 2016 wari wiyongereho 4% anagaragaza ingamba guverinoma ifite ngo uyu musaruro uzakomeze kwiyongerera anavuga Umubare w’ Abanyarwanda batunzwe n’ ubuhinzi.
Minisitiri w’ intebe yavuze ko (…) -
U Rwanda rwasabye iperereza ku ‘Isasu’ ryahitanye umunyarwanda riturutse muri congo
17 September 2017, by Iyamuremye JanvierKu mugoroba wo kuwa gatanu, tariki ya 15 Nzeri ahagana saa kumi n’imwe n’igice ku mupaka w’u Rwanda na DRC (Kamanyola- Bugarama), humvikanye amasasu ku ruhande rwa DRC. Isasu riturutse hakurya muri Kongo ryaje kwitura ku munyarwanda wigenderega witwa Iyakaremye Samuel wari ku butaka bw’u Rwanda.
Iyakaremye yahise ajyanwa kwa muganga ariko ku bw’amahirwe make yapfiriye mu nzira ajyanwa kwa muganga ku Kigo Nderabuzima cya Bugarama.
Rwanda rwahise rusaba Itsinda ryo mu ngabo z’ Umuryango (…) -
‘Guhagarika Human Right Watch siwo muti’ Sibomana
15 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ urugaga rw’ amasendika akorera mu Rwanda COSYLI, (Conseil National des Organisations Syndicales Libres au Rwanda Innocent Sibomana asanga u Rwanda rudakwiye guhagarika ibikorwa by’ umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu ‘HRW’ ahubwo rwajya rukosora amakosa yagaragajwe na HRW, ibitari ukuri rukabyirengagiza.
Sibomana yagaragarije UMURYANGO ko atemeranya n’ abadepite basabye ko u Rwanda rwirukana HRW.
Yagize ati “HRW, kuyihagarika njyewe ndumva atariwo muti. (…) -
“HAMAGARA ABANTU WIZEYE BAGUFASHE GUKURA IBYO BIBAZO BIRI KU MUTWE WAWE BABITEREKE KU MUTWE WA YESU KRISTO ” ( Igice 1) : Rev./Ev. Eustache Nibintije
18 June 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Rtd.capt.Bwitare wari mu basirikare babohoje u Rwanda bakanahagarika Jenoside Yitabye Imana
10 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Mata 2020,nibwo hamenyekanye inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Eulade Bwitare Nyirinkindi wari umukozi w’Ambassade ndetse wanabaye Diplomate w’u Rwanda mu Bubiligi yitabye Imana kuri uyu Gatanu tariki ya 10 Mata 2020.
Umuryango.rw
COVID-19 yahitanye abandi bantu 2 handura 217 biganjemo abo mu masoko ya Kigali
Rtd.capt.Bwitare wari mu basirikare babohoje u Rwanda bakanahagarika Jenoside Yitabye Imana