Leta ya Congo yateye utwatsi ibyo u Rwanda ruyishinja ko indege yayo, Sukhoi-25 yongeye kuvogera ikirere cyarwo.
Mu itangazo iyi leta yasohoye yavuze ko "nta ndege n’imwe muri ebyiri z’intambara za Congo yavogereye ikirere cy’u Rwanda,kuwa 28 Ukuboza 2022."
Iri tangazo rya leta ya Kongo rivuga ko imenyesha amahanga ko izi ndege zagurukiye hejuru y’ikiyaga cya Kivu ku butaka bwa RDC ko zitigeze zigera mu Rwanda.
Yavuze ko u Rwanda rudakwiriye kuvuga ko kuguruka kw’indege za RDC ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta ya RDC yamaganye u Rwanda rwayishinje kuvogera ikirere cyarwo n’indege y’intambara
30 December 2022, by Dusingizimana Remy -
Rutsiro : Abakozi 13 bafunzwe bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta bagizwe abere
10 December 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwagize abere abakozi 13 b’Akarere ka Rutsiro na rwiyemezamirimo nyuma y’amezi bane bafunzwe bakurikiranyweho kunyereza umutungo wa Leta.
-
Rwamagana: Wa mugabo ukekwaho kwica umugore we akamucamo ibice akabijyana mu rufunzo agiye kuburanishwa
9 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ntezimana Jean Damascene wo mu karere wa Rwamagana, umudugudu wa Nyagatovu Akagari ka Kabasore murenge wa Karenge ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we azaburanishwa ejo tariki 10 Nyakanga 2018 niko akarere ka Rwamagana katangaje.
-
Undi mugororwa yatorotse gereza akoresheje umugozi
9 April 2018, by Martin MunezeroUrwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) rwatangaje ko mu ijoro ryo kuri iki cyumweru taliki ya 8 Mata 2018, umugororwa witwa Mwumvaneza Patrick yatorotse Gereza ya Huye iherereye ku Karubanda.
Umuvugizi wa RCS, SIP Sengabo Hillary, yabwiye itangazamakuru ko Mwumvaneza Patrick yatorotse yuriye uruzitiro akoresheje umugozi.
Yagize ati “Yego ni byo yatorotse mu ijoro ryacyeye. Yakoresheje imigozi ubu hari gukorwa iperereza kugira ngo tumenye aho aherereye.”
Mwumvaneza Patrick (…) -
Rafael Da Silva yatangaje impamvu ikomeye yatumye abura ibitego mu ikipe ya Rayon Sports
23 May 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Jonathan Rafael da Silva umaze muri Rayon Sports amezi 6 yavuze ko impamvu yatumye atabona ibitego mu ikipe ya Rayon Sports ari ukubera kutamenya indimi zikoreshwa mu Rwanda ndetse no kuba kure y’umuryango we.
-
#Umwiherero 2020: Nubwo Uganda idusaba gufungura imipaka niyo yayifunze-Perezida Kagame
16 February 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko ikibazo cy’u Rwanda na Uganda cyakomejwe na Uganda ubwayo kuko ariyo yahohoteye Abanyarwanda bajyagamo bituma asaba ko bahagarika kujyayo kuko batafatwaga neza bagezeyo.
-
Perezida Kagame ari Nayirobi mu muhango wo kwakira DRC muri EAC[AMAFOTO]
8 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Kagame yamaze kugera i Nairobi mu gihugu cya Kenya , ahagiye kubera umuhango wo kwakira umukono ku masezerano yinjiza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba(EAC).
-
Minisitiri Mushikiwabo ntiyemeranya na NEC ku ngingo yo gufungwa imbuga nkoranyambaga mu matora ya Perezida
31 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma Louise Mushikiwaboyagaragaraje ko Abanyarwanda badakwiye kubuzwa uburenganzira bwo gukoresha imbuga nkoranyambaga mu gihe cy’ amatora ya Perezida u Rwanda rwimirije imbere.
Atangaje ibi mu gihe ku wa Mbere tariki 29 Gicurasi 2017, Perezida wa Komisiyo y’amatora mu Rwanda, Prof Kalisa Mbanda, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abafaransa AFP ko abakandida biyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, bazajya babanza (…) -
CNLG yatangaje impinduka mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi
29 March 2020, by Dusingizimana RemyKubera icyorezo cya COVID 19 gihangayikishije isi, Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG),yatangaje ko Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 bizakorwa ariko hagandewe ku ngamba zo kwirinda ikwirakwira ry’iki cyorezo Leta iheruka gushyiraho.
-
Ibyaranze tariki 19 Kamena harimo ikurwaho ry’ ubucakara muri Amerika
19 June 2017, by Renzaho FerdinandTariki ya 19 Kamena, ni umunsi w’ 170 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 195 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
1269: Umwami Louis IX w’u Bufaransa, yategetse Abayahudi bose, kwishyira hamwe bagakoranira mu muryango (communauté) umwe hatitawe ku dukarita twabarangaga tuzwi nka yellow badge.
1807: Admiral Dmitry Senyavin yashenye bikomeye ingabo z’ubami bwa Ottoman mu gitero cyabereye ahitwa Athos.
1872: Kongere ya Leta Zunze (…)
Umuryango.rw
Leta ya RDC yamaganye u Rwanda rwayishinje kuvogera ikirere cyarwo n’indege y’intambara
Perezida Kagame ari Nayirobi mu muhango wo kwakira DRC muri EAC[AMAFOTO]