Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali, bakunze kwitabira cyamunara zitandukanye, baravuga ko babangamiwe cyane n’umutekano mucye bakomeje guterwa n’agatsiko k’abantu biyise Marine, kuko bakubita abitabiriye cyamunara bakanahohotera abahesha b’ inkiko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abiyise ‘Marine’ nibo basigaye bateza akajagari muri za cyamunara
28 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
CNLG yagaragaje ko kuba mu matsinda yo kuri interinete y’ abarwanya u Rwanda atari cyo kibazo
17 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamategeko wa Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba Umunyarwanda yaba ari mu matsinda yo kuri interinete avugirwamo ibitekerezo birwanya Leta y’ u Rwanda, ibitekerezo birimo amacakubiri n’ ivangura ahanini rishingiye ku moko atari cyo kibazo ko ahubwo ikibazo ari ukwifatanya n’ abo bantu ushyigikira ibitekerezo byabo cyangwa ubikwirakwiza.
-
Umwe mu bashoferi yagaragaje ikiri gutera amakamyo ya HOWO gukora impanuka bikabije
8 December 2022, by Dusingizimana RemyMu minsi ishize,abasenateri basabye Polisi ko hasuzumwa ibibazo imodoka zo mu bwoko bwa HOWO zifite bituma zikunda gukora impanuka zikanatwara ubuzima bwa benshi.
Bwana Usengamungu JMV utunze ikamyo ya HOWO yabwiye RBA ko ikibazo cy’izi mpanuka atari amakamyo ubwayo ahubwo ari abayatwara baba basinze cyangwa bakajya mu tubari bakayaha aba tandiboyi bakabasimbura.
Yagize ati "Abashoferi batwara amakamyo abenshi baba basinze.Abatasinze,ugasanga rimwe ayihaye umutandiboyi niwe (…) -
Umuhanzikazi Sheebah yahakanye ibivugwa ko aryamana n’abo bahuje igitsina
10 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuhanzi Sheebah Karungi uzwi ku izina rya Queen Sheebah wamamaye cyane mu muziki wo muri Uganda, yanyomoje abamaze Iminsi bamwita umutinganyi , nyuma yo kwemerera umubyeyi we umwuzukuru mugihe cyavuba.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 4 Ukwakira 2017
4 October 2017, by Iyamuremye JanvierNone ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 12 Nzeri 2017.
2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho Icyegeranyo cy’ishusho y’umutungo wa Leta mu mwaka w’ingengo y’imari warangiye ku itariki ya 30 Kamena 2017, ishima ko umutungo wa Leta ugenda urushaho gucungwa neza.
3. Inama y’Abaminisitiri (…) -
Rayon Sports yabonye umufatanyabikorwa mushya wunganira SKOL
20 September 2017Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 19 Nzeri 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano na sosiyete nshya igiye gucuruza imikino y’amahirwe hano mu Rwanda ya Feza Bet yari iherutse gusinyana amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC yo mu karere ka Rubavu. Aya masezerano yasinywe n’uwari uhagarariye Rayon Sports Gacinya Dennis na Maitre Kizito Safari wari uhagarariye Sosiyete ya Feza Bet aho bombi bemeje ko bemeranyije gukorana mu gihe kigera ku myaka ine.
Mu bikubiye muri aya (…) -
Burundi: Gen Ndayishimiye Evariste natorwa azihakana P. Nkurunziza ahindure ibintu mu Burundi? Uko tubibona!
17 May 2020, by UbwanditsiEse Gen Evariste Ndayishimiye natorerwa kuyobora u Burundi azabasha kwihakana Politiki ya P.Nkurunziza ahindure ibintu? Ese ntazakomeza akamuyoboreramo? Ese u Burundi buzakomeza kuba umwanzi w’u Rwanda? Ese azabasha gucyura impunzi zahunze Nkurunziza? Ese ko ari umusilikare ntazagaba ibitero ku bihugu uwo asimbuye yitaga abanzi b’u Burundi? Kurikira iki kiganiro wumve ubusesenguzi twakoze kuri ibi bibazo hafi ya buri wese yibaza!
-
Abagororwa 5 baraye barasiwe muri gereza ya Huye bari bafungiwe ubujura [Yavuguruwe]
24 January 2019, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, abagororwa 3 bari bafungiwe ubujura muri gereza ya Huye barashwe barimo kugerageza gutoroka.
-
“Ubaka neza inzu yo kwizera kwawe”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
10 June 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Canada ntigishyigiye umukandadida Michaelle Jean, amahirwe kuri Mushiwabo
10 October 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cya Canada Michaelle avukamo cyamaze gutangaza ko kitagishyigikiye umuturage wacyo Michaelle Jean uhuriye na Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo ku kwiyamamariza kuyobora ubunyamabanga bwa Francophonie.
Umuryango.rw
Umwe mu bashoferi yagaragaje ikiri gutera amakamyo ya HOWO gukora impanuka bikabije
Umuhanzikazi Sheebah yahakanye ibivugwa ko aryamana n’abo bahuje igitsina