Kuri uyu wa Gatanu polisi y’ u Rwanda yongeye kujya mu rugo rwa Rwigara ijyanywe no gukura mu rugo Diane Rwigara, umuvandimwe we Anne Rwigara na nyina Adeline Rwigara ngo bage ku kubugenzacyaha kubazwa ku byaha bakekwaho.
Hari n’ amakuru avuga ko uwunganiraga uyu muryango mu mategeko yikuye muri iki kirego.
Ben Rutabana nyirarume wa Diane Rwigara, yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko ku isaha ya saa tanu kuri uyu wa Gatanu tariki 8 Nzeli aribwo yamenyeshejwe n’ umuntu atavuze amazina ko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Diane Rwigara n’ umuryango we uwabunganiraga yaba yabihagaritse
8 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
Rayon Sports yemeje ubwegure bwa Visi perezida wayo Twagirayezu Thadee
17 October 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwakiriye ndetse bunemeza ukwegura kwa Visi perezida wayo wa mbere Twagirayezu Thadee nyuma y’ibaruwa yandikiye komite abisaba.
-
Imodoka nini zabujijwe gukoresha umuhanda Kigali- Gicumbi-Gatuna
15 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko abatwara imodoka bakwirinda guca mu muhanda Kigali – Gicumbi – Gatuna kuko inkangu yawangije ahubwo bagakoresha umuhanga Kigali – Kayonza – Kagitumba kuko wo umeze neza.
-
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa
18 October 2021, by Dusingizimana RemyUmugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa.
-
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza
25 September 2021, by Dusingizimana RemyCol. Theoneste Bagosora wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yaguye muri gereza yo muri Mali yari afungiwemo.
-
Buruse ihabwa abiga muri Kaminuza yagizwe ibihumbi 35
16 February 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi mu Rwanda imaze gutangaza ko amafaranga Leta igenera abanyeshuri biga muri za Kaminuza zayo yongereweho ibihumbi 10 akaba ibihumbi 35 aho gukomeza kuba ibihumbi 25 nk’ uko bimaze imyaka myinshi bimeze.
Minisitiri w’Uburezi, Dr Mutimura Eugene yatangarije ibi mu kiganiro arimo kugirana n’ Abadepite bagize Komisiyo y’ Uburezi mu nteko ishinga amategeko.
Yavuze ko ibi bikozwe mu rwego rwo kubungabunga imibereho y’ umunyeshuri.
Bibaye nyuma y’ ubusabe bwinshi n’ (…) -
Leta y’u Rwanda igiye guha ijambo rikomeye abaturage mu kuvugurura ibyiciro by’ubudehe
14 February 2019, by Dusingizimana RemyBenshi mu banyarwanda ntibishimiye ibyiciro by’ubudehe barimo,ariyo mpamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko igiye kubivugurura ndetse abaturage bakabigiramo ijambo rikomeye.
-
Huye: Umunyerondo w’umwuga yasanze umuturage mu rugo rwe aramukubita amugira intere
26 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuturage witwa Nzamurambaho bahimba Kabayija urwariye mu bitaro bya CHUB avuga ko umunyerondo witwa Sumayire yamusanze mu rugo rwe aramukubita agambaniwe n’umuturanyi we witwa Bizimana Jean Claude bafitanye ikibazo.
-
Bakundukize Ruth wari warameze igisa n’amabere ku kaboko yaguye ku iseta i Murunda bamubaga
18 November 2019, by UbwanditsiBakundukize Ruth wasabaga ubufasha inzego za leta ndetse n’abikorerabushake yajyanywe ku bitaro bya Murunda yoherejwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu akaba yarakuwe iwabo n’ubuyobozi bw’umurenge wa Nyamyumba bumwohereza ku bitaro bya Gisenyi ari naho yavuye yoherejwe ku bitaro bya Murunda ari naho yaguye avuye ku iseta.
-
Ibimaze kuva mu bushakashatsi ku rukingo rwa VIH/ SIDA bumaze imyaka irenga 10
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbashakashatsi ku rukungo rwa SIDA bo mu kigo ‘Projet San Francisco’ (PSF), gikorera mu Rwanda, bavuga ko rushobora kuzagira icyo rugeraho, bitewe n’ibyo icyiciro cya mbere rumaze kugeragezwamo byagaragaje.
Ubwo hatangizwaga inama ihuje abashakashatsi kuri virusi itera SIDA baturutse mu bihugu bitandukanye ku isi, Kuri uyu wa Gatatu i Kigali umwe muri aba bashakashatsi witwa Prof Anatole Kamali yavuze ko hari ibimaze kugerwa mu rugendo rwo gushaka urukiko rwa Virusi itera SIDA.
Yagize (…)
Umuryango.rw
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza
Bakundukize Ruth wari warameze igisa n’amabere ku kaboko yaguye ku iseta i Murunda bamubaga