Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD),ryasoreje ibikorwa byo kwamamaza mu mujyi wa Kigali ahazwi nka Camp Kigali,basaba abarwanashyaka babo kugira uruhare mu gutuma amatora agenda neza kandi bagatora ku bwinshi PSD.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
PSD yasoje ibikorwa byo kwiyamamaza isaba abanyarwanda gutuma amatora agenda neza
1 September 2018, by Dusingizimana Remy -
DRC: Lambert Mende yarekuwe nyuma yo gutabwa muri yombi igihe gito
20 May 2019, by UbwanditsiLambert Mende wabaye Umuvugizi wa Guverinoma zinyuranye za Kabila kuva muri 2008 kugeza mu ntangiriro za 2019 yari yatawe muri yombi kuri iki cyumweru ariko aza kurekurwa.
-
Covid-19 yahitanye umuntu wa Kane mu Rwanda, yari umusaza w’imyaka 78
11 July 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi tariki ya 11 Nyakanga 2020,habonetse undi muntu wa Kane wahitanywe na Coronavirus mu Rwanda uyu akaba ari umusaza w’imyaka 78 y’amavuko.Habonetse kandi abandi bantu 47 banduye iki cyorezo,hakira abandi 28.
-
Inama ya Abaperezida b’ Umuryango wa Afurika y’ Iburasirazuba yasubitswe bitunguranye
30 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu nibwo hari hateganyijwe Inama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yagombaga kubera Arusha muri Tanzania, ntiyabaye ahubwo yimuriwe mu mpera z’uyu mwaka kuko Perezida w’u Burundi yanze kwitabira, ntanohereze intumwa.
-
FERWAFA yamaze guhagarika abafana ku ma stade mu gihe FERWABA yo yahagaritse imikino
14 March 2020, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko imikino yose ya Shampiyona n’indi mikino yose iba nta bafana bahari kugeza igihe kitazwi.
-
Perezida Kagame yavuze ko ‘Umushinga Umubano’ usize Bwongereza n’u Rwanda bafitanye ubushuti bw’agaciro kanini-AMAFOTO+VIDEWO
12 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Paul Kagame uherutse gutorerwa kongera kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi yabwiye abakorerabushake bo mu Bwogereza bakoraga muri ‘Project Umubano’ ko uyu umushinga usize ipfundo ry’umubano mwiza hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza.
Umukuru w’Igihugu yabitangaje ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 11 Kanama 2017, ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 10 hashyizweho umubano wihariye hagati y’abaturage b’Abongereza bo mu ishyaka ry’Abakonserivateri n’Abanyarwanda wiswe “Project (…) -
Imigabo n’ imigambi ya Guverineri Gatabazi na Guverineri Mufulukye bari mu bemejwe na Sena
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestSena y’ u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeli 2017 yemeje abayobozi 8 barimo Guverineri Gatabazi Jean Marie Vianney w’ intara y’ amajyaruguru na guverineri Fred Mufulukye w’ intara y’ iburasirazuba.
Perezida wa komisiyo ya politiki n’imiyoborere myiza, Hon. Jean Nepomuscène Sindikubwabo, yavuze ko aba bayoboz bose bemejwe babanje kugirana ibiganiro birambuye n’abagize komisiyo harebwa by’umwihariko ingamba n’ubushobozi bafite mu kunoza inshingano.
Hon. Sindikubwabo yabwiye inteko (…) -
Wlly Nyamitwe ati "Raporo ya UN ntizavuga ko u Rwanda rwica impunzi z’Abarundi, rukabajugunya mu mihanda"
7 June 2017, by Ferdinand DukundimanaUmuvugizi wa Leta y’u Burundi akaba n’umujyanama mukuru wa Perezida Nkurunziza, Willy Nyamitwe, yatangaje ko ntakidasanzwe Leta yiteze kuri iyi nama, ndetse ngo na raporo izagaragazwa ntizavuka ku byaha bishinjwa u Rwanda byo gutoza impunzi igisirikari no kwica bamwe bakajugunywa mu mihanda.
Kuwa 14 na 15 Kamena, umuryango w’Abibumbye uteganya gukora inama izibanda ku burenganzira bwa muntu, inama izabera i Geneve mu Busuwisi.
Nikoyagize Anschaire, umwe mu baharanira uburenganzira bwa (…) -
U Rwanda rwungutse Abapolisi bashya barenga 890
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestIgipolisi cy’u Rwanda cyungutse abapolisi bashya 892 barangije amahugurwa bahita boherezwa mu kazi gufatanya n’abandi basanzwe mu kazi.
-
Gakenke: RIB yataye muri yombi abayobozi 2 b’umudugudu bakaga ruswa abaturage ngo babahe ibyokurya byagenewe abatishoboye kubera Coronavirus
6 April 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB,ruratangaza ko rwafunze umukuru w’umudugudu n’ushinzwe umutekano bo mu mudugudu na Mutwarasibo bo mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke,bakekwaho kwaka ruswa abaturage kugira ngo bahabwe ibiribwa bigenewe abagizweho ingaruka no kuguma mu rugo kubera kwirinda icyorezo cya #COVID19.
Umuryango.rw
Covid-19 yahitanye umuntu wa Kane mu Rwanda, yari umusaza w’imyaka 78