Igipolisi cy’u Rwanda cyungutse abapolisi bashya 892 barangije amahugurwa bahita boherezwa mu kazi gufatanya n’abandi basanzwe mu kazi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda rwungutse Abapolisi bashya barenga 890
7 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Gakenke: RIB yataye muri yombi abayobozi 2 b’umudugudu bakaga ruswa abaturage ngo babahe ibyokurya byagenewe abatishoboye kubera Coronavirus
6 April 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB,ruratangaza ko rwafunze umukuru w’umudugudu n’ushinzwe umutekano bo mu mudugudu na Mutwarasibo bo mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke,bakekwaho kwaka ruswa abaturage kugira ngo bahabwe ibiribwa bigenewe abagizweho ingaruka no kuguma mu rugo kubera kwirinda icyorezo cya #COVID19.
-
Indirimbo The Ben yakoranye na Rema iri guhatanira ibihembo bikomeye muri Uganda
16 April 2021, by Rebecca UFITAMAHOROIndirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy FM’.
-
“Umwana ushobora kumuzanira ibimutunga ariko yabura uburere akangirika – Minisitiri Nyirasafari
1 July 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburinganire n’ iterambere ry’ Umuryango Esperance Nyirasafari yibukije ababyeyi ko inshingano zo gutanga uburere ku mwana zireba ababyeyi bombi, yongeraho ko umwana ashobora guhabwa ibimutunga ariko akangirika bitewe n’ uko yabuze uburere.
Ubu butumwa Minisitiri Nyirasafari yabutanze ubwo yaganiraga n’abagore abagore bahagarariye abandi mu mujyi wa Kigali.
Yagize ati: “Babyeyi, twite ku burere bw’abana bacu, kuko mu byo umwana akenera mu mikurire, igikomeye kuruta ni (…) -
Rayon Sports yemeje ko nta muntu uzongera kuyiyobora adafite miliyoni 25 FRW n’impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye
20 January 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yafatiye imyanzuro myinshi mu nama y’inteko rusange yabaye kuri iki cyumweru taliki ya 19 Mutarama 2020 harimo uvuga ko nta muntu uzongera kuyiyobora adatanze ingwate ya miliyoni 25 FRW ndetse ngo agomba kuba yararangije amashuri 6 yisumbuye.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo
18 February 2019, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 27/02/2019 saa tanu z’amanywa (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa KAZIMBAYA JEAN PIERRE ugizwe n’inzu iherereye mu mudugudu wa Masoro akagali ka Masoro, Umurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ngo harangizwe urubanza MUKARWEGO Venantie yatsinzemo KAZIMBAYA Jean Pierre.
Icyamunara kikazabera aho uwo mutungo uherereye.
Ku bisobanuro birambuye soma itangazo riri hano hasi: (…) -
APR FC na AS Kigali zamenye ikipe zizahura mu ijonjora rya mbere ry’imikino ya CAF
9 November 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatomboye kuzahura n’ikipe ya Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya mu ijonjora ribanza mu mikino ya CAF Champions League rizakinwa Kuwa 29 Ugushyingo 2020. AS Kigali yo izahura na Orapa United yo muri Botswana.
-
#Umwiherero 2020:Imico myiza nagize iraza gushira-Perezida Kagame abwira abayobozi
16 February 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yabwiye abayobozi bose bo mu Rwanda ko yiteguye kureka kuborohera agahangana nabo,kugira ngo bakore neza inshingano zabo nkuko bikwiriye.
-
Abafana ba Arsenal basabye ko Arteta yakwirukanwa ikipe igahabwa Perezida Kagame wayifurije ibyiza
23 August 2021, by Dusingizimana RemyAbafana ba Arsenal iri mu bihe bibi cyane kuva yabaho,basabye ko umutoza wayo Mikel Arteta yirukanwa hanyuma ikipe igahabwa umukunzi wayo nyakubahwa Perezida Kagame uherutse gusaba ko haba impinduka zituma idakomeza kuba insina ngufi.
-
Nyamagabe: Gitifu w’umurenge yanze kuvugisha itangazamakuru yurira imodoka arigendera [AMAFOTO]
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Tare Mwibonere Dative yanze gusubiza ibibazo by’ abanyamakuru birimo iby’ umwanda wo mu maresitora n’ abaturage batamesa ntibanoge yurira imodoka arigendera.
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo
Abafana ba Arsenal basabye ko Arteta yakwirukanwa ikipe igahabwa Perezida Kagame wayifurije ibyiza