Umushumba mukuru w’ itorero Redeemed gospel church Bishop Innocent Rugagi yavuze ko wa musaza wiyise se atari se kuko ise yapfuye mu 1987.
Mu mpera za Gicurasi 2017, hari umusaza wagiye mu itangazamakuru avuga ko ari se wa Bishop Rugagi. Icyo gihe uwo musaza yavuze ko azi neza Bishop Rugagi kuko yamwibyariye yongeraho ko ibitangaza Rugagi akora ari ubutekamutwe.
Mu kiganiro yahaye Abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2017, Bishop Rugagi yavuze ko uwo musaza ari (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bishop Rugagi yatamaje umusaza wamwiyitiriye
11 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Muhanga: Umugabo wafatanywe ‘uburozi’ mu rukiko ngo hari ibintu yaciririye
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Gasangwa Joseph wo mu Murenge wa Mwendo uburana n’ umugore we ibijyanye n’imitungo, yafatiwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye anyanyagizamo ‘ibirozi’, yari anafite ihembe, gusa we avuga ko ari iryo kumurinda uburwayi. Umucamanza yategetse ngo bamwambure ibintu bindi yari afite ngo bitwikwe. Umugore we yatangaje ko afite amakuru ko hari ibintu umugabo we yaciririye
ubwo abakozi b’Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga bazaga mu kazi bahuriranye n’ikivunge cy’abari (…) -
Umujyi wa Kigali ugiye kongerwamo imodoka 300 zitwara abagenzi
27 February 2023, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yavuze ko mu mezi 3 ari imbere,Mu mujyi wa Kigali hazongerwa imodoka zitwara abagenzi 300.
Mu nama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 18,umwe mu batanze ibitekerezo yabajije impamvu Perezida Kagame yatanze umurongo ku kibazo cyo gutwara abantu n’ibintu ariko kugeza n’ubu abantu bakaba bagitegereza imodoka amasaha menshi.
Madamu Uwase yagize ati "Icyo navuga cyakozwe nuko turi hafi kugura imodoka ziyongera ku zindi zihari.Ese (…) -
Dr Habineza yagize icyo avuga ku nteruro Perezida Kagame yakoresheje yiyamamaza “ ibizava mu matora birazwi”
5 August 2017, by Nsanzimana ErnestDr Habineza Frank wari uhagarariye ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR yavuze ko imvugo Kagame yakoresheje mu bikorwa byo kwiyamamaza akavuga ko ibizava mu matora bizwi yari imvugo isanzwe yo kwiyamamaza.
Hari mu kiganiro DGPR yagiranye n’ abanyamakuru nyuma y’ amasahaka make Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda itangaje ko ibyavuye mu majwi 80% byerekana ko Paul Kagame yatsinze amatora n’ amajwi 98, 6%.
Muri iki kiganiro cyabaye kuri uyu wa (…) -
IMF yavuze ko uyu mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bushobora kuzamuhaho 8%
23 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigega mpuzamahanga cy’ Imari FMI cyatangaje ko uyu mwaka wa 2018 ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 7 cyangwa 8%.
Umwaka ushize (2017) IMF yari yatangaje ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 5,1% ariko bwazamutseho 6,1%.
Abahanga mu bijyanye n’ imari bavuga ko iyo ibyiciro bigize ubukungu byagenze neza aribwo ubukungu bw’ igihugu buzamuka bisobanuye ko kuba IMF ivuga ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7 cyangwa 8 % bisobanuye ko muri uyu mwaka urwego rw’ inganda (…) -
Nanditse nciye bugufi ko mu bihe byose twiteguye gufatanya- Ubutumwa Perezida wa Misiri yasigiye mugenzi we w’u Rwanda
16 August 2017, by Iyamuremye JanvierUbutumwa Perezida wa Misirri, Abdel fattah Al-Sisi yasigiye mugenzi we w’u Rwanda, mu gitabo cy’abashyitsi ku kibuga Mpuzamahanga cya Kanombe ubwo yasozaga uruzindo rwe mu Rwanda.
Mu butumwa Perezida Sisi yasize mu gitabo cy’abashyitsi basuye u Rwanda yagize ati "
Mu izina ry’Imana nyir’imigisha, nyir’imbabazi; Nyakubahwa, muvandimwe kandi nshuti, Paul Kagame; nyemerera mbagezeho mwe ubwanyu n’abaturage icyubahiro no gutangazwa n’Igihugu cyanyu gikomeye, nsaba Imana ko yakirinda (…) -
Depite Frank Habineza yatorewe kuba umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestDepite Frank Habineza yatorewe kuba Umuvugizi Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda mu gihe nta minsi 4 irashira atorewe kuba visi Perezida wa Komisiyo y’ Imibereho Myiza mu mutwe w’ Abadepite
-
Mugisha yegukanye agace ka 3, Areruya yambara umwambaro w’umuhondo muri Tour de l’Espoir
3 February 2018, by Dusingizimana RemyAgace ka kane ka Tour de l’Espoir kahiriye bikomeye abasore b’abanyarwanda kuko Mugisha Samuel ariwe wakegukanye mu gihe Areruya Joseph yahise yambara umwenda w’umuhondo.
Nyuma yo gufashanya bakegukana Tour du Rwanda ya 2017 ubwo bakiniraga Dimension Data, Mugisha Samuel na Areruya Joseph bongeye kwerekana ko umwaka bamaze bakinira iyi kipe atari imfabusa kuko muri Tour de l’Espoir y’abatarengeje imyaka 23 aba basore bigaranzuye bagenzi babo babasha kwegukana agace ka 3.
Aba basore (…) -
Burundi: Gen Ndayishimiye Evariste natorwa azihakana P. Nkurunziza ahindure ibintu mu Burundi? Uko tubibona!
17 May 2020, by UbwanditsiEse Gen Evariste Ndayishimiye natorerwa kuyobora u Burundi azabasha kwihakana Politiki ya P.Nkurunziza ahindure ibintu? Ese ntazakomeza akamuyoboreramo? Ese u Burundi buzakomeza kuba umwanzi w’u Rwanda? Ese azabasha gucyura impunzi zahunze Nkurunziza? Ese ko ari umusilikare ntazagaba ibitero ku bihugu uwo asimbuye yitaga abanzi b’u Burundi? Kurikira iki kiganiro wumve ubusesenguzi twakoze kuri ibi bibazo hafi ya buri wese yibaza!
-
Huye:Meya n’abamwungirije bose beguriye rimwe
31 May 2018, by Ubwanditsi 1Abagize Komite nyobozi yose y’akarere ka Huye beguriye rimwe mu gitondo cyo kuwa 31 Gicurasi 2018 .
Inama Njyanama y’aka karere yatereye icyizere Kayiranga Muzuka Eugene wari Umuyobozi bw’Akarere; Mutwarasibo Cyprien wari Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe ubukungu na Niwemugeni Christine wari ushinzwe imibereho myiza y’abaturage.
Perezida wa Njyanama, Dr Ngabitsinze Jean Chrisostome, yabwiye itangazamakuru ko muri iki gitondo habaye inama yari igamije gusuzuma ibibazo biri muri aka (…)
Umuryango.rw
Umujyi wa Kigali ugiye kongerwamo imodoka 300 zitwara abagenzi