Mu ijwi ry’umuvugizi w’Igipolisi cy’u Rwanda, ACP Theos Badege yahakanye ko hari abanyamakuru b’u Rwanda ndetse n’abakorera ibinyamakuru mpuzamahanga bahohotewe ubwo bari bagiye mu rugo rwa Assinapol Rwigara, Badege yavuze ko habayeho kutumvikana.
Umuryango.rw ufite amakuru avuga ko ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 1 Nzeri 2017 ahagana mu masaha ya saa kumi aribwo abanyamakuru barimo Yvan Mugisha wa The EasterAfrican , Eric Bagiruwubusa ukorera Ijwi rya Amerika , John Williams (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Polisi y’u Rwanda yavuze ku banyamakuru bivugwa ko bahohotewe n’umujepe bagiye kwa Rwigara
2 September 2017, by Iyamuremye Janvier -
Bitunguranye Perezida Kagame yasezereye Olivier Nduhungirehe muri Guverinoma
10 April 2020, by UbwanditsiBitunguranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mata 2020 Perezida Paul Kagame yakuye ku mirimo Amb. Olivier J.P Nduhungirehe wari Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ibikorwa byUmuryango w’Afurika y’Iburasirazuba.
Itangazo rihagarika Amb Nduhungirehe rivuga ko ahagaritswe kumirimo yatangiye guhera tariki 30 Kanama 2017, nyuma yo gusubiramo kenshi ikosa ryo gukora akazi ashinzwe agendeye ku myumvire ye aho gushingira kuri gahunda za Leta
Nduhungirehe yahise (…) -
Abanyarwanda bane batawe muri yombi bageze muri Uganda
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ Akarere ka Rubanda muri Uganda bwataye muri yombi Abanyarwanda 4 n’ umunyekongo 1 ku gicamunsi cyo kuri uyu 11 Nzeli bakekwaho kwinjira muri iki gihugu buryo budakurikije amategeko. Leta y’ u Rwanda isaba Abanyarwanda kudakomeza kujya gushakira imibereho muri Uganda.
-
Aho Masudi Djuma azerekeza hamaze kumenyekana
9 July 2017Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya shampiyona yatwaye mu mwaka w’imikino ushize.
Mu makuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uyu mutoza yari amaze iminsi avugana n’ikipe ya Police FC ndetse ngo ibiganiro byararangiye aho iyi kipe yamwemereye kumuha umushahara wa miliyoni 2 n’ibihumbi 500 ku kwezi.
Nubwo amakuru yigeze avugwa (…) -
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia yahaye Perezida Kagame imbyeyi n’iyayo –AMAFOTO
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe wa Ethiopia Dr.Abiy Ahmed yahaye Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri iki gihugu inka n’iyayo ndetse anamwizeza ubufatanye mu rwego rwo guteza imbere Afurika.
-
Senateri Bishagara watowe ahagarariye Intara y’Iburengerazuba yitabye Imana
8 July 2019, by Dusingizimana RemySenateri Bishagara Kagoyire Therese wari uhagarariye Intara y’Uburengerazuba, yitabye Imana kuri uyu Mbere, aguye mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho yari amaze iminsi yivuriza.
-
Umunyarwanda wari umaze iminsi atawe n’ umugore yiyahuriye muri kasho muri Malawi
23 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda, ku wa Kabiri yiyahuriye muri kasho ya sitasiyo ya Polisi iherereye mu nkambi y’impunzi ya Dzaleka, mu Mujyi wa Dowa muri Malawi.
-
Inama y’Abaminisitiri yongereye umushahara wa mwalimu na manda ya Guverineri Rwangombwa irongerwa
29 January 2019, by UbwanditsiInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo byayifatiwemo
-
Kwibuka25: Ubuhamya bwa Ngutete warokokeye ku Ibambiro ahiciwe abagore n’abana gusa
30 May 2019, by UbwanditsiKu cyumweru tariki ya 26/05/2019 mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Kibirizi ahitwa ku Ibambiro habereye umuhango wo kwibuka abagore n’abana bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku rwego rw’Igihugu.
-
Uganda yabujije abaturage bayo kunyura ku mupaka wa Gatuna u Rwanda rwongeye gufungura
11 June 2019, by Dusingizimana RemyAbayobozi ba Uganda bagiriye inama abacuruzi baho kudaca ku mupaka wa Gatuna nyuma yuko ubutegetsi bw’u Rwanda buwufunguye by’agateganyo ku munsi w’ejo ku wa mbere taliki ya 10 Kamena 2019.
Umuryango.rw