Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko abasirikare babiri b’u Rwanda bari barashimuswe n’ingabo za RDC zifatanyije na FDLR, bagaruwe mu Rwanda.
Mu itangazo RDF yashyize hanze uyu munsi,yagize iti "Nyuma y’ishimutwa ry’abasirikare babiri ba RDF bari ku irondo ku mupaka w’u Rwanda na DRC ku ya 23 Gicurasi 2022, ndetse n’ibiganiro bya dipolomasi byakurikiyeho hagati y’abakuru b’ibihugu bya Angola, DRC n’u Rwanda, RDF yishimiye gutangaza ko ubu abo basirikare bombi babagarutse mu Rwanda (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RDC yarekuye abasirikare b’u Rwanda 2 yashinjwe gushimuta
11 June 2022, by Dusingizimana Remy -
Umubare w’ abazatora Perezida wiyongereyeho abarenga miliyoni n’ ibihumbi 100
19 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe hasigaye iminsi 45 ngo Abanyarwanda binjire mu matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya gatatu nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi, komisiyo y’ amatora iravuga ko yamaze kwegeranya no gutunganya byinshi mu bikenewe ngo aya matora azagende neza.
Amatora y’ umukuru w’ igihugu Abanyarwanda bayaherukamo muri 2010. Icyo gihe Abiyandikishije kuri lisiti y’ itora bari miliyoni eshanu n’ ibihumbi 700. Magingo aya kwiyandikisha kuri lisiti y’ itora y’ abatora umukuru w’ igihugu (…) -
Huye: Umwalimu wa Kaminuza yitabye Imana aguye mu cyobo cy’umusarane
31 December 2017, by UbwanditsiNyakwigendera Anastase Hakizimana
Ku gicamunsi cyo kuri icyi cyumweru nibwo Hakizimana Anastase wari umwalimu muri Kaminuza yagiye kureba aho icyobo cy’umusarani yacukuzaga iwe kigeze ariko agira ibyago aranyerera agwa muri icyo cyobo ahita yitaba Imana.
Anastase Hakizimana yigishaga isomo ry’ubugenge “phyisics” muri Kaminuza y’u Rwanda. Yari atuye mu Murenge wa Tumba akagali ka Rango B umudugudu wa Urugwiro ari naho yaguye.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo IP Emmanuel Kayigi (…) -
Guverinoma y’u Rwanda yahishuye imishinga ikomeye igiye gukora ikarandura ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa
27 February 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kubaka uruganda rukora ifumbire n’indi mishinga ikomeye mu rwego rwo kuzamura ubuhinzi.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Gashyantare ubwo hatangiraga Inama y’Igihugu y’Umushikiraro iri kuba ku nshuro ya 18.
Ubwo yangazaga ibyagezweho ndetse n’ibyitezwe gukorwa mu buhinzi,Minisitiri w’Intebe,Dr.Edouard Ngirente,yavuze ko hari imishinga itandukanye iteganyijwe mu kuzamura iki gice harimo n’uruganda (…) -
Perezida Kagame yavuze aho agejeje amenya ururimi rw’Igifaransa
16 October 2018, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahishuye ko amaze kumenya gusoma neza Igifaransa, n’ubwo kukivuga nk’ururimi umuntu yumva bikiri ingorabahizi kuri we.
-
Jehovaniss Bible College igiye kubera igisubizo abafite umuhamagaro bifuza kwiga ishuri rya Bibiliya
23 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeNibintije Ministries n’abaterankunga bafatanije umurimo w’Imana, mu mezi atarenga abiri baraba batangije ishuri rya Bible bise “ Jehovaniss Bible Institute ( College). Ni igikorwa kigamije ahanini gufasha abo Imana yahamagariye umurimo wayo.
-
Perezida Kagame yavuze ko Afurika ikeneye interineti yihuta ngo itere imbere
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’ Umuyobozi w’ umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe AU yavuze ko bitewe n’ uburyo Afurika iteye, uko ituwe hakenewe umurongo mugari wa internet Brodband ngo ishobore nguhangana n’ ibibazo biyugarije.
-
Mu Itorero Inkuru Nziza hongeye kuba ubushyamirane polisi n’ ingabo baratabara
20 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbakirisito bo mu itorero inkuru nziza mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe bashyamiranye na bagenzi babo bapfa abapasiteri, habaho guterana amagambo no gusunikana ingabo z’ u Rwanda na polisi y’ u Rwanda barabihosha.
-
Minisitiri Nyirasafari yakomeje abasore babuze inkwano ababwira ko kutayigira atari igisebo
26 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Umuco na Siporo, Nyirasafari Espérance yatangaje ko ubushobozi buke budakwiye kuba impamvu ibuza abantu gushyingirwa ngo ntibafite inkwano cyangwa amafaranga yo gukoresha ubukwe buhenze, ibi byose ngo kutabigira si igisebo ababyeyi bakwiye korohereza abana babo ku kijyanye n’ inkwano.
-
Sewase wari umaze iminsi 6 agizwe meya wa Gicumbi yaba yeguye
1 June 2018, by Nsanzimana ErnestSewase Jean Claude wari uherutse kugirwa Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi w’ agateganyo biravugwa ko yeguye gusa we aya makuru ntabwo yayahakanye ahubwo yavuze ko aragira icyo atangaza avuye mu nama njyanama iterana uyu munsi.
Umuryango.rw
RDC yarekuye abasirikare b’u Rwanda 2 yashinjwe gushimuta
Guverinoma y’u Rwanda yahishuye imishinga ikomeye igiye gukora ikarandura ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa