Imyitozo ya gisirikare yari imaze ibyumweru bitatu igamije kubungabunga amahoro, iyo myitozo yiswe “Shanti Doot-4”(ambasaderi b’amahoro) yashojwe kuwa 12 Werurwe 2018.]
Iyi myitozo yitabiriwe n’ingabo z’u Rwanda, yaberaga muri Bangladesh mu kigo gishinzwe gutanga amahugurwa ku bijyanye no kubungabunga amahoro, (Bangladesh Institute of Peace Support Operations Training Centre).
U Rwanda nicyo gihugu cyonyine cyo ku mugabane wa Afurika mu bihugu 24 byari byatumiwe muri iyo myitozo, mu gihe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abasirikare b’ u Rwanda basoje imyitozo yaberaga muri Bangladesh
15 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Eboue washatse no kwiyahura kubera ubukene yabonye akazi
26 December 2017, by Nsanzimana ErnestEmmanuel Eboue wabaye umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Arsenal na Garatasaray ndetse no mu ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yamaze kwemererwa akazi mu ikipe ya Garatasaray nyuma y’ibibazo aherutse gutangaza ko arimo. Uyu mugabo w’imyaka 34 yagize ibyago bikomeye ubwo urukiko rwategekaga ko myinshi mu mitungo yakoreye irimo n’amazu ihabwa umugore we Aurelie bafitanye abana 3, byatumye asigara iheruheru ku buryo atashoboraga kubona amafaranga yo kugura imashini ifura,kwishyura umukozi no gutega (…)
-
PSD yasoje ibikorwa byo kwiyamamaza isaba abanyarwanda gutuma amatora agenda neza
1 September 2018, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD),ryasoreje ibikorwa byo kwamamaza mu mujyi wa Kigali ahazwi nka Camp Kigali,basaba abarwanashyaka babo kugira uruhare mu gutuma amatora agenda neza kandi bagatora ku bwinshi PSD.
-
Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza
31 October 2017, by Nsanzimana ErnestAmakuru yemezwa n’ , Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa aravuga ko Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha bikomeye mu Rwanda ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira
Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza
Sibomana Kirenge mwene Subwumwe na Nyiramiheto ukomoka mu kagali Birushya Umurenge Nyamyuba (…) -
Uganda: Umunyarwanda yatemwe na shebuja w’Umugande amuziza kumwishyuza amafaranga yakoreye
25 November 2019, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda witwa Karemera Damascène w’imyaka 25 ukomoka mu Murenge wa Busoro, AKarere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, yatemwe ukuboko no mu mutwe n’umunya-Uganda, yakoreraga mu buhinzi bw’urutoki.
-
Dr. Agnes Binagwaho yagizwe umuyobozi w’ikigo gikomeye mu buvuzi ku Isi
15 October 2017, by Iyamuremye JanvierDr Agnes Binagwaho wabaye Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda, yagizwe umuyobozi mu kigo cy’ubuvuzi ‘The National Academy of Medecine[NAM]’ cyashinzwe mu 1970 gihuriza hamwe abamenyi mu ngeri zitandukanye. Kuwa gatandatu w’iki cyumweru tariki ya 14 Ukwakira 2017 nibwo Dr Agnes yemejwe nk’umuyobozi wungirije muri iki kigo, [Vice Chancellor].
Nk’uko biri ku rubuga rusobanura ibyerekeye iki kigo, ku ipagi ya mbere ibanza bagaragaza ko iki kigo gishinzwe ubuvuzi kidaharanira inyunga ndetse ko (…) -
Reba ibyamamare 10 byavukiye ndetse bikurira mu buzima bubi (amafoto)
28 August 2017Umunyarwanda yaciye umugani ngo “utazi akazakura yica umutavu”.Byinshi mu byamamare twakunze ndetse dukunda na magingo aya hari bimwe byavukiye mu buzima bubi ndetse bimwe bitagira n’aho kuba bigakurira mu isayo y’ubukene bihabwa urw’amenyo na buri wese ubiteye imboni ariko magingo aya ni abami twemera.
Umuryango wabateguriye ibyamamare 10 byakuriye mu buzima bubi cyane ariko kuri ubu bikaba bikunzwe n’abatari bake ndetse byibitseho akayabo k’amamiliyoni y’amadolari.
10.Mike Tyson Uyu (…) -
Abasirikare bakekwaho kurasa Ntivuguruzwa bagiye kuburanishwa
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 23 Kamena I Gikondo hateganyijwe urubanza ruregwamo abasikare bakurikiranyweho kwica barashe Aimé Ntivuguruzwa Yvan.
Mu ntangiriro za Gicurasi uyu mwaka nibwo abasirikare babiri bivugwa ko bari basinze barashe Ntivuguruzwa amasasu menshi bimuviramo urupfu.
Uru rubanza ruraburanishirizwa mu cyumba cy’ Akagari ka Karugira guhera saa mbili z’ igitondo.
Aimé Kalisa mukuru wa Nyakwigendera aganira n’ Ikinyamakuru Umuryango kuri uyu wa 22 Kamena yashimiye (…) -
Abiga muri Kaminuza y’ u Rwanda bagiye kujya biga ibihembwe bitatu
5 January 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe ubusanzwe abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda bigaga ibihembwe bibiri bizwi nka Semesters kuri ubu amakuru yizewe aturuka muri Kaminuza y’ u Rwanda aravuga ko guhera muri uyu mwaka 2018 abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda bazajya biga ibihembwe bitatu.
Ibi abanyeshuri biga muri Kaminuza y’ u Rwanda ishami rya Gikondo babitangarijwe n’ ubuyobozi bwa Kaminuza y’ u Rwanda mu nama bagiranye kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2018.
Igihembwe cya mbere kizajya gitangira (…) -
Nsengimana wari Minisitiri w’ ikoranabuhanga yagizwe Umunyamabanga wa Smart Africa
21 January 2018, by Nsanzimana ErnestJean Philbert Nsengimana wahoze ari Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, yagizwe Umujyanama wihariye muri Smart Africa
Smart Africa yashyizweho muri 2016, Umuyobozi mukuru wayo ni Dr. Hamadoun Touré, ifite icyicaro i Kigali .
Smart Africa ihuriyemo ibihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika n’indi miryango iharanira iterambere ry’ikoranabuhanga n’itumanaho hagamijwe guhindura imibereho y’abaturage n’iterambere ry’ubukungu.
Ku rukuta rwe rwa Twitter, Nsengimana yanditseho ko (…)
Umuryango.rw
Dr. Agnes Binagwaho yagizwe umuyobozi w’ikigo gikomeye mu buvuzi ku Isi