Mu ijoro ryo ku wa kabiri taliki ya 04 Nyakanga 2017 nibwo umusore Peter Sagan uzwi cyane mu gusiganwa ku magare ndetse watwaye shampiyona y’isi umwaka ushize yirukanywe mu irushanwa rya Tour de France nyuma yo gukora amakosa yo gusunika Mark Cavendish bari bahanganiye gutwara aka gace.
Uretse uyu musore hari abandi bakinnyi bakomeye mu mikino itandukanye birukanywe ikitaraganya mu marushanwa akomeye nyuma yo guterana kw’akanama gashinzwe imyitwarire.
Dore bimwe mu bihangange byasezerewe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Urutonde rwa bamwe mu bakinnyi b’ibihangage bagiye basezererwa mu marushanwa akomeye nyuma yo gukora amakosa(AMAFOTO)
8 July 2017 -
Inzoka ebyiri zateye Perezida George Weah mu biro bye ahungira iwe
19 April 2019, by Dusingizimana RemyInzoka ebyiri z’umukara zinjiye mu nyubako perezida wa Liberia,George Weah akoreramo,zimubuza gukorera akazi kari kamuzinduye muri ibi biro ajya gukorera mu rugo rwe.
-
Diamond avuga ko yatunguwe n’ubwiza n’imibyinire y’abanyarwandakazi
6 July 2017, by UbwanditsiMu gitaramo Diamond yakoreshereje i Nyamata yageze ku rubyiniro asaba ko abakobwa bumva biyizeye mu kubyina bazamuka hejuru bakabyinana, yitegereje imibyinire yabo ati: "hano mu Rwanda hari abakobwa beza".
Reba Video y’abo bakobwa mu mibyinire idasanzwe na Diamond -
Abadage baje gusangiza Abanyarwanda tekinike zo gukirigita ifaranga
7 June 2017, by Nsanzimana ErnestI Kigali mu Rwanda hateraniye inama y’ iminsi ibiri ihuje Abadage bakora mu isoko ry’ imari n’ imigabane iwabo n’ abashinzwe iryo soko mu Rwanda.
Ni inama ashinzwe isoko ry’ imari n’ imigabane mu Rwanda bavuga ko bazungukiramo byinshi kubera ko mu gihugu cy’ u Budage isoko ry’ imari n’ imigane ryateye imbere.
Kugira isoko ry’ imari n’ imigabane riteye imbere bivuze ko umuturage ukeneye inguzanyo ayibona mu buryo bumworoheye. Bivuze kandi ko umuturage ukeneye ubwishingizi ubwo aribwo (…) -
Mwiseneza Josiane yahawe ikamba ritari irya Miss Rwanda[AMAFOTO]
27 January 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josianne umaze iminsi atigisa imbuga nkoranyambaga akaba ikimenyabose kubera irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ndetse benshi bakaba baramwifurizaga kwegukana ikamba rya Miss Rwanda 2019, birangiye inzozi ze zitabaye impamo.
-
Press Release – The 2020/21 football season begins on StarTimes
24 August 2020, by Ubwanditsi2020 is indeed a special year. It is the year football fans around the world had to live without football during several months while staying home. It is the year players had to play in empty stadiums without fans shooting and singing. Things have been slowly returning back to normal. And August 29 will mark another step toward the return of football as we love it with the beginning of the new 2020/21 season.
Digital TV operator StarTimes will celebrate the new season by broadcasting live (…) -
Inama idasanzwe y’ abaminisitiri ya tariki 19 Ugushyingo 2018 yahaye benshi akazi hari n’ abasimbujwe
20 November 2018, by UbwanditsiKuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
COVID-19 yahitanye abandi bantu 2 handura 217 biganjemo abo mu masoko ya Kigali
24 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 2 bahitanwe na Covid-19 barimo uw’imyaka 64 n’uwa 70.Aba bantu biyongereye ku bandi 12 bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 14.
-
Perezida Kagame yashimye ubutwari bwa mugenzi we Macron ugiye kuza mu Rwanda
26 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane nibwo Perezida w’Ubufaransa,Emmanuel Macron aragera i Kigali mu rugendo rw’amateka rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi wazahaye kubera iki gihugu cy’i Burayi cyagiye cyanga kwemera uruhare rwacyo muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Amashyaka abiri yahuje amaboko asaba u Rwanda kutemera ko Minisitiri Kabarebe yitaba u Bufaransa
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira ubumwe bw’ Abanyarwanda UDPR n’ Ishyaka ry’Abakozi (PSR) basabwe Leta y’ u Rwanda gutesha agaciro ubusabe bw’ u Bufaransa buvuga ko Minisitiri w’ ingabo w’ u Rwanda General James Kabarebe agomba kwitaba iki gihugu akisobanura ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana.
Aya mashyaka yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2017. Aya mashyaka avuga ko kuba u Bufaransa bwarongeye kumva umutangabuhamya ku ihanurwa ry’indege ari (…)
Umuryango.rw
Press Release – The 2020/21 football season begins on StarTimes
COVID-19 yahitanye abandi bantu 2 handura 217 biganjemo abo mu masoko ya Kigali