Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya shampiyona yatwaye mu mwaka w’imikino ushize.
Mu makuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uyu mutoza yari amaze iminsi avugana n’ikipe ya Police FC ndetse ngo ibiganiro byararangiye aho iyi kipe yamwemereye kumuha umushahara wa miliyoni 2 n’ibihumbi 500 ku kwezi.
Nubwo amakuru yigeze avugwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Aho Masudi Djuma azerekeza hamaze kumenyekana
9 July 2017 -
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia yahaye Perezida Kagame imbyeyi n’iyayo –AMAFOTO
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe wa Ethiopia Dr.Abiy Ahmed yahaye Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri iki gihugu inka n’iyayo ndetse anamwizeza ubufatanye mu rwego rwo guteza imbere Afurika.
-
Senateri Bishagara watowe ahagarariye Intara y’Iburengerazuba yitabye Imana
8 July 2019, by Dusingizimana RemySenateri Bishagara Kagoyire Therese wari uhagarariye Intara y’Uburengerazuba, yitabye Imana kuri uyu Mbere, aguye mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho yari amaze iminsi yivuriza.
-
Umunyarwanda wari umaze iminsi atawe n’ umugore yiyahuriye muri kasho muri Malawi
23 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda, ku wa Kabiri yiyahuriye muri kasho ya sitasiyo ya Polisi iherereye mu nkambi y’impunzi ya Dzaleka, mu Mujyi wa Dowa muri Malawi.
-
Inama y’Abaminisitiri yongereye umushahara wa mwalimu na manda ya Guverineri Rwangombwa irongerwa
29 January 2019, by UbwanditsiInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo byayifatiwemo
-
Kwibuka25: Ubuhamya bwa Ngutete warokokeye ku Ibambiro ahiciwe abagore n’abana gusa
30 May 2019, by UbwanditsiKu cyumweru tariki ya 26/05/2019 mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Kibirizi ahitwa ku Ibambiro habereye umuhango wo kwibuka abagore n’abana bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku rwego rw’Igihugu.
-
Uganda yabujije abaturage bayo kunyura ku mupaka wa Gatuna u Rwanda rwongeye gufungura
11 June 2019, by Dusingizimana RemyAbayobozi ba Uganda bagiriye inama abacuruzi baho kudaca ku mupaka wa Gatuna nyuma yuko ubutegetsi bw’u Rwanda buwufunguye by’agateganyo ku munsi w’ejo ku wa mbere taliki ya 10 Kamena 2019.
-
Umunyarwanda yarasiwe muri Mozambique
17 March 2018, by Nsanzimana ErnestHitimana Vital, Umunyarwanda ukorera ubucuruzi muri Mozambique yarashwe amasasu menshi n’ umuntu wa mutegeye aho atuye mu Mujyi wa Villa Olempique amusiga ari intere.
Ahagana saa yine n’iminota icumi mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 16 rishyira ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Werurwe 2018 nibwo Hitimana ukunda gusura u Rwanda no kugira uruhare mu bikorwa by’ iterambere mu Rwanda yarashwe.
Umuyobozi w’ ihuriro rw’ Abanyarwanda muri Mozambique Louis Baziga yavuze ko Hitimana yari aturutse (…) -
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame na Museveni bahuriye mu irahira rya Ramaphosa bicara ku ntebe zegeranye
25 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame na Museveni wa Uganda bahuriye mu muhango wo kurahira kwa perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa bicara ku ntebe zegeranye.
-
Ubutumwa Obama yashyize kuri twitter bwaciye agahigo ko gukundwa n’ abantu benshi ku Isi
16 August 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika ucyuye igihe Barack Obama ubutumwa yashyize ku rubuga rwe rwa twitter buca agahigo ko gukunda n’ abantu benshi kuva urubuga rwa twitter rwabaho.
Ubu butumwa Obama ashyira kuri twitter (Tweets) n’ ubusanzwe bukundwa n’ abantu benshi ariko kuri iyi nshuro bwo byabaye agahebuzo.
Nyuma y’ ihohoterwa ryabereye ahitwa Charlotesville ahaberaga imyigarambyo yamagana ivangura rishingiye ku ruhu, ikagwamo umugore umwe abandi barenga 20 bagakomereka, Obama (…)
Umuryango.rw