Barafinda Ssekikubo Fred umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu ariko utaragaragaye ku rutonde rw’ agateganyo aravuga ko yamaze gutanga ibyangombwa yari yabuze bigatuma atagaragara ku rutonde rw’ agateganyo.
Nk’ uko yabitangarije Umuryango ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 6 Nyakanga ngo ibyangombwa byose yaburaga kuri uyu wa Kane nibwo yarangije kubitanga.
Barafinda avuga ko kuri uyu wa Kane yatanze imikono irenga 600 kugira ngo mu isuzuma rwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Barafinda uvuga ko yazengurutse u Rwanda n’ amaguru ngo yamaze kugeza kuri NEC ibyangombwa byose asabwa
6 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame na Jeannette Kagame bakiriwe mu Bushinwa
1 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame bageze mu Bushinwa, aho bitabiriye inama ikomeye yiga ku bufatanye hagati y’icyo gihugu n’umugabane wa Afurika.
-
KNC yagiriye inama umutoza wa Rayon Sports yo kwegura mbere yo guhura na Gasogi United
16 April 2021, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Gasogi United akaba na nyirayo,Kakoza Nkuriza Charles [KNC] yagiriye inama Guy Bukasa utoza Rayon Sports yo kwegura mbere yo guhura na Gasogi United kuko ngo ishobora kuzamukoreraho amateka.
-
Al Hilal na AZAM Media Ltd bahombeje Rayon Sports akayabo ka miliyoni 830 mu cyumweru kimwe
31 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yateganyaga kwinjiza Miliyari imwe na miliyoni 540 z’amafaranga y’u Rwanda (1,540,800,000 Frw),yamaze kugwa mu gihombo gikomeye cya miliyoni zirenga 840 mu cyumweru kimwe gusa bitewe na Al Hilal ndetse na Azam Media Ltd.
-
Ubutumwa Obama yashyize kuri twitter bwaciye agahigo ko gukundwa n’ abantu benshi ku Isi
16 August 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika ucyuye igihe Barack Obama ubutumwa yashyize ku rubuga rwe rwa twitter buca agahigo ko gukunda n’ abantu benshi kuva urubuga rwa twitter rwabaho.
Ubu butumwa Obama ashyira kuri twitter (Tweets) n’ ubusanzwe bukundwa n’ abantu benshi ariko kuri iyi nshuro bwo byabaye agahebuzo.
Nyuma y’ ihohoterwa ryabereye ahitwa Charlotesville ahaberaga imyigarambyo yamagana ivangura rishingiye ku ruhu, ikagwamo umugore umwe abandi barenga 20 bagakomereka, Obama (…) -
‘Abagore benshi mu buyobozi ntibukuraho uruhare rw’ abagabo’ Perezida Kagame
19 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kongera umubare w’abagore mu nzego zifata ibyemezo ari inyungu ku bandi bagore, kuko bigira uruhare mu gucyemura ibibazo bahura nabo muri rusange ariko n’ uruhare rw’ abagabo rugomba gukomeza kugaragara.
-
Gakenke: RIB yataye muri yombi abayobozi 2 b’umudugudu bakaga ruswa abaturage ngo babahe ibyokurya byagenewe abatishoboye kubera Coronavirus
6 April 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB,ruratangaza ko rwafunze umukuru w’umudugudu n’ushinzwe umutekano bo mu mudugudu na Mutwarasibo bo mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke,bakekwaho kwaka ruswa abaturage kugira ngo bahabwe ibiribwa bigenewe abagizweho ingaruka no kuguma mu rugo kubera kwirinda icyorezo cya #COVID19.
-
‘Abagore bagize imirimo ikomeye ntiyahabwa agaciro’ Jeannette Kagame
13 November 2018, by Nsanzimana ErnestJeannette Kagame, Umugore wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko imiryango ikwiye kureka gufata abagore nk’abadafite agaciro mu gihe umusanzu wabo mu kubaka umuryango ari ntagereranywa.
-
‘Guteza imbere ahazaza ha Afurika bigomba uruhare rw’ urubyiruko’ Dr Ngirente
8 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard yagaragaje ko abasore n’ inkumi muri Afurika aribo benshi kandi bazakomeza kwiyongera bityo ngo uruhare rwabo ni ngombwa cyane mu guteza imbere Afurika.
-
Musanze: Umubyeyi w’ abana bane yakuyemo inda abeshya abaganga ko yagiye mu mihango
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi Twahaye izina rya Mukanama wo mu murenge wa Muko mu karere ka Musanze tariki 11 Ugushyingo 2017 yagiye ku kigo nderabuzima abeshya abaganga ko yagiye mu mihango bamupimye basanga yabyaye,batangira kumukurikirana.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Cyoko byabereyemo Ngayubwiko Jean Marie Vianney, yatangarije UMURYANGO yahamagawe n’ umuganga witwa Phoibe amutumyeho umuzamu wo kigo kigonderabuzima cya Kabere.
Yagize ati “Mu ijoro ry’ uwa 11 rishyira 12 Ugushyingo nibwo (…)
Umuryango.rw