Umugore w’ Umunya- Uganda akaba n’ umwanditsi w’ ibitabo w’ impirimbanyi y’ uburenganzira bw’ abana binjizwa mu gisirikare yashimye iterambere Perezida Kagame amaze kugeza ku Rwanda akoresha imvugo itari nziza anenga abaperezida ba Afurika bitwara nabi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umwanditsi w’ ibitabo China Keitetsi yatanze impamvu Afurika ikeneye abaperezida nka Kagame
19 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Undi muturage yavuze ko impamvu yasenyewe ari uko yatswe ruswa akanga kuyitanga
23 August 2017, by Nsanzimana ErnestMu ntangiriro z’ uku kwezi kwa Kanama 2017, Umuryango.rw twabagejejeho inkuru y’ umunyamabanga Nshingwabikorwa wo mu karere ka Ruhango wasenyewe inzu n’ ubuyobozi avuga ko impamvu yatumye asenyerwa ari uko yatswe ruswa akanga kuyitanga.
Mu byumweru bitatu ibi bibaye umuturage wo ku karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali yasenyewe inzu yari amaze amezi atatu akoreramo avuga ko byabaye nyuma y’ uko hari abantu bamuhamagaye bamwaka amafaranga akanga kuyabaha.
Ku gicamunsi cyo ku wa 22 Kanama (…) -
Drone zatangiye gukoreshwa mu buhinzi mu Rwanda
29 November 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yatangiye gukusanya amakuru y’ ubutaka buhinzweho ikoresheje utudege tutagira abapilote drone, bamwe mu baturage ngo n’ ubwo ari ubwa mbere babonye drone bazifitiye icyizere.
-
P.Kagame yahishuriye ab’I Nyamasheke uko Twagiramungu ari mu bambere bifuje ko aba Perezida
29 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi mu matora y’umukuru w’igihugu, ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Nyamasheke yagarutse kuri politiki mbi idaha abantu bose ubwisanzure, anakomoza kuri Twagiramungu uri mu bantu ba mbere bifuzaga ko Kagame aba Perezida w’Igihugu.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga, Kagame yari mu karere ka Nyamasheke aho yarikiranywe amashyi n’impindu, bamwe bati “Nta ntambara yadutera ubwoba turikumwe; nawe ati “Muramfite nanjye ndikumwe (…) -
Ibyaranze tariki 23 Kamena mu mateka, umunsi Zinedine Zidane yavutseho
23 June 2017, by Renzaho FerdinandIsomere bimwe mu bintu bikuru bikuru mu baranze uyu munsi mu mateka birimo n’ivuka ry’igihangange mu mupira w’amaguru Zinedine Zidane.
Turi tariki ya 23 Kamena, ni umunsi w’174 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 191 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 23 Kamena mu mateka 1314: Hatangiye intambara yari igamije kwibohora kw’igihugu cya Scotland, iyi ntambara yatangiriye mu gitero cyahitwa Bannockburn.
1758: Mu ntambara yiswe (…) -
Ndereyehe wagize uruhare muri Jenoside ayobora ISAR ntarabiryozwa
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestNdereyehe Charles wahoze ari umuyobozi mukuru w’ ikigo cy’ u Rwanda cyakoraga ubushakashatsi mu buhinzi ISAR, yatanzweho amakuru ko yagize uruhare mu itegurwa rya Jenoside yakorewe abatutsi ndetse ko yateye inkunga Interahamwe ngo agomba kubiryozwa.
-
Abayobozi bahombeje Leta miliyoni 538 ku myaka ine
18 October 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida PSC Francos Habiyakare
Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta n’ umurimo (PSC) yatangaje ko Leta y’ u Rwanda yahombye 538 712 595 bitewe n’ ibyemezo bitubahirije amategeko abayobozi bagiye bafatira abakozi ba Leta
Perezida w’inama y’abakomiseri muri Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta François Habiyambere, avuga ko iyo komisiyo ifite inshingano zo guhwitura abayobozi kwirinda gufata ibyemezo binyuranyije n’amategeko kuko bigusha Leta mu gihombo.
Yagize ati, ’’Tugomba gukomeza gukora (…) -
Uganda: Perezida Museveni ni umwe mu basaga miliyoni 2 bateraniye i Namugongo mu misa yo kwibuka abahowe Imana
3 June 2017, by Ferdinand DukundimanaAbakristu Gatolika n’Abangilikani basaga miliyoni ebyiri, barimo na Perezida Museveni, bateraniye i Namugongo muri Uganda mu gitambo cya Misa yo kwibuka abahowe Imana b’i Bugande bishwe n’Umwami Kabaka Mwanga.
Hashize imyaka 128 abahowe Imana b’i Bugande bitabye Imana bazize kwanga kwihakana izina rya Yezu Kristu. Hari ku ngoma y’umwami Kabaka Mwanga wategekaga ubwami bwa Buganda, aho ni mu mwaka wa 1886.
Ku itariki ya 3 Kamena buri mwaka nibwo Abakristu baturuka mu mpande zose z’Isi (…) -
Minisitiri Munyeshyaka agiye gukurikirana ubutaka Kenya yahaye u Rwanda ikiyoborwa na Arap Moi
8 September 2017, by Nsanzimana ErnestVincent Munyeshyaka wagizwe Minisitiri w’ ubucuruzi n’ inganda yatangaje ko agiye gusoma neza iby’ ubutaka u Rwanda rwahawe na Kenya Umunyakenya akabizamo ubu bukaba buri mu manza.
Mu myaka wa 1986 ubwo Kenya yayoborwaga na Daniel Arap Moi, Kenya yahaye u Rwanda ubutaka bungana na hegitari 12 ku cyambu cya Mombasa.
Ubu butaka bwaje kujya mu manza ubwo Umunyakenya Salad Awale ukorera i Mombasa yatangazaga ko ari ubwe, ndetse ko afite ibyangombwa bibumwemerera kubukoresha mu gihe cy’imyaka (…) -
U Burundi burashinja u Burayi kuba inyuma y’ ibibazo bufite
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Pierre Nkurunziza na Perezida wa komisiyo ya EU, Jose Manuel Barroso, bahuriye mu nama muri 2014
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ejo ku wa Mbere tariki 5, u Burundi bwavuze ko bufite impapuro zigaragara ko u Burayi bufite uruhare mu bibazo byabushegeshe.
Iryo tangazo rivuga ko byakozwe n’ itsinda ry’ Abanyaburayi basuye umujyi wa Bujumbura mu mwaka wa 2014.
Nubwo ariko muri iryo tangazo u Burundi bushinja ibihugu by’ Abanyaburayi kubuhungabanyiza umutekano, iryo tsinda ry’ (…)
Umuryango.rw