Abagore 177 bemerewe na Komisiyo y’Amatora kwiyamamaza mu matora y’Abadepite ateganyijwe muri Nzeri uyu mwaka, babwiwe ko ibanga rizatuma batorwa ari ukwigirira icyizere no kugira intego mu byo bavugira imbere y’inteko itora mu gihe bari kwiyamamaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Pro-Femmes Twese Hamwe yabwiye ibanga abagore bahatanira kuba Abadepite
13 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri Mushikiwabo yakiriwe na Perezida Essebsi wa Tunisie
8 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Tunisie Béji Caïd Essebsi, kuri uyu wa Gatanu yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, wari muri icyo gihugu mu gushaka abamushyigikira, aho ari guhatanira kuba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
Perezida Kagame yashimye Nyirarukundo avuga ko agiye kumerera nabi inzego zamutereranye
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimiye Umunyarwandakazi usiganwa ku maguru Salome Nyirarukundo witwaye neza mu masiganwa yabereye muri Maroc, nyuma yo gutereranwa na Minisiteri ifite siporo mu nshingano avuga ko agiye kumerera nabi izi nzego.
Hari mu kiganiro yagiranye n’ intore zigera ku 2000 zirimo intore z’ abanyamakuru (Impamyabigwi), intore z’ Abahanzi n’ abanyabugeni (Imparirwakubarusha ) n’ intore z’ abo mu rwego rw’ imikino (Indatabigwi) kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Gicurasi (…) -
Kamonyi: Abigeze kwangirwa gusezerana umukobwa akagwa muri koma, bagiye gusezerana
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestTariki 22 Kamena uyu mwaka Umuryango twabagejejeho inkuru y’ uwitwa Nsabimana Jean Baptiste wagiye gusezerana imbere y’ amategeko na Nkundubutatu Shalom bigapfa ku munota wa nyuma bitewe n’ uko ise wa Nsabimana yari amaze gutanga amakuru ko abo bageni bafitanye isano ya hafi.
Kuri ubu amakuru yizewe agera ku Umuryango ni uko aba bageni bo mu murenge wa Kayenzi mu karere ka Kamonyi barasezerana imbere y’ amatege kuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeli 2017.
Umuryango ufite kopi y’ ibaruwa (…) -
Perezida Kagame yahaye G.S Kimironko miliyoni 5
25 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 25 Kanama 2018 Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko I, izafasha mu kubaka ibyumba by’amashuri 18 bishya.
-
Igikombe cy’Intwali 2019 APR FC yatsinze Rayon, umva uko Rujugiro yishongoye kuri Rwarutabura
5 February 2019, by UbwanditsiMu mukino wari bwemeze utwara igikombe cy’Intwali wabaye taliki 1/2/2019 ku munsi w’Intwali wahuje Rayon Sport na APR FC ukarangira APR itsinze Rayo 1-0, Rujugiro umufana ukomeye wa APR yishongoye cyane kuri Rwarutabura.
-
Perezida Kagame yageze muri Angola aho araganirira na Museveni n’abandi baperezida bo mu karere[AMAFOTO]
12 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kugera mu mujyi wa Luanda muri Angola aho yitabiriye inama yatumiwemo na mugenzi we João Lourenço uyobora iki gihugu kugira ngo we n’abandi baperezida bo mu karere barebere hamwe uburyo bwo kugarura amahoro muri Kongo no kurwanya imitwe yitwaje intwaro ibarizwa muri kariya gace.
-
Rwamagana: Wa mugabo uregwa ko wishe umugore we akamubaga imbere y’ urukiko yavuze icyabimuteye
10 July 2018, by Nsanzimana ErnestNtezimana Jean Damascene uregwa kwica umugore akanashinyagurira umurambo kuri uyu wa 10 Nyakanga 2018 yaburanishirijwe mu murenge wa Karenge ahabereye icyaha yemera ibyaha aregwa.
-
Madame Ingabire Marie Immaculée kugeza ubu ntarabona ababaye ba Miss akarusho bazanye mu iterambere ry’igihugu agasanga nta musaruro wa miss Rwanda
23 January 2019, by Martin MunezeroUmuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée asanga nta musaruro miss Rwanda agira mu iterambere ry’igihugu.
-
Nyuma y’imyaka 10 Kayitare Wayitare Dembe atumvikana mu muziki nyarwanda yakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye umuzungukazi ufitanye isano rya hafi na Katty Perry[AMAFOTO]
16 February 2019, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Kayitare Emmanuel uzwi ku izina rya Kayitare Wayitare Dembe wamenyekaniye mu ndirimbo zivugira imfubyi z’abana basizwe iheruheru na Sida harimo nkizamenyekanye cyane arizo “Abana b’Afurika,East Africa nizindi nyinshi kuri ubu agarutse mu ruhando rwa Muzika aho ari gukora amashusho y’indirimbo afite yise ’Anita’ yakoreshejemo umuzungukazi ufitanye isano rya hafi na Katty Perry.
Umuryango.rw