Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa Igisigo gitakagiza Mwiseneza Josiane kiri mu ndimi ebyiri zitandukanye arizo IKINYARWANDA n’IGIFARANSA.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mwiseneza Josiane yahimbiwe Igisigo kidasanzwe kimutakagiza kiri mu ndimi ebyiri[AMAFOTO]
10 January 2019, by Martin Munezero -
Barafinda akimara gutora yasabye ko uzatorwa yazakuraho umusoro ku butaka gakondo bw’abanyarwanda
8 August 2017, by UbwanditsiBarafinda n’umugore ku munsi w’itora kuri King David Academy aho batoreye
Barafinda Sekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuzayobora u Rwanda ariko Komisiyo y’Amatora ikanga kwemeza kandidature ye ivuga ko atujuje ibisabwa byose nawe yitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika taliki 4/8/2017.
Barafinda watoreye kuri site y’Itora ya King David Academy mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro aherekejwe n’umugore we yavuze ko uzatorwa akwiriye kuzakuraho umusoro ku butaka gakondo (…) -
Press Release – Preferential offers available for StarTimes TV
13 July 2020, by UbwanditsiThe launch of e-shopping platform StarTimes GO has been serving the public with convenience. In addition to it, according to the company all products displayed on StarTimes GO are strictly selected and offered with a nice price. And the current special offer for TV is that the customer can get discount with recharging bouquet in advance.
The 32’’ HD TV is with a display resolution in high definition of 16:9, and 2 standard speakers in 10W, giving crystal clear image and sound. It also has (…) -
Abarangije amashuri yisumbuye muri 2019 bashyiriweho amahirwe yabafasha kwiga muri Cyprus
13 August 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cyitwa Best World Link Group gifasha abanyeshuri bo mu Rwanda no muri aka karere kwiga mu mahanga cyashyiriyeho amahirwe Abanyeshuri bo mu Rwanda barangije amashuri yisumbuye yo kuba bahabwa Buruse zo kwiga ibijyanye n’ubuganga muri Cyprus.
-
Nyarugenge: Abagore bafunzwe nyuma yo gufatwa bari kongerera bagenzi babo ibibuno n’amabere
13 August 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi ku Mbuga Nkoranyambaga hiriwe hacicikana inkuru y’abagore n’abakobwa 15 bafatiwe mu Murenge wa Rwezamenyo bagiye kongera no kugabanya ibice by’imibiri yabo birimo amabere n’ikibuno.
-
Rwamagana: Umugabo yitwikiye mu nzu n’ umugore we asiga urwandiko[AMAFOTO]
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Munyaneza Seth w’imyaka 43 yohereje abana ku ishuri n’umukozi yifungirana munzu n’umugore we Kayitesi Jeannette w’imyaka 35 arayitwika barashya barakokongoka ,imodoka ya polisi yatabaye izimya inzu ariko isanga bose bamaze gushya bapfuye.
-
‘U Rwanda ntabwo turi ingunguru hari ikiturimo’ Perezida Kagame
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze u Rwanda atari ingunguru zirimo ubusa birangwa n’ urusaku gusa ko ahubwo rufite indangagaciro ziranga abaturage barwo.
-
Abapolisi b’u Rwanda 176 berekeje mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
9 October 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Ukwakira 2020, itsinda ry’abapolisi 176 riyobowe na Chief Superintendent Carlos Kabayiza, ryagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo.Aba bapolisi oherejwe gusimbura abandi bapolisi b’u Rwanda bari bamazeyo amezi 18.
-
‘Akabaye icwende muri Miss Rwanda ntikoga?’ Rutangarwamaboko
26 February 2018, by UbwanditsiMu ijoro ryo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize nibwo amarushannwa yo gutora “Miss Rwanda”yashojwe habonetse umwe mu bari wahize abandi ugomba guhagarira u Rwanda nka Nyampinga.
Iki gikorwa cyatangiye mu mwaka wa nticyavuzweho rumwe mu buryo butandukanye kandi n’abantu batandukanye uko buri mwaka cyakorwaga.
Uyu mwaka naho niko byagenze kuko hari abanenze bimwe mu bikorwa byabaye kuva mu majnjora kugeza ku ndunduro yemwe havutse n’impaka zitandukanye mu bitangazamakuru ndetse no ku (…) -
Meddy yagaragaye ari kumwe n’inkumi babana muri Hotel acumbitsemo(AMAFOTO)
8 September 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Ngabo Medard uzwi nka Meddy ku izina ry’ubuhanzi,ku munsi w’ejo hashize ubwo hari tariki 7 Nzeri nibwo yagaragaye asohokanye n’umukobwa bivugwa ko bari bamaranye igihe muri Hotel acumbitsemo izwi nka Park Inn.
Aya mafoto ya Meddy n’uyu mukobwa utabashije kugaragara neza,yafashwe ubwo basohokaga muri Hotel ari 2 n’umurinzi wa gatatu baziko imodoka isanzwe ibatwara yahageze gusa baza gutungurwa nuko basanze itarahagera,niko gufata umwanya wo kuyitegereza ari nako (…)
Umuryango.rw
Press Release – Preferential offers available for StarTimes TV
Abarangije amashuri yisumbuye muri 2019 bashyiriweho amahirwe yabafasha kwiga muri Cyprus
Nyarugenge: Abagore bafunzwe nyuma yo gufatwa bari kongerera bagenzi babo ibibuno n’amabere
Abapolisi b’u Rwanda 176 berekeje mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo