Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi na Leta y’u Rwanda byasinyanye amasezerano afite agaciro ka miliyari 3,6 Frw zizifashishwa mu bikorwa byo guteza imbere ubukerarugendo, urwego rw’ubuzima cyane cyane ibijyanye n’ishoramari ryo gutangiza gahunda yo gukorera inkingo imbere mu gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
EU yageneye u Rwanda miliyari 3.6 Frw zirimo ayo gutangira ibikorwa byo gukora inkingo
30 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Hari abatangiye gusaba ko ikibuga cy’indege cya Bugesera cyakwitirirwa Paul Kagame
12 August 2017, by UbwanditsiUko ikibuga cy’indege kiri kubakwa i Bugesera kizasa
Urubuga change.org rugaragaho inyandiko isaba imikono y’abayishyigikiye (Petition) yashyizweho n’umunyarwanda KAREKEZI Parfait avuga ko igenewe abanyarwanda akaba yifuza ko bamushyigikira ku gitekerezo afite cyo gusaba ko ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bugesera ubwo kizaba cyuzuye cyazitirirwa Perezida Paul Kagame.
Iyi nyandiko imaze iminsi ibiri ishyizwe ahagaragara imaze kubona imikono 540y’abayishigikiye (ubwo twandikaga iyi (…) -
Kigali: Umugore yiyahuriye Nyabugogo arakomereka cyane kubera kubabazwa n’umugabo we
27 September 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Nzeri 2019,undi mugore uri mu kigero cy’imyaka hagati ya 25 na 30 utamenyekanye amazina yiyahuriye ku rukuta rwo mu murenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge urenze gato ku isoko rizwi nka,akomereka cyane umutwe,byatumye ajyanwa ku bitaro bya CHUK igitaraganya.
-
Kangwagye yavuze ijambo P. Kagame amaze kuvuga inshuro nyinshi kurusha abandi bayobozi
24 August 2017, by Nsanzimana ErnestKangwagye Justus wahoze ayobora akarere ka Rulindo ubu akaba ari umuyobozi ushinzwe ubuyobozi no kwegereza abaturage ubuyobozi mu rwego rw’ igihugu rw’ imiyoborere RGB yavuze ijambo rigaruka kenshi mu mbwirwaruhame za Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame avuga ko Kagame yaba ariwe muyobozi umaze kuvuga iryo jambo inshuro nyinshi ku Isi.
Kangwagye yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru bakorera ibinyamakuru byandikira kuri murandasi bari mu mahugurwa ku ruhare rw’ ’ubuyobozi bugira kibaza (…) -
Hoteli 2 zikomeye mu mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara
11 August 2021, by Dusingizimana RemyThe Mirror Hotel iherereye i Remera ndetse na Portofino Hotel iri i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara kugira ngo hishyurwe umwenda ba nyirazo babereyemo banki.
-
Rwanda: Abanyeshuri 13% barangiza amashuri abanza batazi gusoma Ikinyarwanda
2 July 2017, by Nsanzimana ErnestMu mashuri abanza yo mu Rwanda abana 13 mu bana 100 barangiza umwaka wa gatandatu badashobora gusoma igitabo cy’ Ikinyarwanda cyo mu mwaka wa 3.
Ibi ni ibyagaragajwe n’ ubushakashatsi bwakozwe n’umuryango “Save the Children”muri Nyakanga na Kanama mu mwaka ushize wa 2016.
Uyu muryango uvuga ko abana bangana na 24% biga amashuri afashwa na Leta, ari bo bonyine bashobora gusoma igitabo bari mu rugo, nibura inshuro imwe mu kwezi.
Nk’ uko KT dukesha iyi nkuru yabitangaje ngo iyi nyigo ngo (…) -
Perezida Felix Tshisekedi nawe yafashe ingamba zikomeye mu rwego rwo kurwanya COVID-19
20 March 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa DR Congo,Felix Tshisekedi, yatangaje ingamba nshya zo kurwanya ikwirakwira rya Covid-19 muri iki gihugu yamaze kugeramo.
-
“Imvura izagenda igabanuka muri uku kwezi kwa Gicurasi” : Meteo Rwanda
8 May 2017, by UbwanditsiMeteo Rwanda itanganza ko n’ubwo hari imvura nyinshi mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Gicurasi atariko bizakomeza iyi mvura izagenda igabanuka.
“ICYEGERANYO CY’IMVURA YA GICURASI 2017”
Dukurikije isesengura ry’ibipimo by’imvura by’imyaka myinshi ishize byafashwe hirya no hino mu gihugu, birerekana ko mu Rwanda dusanzwe tugusha imvura mu kwezi kwa Gicurasi.
Icyakora hari ubwo mu kwezi kwa Gicurasi ntamvura igwa bitewe ahanini n’imiterere y’isi ituma imvura y’igihembwe cy’itumba (…) -
U Rwanda rushobora gutanga ibindi bihugu bya Afurika kwinjira muri OECD
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cy’ u Rwanda kiri mu myiteguro yo gushaka uko cyakwiyongera ku bihugu 36 bigize Umuryango Mpuzamahanga w’ Ubukungu Organization for Economic Co-operation and Development (OECD).
-
RDB yavuze mu buryo bweruye icyatumye izamura igiciro cyo gusura ingagi
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ikigo cy’ igihugu cy’ iterambere RDB bwatangaje impamvu nyamukuru yatumye u Rwanda ruzamura igiciro cyo gusura ingagi
Mu minsi ishize RDB yakubye inshuro zirenga 40 amafaranga umunyarwanda ukeneye gusura pariki y’ ibirunga yishyuraga kugira ngo abone uruhushya rwo gusura ingagi. Ni ikintu cyatunguye benshi kinakurura impaka ku mbugankoranya abantu bibaza icyatumye Leta y’ u Rwanda izamura igiciro cyo gusura ingagi bene ako kageni.
Mu kiganiro ikigo cy’ igihugu cyita ku (…)
Umuryango.rw
EU yageneye u Rwanda miliyari 3.6 Frw zirimo ayo gutangira ibikorwa byo gukora inkingo
Hoteli 2 zikomeye mu mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara