Nyuma y’umuhango wo gusaba no gukwa Ingabire Ange Kagame umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, uyu mukobwa yavuguruje amwe mu makuru yatangajwe ku mukunzi we nyuma y’uyu muhango.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ange Kagame yavuguruje ibyagiye bivugwa ku mukunzi we birimo n’imyaka byavugwaga ko ariyo afite
22 January 2019, by Martin Munezero -
Perezida Museveni yatangaje impamvu ikomeye yatumye ajya muri Angola guhura na perezida Kagame
1 August 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko yaganiriye na Perezida Kagame ku byerekeye umupaka wa Gatuna ndetse ngo ibiganiro birakomeje ku buryo mu minsi iri imbere ikibazo cy’imipaka kizakemuka burundu.
-
FARDC yafashe mpiri abarwanyi 5 ba CNRD bari baje guhungabanya umutekano w’u Rwanda
28 October 2019, by Dusingizimana RemyAbarwanyi batanu bo mu Mutwe CNRD wiyomoye kuri FDLR bafashwe n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo [FARDC] ku butaga bw’ahitwa Walungu muri Kivu y’Amajyepfo bari mu nzira baje guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yanyomoje Umunyazimbabwe wavuze ko yamufashije gushyira u Rwanda ku murongo
30 May 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahakanye ibyatangajwe n’umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi mu matora ya Perezida wa Zimbabwe, wavuze ko yamufashije kongera kuzahura ubukungu bw’u Rwanda binyuze mu nama yamugiriye kuri politiki y’ikoranabuhanga avuga ko ntaho amuzi.
-
Umuganga w’ abana yakomoje ku kuba indwara nka kanseri zisigaye zigaragara no mu bana
14 September 2017, by Nsanzimana ErnestDr Lisine Tuyisenge, Muganga w’ abana mu bitaro bya CHUK
Inzobere mu buvuzi bw’ indwara z’ abana mu Rwanda zivuga ko muri iki gihe abana basigaye bagaragarwaho n’ indwara zikomeye zirimo umutima, kanseri, n’ izindi. Ababyeyi barasabwa kuvuza abana babo indwara zitarabarenga.
Ibi byatangarije mu nama y’ iminsi ibiri ku buvuzi bw’ abana iteraniye i Kigali yatangiye kuri uyu wa 14 Nzeli 2017.
Dr Lisine Tuyisenge, Umuganga w’ abana mu bitaro bya CHUK, avuga ko mu myaka yashize indwara (…) -
Muhanga: Abangavu 291 baheruka kubyara batiteguye, irari ry’ibigezweho ku isonga y’iki kibazo
26 August 2019, by UbwanditsiUmuyobozi w’Akarere ka Muhanga Uwamaliya Beatrice yavuze mu ibarura bakoze mu mezi atatu ashize bareba imibare y’abana babyariye iwabo bakiri bato mu karere kose basanze abari munsi y’imyaka 18 baheruka kubyara nyuma yo guterwa inda zitateganyijwe basaga 291, imibare avuga iri ku kigero kinini.
-
Diane Rwigara murumuna we n’umubyeyi wabo batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu
24 September 2017, by Iyamuremye JanvierKu mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri uyu mwaka,Polisi y’u Rwanda yafunze Diane Rwigara,murumuna we Anne Diane n’umubyeyi wabo; bakaba bafungiye kuri Station ya Remera.
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Theos Badege, yemeje aya makuru avuga ko itabwa muri yombi ryabo rifitanye isano n’ibyaha bari basanzwe bakurikiranyweho ariko hiyongeraho ikindi cyo gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu.
Yagize ati “Ubu barafunze. Ibyaha ni bya bindi ariko bagaragaweho ibimenyetso (…) -
Nyuma yo gutwara igikombe cya shampiyona masudi Djuma areguye
8 July 2017Mu myaka 2 yari amaze atoza ikipe ya Rayon Sports aho yari amaze kuyihesha ibikombe 2 icya shampiyona yahawe uyu munsi ndetse n’igikombe cy’Amahoro yatwaye umwaka w’imikino ushize, kuri iyi taliki ya 08 Nyakanga umutoza Masudi Djuma atangaje ko yeguye mu ikipe ya Rayon Sports.
Uyu mutoza wari usigaranye imyaka 2 ku masezerano ye ntabwo yemeye gukomezanya urugendo rwe rw’ubutoza n’iyi kipe aho atangaje ko yeguye ku mugaragaro nyuma y’aho iyi kipe yari imaze gushyikirizwa igikombe cya (…) -
M23 yazengurutswe n’ingabo zisaga 3000 za RDC n’inyeshyamba mu kirere haturuka indege za MONUSCO
6 June 2022, by Dusingizimana RemyAbasirikare barenga ibihumbi 3000 barimo FARDC ,FDLR,RUD URUNANA na Mai Mai CMC bazengututse ibirindiro bya M23 biri ahitwa Runyoni na Tshanzu mu gihe indege za MONSUCO zatangije intambara yo mu kirere.
Umusirikare mukuru wo mu ngabo za FARDC utashatse ko amazina ye atangazwa muri iki gitondo yabwiye Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko ingabo zabo zatatse ibirindiro by’umwanzi biherereye ku misozi ya Musongati,Tshanzu na Runyoni kandi indege za MONUSCO nazo ziri mu rugamba rwo kumisha (…) -
Hatangajwe impamvu isekeje yatumye guverinoma y’Uburundi ihindura Gitega umurwa mukuru wa Politiki
28 January 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga mukuru w’umutwe wa CNDD FDD uri ku butegetsi mu Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko umujyi wa Bujumbura wuzuyemo amashitani menshi ndetse ariyo mpamvu umurwa mukuru wa politique wimuriwe mu ntara ya Gitega.
Umuryango.rw
Umuganga w’ abana yakomoje ku kuba indwara nka kanseri zisigaye zigaragara no mu bana
M23 yazengurutswe n’ingabo zisaga 3000 za RDC n’inyeshyamba mu kirere haturuka indege za MONUSCO