Perezida Paul Kagame yihanganishije imiryango y’abana b’abanyeshuri bakoreye impanuka ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro nyuma y’uko imodoka yari ibatwaye irenze umuhanda.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter yavuze ko yamenye iby’iyi mpanuka ndetse yihanganisha imiryango y’aba bana ndetse nabo abifuriza gukira vuba.
Perezida Paul Kagame yagize ati"Namenye amakuru y’impanuka ya bisi y’ishuri yabereye i Rebero muri iki gitondo. Twifurije gukira vuba abana bose kandi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yihanganishije abana bakoze impanuka abizeza inkunga
9 January 2023, by Dusingizimana Remy -
’Abanze kwitandukanya n’abacengezi bose barishwe’-Amagambo yatumye Pasiteri Zigirinshuti Michel ahagarikwa muri ADEPR
3 November 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTUmuvugabutumwa umaze kumenyekana cyane mu Rwanda, Pasiteri Michel Zigirinshuti, yahagaritswe n’itorero rya ADEPR kubera amagambo yakoresheje ubwo yabwiriziga abigishwa, akageraho atanga ingero yifashishije intambara y’abacengezi yabaye mu Rwanda.
-
Ibyaranze tariki 24 Kamena birimo n’ ivuka rya Lionel Messi
24 June 2017, by Renzaho FerdinandMenya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24 Kamena ni umunsi 175 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 190 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki ya 24 Kamena nibwo kabuhariwe mu mupira w’amaguru ubu ufite imipira ya zahabu kurusha abandi bose ku isi, Lionel Messi, yavutse.
Hari ku itariki nk’iyi ya 24 Kamena 1987, ubwo (…) -
Uwahoze ari umushakashatsi muri Makerere yahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestFrederick Golooba-Mutebi, Umunya Uganda wahoze ari umushakashatsi muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda ari mu banyamahanga 9 bahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda kuri uyu wa 12 Kamena 2017.
Mu bahawe Ubunyarwanda harimo Abarundi 7, Umunya Uganda umwe, n’ Umunyekongo umwe. Umuhango wo kwakira indahiro z’ abo banyamahanga magingo aya bamaze kuba Abanyarwanda wabereye mu karere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali.
Frederick Golooba-Mutebi yahoze ari umuyobozi wungirije w’ ikigo cya Makerere gikora (…) -
Navutse ndi Muzima! Twaganiriye na Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga uri mu bahatanira Miss Rwanda 2022
17 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTGatandatu tariki ya 12 Gashyantare 2022 nibwo habaye amajonjora y’abakobwa bazahagararira umujyi wa Kigali mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022. Mu bakobwa baciye imbere y’akanama nkemurampaka harimo na Umutoniwase Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga.
-
Perezida Magufuli wa Tanzania ntagikunzwe nka mbere
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestUko Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli akunzwe byagabanyutseho 16% bigera kuri 55% bivuye kuri 71% byariho muri 2017 nk’ uko byagaragajwe na raporo ya Twaweza.
-
Perezida Kagame yavuze inyungu ziri mu bufatanye bwa Afurika na BRICS
27 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yavuze ko hari inyungu nini ku mpande zombi mu bufatanye bwa Afurika na BRICS kandi nibikomeza ubu bufatanye ari bwo buzaha umurongo ubukungu no mu myaka iri imbere.
-
Umugabo wakoraga mu ‘Ubusitani’ kwa Perezida Kagame arashima nyuma yo kugura amakamyo na Range Rover
24 July 2017, by Iyamuremye JanvierRudakubana Jean Pierre, umunyarwanda ukomoka I Kibungo mu ntara y’Iburasirazuba wahoze akora mu rugo kwa Perezida Paul Kagame ashinzwe gukora mu ndabo aravuga ko hari byinshi yamwigiyeho byatumye yiteza imbere.
Uyu mugabo ngo yatangiye ako kazi agenda ku igare ariko ubu agenda mu modoka ya Range Rover, hejuru y’ibyo yamaze no kugura amakamyo akoresha mu bucuruzi.Ibi yabigarutseho mu makuru ya Royal Tv yo kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017.
Umugabo watangiye gukora mu rugo rwa (…) -
Minisitiri Mutimura yahagaritse abarimu 5 na diregiteri
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu nama yahuje abayobozi b’ ibgo by’ amashuri byo mu karere ka Rubavu yitabirire na Minisitiri w’ uburezi Dr Eugene Mutimura n’ abayobozi b’ ikigo cy’ ikigihu REB gishinzwe guteza imbere uburezi hafatiwemo icyemezo cyo guhagarika abarimu batanu n’ Umuyobozi w’ ishuri.
-
Ibura ry’akazi, abanebwe n’inkorabusa ni imwe mu mizigo ikomeye ku bukungu
10 December 2020, by Joseph HakuzwumuremyiIbarura rusange ryakozwe muri 2012 ryagaragaje ko ugereranyije abantu 100 bishingira/batunga abagera kuri 93 (age dependency ratio) batari mu myaka yo gukora. Ibi biteza impungenge cyane iyo usanze umubare utari muto w’abari mu myaka yo gukora ari abashomeri cyangwa batari ku isoko ry’umurimo.
Muri raporo ya 2019 igaragaza uko umurimo uhagaze mu Rwanda yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yasohotse muri Werurwe uyu mwaka, igaragaza ko muri miliyoni zisaga cumi n’ebyiri (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yihanganishije abana bakoze impanuka abizeza inkunga
’Abanze kwitandukanya n’abacengezi bose barishwe’-Amagambo yatumye Pasiteri Zigirinshuti Michel ahagarikwa muri ADEPR
Navutse ndi Muzima! Twaganiriye na Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga uri mu bahatanira Miss Rwanda 2022