Patience Rwabwogo Museveni, umukobwa wa Perezida Museveni wa Uganda, mu cyumweru gishize nibwo yabwiye imbaga y’abakiristo ko yabonye Imana n’amaso ye, imutangariza ko igiye guhindura igihugu cya Uganda.
Patience yatumiwe nk’umushyitsi udasanzwe na Pastor Wilson Bugembe wo mu itorero “Light the World Ministries” ikinyamakuru cyo muri Uganda, Ugchristiannews gitangaza ko ubwo yitabiraga ubutumire ari nabwo yaboneyeho akanya ko gutangaza uburyo yakiriye agakiza afite imyaka 11 y’amavuko. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umukobwa wa Perezida Museveni yavuze uburyo yibonaniye n’Imana amaso ku maso ndetse ikagira nibyo imutuma
10 April 2018, by Martin Munezero -
Hagati y’Amavubi y’u Rwanda n’Intare za Cameroon rwabuze gica
24 February 2020, by Dusingizimana RemyUmukino wa Gicuti wahuje ikipe y’igihugu Amavubi na Cameroon, warangiye amakipe yombi anganya 0-0 kuri stade ya Ahmadou Ahidjo Stadium.
-
Ibi ni ibyemezo bigera kuri 22 byafatiwe mu nama y’abaperezida b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ’EAC’[AMAFOTO]
2 February 2019, by Martin MunezeroItangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’ Afurika y’Uburasirazuba (EAC) rivuga ko inama ya ba Perezida yabereye i Arusha yabaye mu ituze kandi mu buvandimwe, iyi nama ya 20 yafatiwemo ibyemezo 22.
-
AS Kigali yigaranzuye Gasogi United bigoranye, Police FC yiyongerera amahirwe yo kugera muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro
19 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Police FC yateye intambwe itajegajega iyigeza muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro kuko yasanze Seninga Innocent I Rubavu imubuza gukomerwa amashyi n’abafana ba Etincelles FC mu gihe AS Kigali yigaranzuye Gasogi ku kaburembe.
-
Press Release - Refresh your view with a festival of movies on StarTimes
2 December 2020, by UbwanditsiChristmas season equals to family time. And watching a movie with all your loved ones is one of the best Christmas features.
Africa’s leading pay-TV operator StarTimes is offering a fresh line-up of great international movies that will keep children and parents glued to the TV all December.
“This year, I think most people watched a lot of TV and a lot of movies. But what is coming in December will make them forget about all that they watched before. Among family, action, comedy, (…) -
Dr Frank Habineza ngo natorwa azorohereza abazunguzayi gukora
2 August 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza avuga ko natorwa azaharanira ko ubucuruzi buciriritse bujya mbere akavuga ko n’ abacururiza mu mihanda bazwi kw’ izina ry’ abazunguzayi bazashakirwa ibibaranga bagakomeza gukora.
Ni mu gihe umugi wa Kigali ushyize imbere gahunda yo gukura abazunguzayi mu mihanda uvuga ko bateza akajagari n’ umutekano muke.
Dr Habineza ibyo kureka abazunguzayi bagakomeza bagakora yabitangaje tariki 31 Nyakanga ubwo (…) -
Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara barekuwe by’ agateganyo
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rukuru kuri uyu wa 5 Ukwakira 2018 rwafashe icyemezo cyo kurekura Diane Rwigara na Nyina Adeline Rwigara nyuma y’ uko babisabye mu iburanishwa riheruka.
-
Abakobwa bahataniye ikamba rya Miss Rwanda barijijwe n’ibyo baboneye mu Rwibutso rwa Gisozi[AMAFOTO]
19 January 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa gatandatu, abakobwa 20 bari mu mwiherero utegura umunsi wa nyuma wa Miss Rwanda basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi mu mujyi wa Kigali.
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abagize Inteko ishinga Amategeko( Amafoto)
19 September 2018, by Nsanzimana ErnestAbadepite 80 baherutse gutorerwa kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, bararahirira gutangira imirimo yabo mu muhango uyoborwa na Perezida wa Repubulika.
-
Sugira Ernest yatangaje impamvu yitwara neza mu ikipe y’igihugu kurusha muri APR FC
21 October 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Sugira Ernest ukomeje kwigarurira imitima y’abakunzi ba ruhago muri rusange kubera ukuntu akomeje guheka ikipe y’igihugu Amavubi,yavuze ko atisanga neza mu ikipe ya APR FC yari amaze imikino 2 atagaragara muri 18 kandi ari muzima.
Umuryango.rw