Charles Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ndetse atera igiti mu rwego rwo kwibuka abishwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
#Kwibuka28: Igikomangoma cyo mu Bwongereza Charles yunamiye abazize Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994
9 April 2022, by ISHIMWE JANE -
Biravugwa ko Sergeant Robert ukekwaho gusambanya umwana we yatorokeye muri Uganda
24 November 2020, by Dusingizimana RemySergeant Major Kabera Robert uzwi mu muziki nka “Sergeant Robert” uri gushakishwa n’ubutabera bw’ingabo z’u Rwanda kubera icyaha akekwaho cyo gusambanya umwana we w’imyaka 15,biravugwa ko yaciye mu nzira zitemewe ahungira muri Uganda.
Ku munsi w’ejo nibwo Ingabo z’u Rwanda zasohoye itangazo rigira riti “Ishami ry’Ubushinjacyaha mu Gisirikare cy’u Rwanda, ryatangiye iperereza ku byaha bishinjwa Sergeant Major Kabera Robert a.k.a “Sergeant Robert” bijyanye no gusambanya umwana wo mu muryango (…) -
Uko Perezida Kagame yasubije umukobwa w’ Umunya Mali wibaza niba yabona Ubunyarwanda
10 June 2017, by Ferdinand DukundimanaMu kiganiro n’Abanyarwanda batari bake hamwe n’inshuti z’u Rwanda bitabiriye RwandaDay ya 10 yabereye mu Bubiligi, Perezida Kagame yasubije ibibazo byinshi aho yanabwiye umwari uvuka mu gihugu cya Mali ko ashobora kubona ubwenegihugu bw’u Rwanda ndetse akaba yabona n’umusore umurongora niba atarashaka umugabo.
Ibi ni bimwe mu bisubizo binyuze amatwi y’abantu Perezida Kagame yasubije abari mu cyumba cyabereyemo ibirori bya RwandaDay mu Bubiligi.
Mu buhamya bwajyanye n’ikifuzo cyo kubona (…) -
Imyanzuro ikomeye yafatiwe mu nama Perezida Kagame yagiranye n’abakuru b’ibihugu batandukanye n’umuyobozi wa OMS mu guhangana na COVID-19
4 April 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yitabiriye inama yahuje abayobozi batandukanye muri Afurika, yagarutse ku guhuriza hamwe imbaraga mu gushaka ibisubizo ku cyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus, gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye na Afurika by’umwihariko.
-
Nsengiyumva warasiwe hanze ya gereya ya Mpanga bamusanganye icyuma
29 January 2018, by Nsanzimana ErnestAmaze kuraswa akagwa hasi umugororwa Nsengiyumva Jotham wari ufungiye muri gereza ya Mpanga yo mu karere ka Nyanza bamusanganye icyuma.
Ibi ni ibitangazwa n’ urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS. Uyu mugororwa yari yarakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’ ibyaha byo kurema umutwe w’ abagizi ba nabi, kugambanira igihugu, no gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’ amategeko.
Nk’ uko Umuvugizi w’ urwego rw’ amagereza mu Rwanda CIP Sengabo yabitangarije (…) -
Rtd. Brig. Gen. Sekamana Jean Damascène yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA
14 April 2021, by Dusingizimana RemyRtd Brg gen. Sekamana Jean Damascène wari umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko yeguye kuri iyi mirimo ku mpamvu ze bwite habura amezi 8 ngo asoze manda ye ya 1.
-
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
18 April 2023, by Dusingizimana RemyPasiteri Bizimungu niwe wabaye Perezida w’u Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi kuva tariki 19 Nyakanga 1994,aho yabarizwaga mu ishyaka rya FPR INKOTANYI.
Urubuga rwa Wikipedia, rugaragaza ko Pasteur Bizimungu yavukiye mu cyahoze ari Gisenyi mu 1950, ndetse akaba yaranahoze mu ishyaka rya Perezida Juvenal Habyarimana mbere yo kwiyunga na FPR Inkotanyi.
Hagati y’umwaka wa 1980 na 1990, Bizimungu yari mu ishyaka rya MRND ndetse yari umuntu wa hafi wa Perezida Juvenal Habyarimana, (…) -
Kamonyi: Hagiye kubakwa uruganda rukora ikigage gipfundikiye
12 September 2017, by Nsanzimana ErnestAhitwa Bishenyi mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kwezi gutaha haratangira kubakwa uruganda rwenga ikigage gisembuye n’ ikidasembuye.
Uru ruganda ruje mu mihe abakunzi b’ ikigage bajyaga bakigura bitabateye ishema bitewe n’ uko babaga batizeye isyuku n’ ubuziranenge bwacyo.
Uru ruganda ruzubakwa na Sosiyete y’ishoramari y’Intara y’Amajyepfo igizwe n’abikorera bo muri iyo ntara n’ubuyobozi bw’uturere tw’iyo ntara yitwa SPIC. Ruzuzura rutwaye amafaranga arenga miliyari 1RWf. (…) -
Itangazo ry’inama rusange ya Koperative Duture Heza Rwanda (DHR)
7 November 2019, by UbwanditsiUbuyobozi bwa Koperative DUTURE HEZA RWANDA (DHR) bwishimiye gutumira Abanyamuryango bayo bose mu Nama Rusange izabera muri HILLTOP HOTEL ku cyumweru tariki ya 10/11/2019 saa munani za nimugoroba (14h).
Ku murongo w’ibyigwa hateganijwe ingingo imwe gusa: Gutora abagize Komite ziteganijwe mu mategeko shingiro (statuts).
Bikorewe i Kigali, tariki ya 01/11/2019
Ubuyobozi bwa Koperative DUTURE HEZA RWANDA. -
Dr Asiimwe yakebuye ababyeyi bigana imvugo y’ umwana utaramenya kuvuga
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi mukuru ushinzwe gahunda y’ imikurire y’ umwana ukiri muto yakebuye ababyeyi baganiriza abana babo bataramenya kuvuga bakajya basubiramo imvugo y’ uwo mwana, agaragaza ko bigira ingaruka ku mwana.
Ubu butumwa Dr Anita Asiimwe yabutanze kuri wa 6 Ugushyingo 2017 ubwo yatangizaga amahugurwa ku buryo bwo kuganiriza abana bakiri bato.
Ni kenshi usanga umubyeyi aganira n’ umwana we utaramenya kuvuga, ukumva ashimishijwe no gusubiramo imvugo y’ uwo mwana, Dr Asiimwe avuga ko ibi (…)
Umuryango.rw
#Kwibuka28: Igikomangoma cyo mu Bwongereza Charles yunamiye abazize Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994
Uko Perezida Kagame yasubije umukobwa w’ Umunya Mali wibaza niba yabona Ubunyarwanda
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
Itangazo ry’inama rusange ya Koperative Duture Heza Rwanda (DHR)