Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Ubaka neza inzu yo kwizera kwawe”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
10 June 2019, by Ubwanditsi -
Perezida Magufuli wa Tanzania ntagikunzwe nka mbere
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestUko Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli akunzwe byagabanyutseho 16% bigera kuri 55% bivuye kuri 71% byariho muri 2017 nk’ uko byagaragajwe na raporo ya Twaweza.
-
Minisiteri y’Uburezi yafunze burundu udushami 2 two muri kaminuza ya ISPG Gitwe
29 January 2019, by Martin MunezeroMinisiteri y’uburezi yanzuye guhagarika itangwa ry’ amasomo mu mashami y’ubuvuzi na Laboratwari muri Kaminuza ISPG ya Gitwe, nyuma gusanga ibyo bayisabye gukosora itarabikosoye.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo
18 February 2019, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 27/02/2019 saa tanu z’amanywa (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa KAZIMBAYA JEAN PIERRE ugizwe n’inzu iherereye mu mudugudu wa Masoro akagali ka Masoro, Umurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ngo harangizwe urubanza MUKARWEGO Venantie yatsinzemo KAZIMBAYA Jean Pierre.
Icyamunara kikazabera aho uwo mutungo uherereye.
Ku bisobanuro birambuye soma itangazo riri hano hasi: (…) -
Perezida Kagame yunamiye Prof. Calestous Juma
16 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yihanganishije umuryango w’ Umunyakenya wigishaga muri Kaminuza ya Havard muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika witabye Imana ubwo yari arimo kuvurirwa Boston, muri Leta ya Massachusetts.
Perezida Kagame mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yagize ati “Tubabajwe no kumva ko Prof. Calestous Juma yatabarutse. Tubuze intiti yitangiraga guhanga udushya, uburezi n’ uburumbuke bw’ Afurika. Twihanganishije umuryango we n’ inshuti. Aruhukire mu mahoro”
Muri (…) -
Mwenedata Gilbert yaba aziyamamariza kuba Perezida? Avuga iki kubatangaje ko baziyamamaza?
8 May 2017, by UbwanditsiGilbert Mwenedata wigeze kwiyamamaza ku giti cye mu matora y’abadepite aheruka muri 2013 avuga ko kugeza ubu nta cyemezo cyo kwiyamamaza afite mu bitekerezo bye haba mu matora ya Perezida y’uyu mwaka cyangwa se ay’abadepite azakurikiraho.
Gilbert Mwenedata avuga ko akomeza agatekereza kandi agakurikiranira Politiki hafi ariko kugeza ubu igisubizo yatangaza mu bijyanye no kuba yakwiyamamaza ari “oya”.
Yagize ati:” yaba amatora ya Perezida yaba amatora y’abadepite n’ubwo hakiri umwanya (…) -
Uko imyanzuro y’Inama y’igihugu y’Umushyikirano wa 16 yashyizwe mu bikorwa
19 December 2019, by Dusingizimana RemyInama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa 58.
-
Huye: Umukozi wo mu rugo yafatanywe igipfunyika cyuzuye urumogi
11 March 2020, by Dusingizimana RemyTariki ya 09 Werurwe 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe Umutoniwase Celine w’imyaka 22, bamufatana ikiyobyabwenge cy’urumogi ubwo yari arushyiriye umucuruzi wo mu mudugudu wa Kigarama, akagari ka Rango mu murenge wa Tumba.
-
Rayon Sports yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Amagaju yayigoye bikomeye
11 May 2019, by Dusingizimana RemyBigoranye ikipe ya Rayon Sports yikuye I Nyagisenyi nyuma yo gutsinda Amagaju FC ibitego 2-1 mu mukino yagobotswe n’abakinnyi banditse amateka yo kuyitsindira igitego cyabo cya mbere kuva bayigeramo.
-
Amatora 2017: Mu itangazwa ry’amajwi y’agateganyo imfabusa zarengeye he?
6 August 2017, by UbwanditsiProf Kalisa Mbanda, Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora
Ku wa Gatanu taliki 5/8/2017 ubwo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangazaga amajwi y’agateganyo abakandida bagize mu matora ya Perezida wa Repubulika hatangajwe amajwi buri mukandida yagize ariko ntihatangazwa igiteranyo cy’amajwi yabaye imfabusa n’ubwo Perezida w’iyi Komisiyo Prof Kalisa Mbanda yemera ko hari aho zagaragaye.
Mbere gato ko amatora aba, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yari yatangaje (…)
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo