Pasiteri Bizimungu niwe wabaye Perezida w’u Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi kuva tariki 19 Nyakanga 1994,aho yabarizwaga mu ishyaka rya FPR INKOTANYI.
Urubuga rwa Wikipedia, rugaragaza ko Pasteur Bizimungu yavukiye mu cyahoze ari Gisenyi mu 1950, ndetse akaba yaranahoze mu ishyaka rya Perezida Juvenal Habyarimana mbere yo kwiyunga na FPR Inkotanyi.
Hagati y’umwaka wa 1980 na 1990, Bizimungu yari mu ishyaka rya MRND ndetse yari umuntu wa hafi wa Perezida Juvenal Habyarimana, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
18 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Kamonyi: Hagiye kubakwa uruganda rukora ikigage gipfundikiye
12 September 2017, by Nsanzimana ErnestAhitwa Bishenyi mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kwezi gutaha haratangira kubakwa uruganda rwenga ikigage gisembuye n’ ikidasembuye.
Uru ruganda ruje mu mihe abakunzi b’ ikigage bajyaga bakigura bitabateye ishema bitewe n’ uko babaga batizeye isyuku n’ ubuziranenge bwacyo.
Uru ruganda ruzubakwa na Sosiyete y’ishoramari y’Intara y’Amajyepfo igizwe n’abikorera bo muri iyo ntara n’ubuyobozi bw’uturere tw’iyo ntara yitwa SPIC. Ruzuzura rutwaye amafaranga arenga miliyari 1RWf. (…) -
Itangazo ry’inama rusange ya Koperative Duture Heza Rwanda (DHR)
7 November 2019, by UbwanditsiUbuyobozi bwa Koperative DUTURE HEZA RWANDA (DHR) bwishimiye gutumira Abanyamuryango bayo bose mu Nama Rusange izabera muri HILLTOP HOTEL ku cyumweru tariki ya 10/11/2019 saa munani za nimugoroba (14h).
Ku murongo w’ibyigwa hateganijwe ingingo imwe gusa: Gutora abagize Komite ziteganijwe mu mategeko shingiro (statuts).
Bikorewe i Kigali, tariki ya 01/11/2019
Ubuyobozi bwa Koperative DUTURE HEZA RWANDA. -
Dr Asiimwe yakebuye ababyeyi bigana imvugo y’ umwana utaramenya kuvuga
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi mukuru ushinzwe gahunda y’ imikurire y’ umwana ukiri muto yakebuye ababyeyi baganiriza abana babo bataramenya kuvuga bakajya basubiramo imvugo y’ uwo mwana, agaragaza ko bigira ingaruka ku mwana.
Ubu butumwa Dr Anita Asiimwe yabutanze kuri wa 6 Ugushyingo 2017 ubwo yatangizaga amahugurwa ku buryo bwo kuganiriza abana bakiri bato.
Ni kenshi usanga umubyeyi aganira n’ umwana we utaramenya kuvuga, ukumva ashimishijwe no gusubiramo imvugo y’ uwo mwana, Dr Asiimwe avuga ko ibi (…) -
Nyabihu : Umugabo arakekwaho kwica umugore we bari bamaranye ibyumweru 3 gusa
17 October 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa TURIMUBYIZA Jean Nepo w’imyaka 21 y’amavuko ukomoka mu murenge wa Karago mu karere ka Nyabihu yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore bari basanzwe babana batarasezeranye mu mategeko.
-
Rwamagana: Komanda wa Polisi wakubise Umuyobozi w’ umudugudu akamugira intere arafunze
24 May 2017, by Nsanzimana ErnestKomanda wa polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana ari mu maboko ya polisi ishami rishinzwe imyitwarire nyuma yo guhondagura umukuru w’ umudugudu wa Kajevuba mu murenge wa Muyumbu amuziza kutaboneka kuri telefone.
Ntakarimara Straton, avuga ko Komanda yamusanze mu rugo nijoro, amubaza impamvu telefoni y’akazi itari ku murongo, akamusubiza ko byatewe n’ ikibazo cy’ ihuzanzira, afande ngo yarongeye amubaza irondo undi amubwira irondo ko riri ku kazi, aranga ngo ntaryo. (…) -
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya gatatu)
25 April 2019, by UbwanditsiNkuko twatangiye iyi nyigisho yacu ifite umutwe ugira uti :” Ibintu wakora kugirango ugaragarize uwo mwashakanye ko umukunda by’ukuri “ Mbere tuakaba twarabagejejeho ibice bibiri by’iyi nyigisho ,ubu tukaba tugiye gukomeza tugaruka ku gice cya gatatu cyayo.
-
In 1xBet online betting in internet has become a full-fledged reality
7 September 2020, by UbwanditsiThe start of a new biathlon season is rapidly approaching. 1xBet online betting in internet accepts bets for all segments of the race. For biathlon fans, this is an excellent opportunity to demonstrate their knowledge in practice and get a really good reward for it.
The upcoming season for both women and men is to become one of the most unpredictable over the past few years. Now, the competition is extremely high, and given the dense schedule, it won’t be easy to demonstrate your class (…) -
Abayobozi bakuru muri COGEBANQUE batawe muri yombi
6 September 2022, by Dusingizimana RemyMu minsi mike ishize abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, bazindukiye mu Biro bya Banki ya COGEBANQUE bajyanywe yo no guperereza ibya ruswa no gusesagura umutungo bihavugwa.
Ikinyamakuru Taarifa dukesha iyi nkuru kivuga ko cyamenye neza ko hari abayobozi bakuru muri iyi Banki batawe muri yombi barimo Umuyobozi mukuru ushinzwe iby’inguzanyo witwa Georges Ndizihiwe n’Umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubucuruzi witwa Joel Kayonga.
Bajyanywe kubazwa ibya ruswa no gusasegura umutungo (…) -
Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda yakorewe ibirori byo kumusezera no kumwifuriza ishya n’ ihirwe
9 September 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri mushya w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yakorewe ibirori n’ abakozi ndetse n’ abayobozi ba banki y’ Isi, bamusezeraho ari nako bamwifuriza ishya n’ ihirwe mu mirimo agiyemo yo kuyobora guverinoma y’ u Rwanda.
Ibi biroro byabereye muri Amerika tariki 7 Nzeli 2017, byitabirirwa n’ abantu b’ ingeri zinyuranye barimo n’ Abanyarwanda.
Nk’ uko byatangajwe n’ Umuseke dukesha iyi nkuru Andrew Bvumbe uyobora Africa Group 1 irimo ibihugu 22 n’u Rwanda rurimo wari umuyobozi (…)
Umuryango.rw
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
Itangazo ry’inama rusange ya Koperative Duture Heza Rwanda (DHR)
In 1xBet online betting in internet has become a full-fledged reality
Abayobozi bakuru muri COGEBANQUE batawe muri yombi