Umugore w’ Umunya- Uganda akaba n’ umwanditsi w’ ibitabo w’ impirimbanyi y’ uburenganzira bw’ abana binjizwa mu gisirikare yashimye iterambere Perezida Kagame amaze kugeza ku Rwanda akoresha imvugo itari nziza anenga abaperezida ba Afurika bitwara nabi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umwanditsi w’ ibitabo China Keitetsi yatanze impamvu Afurika ikeneye abaperezida nka Kagame
19 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Umuhanzikazi Sheebah yahakanye ibivugwa ko aryamana n’abo bahuje igitsina
10 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuhanzi Sheebah Karungi uzwi ku izina rya Queen Sheebah wamamaye cyane mu muziki wo muri Uganda, yanyomoje abamaze Iminsi bamwita umutinganyi , nyuma yo kwemerera umubyeyi we umwuzukuru mugihe cyavuba.
-
Dr Asiimwe yakebuye ababyeyi bigana imvugo y’ umwana utaramenya kuvuga
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi mukuru ushinzwe gahunda y’ imikurire y’ umwana ukiri muto yakebuye ababyeyi baganiriza abana babo bataramenya kuvuga bakajya basubiramo imvugo y’ uwo mwana, agaragaza ko bigira ingaruka ku mwana.
Ubu butumwa Dr Anita Asiimwe yabutanze kuri wa 6 Ugushyingo 2017 ubwo yatangizaga amahugurwa ku buryo bwo kuganiriza abana bakiri bato.
Ni kenshi usanga umubyeyi aganira n’ umwana we utaramenya kuvuga, ukumva ashimishijwe no gusubiramo imvugo y’ uwo mwana, Dr Asiimwe avuga ko ibi (…) -
Nyagatare:Abanyerondo 6 b’umwuga bakubiswe bikomeye n’abasinzi bajyanwa mu bitaro banegekaye
6 February 2019, by Martin MunezeroFoto:Internet
Abanyerondo 6 b’ umwuga bo mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Katabagemu mu tugari dutandukanye bajyanywe mu bitaro banegekaye nyuma yo gukubitwa n’ abasinzi bari mu kabari saa sita z’ ijoro.
-
Itangazo: NEMI yashyizeho irushanwa ryo kwiga no gusoma Bibiliya, ushobora gutsindira ibihumbi 100 buri cyumweru
22 June 2019NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL/USA ibafitiye agashya. Kurikirana inyigisho zitangwa n’iyi Ministry kandi unasome Bibliya maze winjire mu ibazwa rijyanye n’ ijambo ry’ Imana ubashe gutsindira Ibihumbi ijana( 100000frw) buri weekend.
-
Harakekwa akagambane na ruswa mu guteza cyamunara umutungo wa SINAPISI Rwanda
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmwe mu mitungo y’ umuryango ufasha abatishoboye Sinapisi Rwanda watejwe cyamura ngo hishyurwe ideni rya banki. Sinapisi Rwanda igaragaza ko muri iyo cyamunara umutungo wayo wateshejwe agaciro dore ko wagurishijwe miliyoni 24 nyamara umugenagaciro yari yarawuhaye agaciro ka miliyoni 74 akongeraho ko amake uwo mutungo wagurwa ari miliyoni 52.
Ecobank yirinze kugira icyo itangaza kuri iki kibazo gusa Banki nkuru y’ u Rwanda ivuga ko mu kugurishwa imitungo y’ abaturage cyamunara hari igihe (…) -
Kamonyi: Umwarimu wakorakoraga abana b’abakobwa yigishaga akanabasoma yatawe muri yombi
24 October 2019, by Dusingizimana RemyUmwarimu wo mu karere ka Kamonyi washinjwaga n’abakobwa yigishaga kuba yarabakorakoraga ku mabere, ku kibuno ndetse akanabasoma, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB.
-
Kimironko: N’ubwo Uwimbabazi yari yarishinganishije byarangiye yishwe
11 May 2019, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuwa wa gatandatu taliki 27/4/2019 nibwo abagenderaniraga umunsi ku wundi na Francine Uwimbabazi wari utuye mu murenge wa Kimironko, Akagali ka Kibagabaga, Umudugudu wa Ramiro batangiye kumubura kuri telefoni ye igendanwa ndetse n’abagiye iwe baramubura batangira kugira impungenge z’icyaba cyamubayeho.
-
Dr Ngirente yasabye abo bireba kwihutisha ibyumba by’ amashuri birimo kubakwa mu gihugu
29 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yasabye Inzego zose bireba, Abanyarwanda bose n’abafatanyabikorwa mu by’uburezi, kurushaho gufatanya kugira ngo mu ntangiriro z’umwaka w’amashuri utaha, ibyumba byose birimo kubakwa hirya no hino mu gihugu bizabe byaruzuye kandi bizatangire kwigirwamo
-
PSD yasobanujwe byinshi nyuma yo gutangaza ko Paul Kagame ariwe mukandida izamamaza
3 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere.
Uyu mwanzuro watangarijwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’ imyaka 25 ishize iri shyaka rishinzwe. Ubuyobozi bw’ iri shyaka byatangaje ko uyu mwanzuro wafatiwe mu nama ya biro politiki yateranye kuri uyu wa 3 Kamena 2017.
Ishyaka PSD, ni rimwe mu mashyaka akomeye mu Rwanda. Ni ishyaka rifite abantu bakomeye (…)
Umuryango.rw
Umuhanzikazi Sheebah yahakanye ibivugwa ko aryamana n’abo bahuje igitsina