Umugabo witwa TURIMUBYIZA Jean Nepo w’imyaka 21 y’amavuko ukomoka mu murenge wa Karago mu karere ka Nyabihu yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore bari basanzwe babana batarasezeranye mu mategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyabihu : Umugabo arakekwaho kwica umugore we bari bamaranye ibyumweru 3 gusa
17 October 2019, by Dusingizimana Remy -
Rwamagana: Komanda wa Polisi wakubise Umuyobozi w’ umudugudu akamugira intere arafunze
24 May 2017, by Nsanzimana ErnestKomanda wa polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana ari mu maboko ya polisi ishami rishinzwe imyitwarire nyuma yo guhondagura umukuru w’ umudugudu wa Kajevuba mu murenge wa Muyumbu amuziza kutaboneka kuri telefone.
Ntakarimara Straton, avuga ko Komanda yamusanze mu rugo nijoro, amubaza impamvu telefoni y’akazi itari ku murongo, akamusubiza ko byatewe n’ ikibazo cy’ ihuzanzira, afande ngo yarongeye amubaza irondo undi amubwira irondo ko riri ku kazi, aranga ngo ntaryo. (…) -
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya gatatu)
25 April 2019, by UbwanditsiNkuko twatangiye iyi nyigisho yacu ifite umutwe ugira uti :” Ibintu wakora kugirango ugaragarize uwo mwashakanye ko umukunda by’ukuri “ Mbere tuakaba twarabagejejeho ibice bibiri by’iyi nyigisho ,ubu tukaba tugiye gukomeza tugaruka ku gice cya gatatu cyayo.
-
In 1xBet online betting in internet has become a full-fledged reality
7 September 2020, by UbwanditsiThe start of a new biathlon season is rapidly approaching. 1xBet online betting in internet accepts bets for all segments of the race. For biathlon fans, this is an excellent opportunity to demonstrate their knowledge in practice and get a really good reward for it.
The upcoming season for both women and men is to become one of the most unpredictable over the past few years. Now, the competition is extremely high, and given the dense schedule, it won’t be easy to demonstrate your class (…) -
Abayobozi bakuru muri COGEBANQUE batawe muri yombi
6 September 2022, by Dusingizimana RemyMu minsi mike ishize abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, bazindukiye mu Biro bya Banki ya COGEBANQUE bajyanywe yo no guperereza ibya ruswa no gusesagura umutungo bihavugwa.
Ikinyamakuru Taarifa dukesha iyi nkuru kivuga ko cyamenye neza ko hari abayobozi bakuru muri iyi Banki batawe muri yombi barimo Umuyobozi mukuru ushinzwe iby’inguzanyo witwa Georges Ndizihiwe n’Umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubucuruzi witwa Joel Kayonga.
Bajyanywe kubazwa ibya ruswa no gusasegura umutungo (…) -
Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda yakorewe ibirori byo kumusezera no kumwifuriza ishya n’ ihirwe
9 September 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri mushya w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yakorewe ibirori n’ abakozi ndetse n’ abayobozi ba banki y’ Isi, bamusezeraho ari nako bamwifuriza ishya n’ ihirwe mu mirimo agiyemo yo kuyobora guverinoma y’ u Rwanda.
Ibi biroro byabereye muri Amerika tariki 7 Nzeli 2017, byitabirirwa n’ abantu b’ ingeri zinyuranye barimo n’ Abanyarwanda.
Nk’ uko byatangajwe n’ Umuseke dukesha iyi nkuru Andrew Bvumbe uyobora Africa Group 1 irimo ibihugu 22 n’u Rwanda rurimo wari umuyobozi (…) -
Ibikubiye mu gishushanyo mbonera gishya cy’umujyi wa Kigali kigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa
4 September 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali wamuritse ku mugaragaro igishushanyombonera gishya, cyitezweho gufasha igihugu kugera ku iterambere mu myaka 30 iri imbere.
Ni igishushanyombonera cyari gitegerejwe cyane, nyuma y’ivugurura ry’icyatangijwe mu 2013 ariko bikagaragara ko kitasubizaga ibyifuzo by’abaturage.
Iby’ingenzi biri muri icyo gihsushanyombonera ni imyubakire igezweho ariko itagira abo yirukana mu mujyi, uburyo bwo kubungabunga ibidukikije, iterambere ry’ubukungu, gutwara abantu n’ibintu n’ibindi. (…) -
Rubavu: Abaturage barifuza ko ubuyobozi buhagarika kubabuza kugurisha ibyo batunze ngo birwaneho mu bihe bibi bya COVID-19
20 April 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bwabo bwanze ko bagurisha ibyo batunze kugira ngo birwaneho muri ibi bihe bibi bya COVID-19,aho bavuga ko umutungo w’umuntu ariwo umugoboka igihe bibaye ngombwa.
-
Perezida Kagame yihanganishije abana bakoze impanuka abizeza inkunga
9 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yihanganishije imiryango y’abana b’abanyeshuri bakoreye impanuka ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro nyuma y’uko imodoka yari ibatwaye irenze umuhanda.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter yavuze ko yamenye iby’iyi mpanuka ndetse yihanganisha imiryango y’aba bana ndetse nabo abifuriza gukira vuba.
Perezida Paul Kagame yagize ati"Namenye amakuru y’impanuka ya bisi y’ishuri yabereye i Rebero muri iki gitondo. Twifurije gukira vuba abana bose kandi (…) -
’Abanze kwitandukanya n’abacengezi bose barishwe’-Amagambo yatumye Pasiteri Zigirinshuti Michel ahagarikwa muri ADEPR
3 November 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTUmuvugabutumwa umaze kumenyekana cyane mu Rwanda, Pasiteri Michel Zigirinshuti, yahagaritswe n’itorero rya ADEPR kubera amagambo yakoresheje ubwo yabwiriziga abigishwa, akageraho atanga ingero yifashishije intambara y’abacengezi yabaye mu Rwanda.
Umuryango.rw
In 1xBet online betting in internet has become a full-fledged reality
Abayobozi bakuru muri COGEBANQUE batawe muri yombi
Ibikubiye mu gishushanyo mbonera gishya cy’umujyi wa Kigali kigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa
Rubavu: Abaturage barifuza ko ubuyobozi buhagarika kubabuza kugurisha ibyo batunze ngo birwaneho mu bihe bibi bya COVID-19
Perezida Kagame yihanganishije abana bakoze impanuka abizeza inkunga
’Abanze kwitandukanya n’abacengezi bose barishwe’-Amagambo yatumye Pasiteri Zigirinshuti Michel ahagarikwa muri ADEPR